{"id":3565,"date":"2013-05-15T15:42:41","date_gmt":"2013-05-15T13:42:41","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3565"},"modified":"2013-05-15T15:42:41","modified_gmt":"2013-05-15T13:42:41","slug":"rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/","title":{"rendered":"Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo."},"content":{"rendered":"<p>Kigali, kuwa 14 Gicurasi 2013<\/p>\n<p>Abaturage bo mu karere ka Nyagatare,umurenge wa Rwimiyaga bamaze igihe kirekire bugarijwe n\u2019intakorwaho ziri muri uyu murenge zihaye uburenganzira bwo kubambura amasambu yabo ku ngufu,kubasenyera amazu,kubirukana aho bari batuye,kubakubita iz\u2019akabwana, kuragira imyaka yabo ndetse ko kubabuza gukora imirimo isanzwe ibatunze\u00a0<a href=\"https:\/\/docs.google.com\/file\/d\/0B_h-ufXdGib-SkM4YVpnUEZXQ3M\/edit?usp=sharing\">irimo n\u2019ubuhinzi[1]<\/a>. Ibi bikomerezwa bituye muri uyu murenge ngo bijujubya aba baturage kugirango birukanwe aho bari batuye maze\u00a0 byibonere amasambu yo kororemo inka bititaye kukumenya aho\u00a0 izi nzirakarengane zakwerekeza.<!--more--><\/p>\n<p>Uru rugomo rukorerwa aba baturage nkuko babyemeza bikorwa mu ivangura rikomeye ku buryo banibaza impamvu yiri vangura bakorerwa kandi ubuyobozi burebera kuburyo banemeza ko iri hohoterwa rimaze guhindura benshi muri\u00a0 bo ibimuga by\u2019inkoni,abandi ubu bakaba birirwa bihishahisha mu bihuru kubera gutinya kugirirwa nabi n\u2019abashaka amasambu yabo.<\/p>\n<p>Aba baturage bakaba barimo guhoterwa abakabarengeye barebera kugeza ubwo kuwa 29 Mata 2013 bafashe icyemezo cyo kwandikira \u00a0inzego zo hejuru harimo na minisiteri y\u2019intebe nyamara nubwo ubu izo nzego zose zimaze kumenyeshwa aka karengane nubu ako karengane karacyakomeje kuburyo nubu abaturage baracyihishahisha mu bihuru,baranahigwa umunsi ku wundi!<\/p>\n<p>Iri hohoterwa ry\u2019abaturage rimaze kuba umuco mu Rwanda hafi ya hose kuburyo usibye no kumugariramo, abaturage batangiye\u00a0 no kuburiramo ubuzima kandi ugasanga bamwe mu bayobozi bakuru baba babigizemo uruhare. Urugero ni urw\u2019 umuturage witwa Jean Claude Safari uherutse gukubitwa\u00a0<a href=\"http:\/\/www.ireme.net\/yahondaguwe-ninkeragutabara-ahuhurwa-nushinzwe-iperereza-bimuviramo-gupfa\/\">kugeza ubuze ubuzima[2]<\/a>.<\/p>\n<p>Ibi bikorwa byo kwigabiza imitungo y\u2019abaturage biranavugwa no mu karere ka Kayonza,<a href=\"https:\/\/docs.google.com\/document\/d\/1GA128OYLDRBEu6ot6dTcBGQaKjmx2dogXdG4MYMS3Jk\/edit?usp=sharing\">umurenge wa Kabare[3]<\/a>,akagari ka Gitara aho ubu imyaka yobo (ikawa,imyumbati,urutoki,amasaka,ibijumba\u2026) yigabijwe n\u2019umushinga w\u2019akarere ukora amatarasi maze imyaka yabo ikaba irimo kurandagurwa hatitawe ku kizabatunga nta n\u2019ingurane bahawe. Mu minsi yashize kandi muri aka karere hanavuzwe ifungwa rya bamwe mu baturage bari bagerageje kwanga ko imyaka yabo irandurwa maze leta ibashinja icyaha ubu kigezweho cyo kwangisha abaturage ubuyobozi no kurwanya gahunda za Leta. Ubu abo baturage bararira ayo kwarika ariko bandikiye inzego zose harimo na Perezidanse ya Repuburika basaba kurenganurwa ariko ngo icyizere cyo kurenganurwa\u00a0 ni gike cyane .<\/p>\n<p>Ishyaka FDU \u2013Inkingi\u00a0 nkuko ridahwema kwamagana imigirire nkiyi igayitse yo guhohotera abo ushinzwe kureberera no kurengera kandi nyamara ubutegetsi bwa FPR-Inkotanyi ntibuhwema kuririmbira abaturage imiyoborere myiza,izira ivangura\u2026<\/p>\n<p>Turasaba Leta kwikubita agashyi igahagarika iri hohoterwa ryo kwica,kumenesha abaturage,kubarandurira imyaka,kubambura imitungo yabo\u00a0 ku ngufu kandi umutungo w\u2019umuntu ari ntavogerwa nkuko Itegeko-Nshinga ribyemeza. Turasaba kandi ko Leta itakomeza gukingira ikibaba uwo ariwe wese uhohotera abaturage yitwaje icyo aricyo cyose kuko ihame ryo kureshya imbere y\u2019amategeko rigomba kubahirizwa ku benegihugu bose.<\/p>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<p><strong>FDU-Inkingi<\/strong><\/p>\n<p><strong>Boniface Twagirimana<\/strong><\/p>\n<p><strong>Visi- Perezida w\u2019agateganyo.<\/strong><\/p>\n<div>\n<p>&nbsp;<\/p>\n<div>\n<p><a title=\"\" href=\"\/Users\/Olivier\/Downloads\/kayonza%2014-5-2013.doc#_ftnref1\">[1]<\/a>\u00a0<a href=\"https:\/\/docs.google.com\/file\/d\/0B_h-ufXdGib-SkM4YVpnUEZXQ3M\/edit?usp=sharing\">https:\/\/docs.google.com\/file\/d\/0B_h-ufXdGib-SkM4YVpnUEZXQ3M\/edit?usp=sharing<\/a><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><a title=\"\" href=\"\/Users\/Olivier\/Downloads\/kayonza%2014-5-2013.doc#_ftnref2\">[2]<\/a>\u00a0<a href=\"http:\/\/www.ireme.net\/yahondaguwe-ninkeragutabara-ahuhurwa-nushinzwe-iperereza-bimuviramo-gupfa\/\">http:\/\/www.ireme.net\/yahondaguwe-ninkeragutabara-ahuhurwa-nushinzwe-iperereza-bimuviramo-gupfa\/<\/a><\/p>\n<\/div>\n<div>\n<p><a title=\"\" href=\"\/Users\/Olivier\/Downloads\/kayonza%2014-5-2013.doc#_ftnref3\">[3]<\/a>\u00a0<a href=\"https:\/\/docs.google.com\/document\/d\/1GA128OYLDRBEu6ot6dTcBGQaKjmx2dogXdG4MYMS3Jk\/edit?usp=sharing\">https:\/\/docs.google.com\/document\/d\/1GA128OYLDRBEu6ot6dTcBGQaKjmx2dogXdG4MYMS3Jk\/edit?usp=sharing<\/a><\/p>\n<\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kigali, kuwa 14 Gicurasi 2013 Abaturage bo mu karere ka Nyagatare,umurenge wa Rwimiyaga bamaze igihe kirekire bugarijwe n\u2019intakorwaho ziri muri uyu murenge zihaye uburenganzira bwo kubambura amasambu yabo ku ngufu,kubasenyera amazu,kubirukana aho bari batuye,kubakubita iz\u2019akabwana, kuragira imyaka yabo ndetse ko kubabuza gukora imirimo isanzwe ibatunze\u00a0irimo n\u2019ubuhinzi[1]. Ibi bikomerezwa bituye muri uyu murenge ngo bijujubya aba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3566,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-3565","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kigali, kuwa 14 Gicurasi 2013 Abaturage bo mu karere ka Nyagatare,umurenge wa Rwimiyaga bamaze igihe kirekire bugarijwe n\u2019intakorwaho ziri muri uyu murenge zihaye uburenganzira bwo kubambura amasambu yabo ku ngufu,kubasenyera amazu,kubirukana aho bari batuye,kubakubita iz\u2019akabwana, kuragira imyaka yabo ndetse ko kubabuza gukora imirimo isanzwe ibatunze\u00a0irimo n\u2019ubuhinzi[1]. Ibi bikomerezwa bituye muri uyu murenge ngo bijujubya aba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-05-15T13:42:41+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/\",\"name\":\"Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-05-15T13:42:41+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":1025,\"height\":595},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo. - Umunyarwanda","og_description":"Kigali, kuwa 14 Gicurasi 2013 Abaturage bo mu karere ka Nyagatare,umurenge wa Rwimiyaga bamaze igihe kirekire bugarijwe n\u2019intakorwaho ziri muri uyu murenge zihaye uburenganzira bwo kubambura amasambu yabo ku ngufu,kubasenyera amazu,kubirukana aho bari batuye,kubakubita iz\u2019akabwana, kuragira imyaka yabo ndetse ko kubabuza gukora imirimo isanzwe ibatunze\u00a0irimo n\u2019ubuhinzi[1]. Ibi bikomerezwa bituye muri uyu murenge ngo bijujubya aba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-05-15T13:42:41+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/","name":"Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-05-15T13:42:41+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":1025,"height":595},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-nyagatare-bamwe-mu-batuye-muri-aka-kerere-bamaze-guhindurwa-ibimuga-nabashaka-kubambura-utwabo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda \u2013 Nyagatare : Bamwe mu batuye muri aka kerere bamaze guhindurwa ibimuga n\u2019abashaka kubambura utwabo."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3565","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3565"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3565\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3565"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3565"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3565"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}