{"id":36169,"date":"2020-05-13T16:53:42","date_gmt":"2020-05-13T14:53:42","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=36169"},"modified":"2020-05-13T16:53:45","modified_gmt":"2020-05-13T14:53:45","slug":"u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>ITANGAZO RYO KUWA 13 GICURASI 2020<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuwa mbere taliki ya 11 Gicurasi 2020 mu masaha ya saa moya n\u2019igice, abicanyi kabuhariwe bigaragara ko babigize umwuga bagera kuri icyenda bateye aho Bwana Th\u00e9ophile NTIRUTWA akorera bitwaje imbunda za masotela n\u2019intwaro gakondo zirimo imihoro, inkota maze bica Umupasiteri witwa Theoneste Bapfakurera wari uje guhahira aho, abandi bantu bari aho babazirika amaboko mbere yo kubafungirana mu nzu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nk\u2019uko abo bicanyi babyivugiye, uwo Mupasiteri bamwishe bazi neza ko bishe Bwana Th\u00e9ophile NTIRUTWA dore ko baje babaririza izina&nbsp; \u201cTheo\u201d&nbsp; maze Pasiteri akavuga ko ari we kuko yitwa Theonoste bikaba byumvikana ko &nbsp; izina rye na ryo ribanzirizwa na \u201cTheo\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda bakorera imbere mu Rwanda baributsa ko Bwana Theophile NTIRUTWA ari umurwanashyaka w\u2019Ishyaka DALFA UMURINZI akaba yari amaze amezi make avuye muri gereza aho yamaze imyaka 2 afungiwe ibyaha bitandukanye birimo n\u2019icy\u2019iterabwoba, ariko nyamara akabigirwaho umwere n\u2019inkiko zu Rwanda.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki gikorwa cyo gushaka kwica Bwana Theophile NTIRUTWA kiributsa ibindi bikorwa by\u2019ubwicanyi bwibasiye abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda barimo Bwana Habururiga Jean Damasc\u00e8ne, Iragena Illumin\u00e9e, Anselme Mutuyimana, Dusabumuremyi Syldio, ndetse hari nababuriwe irengero aribo Twagirimana Boniface na Ndereyimana Eug\u00e8ne. Bose bakomokaga mu Ishyaka rya FDU INKINGI tutibagiwe n\u2019abandi bakomoka mu yandi mashyaka atavugarumwe n\u2019ubutegetsi buriho mu Rwanda dore ko kwica abatavugarumwe nabwo byabaye itetu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuba u Rwanda bivugwa ko ari igihugu gifite umutekano usesuye ariko kandi rukaba n\u2019indiri y\u2019abicanyi bibasiye abatavugarumwe n\u2019abari k\u2019ubutegetsi ibi ni ikimenyetso simusiga ko iki gikorwa cyo gushaka kwica Bwana Theophile NTIRUWA ari iterabwoba rikomeje gukorerwa abatavugarumwe na Leta yu Rwanda kuko ubu bwicanyi ari bo bwibasiye bonyine bikaba kandi bigaragara ko aba bicanyi bafite imbaraga zikomeye kurusha inzego z\u2019umutekano z\u2019u Rwanda dore ko kugeza ubu nta mwicanyi n\u2019umwe urafatwa ngo ashyikirizwe ubutabera.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abatavugarumwe na Leta y\u2019u Rwanda baboneho umwanya wo kwamagana igikorwa cy\u2019ubushinyaguzi kiri gukorerwa Bwana Theophile NTIRUTWA n\u2019umufasha we ubu bafunzwe nyuma yo kugaraguzwa agati basakwa n\u2019inzego z\u2019umutekano aho kugira ngo zikurikirane abo bicanyi. Bakabatwara muri icyo gicuku basize mu nzu abana babo bonyine b\u2019imyaka 7 ni 5.&nbsp; Ibi bikaba ari iterabwoba rimwibasiye nk\u2019umuyoboke&nbsp; w\u2019ishyaka ritavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda dore ko hari mubo bari kumwe&nbsp; bari kwidegembya ighe umugore we utaruhari nawe yafashwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gusoza, abatavuga rumwe na Leta y\u2019u Rwanda bongeye gusaba amahanga cyane cyane ibihugu bifasha&nbsp; Leta y\u2019u Rwanda gufata ingamba zijyanye n\u2019uko mu gihugu cy\u2019 u Rwanda hakubahirizwa&nbsp; amahame ya demokarasi no kubungabunga umutekano w\u2019 abatavugarumwe n\u2019ubutegetsi buriho nk\u2019uko ibungabunga umutekano w\u2019abandi Banyarwanda muri rusange.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Bikorewe i Kigali kuwa 13 Gicurasi 2020<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Mme Victoire INGABIRE UMUHOZA<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Prezidate wa DALFA UMURINZI (S\u00e9)<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Me NTAGANDA Bernard<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Prezida Fondateri wa PS Imberakuri (S\u00e9)<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hano hasi mushobora kuhasanga ikiganiro Madame Victoire Ingabire yagiranye Radio Ijwi ry&#8217;Amerika:<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-audio\"><audio controls src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Ing-Theo.mp3\"><\/audio><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hano hasi murahasanga amakuru yatawe n&#8217;ibinyamakuru byo mu Rwanda aho abayobozi babeshya ko ibintu bimeze neza ntibavuge ko bataye muri yombi bamwe mu batewe barimo Th\u00e9ophile Ntirutwa:<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed-youtube wp-block-embed is-type-video is-provider-youtube wp-embed-aspect-16-9 wp-has-aspect-ratio\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_80065\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/dntE5V14wGU?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe>\n<\/div><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>ITANGAZO RYO KUWA 13 GICURASI 2020 Kuwa mbere taliki ya 11 Gicurasi 2020 mu masaha ya saa moya n\u2019igice, abicanyi kabuhariwe bigaragara ko babigize umwuga bagera kuri icyenda bateye aho Bwana Th\u00e9ophile NTIRUTWA akorera bitwaje imbunda za masotela n\u2019intwaro gakondo zirimo imihoro, inkota maze bica Umupasiteri witwa Theoneste Bapfakurera wari uje guhahira aho, abandi bantu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":18416,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-36169","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"ITANGAZO RYO KUWA 13 GICURASI 2020 Kuwa mbere taliki ya 11 Gicurasi 2020 mu masaha ya saa moya n\u2019igice, abicanyi kabuhariwe bigaragara ko babigize umwuga bagera kuri icyenda bateye aho Bwana Th\u00e9ophile NTIRUTWA akorera bitwaje imbunda za masotela n\u2019intwaro gakondo zirimo imihoro, inkota maze bica Umupasiteri witwa Theoneste Bapfakurera wari uje guhahira aho, abandi bantu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-05-13T14:53:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-05-13T14:53:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Theophile-Ntirutwa.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"957\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/\",\"name\":\"\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Theophile-Ntirutwa.jpg\",\"datePublished\":\"2020-05-13T14:53:42+00:00\",\"dateModified\":\"2020-05-13T14:53:45+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Theophile-Ntirutwa.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Theophile-Ntirutwa.jpg\",\"width\":957,\"height\":960,\"caption\":\"Th\u00e9ophile Ntirutwa\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d - Umunyarwanda","og_description":"ITANGAZO RYO KUWA 13 GICURASI 2020 Kuwa mbere taliki ya 11 Gicurasi 2020 mu masaha ya saa moya n\u2019igice, abicanyi kabuhariwe bigaragara ko babigize umwuga bagera kuri icyenda bateye aho Bwana Th\u00e9ophile NTIRUTWA akorera bitwaje imbunda za masotela n\u2019intwaro gakondo zirimo imihoro, inkota maze bica Umupasiteri witwa Theoneste Bapfakurera wari uje guhahira aho, abandi bantu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-05-13T14:53:42+00:00","article_modified_time":"2020-05-13T14:53:45+00:00","og_image":[{"width":957,"height":960,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Theophile-Ntirutwa.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/","name":"\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Theophile-Ntirutwa.jpg","datePublished":"2020-05-13T14:53:42+00:00","dateModified":"2020-05-13T14:53:45+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Theophile-Ntirutwa.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/11\/Theophile-Ntirutwa.jpg","width":957,"height":960,"caption":"Th\u00e9ophile Ntirutwa"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-igihugu-bivugwa-ko-gifite-umutekano-usesuye-ariko-kikaba-ari-indiri-yabayicanyi-bibasiye-abatavugarumwe-nubutegetsi-buriho-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"\u201cU RWANDA IGIHUGU BIVUGWA KO GIFITE UMUTEKANO USESUYE ARIKO KIKABA ARI INDIRI Y\u2019ABAYICANYI BIBASIYE ABATAVUGARUMWE N\u2019UBUTEGETSI BURIHO MU RWANDA\u201d"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36169","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=36169"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36169\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":36171,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36169\/revisions\/36171"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/18416"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=36169"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=36169"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=36169"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}