{"id":35059,"date":"2020-02-23T18:35:49","date_gmt":"2020-02-23T16:35:49","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=35059"},"modified":"2020-02-23T18:36:50","modified_gmt":"2020-02-23T16:36:50","slug":"urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/","title":{"rendered":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b&#8217;u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuhanzi w\u2019Umunyarwanda Kizito Mihigo witabye Imana muri iki cyumweru dusoza yashinguwe i Kigali mu Rwanda. Kuri paruwasi gatolika ya Ndera ni ho habereye amasengesho yo kumuherekeza. Andi masengesho yabereye I Bruxelles mu Bubiligi, aho Kizito yakunze kuba igihe kitari gito.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuhango wo kumusezera waranzwe n\u2019amagambo arata ibigwi n\u2019ubutwari bye ku bavandimwe, abo babanye mu bundi buzima n\u2019Abakrisitu muri rusange.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamakuru w\u2019ijwi ry\u2019Amerika wakurikiye uwo muhango yavuze ko abahanzi bagenzi be baje kumuherekeza batarengaga bane. Umwe muri abo abahanzi yabwiye Ijwi ry\u2019Amerika ko bagenzi babo baba babiterwa no gutinya igitsure cy\u2019ubutegetsi butarebaga neza uyu muhanzi mu iyi minsi ye ya nyuma. Muri uyu muhango kandi Kizito Mihigo wigeze kuba afatwa n\u2019ubutegetsi nk\u2019umuhanzi w\u2019ibihe byose nta mutegetsi n\u2019umwe wagaragaye mu bamuherekeje.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nta n\u2019urwego rw\u2019umutekano ruzwi rwagaragaye muri uyu muhango. Ni mu gihe urupfu rwe rwatangajwe ari mu maboko y\u2019inzego z\u2019umutekano bivugwa ko yiyahuye &#8211; ingingo ikomeje kutavugwaho rumwe haba mu matsinda y\u2019abantu ndetse no ku mbuga nkoranyambaga.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu inyuranye ikomeje gusaba ko habaho iperereza ryigenga ku rupfu rw\u2019uyu muhanzi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Inkuru ya Eric Bagiruwubusa, umunyamakuru wa Radio Ijwi ry&#8217;Amerika mwayumva irambuye hano hasi:<\/p>\n\n\n\n<iframe loading=\"lazy\" src=\"https:\/\/www.radiyoyacuvoa.com\/embed\/player\/0\/5299687.html?type=audio\" frameborder=\"0\" scrolling=\"no\" width=\"100%\" height=\"144\" allowfullscreen=\"\"><\/iframe>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi w\u2019Umunyarwanda Kizito Mihigo witabye Imana muri iki cyumweru dusoza yashinguwe i Kigali mu Rwanda. Kuri paruwasi gatolika ya Ndera ni ho habereye amasengesho yo kumuherekeza. Andi masengesho yabereye I Bruxelles mu Bubiligi, aho Kizito yakunze kuba igihe kitari gito.&nbsp; Umuhango wo kumusezera waranzwe n\u2019amagambo arata ibigwi n\u2019ubutwari bye ku bavandimwe, abo babanye mu bundi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-35059","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-izindi-nkuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b&#039;u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b&#039;u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanzi w\u2019Umunyarwanda Kizito Mihigo witabye Imana muri iki cyumweru dusoza yashinguwe i Kigali mu Rwanda. Kuri paruwasi gatolika ya Ndera ni ho habereye amasengesho yo kumuherekeza. Andi masengesho yabereye I Bruxelles mu Bubiligi, aho Kizito yakunze kuba igihe kitari gito.&nbsp; Umuhango wo kumusezera waranzwe n\u2019amagambo arata ibigwi n\u2019ubutwari bye ku bavandimwe, abo babanye mu bundi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-02-23T16:35:49+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-02-23T16:36:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/\",\"name\":\"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b'u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-02-23T16:35:49+00:00\",\"dateModified\":\"2020-02-23T16:36:50+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b&#8217;u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b'u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b'u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga - Umunyarwanda","og_description":"Umuhanzi w\u2019Umunyarwanda Kizito Mihigo witabye Imana muri iki cyumweru dusoza yashinguwe i Kigali mu Rwanda. Kuri paruwasi gatolika ya Ndera ni ho habereye amasengesho yo kumuherekeza. Andi masengesho yabereye I Bruxelles mu Bubiligi, aho Kizito yakunze kuba igihe kitari gito.&nbsp; Umuhango wo kumusezera waranzwe n\u2019amagambo arata ibigwi n\u2019ubutwari bye ku bavandimwe, abo babanye mu bundi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-02-23T16:35:49+00:00","article_modified_time":"2020-02-23T16:36:50+00:00","author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/","name":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b'u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"datePublished":"2020-02-23T16:35:49+00:00","dateModified":"2020-02-23T16:36:50+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigi-abayobozi-bu-rwanda-barimo-guhabwa-urwamenyo-ku-mbuga-nkoranyambaga\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Abayobozi b&#8217;u Rwanda barimo guhabwa urwamenyo ku mbuga nkoranyambaga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35059","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=35059"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35059\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":35062,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35059\/revisions\/35062"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=35059"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=35059"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=35059"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}