{"id":35608,"date":"2020-04-04T21:39:34","date_gmt":"2020-04-04T19:39:34","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=35608"},"modified":"2020-04-04T21:39:34","modified_gmt":"2020-04-04T19:39:34","slug":"rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/","title":{"rendered":"RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA"},"content":{"rendered":"\n<ol class=\"wp-block-list\"><li>Bavandimwe Banyarwanda, Banyarwandakazi namwe nshuti z\u2019u\u00a0Rwanda,\u00a0mw\u2019izina ry\u2019Ihuriro Nyarwanda-RNC\u00a0no mw\u2019izina ryanjye bwite, mbanje\u00a0kubasuhuza mbifuriza amahoro n\u2019umugisha w\u2019Imana aho muri hose.<\/li><li>Bavandimwe,\u00a0icyunamo cy\u2019uyu mwaka kibaye mubihe bidasanzwe. Gihuriranye n\u2019icyorezo cya\u00a0Coronavirus cyayogoje isi yose kigahitana abantu batagira ingano\u00a0harimo n\u2019abanyarwanda. Ibyo byatumye ntabantu bashobora guhura ngo bafatane mu mugongo, ibi bikaremereza kurushaho\u00a0umubabaro n\u2019agahinda byari\u00a0bisanzwe bitatworohera muri iki gihe twibuka abacu batuvuyemo bazize jenoside\u00a0yakorewe Abatutsi, n\u2019ubwicanyi ndengakamere bwakorewe Abahutu.Niyo mpamvu, mbikuye k\u2019umutima nzirikana\u00a0abababaye bose, mfashe mu mugongo imiryango yose yatakaje abayo, ari abazize jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, ari abazize intambara, ari\u00a0n\u2019abazize ubwicanyi ndengakamere bwibasiye inyokomuntu.Mw\u2019izina ry\u2019Ihuriro Nyarwanda RNC no mw\u2019izina ryanjye bwite,\u00a0nunamiye abo bavandimwe bacu bose batuvuyemo kandi mbaragije Imana Rurema yo mubyeyi wa twese.<\/li><li>Bavandimwe, uko twagiye twibuka buri mwaka, twagiye tunafata icyemezo cyo gukora uko dushoboye kose ngo amahano yoretse igihugu cyacu ntazongere kutubaho ukundi. Buri mwaka twagiye twiyemeza kurandurana n\u2019imizi\u00a0yose igiti kibi cy\u2019amacakubiri, tukagisimbuza imbuto nziza z\u2019ubumwe\u00a0n\u2019ubwiyunge kugira\u00a0ngo abadukomokaho bazabeho mu gihugu kizira irondabwoko n\u2019urwikekwe.Ibi twagiye tubyiyemeza kuko twari tuzi neza ko twabishobora, cyane cyane ko twari no gukura amasomo ku bindi bihugu byahuye n\u2019ibyo byago, ariko ubu bikaba\u00a0bihumeka umwuka mwiza w\u2019ituze n\u2019umutekano\u00a0hagati y\u2019ababituye.\u00a0Nk\u2019uko\u00a0twese tubizi, ahari ubushake haba n\u2019ubushobozi. Niba\u00a0abandi barabishoboye, natwe tugomba kubishobora tukimika\u00a0ubumwe n\u2019ubwiyunge\u00a0nyabwo, nyakuri mu bana\u00a0b\u2019u Rwanda.<\/li><li>Bavandimwe, impamvu jenoside aricyo cyaha gisumba ibindi, ni uko umuntu azira\u00a0uko yavutse kandi atarabihisemo. Nk\u2019uko rero ntawe uhitamo ubwoko avukamo, nta n\u2019ushobora guhitamo aho avukira cyangwa ababyeyi bazamubyara. Niba ibyo tubyemeranyaho, nimunyemerere mbabaze iki kibazo: Ni irihe tandukaniro hagati yo kuziza abana ko bavutse ku babyeyi b\u2019impunzi, no kuziza\u00a0abantu ubwoko bavutse mo, kandi ibyo byombi ntawe ubuhitamo?<\/li><li>Banyarwanda, Banyarwandakazi, igihugu cyacu kigeze mu manga ikomeye cyane ku buryo bugaragarira ushobora\u00a0kubona wese. Nyamara kandi, nk\u2019uko kuremba k\u2019umurwayi atariko gupfa, turacyafite ubushobozi bwo kukiramira, kuko umuti w\u2019indwara u Rwanda rurwaye uzwi kandi abanyarwanda benshi bakaba\u00a0bawunyotewe. Uwo muti ntawundi ni uwo umuvandimwe wacu, ishema\u00a0ry\u2019ababyeyi, inshuti y\u2019amoko yose, umuhanzi w\u2019indashyikirwa Kizito Mihigo\u00a0atahwemye kudukangurira, bikanamuviramo kwicwa, agatabaruka akiri muto.<\/li><li>Muri Bibiliya haranditse ngo : Yeruzalemu, Yeruzalemu wica abahanuzi kandi ukicisha amabuye abagutumweho. Ni kangahe nashatse gukoranya abana bawe\u00a0nk\u2019uko inkoko ibundikira imishwi yayo mu mababa ariko ntimunkundire!Ufashe Yeruzalemu ukayisimbuza u Rwanda, waba ushushanyije neza ibyo\u00a0ubutegetsi bw\u2019u Rwanda bwakoze kuri Kizito Mihigo. Kandi siwe wenyine usibye ko ariwe wagaragaye ku buryo budashidikanywaho\u00a0ko yari intumwa y\u2019Imana kugira ngo asakaze urukundo, impuhwe, n\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge nyabwo nyakuri.<\/li><li>Ariko abamuvukije ubuzima, bakamudutwara tukimukeneye hari ikintu kimwe bibagiwe. Ushobora kwica intumwa, ariko ntushobora kwica ubutumwa bwayo. Kizito Mihigo yadusigiye ijambo ryiza kandi rikomeye cyane. Mu ndirimbo ye\u00a0\u2018\u2019Igisobauro cy\u2019urupfu\u201d, hari aho avuga ati: \u2018\u2019Jenoside yangize imfubyi, arikontikanyibagize abandi bantu,\u00a0nabo bababaye bazize urugomo rutiswe jenoside\u2019\u2019.Banyarwanda, Banyarwandakazi, dushobora gutera ikirenge mucye, tugaha\u00a0agaciro umubabaro w\u2019abandi. Ibyo byatuganisha mu nzira y\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge nyabwo, nyakuri. Ariyo mpamvu Ihuriro Nyarwanda-RNC riharanira ko buri munyarwanda wese ahabwa uburenganzira bwo kwibuka abe bose yabuze.<\/li><li>Kizito Mihigo ntiyahize abandi mu buhanzi gusa, ahubwo yerekanye ko yahize\u00a0n\u2019abamwishe\u00a0mu buhanga buhanitse cyane, kuko yakomeje no kutugezaho ubutumwa na nyuma\u00a0y\u2019urupfu rwe, mu majwi\u00a0ye no munyandiko yasize.<\/li><li>Nk\u2019uko umuhanga yabivuze, kwibeshya bikabije ni ugukora ibintu kimwe\u00a0ugatekereza ko ingaruka zitazaba zimwe.Nimuze twese turwanye ingengabitekerezo y\u2019amacakubiri\u00a0twivuye inyuma, twiyemeze gushyira\u00a0imbere ubumwe n\u2019ubwiyunge. Ibyo nitubikora neza, tuzaba duhesha agaciro abacu batuvuyemo, kandi nabo bazabidushimira kuko bazaba babona ko turimo turwanya ikibi cyahekuye u Rwanda. Ducane urumuri\u00a0rw\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge nibyo bizaduha amahoro arambye, kandi\u00a0yibonamo bose.<\/li><li>Bavandimwe, Banyarwanda, Banyarwandakazi namwe nshuti z\u2019u Rwanda, mw\u2019izina\u00a0ryanjye bwite no mwizina\u00a0ry\u2019Ihuliro Nyarwanda-RNC, ndangije nongera\u00a0kubifuriza amahoro n\u2019amahirwe aho muri hose, kandi mbifuriza\u00a0kugira ubutwari muri ibi bihe bikomeye.<\/li><\/ol>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mugire amahoro y\u2019Imana<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em><strong>Joseline Muhorakeye<\/strong>, Komiseri w\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge\u00a0Tariki ya 04 Mata 2020<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bavandimwe Banyarwanda, Banyarwandakazi namwe nshuti z\u2019u\u00a0Rwanda,\u00a0mw\u2019izina ry\u2019Ihuriro Nyarwanda-RNC\u00a0no mw\u2019izina ryanjye bwite, mbanje\u00a0kubasuhuza mbifuriza amahoro n\u2019umugisha w\u2019Imana aho muri hose. Bavandimwe,\u00a0icyunamo cy\u2019uyu mwaka kibaye mubihe bidasanzwe. Gihuriranye n\u2019icyorezo cya\u00a0Coronavirus cyayogoje isi yose kigahitana abantu batagira ingano\u00a0harimo n\u2019abanyarwanda. Ibyo byatumye ntabantu bashobora guhura ngo bafatane mu mugongo, ibi bikaremereza kurushaho\u00a0umubabaro n\u2019agahinda byari\u00a0bisanzwe bitatworohera muri iki gihe twibuka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":7082,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-35608","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bavandimwe Banyarwanda, Banyarwandakazi namwe nshuti z\u2019u\u00a0Rwanda,\u00a0mw\u2019izina ry\u2019Ihuriro Nyarwanda-RNC\u00a0no mw\u2019izina ryanjye bwite, mbanje\u00a0kubasuhuza mbifuriza amahoro n\u2019umugisha w\u2019Imana aho muri hose. Bavandimwe,\u00a0icyunamo cy\u2019uyu mwaka kibaye mubihe bidasanzwe. Gihuriranye n\u2019icyorezo cya\u00a0Coronavirus cyayogoje isi yose kigahitana abantu batagira ingano\u00a0harimo n\u2019abanyarwanda. Ibyo byatumye ntabantu bashobora guhura ngo bafatane mu mugongo, ibi bikaremereza kurushaho\u00a0umubabaro n\u2019agahinda byari\u00a0bisanzwe bitatworohera muri iki gihe twibuka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-04-04T19:39:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"718\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"542\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/\",\"name\":\"RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg\",\"datePublished\":\"2020-04-04T19:39:34+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg\",\"width\":718,\"height\":542},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA - Umunyarwanda","og_description":"Bavandimwe Banyarwanda, Banyarwandakazi namwe nshuti z\u2019u\u00a0Rwanda,\u00a0mw\u2019izina ry\u2019Ihuriro Nyarwanda-RNC\u00a0no mw\u2019izina ryanjye bwite, mbanje\u00a0kubasuhuza mbifuriza amahoro n\u2019umugisha w\u2019Imana aho muri hose. Bavandimwe,\u00a0icyunamo cy\u2019uyu mwaka kibaye mubihe bidasanzwe. Gihuriranye n\u2019icyorezo cya\u00a0Coronavirus cyayogoje isi yose kigahitana abantu batagira ingano\u00a0harimo n\u2019abanyarwanda. Ibyo byatumye ntabantu bashobora guhura ngo bafatane mu mugongo, ibi bikaremereza kurushaho\u00a0umubabaro n\u2019agahinda byari\u00a0bisanzwe bitatworohera muri iki gihe twibuka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-04-04T19:39:34+00:00","og_image":[{"width":718,"height":542,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/","name":"RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","datePublished":"2020-04-04T19:39:34+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2014\/05\/RNC-new-logo1.jpg","width":718,"height":542},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rnc-ubumwe-nubwiyunge-nibitubere-ikimenyetso-cyo-kwibuka-abacu-mu-buryo-byiza\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RNC: UBUMWE N\u2019UBWIYUNGE NIBITUBERE IKIMENYETSO CYO KWIBUKA ABACU MU BURYO BYIZA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35608","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=35608"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35608\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":35609,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/35608\/revisions\/35609"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/7082"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=35608"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=35608"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=35608"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}