{"id":35521,"date":"2020-04-02T11:29:25","date_gmt":"2020-04-02T09:29:25","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=35521"},"modified":"2020-04-02T11:35:43","modified_gmt":"2020-04-02T09:35:43","slug":"rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/","title":{"rendered":"Rwanda: igihe cyo &#8220;kuguma mu rugo&#8221; cyongereweho iminsi 15"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">None ku wa Gatatu, tariki ya 1 Mata 2020, Inama y\u2019Abaminisitiri idasanzwe yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME, igamije kwiga ku Cyorezo cya COVID-19, ishimangira ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ingamba zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashimiye Abanyarwanda ubwitange bagaragaje mu kurwanya icyo cyorezo, abasaba gukomeza ubufatanye muri ibi bihe bidasanzwe. Yanashimiye inzego zitandukanye uruhare rwazo mu kubahiriza ingamba zigamije gukumira ikwirakwira ry\u2019icyo Cyorezo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashimiye ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo, abafatanyabikorwa n\u2019inshuti z\u2019u Rwanda, ku bufatanye no gukorera hamwe bikomeje kubaranga mu gushyira mu bikorwa ingamba zigamije guhashya icyo Cyorezo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">I. Mu rwego rwo gukomeza ingamba zo gukumira icyorezo cya COVID-19 (lockdown), Inama y\u2019Abaminisitiri yongereye igihe cyo gukurikiza izo ngamba ho iminsi cumi n\u2019itanu (15) ku gihe cyari giteganyijwe. Ni ukuvuga ko zizageza ku cyumweru tariki ya 19 Mata 2020, saa tanu n\u2019iminota 59 z\u2019ijoro (23:59):<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">a. Kuva mu ngo no gusurana bitari ngombwa birabujijwe, keretse serivisi zihutirwa nko kujya kwivuza, guhaha ibiribwa, kujya kuri banki cyangwa abakozi bagiye gutanga izo serivisi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">b. Ibikorwa by\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bizakomeza mu rwego rwo gukomeza gutunganya neza igihembwe cy\u2019ihinga B (season B). Ibyo bikazakorwa hubahirizwa ingamba za Minisiteri y\u2019Ubuzima mu gukumira icyo Cyorezo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">c. Insengero zizakomeza gufunga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">d. Amashuri y\u2019ibyiciro byose (yaba aya Leta n\u2019ayigenga) azakomeza gufunga. Inama y\u2019Abaminisitiri yasabye ko abanyeshuri bashyirirwaho uburyo bwo gukomeza kwihugura hifashishijwe ikoranabuhanga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">e. Abakozi bose (aba Leta n\u2019abikorera) bazakomeza gukorera mu ngo zabo bifashishije ikoranabuhanga, kereka abatanga serivisi zikenewe cyane zibasaba kujya aho basanzwe bakorera.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">f. Imipaka izakomeza gufungwa, kereka ubwikorezi bw\u2019ibicuruzwa (cargo trucks). Abanyarwanda batahuka mu gihugu bemerewe gutaha, ariko bagahita bashyirwa mu kato (isolation) k\u2019iminsi 14 ahantu habugenewe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">g. Ingendo hagati y\u2019imijyi n\u2019uturere tw\u2019igihugu zizakomeza guhagarara, kereka ku mpamvu za serivisi z\u2019ubuzima cyangwa izindi serivisi z\u2019ingenzi. Ubwikorezi bw\u2019ibiribwa n\u2019ibikenerwa by\u2019ibanze buzakomeza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">h. Amasoko n\u2019amaduka y\u2019ubucuruzi bizakomeza gufunga, kereka ahacururizwa ibiribwa, imiti (za farumasi), ibikoresho by\u2019isuku, ibikomoka kuri peteroli n\u2019ibindi bikoresho by\u2019ibanze.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">i. Moto ntizemerewe gutwara abagenzi, ariko zishobora gutwara ibintu by\u2019ibanze mu kubigeza ku bandi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">j. Utubari (bars) twose tuzakomeza gufunga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">k. Resitora na caf\u00e9 zizajya zitanga gusa serivisi zo kugeza ku bantu ibyo bakeneye batahana (take away).<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">l. Abantu barakangurirwa gukoresha ikoranabuhanga igihe cyose bishoboka haba mu kwishyurana no gukoresha serivisi za banki.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">II. Inama y\u2019Abaminisitiri yemeje kandi ingamba zigamije kugabanya izahara ry\u2019ubukungu rishobora guterwa n\u2019Icyorezo cya COVID-19; no gukomeza gufasha Abanyarwanda babuze amikoro kubera ingaruka z\u2019icyo Cyorezo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">III. Mu bindi<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">a. Minisiteri y\u2019Ikoranabuhanga na Inovasiyo yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri porogaramu z\u2019ikoranabuhanga zitandukanye mu kurwanya Icyorezo cya COVID-19. Yanamenyesheje kandi izindi porogaramu z\u2019ikoranabuhanga zigenewe gufasha abanyeshuri bari mu rugo gukomeza kwihugura, ibifatanyije na Minisiteri y\u2019Uburezi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">b. Minisiteri y\u2019Ubutabera yamenyesheje Inama y\u2019Abaminisitiri uko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 26 bizakorwa hubahirizwa ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Iri tangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w\u2019Intebe<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Dr Edouard Ngirente<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>None ku wa Gatatu, tariki ya 1 Mata 2020, Inama y\u2019Abaminisitiri idasanzwe yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME, igamije kwiga ku Cyorezo cya COVID-19, ishimangira ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ingamba zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashimiye Abanyarwanda ubwitange bagaragaje mu kurwanya icyo cyorezo, abasaba gukomeza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":35522,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-35521","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda: igihe cyo &quot;kuguma mu rugo&quot; cyongereweho iminsi 15 - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: igihe cyo &quot;kuguma mu rugo&quot; cyongereweho iminsi 15 - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"None ku wa Gatatu, tariki ya 1 Mata 2020, Inama y\u2019Abaminisitiri idasanzwe yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME, igamije kwiga ku Cyorezo cya COVID-19, ishimangira ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ingamba zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashimiye Abanyarwanda ubwitange bagaragaje mu kurwanya icyo cyorezo, abasaba gukomeza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-04-02T09:29:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-04-02T09:35:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Kagame-corona.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1000\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"742\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Rwanda: igihe cyo &#8220;kuguma mu rugo&#8221; cyongereweho iminsi 15\",\"datePublished\":\"2020-04-02T09:29:25+00:00\",\"dateModified\":\"2020-04-02T09:35:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/\"},\"wordCount\":512,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/Kagame-corona.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/\",\"name\":\"Rwanda: igihe cyo \\\"kuguma mu rugo\\\" cyongereweho iminsi 15 - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/Kagame-corona.jpg\",\"datePublished\":\"2020-04-02T09:29:25+00:00\",\"dateModified\":\"2020-04-02T09:35:43+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/Kagame-corona.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/Kagame-corona.jpg\",\"width\":1000,\"height\":742,\"caption\":\"Perezida Kagame asuhuza abaminisitiri bake bari bateraniye muri Village Urugwiro aho yayoboreye inama idasanzwe\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: igihe cyo &#8220;kuguma mu rugo&#8221; cyongereweho iminsi 15\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: igihe cyo \"kuguma mu rugo\" cyongereweho iminsi 15 - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: igihe cyo \"kuguma mu rugo\" cyongereweho iminsi 15 - Umunyarwanda","og_description":"None ku wa Gatatu, tariki ya 1 Mata 2020, Inama y\u2019Abaminisitiri idasanzwe yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME, igamije kwiga ku Cyorezo cya COVID-19, ishimangira ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ingamba zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashimiye Abanyarwanda ubwitange bagaragaje mu kurwanya icyo cyorezo, abasaba gukomeza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-04-02T09:29:25+00:00","article_modified_time":"2020-04-02T09:35:43+00:00","og_image":[{"width":1000,"height":742,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Kagame-corona.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Rwanda: igihe cyo &#8220;kuguma mu rugo&#8221; cyongereweho iminsi 15","datePublished":"2020-04-02T09:29:25+00:00","dateModified":"2020-04-02T09:35:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/"},"wordCount":512,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Kagame-corona.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/","name":"Rwanda: igihe cyo \"kuguma mu rugo\" cyongereweho iminsi 15 - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Kagame-corona.jpg","datePublished":"2020-04-02T09:29:25+00:00","dateModified":"2020-04-02T09:35:43+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Kagame-corona.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Kagame-corona.jpg","width":1000,"height":742,"caption":"Perezida Kagame asuhuza abaminisitiri bake bari bateraniye muri Village Urugwiro aho yayoboreye inama idasanzwe"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-igihe-cyo-kuguma-mu-rugo-cyongereweho-iminsi-15\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: igihe cyo &#8220;kuguma mu rugo&#8221; cyongereweho iminsi 15"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35521","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=35521"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35521\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":35523,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35521\/revisions\/35523"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/35522"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=35521"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=35521"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=35521"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}