{"id":36174,"date":"2020-05-13T18:03:45","date_gmt":"2020-05-13T16:03:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=36174"},"modified":"2020-05-13T18:06:28","modified_gmt":"2020-05-13T16:06:28","slug":"theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/","title":{"rendered":"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa"},"content":{"rendered":"\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/660\/cpsprodpb\/FFC3\/production\/_112257456_theophilentirutwa.jpg\" alt=\"Th\u00e9ophile Ntirutwa\"\/><figcaption><em>Th\u00e9ophile Ntirutwa mukwa mbere aheruka yabwiye umunyamakuru mu Rwanda ibyamubayeho igihe yafungwaga<\/em><\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ishyaka ritavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi mu Rwanda DALFA-Umurinzi rivuga ko abantu bitwaje intwaro bateye umuyoboke waryo witwa Th\u00e9ophile Ntirutwa hafi y&#8217;umujyi wa Kigali, bakibeshya bakica undi bajya kwitiranwa, ariko polisi igafunga uyu Ntirutwa n&#8217;umugore we.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Byabaye mu ijoro ryo kuwa mbere mu murenge wa Muyumbu hanze gato y&#8217;umujyi wa Kigali, kuri boutique y&#8217;ubucuruzi ya Th\u00e9ophile Ntirutwa wo mu ishyaka Dalfa- Umurinzi rya Victoire Ingabire.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iri shyaka rivuga ko abantu icyenda bitwaje intwaro bateye iyi boutique ya Ntirutwa mbere ya saa mbiri z&#8217;ijoro &#8211; amasaha yo gufunga ibikorwa byose ubu mu gihugu &#8211; bagategeka abo basanze bari gusohoka gusubiramo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Madamu Victoire Ingabire uyobora ishyaka Dalfa-Umurinzi yabwiye BBC ko Th\u00e9ophile Ntirutwa yahise yihisha muri &#8216;comptoir&#8217;, akamuhamagara akamusaba kubatabariza kuko batewe n&#8217;abantu bafite imbunda.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Nahise mubwira nti &#8216;yenda ni ukubera ko amasaha yo gufunga yegereje baragira ngo mufunge vuba&#8217;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8220;Yahise akupa nyuma y&#8217;iminota micye arongera arampamagara ambwira ngo tubatabarize kuko babantu bamaze kwica umuntu kandi baboshye n&#8217;abandi&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu itangazo ryasohowe n&#8217;Ishyaka Dalfa-Umurinzi na PS-Imberakuri, aya mashyaka avuga ko hishwe uwitwa Th\u00e9oneste Bapfakurera kuko abo bateye babajije uwitwa &#8216;Theo&#8217; aho muri Boutique, maze uyu uri mubo bayisubijemo ku ngufu wari uri hafi yabo akababwira ko ari we Theo, bamutera ibyuma arapfa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Madamu Ingabire avuga ko nyuma Ntirutwa yakomeje akamubwira ko bakomeza kubatabariza kuko polisi yatinze kuhagera kandi abateye basize babakingiranye banaboshye abantu muri boutique, bakaba bafite ubwoba ko bagaruka.<\/p>\n\n\n\n<h3 class=\"wp-block-heading\">Abatewe nyuma nibo bafunzwe&nbsp;<\/h3>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bamwe mu batuye mu kagari ka Nyarukombe aho byabereye batifuje gutangazwa babwiye BBC ko uwishwe ari umuturage w&#8217;aha hafi kandi abantu bamwe bari kuri iyo boutique bafunzwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">BBC yagerageje kuvugana n&#8217;urwego rushinzwe iperereza ku byaha mu Rwanda ariko kugeza ubu ntibirashoboka.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Madamu Ingabire Victoire avuga ko icyabatangaje ari uko polisi igeze ahabereye ubwicanyi nyuma yagiye no ku rugo rwa Ntirutwa, ruri hafi y&#8217;aho akorera ubucuruzi bakarusaka.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Nyuma na telephone zabo zahise zivaho ntitwongeye kuvugana ariko twe tukibaza tuti: &#8220;abantu barajya kubasaka kandi ari bo batewe?&#8221;&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ejo kuwa kabiri avuga ko aribwo bamenye amakuru ko nyuma yo kubasaka polisi yatwaye Th\u00e9ophile Ntirutwa, umugore we na mushiki we wari kuri boutique na bamwe mu bari kuri boutique.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Icyatubabaje ni ukubona umuntu wari wahahamutse kubera kubona bicira umuntu muri boutique ye, aho kugira ngo bamufashe ahubwo niwe bafunze, ni imyitwarire ntari nzi ku nzego z&#8217;umutekano.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8220;Ikindi Theophile afite abana babiri umwe w&#8217;imyaka irindwi undi itanu, nshimye ko Theophile yari aho icyaha cyabereye, ariko se nk&#8217;umudamu we wari uri mu rugo we arazira iki? Abo bana batandukanyije na nyina barazira iki?&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Th\u00e9ophile Ntirutwa yigeze gufungwa mu 2016 mu gihe kimwe n&#8217;abandi bari mu ishyaka FDU-Inkingi nka Boniface Twagirimana, Fabien Twagirayezu, L\u00e9onille Gasengayire na Gratien Nsabiyaremye.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<h3 class=\"wp-block-heading\">Ubujura busanzwe cyangwa ubwicanyi bugambiriwe?<\/h3>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Madamu Victoire Ingabire avuga ko bo babona ko ari abari bafite umugambi wo kwica kuko bamaze kwinjiza abantu muri Boutique babajije uwitwa Theo, ubabwiye ko ariwe bagahita bamwica.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Bamaze kwica nta kintu na kimwe bibye, iyo baba bashaka kwiba bari kugira ibyo batwara&#8221;.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Madamu Ingabire avuga ko Ntirutwa yafunguwe mu kwezi kwa mbere nyuma y&#8217;uko inkiko zimugize umwere ku byaha yaregwaga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Akavuga ko abayoboke b&#8217;ishyaka rye bagiye bicwa kuva yaza gukorera politiki mu Rwanda. Ko mu bihe bya vuba babuze cyangwa bagapfusha abagera kuri batandatu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Inzego zibishinzwe ntizigeze zitugaragariza ababishe ngo nibura dusobanukirwe tuti &#8216;uyu yishwe kuko yari afitanye ikibazo n&#8217;uyu&#8217;, noneho tubitandukanye no kwicwa kubera impamvu za politiki, ni ibyo bidutera urujijo&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8220;Inzego zibishinzwe zifite inshingano yo kudusobanurira tukamenya ngo abo bantu bicwa kubera iki?&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&#8220;Ubaze kuva mukwa 10\/2018 urasanga hagati y&#8217;amezi atatu cyangwa ane hari umuntu wacu wicwa cyangwa ubura&#8221;.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyaka ritavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi mu Rwanda DALFA-Umurinzi rivuga ko abantu bitwaje intwaro bateye umuyoboke waryo witwa Th\u00e9ophile Ntirutwa hafi y&#8217;umujyi wa Kigali, bakibeshya bakica undi bajya kwitiranwa, ariko polisi igafunga uyu Ntirutwa n&#8217;umugore we. Byabaye mu ijoro ryo kuwa mbere mu murenge wa Muyumbu hanze gato y&#8217;umujyi wa Kigali, kuri boutique y&#8217;ubucuruzi ya Th\u00e9ophile Ntirutwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":15631,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-36174","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ishyaka ritavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi mu Rwanda DALFA-Umurinzi rivuga ko abantu bitwaje intwaro bateye umuyoboke waryo witwa Th\u00e9ophile Ntirutwa hafi y&#8217;umujyi wa Kigali, bakibeshya bakica undi bajya kwitiranwa, ariko polisi igafunga uyu Ntirutwa n&#8217;umugore we. Byabaye mu ijoro ryo kuwa mbere mu murenge wa Muyumbu hanze gato y&#8217;umujyi wa Kigali, kuri boutique y&#8217;ubucuruzi ya Th\u00e9ophile Ntirutwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-05-13T16:03:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-05-13T16:06:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Ntirutwa.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"576\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"576\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa\",\"datePublished\":\"2020-05-13T16:03:45+00:00\",\"dateModified\":\"2020-05-13T16:06:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/\"},\"wordCount\":616,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/09\\\/Ntirutwa.jpg\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/\",\"name\":\"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/09\\\/Ntirutwa.jpg\",\"datePublished\":\"2020-05-13T16:03:45+00:00\",\"dateModified\":\"2020-05-13T16:06:28+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/09\\\/Ntirutwa.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/09\\\/Ntirutwa.jpg\",\"width\":576,\"height\":576,\"caption\":\"Th\u00e9ophile Ntirutwa\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa - Umunyarwanda","og_description":"Ishyaka ritavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi mu Rwanda DALFA-Umurinzi rivuga ko abantu bitwaje intwaro bateye umuyoboke waryo witwa Th\u00e9ophile Ntirutwa hafi y&#8217;umujyi wa Kigali, bakibeshya bakica undi bajya kwitiranwa, ariko polisi igafunga uyu Ntirutwa n&#8217;umugore we. Byabaye mu ijoro ryo kuwa mbere mu murenge wa Muyumbu hanze gato y&#8217;umujyi wa Kigali, kuri boutique y&#8217;ubucuruzi ya Th\u00e9ophile Ntirutwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-05-13T16:03:45+00:00","article_modified_time":"2020-05-13T16:06:28+00:00","og_image":[{"width":576,"height":576,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Ntirutwa.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa","datePublished":"2020-05-13T16:03:45+00:00","dateModified":"2020-05-13T16:06:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/"},"wordCount":616,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Ntirutwa.jpg","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/","name":"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Ntirutwa.jpg","datePublished":"2020-05-13T16:03:45+00:00","dateModified":"2020-05-13T16:06:28+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Ntirutwa.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/09\/Ntirutwa.jpg","width":576,"height":576,"caption":"Th\u00e9ophile Ntirutwa"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/theophile-ntirutwa-yarokotse-ubwicanyi-hicwa-uwo-bitiranwa-we-arafungwa\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Th\u00e9ophile Ntirutwa yarokotse ubwicanyi hicwa uwo bitiranwa, we arafungwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36174","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=36174"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36174\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":36176,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36174\/revisions\/36176"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15631"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=36174"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=36174"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=36174"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}