{"id":34408,"date":"2020-01-23T04:50:18","date_gmt":"2020-01-23T02:50:18","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=34408"},"modified":"2020-01-23T12:56:05","modified_gmt":"2020-01-23T10:56:05","slug":"inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/","title":{"rendered":"INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO."},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Kuri uyu wa kabiri taliki 21 Mutarama 2020. Abadepite ba Uganda basabye&nbsp; Guverinoma yabo gufata ingamba zikaze harimo no kuba nayo yabuza abaturage ba Uganda kujya mu Rwanda, (bivuze gufunga imipaka yayo iyihuza narwo).<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Aba badepite bafashe iki kemezo&nbsp; nyuma y\u2019aho ingabo za Kagame zongeye kurasa zikica umuturage wa Uganda ukomoka mu karere ka Gisoro witwa Jean Theo Ndagizimana w\u2019imyaka 25, wicanywe na babyara be babiri ba banyarwanda.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Minisitiri uhagarariye Guverinoma mu nteko,&nbsp;<strong>Ruth Nankabirwa Ssentamu<\/strong>&nbsp;ubwo yageragezaga gucubya uburakari bw\u2019Abadepite asabira Leta igihe gihagije ngo bakomeze kugoragoza u Rwanda ngo barebe ko basubiza umubano w\u2019ibihugu byombi nk\u2019uko wahoze, yamaganiwe kure n\u2019umukuru w\u2019Inteko ishinga amategeko Rebecca Kadaga, wavuze ko batakomeza kwihanganira kumva Abagande bishwe n\u2019u Rwanda buri gihe mugihe rwanangiye rukanga no gufungura imipaka rwafunze. Yagize ati:&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong><em>\u201cHari abaturage ba Uganda bicwa n\u2019u Rwanda, none Minisitiri ari hano atudabagiraho asubiza ibibazo atyo. Hashize amezi ane abaturage badacuruza, barashaka kumenya ku buryo bwizewe niba bazakomeza ubucuruzi cyangwa niba ari ugukurayo amaso burundu, barashaka kumenya niba bakomeza kujya mu Rwanda cyangwa niba babireka.\u201d<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Rebecca Kadaga umwe mu banyapolitiki bakomeye muri Uganda, yasabye Minisitiri ubishinzwe kuzaza gusobanurira Inteko niba baremeye cyangwa bataremeye umwanzuro wa komite ishinzwe umutekano wo kugira inama abanya-uganda kutajya mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Rebecca Kadaga yasabye Minisitiri Sam Kutesa ushinzwe ububanyi n\u2019amahanga kuzitaba Inteko ishinga amategeko ya Uganda kuwa kabiri utaha, kugira ngo ageze ku baturage ba Uganda uko umwuka uhagaze hagati y\u2019ibihugu byombi muri iki gihe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uganda yari iherutse kurekura abanyarwanda 9 bashinjwaga ibyaha bikomeye harimo gushimuta impunzi no gutunga intwaro mu buryo butemewe, igira ngo wenda Kagame arasubiza agatima impembero, ariko ahubwo akomeje kwerekana ko akabaye icwende katoga, akomeje kwica\u2026 Yabitangiriye i Bugande bamwita Pilato, none yarimonogoje, agarukiye&nbsp; abagande!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bisa nk\u2019aho Uganda nayo mu minsi mike ishobora gufata umwanzuro wo guhangana no guhimana n\u2019u Rwanda ku mugaragaro! Ninde uzabihomberamo? Mbese Abanyarwanda bazakomeza kwemera kwikorera imisaraba bagerekwaho n\u2019abategetsi gito?&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Burukinafaso, Tuniziya, Misiri, Algeriya na Sudani berekanye ko abaturage bafite imbaraga zo kwikiza ubutegetsi bubi bubateza ibyago, ariko nyamara muri ubwo butegetsi bwose ntabwigeze bugeza abaturage b\u2019ibihugu byabo nk\u2019aho Kagame na FPR ye bageze abanyarwanda!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>UMURUNGI Jeanne Gentille.<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa kabiri taliki 21 Mutarama 2020. Abadepite ba Uganda basabye&nbsp; Guverinoma yabo gufata ingamba zikaze harimo no kuba nayo yabuza abaturage ba Uganda kujya mu Rwanda, (bivuze gufunga imipaka yayo iyihuza narwo). Aba badepite bafashe iki kemezo&nbsp; nyuma y\u2019aho ingabo za Kagame zongeye kurasa zikica umuturage wa Uganda ukomoka mu karere ka Gisoro [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":34409,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-34408","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa kabiri taliki 21 Mutarama 2020. Abadepite ba Uganda basabye&nbsp; Guverinoma yabo gufata ingamba zikaze harimo no kuba nayo yabuza abaturage ba Uganda kujya mu Rwanda, (bivuze gufunga imipaka yayo iyihuza narwo). Aba badepite bafashe iki kemezo&nbsp; nyuma y\u2019aho ingabo za Kagame zongeye kurasa zikica umuturage wa Uganda ukomoka mu karere ka Gisoro [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-01-23T02:50:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-01-23T10:56:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/01\/The-Ugandan-parliament-.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"300\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"168\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/\",\"name\":\"INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/01\/The-Ugandan-parliament-.jpg\",\"datePublished\":\"2020-01-23T02:50:18+00:00\",\"dateModified\":\"2020-01-23T10:56:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/01\/The-Ugandan-parliament-.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/01\/The-Ugandan-parliament-.jpg\",\"width\":300,\"height\":168},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO. - Umunyarwanda","og_description":"Kuri uyu wa kabiri taliki 21 Mutarama 2020. Abadepite ba Uganda basabye&nbsp; Guverinoma yabo gufata ingamba zikaze harimo no kuba nayo yabuza abaturage ba Uganda kujya mu Rwanda, (bivuze gufunga imipaka yayo iyihuza narwo). Aba badepite bafashe iki kemezo&nbsp; nyuma y\u2019aho ingabo za Kagame zongeye kurasa zikica umuturage wa Uganda ukomoka mu karere ka Gisoro [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-01-23T02:50:18+00:00","article_modified_time":"2020-01-23T10:56:05+00:00","og_image":[{"width":300,"height":168,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/01\/The-Ugandan-parliament-.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/","name":"INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/01\/The-Ugandan-parliament-.jpg","datePublished":"2020-01-23T02:50:18+00:00","dateModified":"2020-01-23T10:56:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/01\/The-Ugandan-parliament-.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/01\/The-Ugandan-parliament-.jpg","width":300,"height":168},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/inteko-ishingamategeko-ya-uganda-irasaba-leta-gufata-ibyemezo-bifatika-nyuma-yaho-u-rwanda-rukomeje-kwica-abaturage-babo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"INTEKO ISHINGAMATEGEKO YA UGANDA IRASABA LETA GUFATA IBYEMEZO BIFATIKA NYUMA Y\u2019AHO U RWANDA RUKOMEJE KWICA ABATURAGE BABO."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/34408","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=34408"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/34408\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":34410,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/34408\/revisions\/34410"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/34409"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=34408"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=34408"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=34408"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}