{"id":35066,"date":"2020-02-23T20:02:52","date_gmt":"2020-02-23T18:02:52","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=35066"},"modified":"2020-02-23T20:03:05","modified_gmt":"2020-02-23T18:03:05","slug":"urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/","title":{"rendered":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Eric Ngoga<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019urupfu rwa Kizito Mihigo abanyarwanda benshi bagumye kugaruka ku nyigisho ibyo byago bibasigiye. Abantu benshi bakomeje kugenda bavuga ko uru rupfu rwabafunguye amaso. Ese koko amaso y\u2019abanyarwanda yafungutse? Ese koko abanyarwanda babashije kubona igitambo gitagatifu cy\u2019ubuzima n\u2019urupfu bya Kizito Mihigo? Ese koko abanyarwanda babonye aho ukuri gutsinda ikinyoma, urumuri rugatsinda umwijima?<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ndahamya ntashidikanya ko u Rwanda nyuma y\u2019urupfu rwa Kizito Mihigo rutandukanye kure n\u2019u Rwanda rwa mbere y\u2019aya mahano. Umunyarwanda aho ari hose, aribuka indirimbo ya Kizito yamushyize mu kiciro cy\u2019intwari z\u2019u Rwanda: igisobanuro cy\u2019urupfu. Mu magambo ye bwite Kizito yivugiye ko iyi ndirimbo byamunaniye kwihamgana akumva atabasha kubaho atayihimbye. Ubu butwari Kizito yagize yari azi neza ko amagambo y\u2019iyi ndirimbo atazashimisha umutware wo mu rugwiro. Ariko burya umugabo, intwari, imfura iyo yamenye ukuri igendana nako, ntago yihisha inyuma y\u2019ubwoba na ba rukurikira izindi. Umugabo aho kunigwa n\u2019ijambo yanigwa n\u2019uwo aribwiye. Mu magambo ye kandi Kizito Mihigo yari yamaze kwemera ko ubuzima bwe butaruta ubutumwa agomba kugeza ku banyarwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kizito yariyibagiwe, yiyemeza kuba igitambo cy\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge. Nk\u2019umusore wacitse ku icumu rya jenoside yakoze urugendo rwo kubabarira, arenga akababaro yagize muri ako kaga, arenga kwiyitiranya n\u2019ibyamubayeho, afungura umutima wa kimuntu maze abasha kubona akababaro k\u2019abandi banyarwanda. Urugendo rwo kubabarira rwamugejeje ku bumwe n\u2019ubwiyunge byuzuye maze araterura ati: \u201cNdi umunyarwanda ijye ibanzirizwa na ndi umuntu\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Urupfu rwa Kizito rudusigiye umwenda ukomeye abanyarwanda. Nyuma y\u2019aya mahano yo kubura umuziranenge mu buryo butunguranye kandi bw\u2019amaherere buri munyarwanda wese agomba guhitamo. Nta munyarwanda uzavuga ngo ntago ibi yabimenye, ahubwo mu mutima wa buri wese ni ukwibaza intambwe buri wese agomba gutera agana inzira nyayo y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge. Kizito we yavuze ukuri ko buri nzirakane yose igomba kwibukwa, kuko twese turi abantu. Duhereye kuri Kizito nyine, buri nzirakarengane igomba kubona ubutabera; kandi ubutabera bwa mbere bugomba guhera mu mutima wa buri munyarwanda wese. Kizito agomba ubutabera, buri munyarwanda mu mutima we amuhe umwanya umukwiye maze atere intambwe ikwiye yo kwemera ukuri.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Igitambo cya Kizito kiratubwira mu marenga ko nta mututsi, nta muhutu, nta mutwa, nta wacitse ku icumu, nta mudiyasipora\u2026 Abana b\u2019u Rwanda twese uko tungana, iyo umwe muri twe ahutajwe twese tugomba kubabara no kumutabara nk\u2019umuvandimwe. Umuntu wese utandukanya abanyarwanda, akabacamo ibice akumva ko bamwe bashobora gupfa cg kubuzwa uburenganzira uwo tumugendere kure kuko aragenda mu nzira itandukanye n\u2019igitambo cya Kizito.&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Eric Ngoga Nyuma y\u2019urupfu rwa Kizito Mihigo abanyarwanda benshi bagumye kugaruka ku nyigisho ibyo byago bibasigiye. Abantu benshi bakomeje kugenda bavuga ko uru rupfu rwabafunguye amaso. Ese koko amaso y\u2019abanyarwanda yafungutse? Ese koko abanyarwanda babashije kubona igitambo gitagatifu cy\u2019ubuzima n\u2019urupfu bya Kizito Mihigo? Ese koko abanyarwanda babonye aho ukuri gutsinda ikinyoma, urumuri rugatsinda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":35067,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-35066","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Eric Ngoga Nyuma y\u2019urupfu rwa Kizito Mihigo abanyarwanda benshi bagumye kugaruka ku nyigisho ibyo byago bibasigiye. Abantu benshi bakomeje kugenda bavuga ko uru rupfu rwabafunguye amaso. Ese koko amaso y\u2019abanyarwanda yafungutse? Ese koko abanyarwanda babashije kubona igitambo gitagatifu cy\u2019ubuzima n\u2019urupfu bya Kizito Mihigo? Ese koko abanyarwanda babonye aho ukuri gutsinda ikinyoma, urumuri rugatsinda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-02-23T18:02:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-02-23T18:03:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/02\/Kizito-musicien.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1242\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1211\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/\",\"name\":\"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/02\/Kizito-musicien.jpeg\",\"datePublished\":\"2020-02-23T18:02:52+00:00\",\"dateModified\":\"2020-02-23T18:03:05+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/02\/Kizito-musicien.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/02\/Kizito-musicien.jpeg\",\"width\":1242,\"height\":1211},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Eric Ngoga Nyuma y\u2019urupfu rwa Kizito Mihigo abanyarwanda benshi bagumye kugaruka ku nyigisho ibyo byago bibasigiye. Abantu benshi bakomeje kugenda bavuga ko uru rupfu rwabafunguye amaso. Ese koko amaso y\u2019abanyarwanda yafungutse? Ese koko abanyarwanda babashije kubona igitambo gitagatifu cy\u2019ubuzima n\u2019urupfu bya Kizito Mihigo? Ese koko abanyarwanda babonye aho ukuri gutsinda ikinyoma, urumuri rugatsinda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-02-23T18:02:52+00:00","article_modified_time":"2020-02-23T18:03:05+00:00","og_image":[{"width":1242,"height":1211,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/02\/Kizito-musicien.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/","name":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/02\/Kizito-musicien.jpeg","datePublished":"2020-02-23T18:02:52+00:00","dateModified":"2020-02-23T18:03:05+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/02\/Kizito-musicien.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/02\/Kizito-musicien.jpeg","width":1242,"height":1211},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urupfu-rwa-kizito-mihigo-hirya-yibigaragara-shaka-ukuri-bishushanya-uhasanga-inyamibwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urupfu rwa Kizito Mihigo: Hirya y\u2019ibigaragara shaka ukuri bishushanya uhasanga inyamibwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35066","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=35066"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35066\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":35068,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35066\/revisions\/35068"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/35067"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=35066"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=35066"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=35066"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}