{"id":36283,"date":"2020-05-23T12:28:31","date_gmt":"2020-05-23T10:28:31","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=36283"},"modified":"2020-05-23T23:23:53","modified_gmt":"2020-05-23T21:23:53","slug":"itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/","title":{"rendered":"Itekinika n&#8217;urujijo ku itangazwa ry&#8217;urupfu rwa Augustin Bizimana"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na<strong> Frank Steven Ruta&nbsp;<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu buryo butunguranye kandi buteye amakenga Umushinjacyaha Mukuru wa RMICT yatangaje urupfu rwa Bizimana Augustin, kandi yemera ko hashize igihe kinini apfuye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">RMICT ni Urwego rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda n\u2019icyahoze ari Yougoslavie, ku ruhande rw\u2019u Rwanda uru rwego rukaba rwari rugikurikirana abantu umunani, barimo F\u00e9licien Kabuga, Augustin Bizimana wabaye Minisitiri w\u2019Ingabo, Major Protais Mpiranya wahoze ayobora umutwe w\u2019ingabo zirinda Perezida Habyarimana, Lt Col Ph\u00e9neas Munyarugarama, Aloys Ndimbati, Fulgence Kayishema, Charles Sikubwabo na Charles Ryandikayo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri abo bose ariko, abagarukwaho cyane ni Kabuga F\u00e9licien, Protasin Mpiranya na Augustin Bizimana.&nbsp; Nyuma ya Kabuga F\u00e9licien urwo rwego ruvuga ko yafatiwe mu Bufaransa, hari hasigaye barindwi. Ariko mu buryo bwo gukuraho urujijo, Serge Brammertz Umushinjacyaha Mukuru wa RMICT yatangaje ko hifashishijwe ikoranabuhanga urukiko rwashoboye kumenya ko Augustin Bizimana amaze igihe apfuye, kuko ngo yaguye i Pointe-Noire muri Congo-Brazzaville muri Kanama umwaka wa 2000.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu mushinjacyaha avuga ko iperereza ryakozwe rigizwemo uruhare n\u2019u Buholandi , na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibihugu byombi byatanze inzobere n\u2019ibikoresho byo gupima ADN. Cyakora ntiyigeze atangaza igihe bamenyeye urupfu rwe, n\u2019impamvu barutangaje batinze.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Minisitiri Augustin Bizimana ni umwe mu bo u Rwanda rwangiwe, ku rutonde rw\u2019abo rwasabye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha kuzabohereza kuburanira mu Rwanda. Abandi u Rwanda rutigeze rwemererwa kuzaburanisha ni F\u00e9licien Kabuga na Major Mpiranya. Abandi batanu basigaye dosiye zabo zahawe u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tugarutse kuri Augustin Bizimana amakuru The Rwandan yashoboye kubona mu iperereza yakoze ni uko yaguye i Pointe Noire, muri Congo Brazza muri 2000. Abakora iperereza b\u2019urukiko rw\u2019Arusha (TPIR) bagiyeyo, bataburura umurambo bafata ibipimo bya ADN ahagana mu mwaka 2011 icyo gihe umufasha wa Augustin Bizimana niho yari agituye. Bifashishije n\u2019ibipimo bakuye ku bafite icyo bapfana na Augustin Bizimana kugira ngo bashobore guhamya bidashidikanywa ko ari we koko n&#8217;ubwo bwose igihe yitabaga Imana yahambwe n&#8217;abantu benshi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>IBIBAZO BYIBAZWA N\u2019ABATARI BAKE<\/strong><\/p>\n\n\n\n<ul class=\"wp-block-list\"><li>Kuba hashize imyaka 20 Bizimana apfuye ndetse n\u2019imyaka ikabakaba 9 bakoze ibizami bya ADN bikavugwa ubu, bihatse iki, bisobanuye iki?<\/li><li>Kuki bitangajwe nyuma y\u2019ifatwa rya F\u00e9licien Kabuga, ufatwa nka Kizigenza w\u2019itsinda?<\/li><li>Byagiye bivugwa kenshi ko na Major Mpiranya yaba atakiriho, aho siwe waba utahiwe gutangazwa n\u2019Urukiko, ko ari nawe wenyine wa nyuma uru rwego rutegereje?<\/li><li>Ese gufatwa kwa Kabuga byaba bigiye kurangiza akazi kose kari gasigaye, bikaba ari yo mpamvu hatangiye gutangazwa iby\u2019ubwiru ku bandi bashakishwaga, ariko bikaba byari byaracecetse bizwi?<\/li><li>Uretse Mpiranya, abandi batanu basigaye uru rwego rwemeye ko nibafatwa bazohererezwa u Rwanda, ntibyaba ari inzira iziguye yo gufunga imiryango?<\/li><li>Ese Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho igihembo cya miliyoni eshanu z\u2019amadolari ku wari gutuma bafatwa, niba zari zizi ko harimo abapfuye, ariko zigakomeza kwamamaza iki gihembo, ntizaba mu by\u2019ukuri zari zirangamiye gusa ifatwa rya Kabuga?<\/li><\/ul>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amafaranga y\u2019umurengera abarwa muri za miliyoni nyinshi&nbsp; z\u2019amadolari niyo yakoreshejwe n\u2019Urukiko rwa Arusha, n\u2019uru rwego rwashyiriweho kurangiza imanza z\u2019abasigaye bari batarafatwa rukoresha menshi cyane mu kubahiga, muri misiyo, ingendo, ubushakashatsi n\u2019ibindi. Ibi nabyo bitera bamwe kwibaza niba bitaba birimo ubucuruzi cyane kuruta ubutabera.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gusoza twakwibaza no ku byaregwaga Augustin Bizimana, yaregwaga ibyaha 13 byerekeranye na jenoside birimo uruhare mu kwica uwari minisitiri w&#8217;intebe Agathe Uwilingiyimana, abasirikare b&#8217;Ababiligi bari mu butumwa i Kigali n&#8217;iyicwa ry&#8217;Abatutsi muri perefegitura za Gisenyi, Ruhengeri, Butare, Kibuye na Cyangugu.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Twakwibaza cyane cyane ngo ku ruhare mu kwica uwari minisitiri w&#8217;intebe Agathe Uwilingiyimana n\u2019abasirikare b&#8217;Ababiligi bari mu butumwa i Kigali. Ese Augustin Bizimana yari kugira uruhare mu rupfu rwabo gute mu gihe indege ya Perezida Habyalimana yarahanuwe ari mu butumwa mu gihugu cya Cameroun?&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu bigaragara mu manza zaburanishijwe n\u2019urukiko rw\u2019Arusha natanga nk\u2019urugero urubanza rwa Jean Kambanda wari Ministre w\u2019intebe n\u2019urubanza rw\u2019abasirikare rwiswe (Militaire 1) rwaregwagamo Gen IG Gratien Kabiligi, Col BEMS Th\u00e9oneste Bagosora, Lt Col BEMS Anatole Nsengiyumva na Major CSGS Aloys Ntabakuze, bigaragara ko Augustin Bizimana yagarutse mu gihugu nyuma y\u2019ishyirwaho rya Leta yiswe iy\u2019abatabazi ni ukuvuga nyuma ya tariki 9 Mata 1994. Ese Augustin Bizimana yaba yaragize uruhare mu iyicwa rya Ministre Agatha Uwilingiyimana n\u2019abasirikare 10 b\u2019ababiligi gute kandi barishwe tariki ya 7 Mata 1994 atari mu gihugu?<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta&nbsp; Mu buryo butunguranye kandi buteye amakenga Umushinjacyaha Mukuru wa RMICT yatangaje urupfu rwa Bizimana Augustin, kandi yemera ko hashize igihe kinini apfuye. RMICT ni Urwego rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda n\u2019icyahoze ari Yougoslavie, ku ruhande rw\u2019u Rwanda uru rwego rukaba rwari rugikurikirana abantu umunani, barimo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":36284,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-36283","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Itekinika n&#039;urujijo ku itangazwa ry&#039;urupfu rwa Augustin Bizimana - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Itekinika n&#039;urujijo ku itangazwa ry&#039;urupfu rwa Augustin Bizimana - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta&nbsp; Mu buryo butunguranye kandi buteye amakenga Umushinjacyaha Mukuru wa RMICT yatangaje urupfu rwa Bizimana Augustin, kandi yemera ko hashize igihe kinini apfuye. RMICT ni Urwego rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda n\u2019icyahoze ari Yougoslavie, ku ruhande rw\u2019u Rwanda uru rwego rukaba rwari rugikurikirana abantu umunani, barimo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-05-23T10:28:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-05-23T21:23:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Skjermbilde-2020-05-23-kl.-12.18.06.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"545\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"320\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/\",\"name\":\"Itekinika n'urujijo ku itangazwa ry'urupfu rwa Augustin Bizimana - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Skjermbilde-2020-05-23-kl.-12.18.06.png\",\"datePublished\":\"2020-05-23T10:28:31+00:00\",\"dateModified\":\"2020-05-23T21:23:53+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Skjermbilde-2020-05-23-kl.-12.18.06.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Skjermbilde-2020-05-23-kl.-12.18.06.png\",\"width\":545,\"height\":320},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Itekinika n&#8217;urujijo ku itangazwa ry&#8217;urupfu rwa Augustin Bizimana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Itekinika n'urujijo ku itangazwa ry'urupfu rwa Augustin Bizimana - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Itekinika n'urujijo ku itangazwa ry'urupfu rwa Augustin Bizimana - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta&nbsp; Mu buryo butunguranye kandi buteye amakenga Umushinjacyaha Mukuru wa RMICT yatangaje urupfu rwa Bizimana Augustin, kandi yemera ko hashize igihe kinini apfuye. RMICT ni Urwego rwashyiriweho kurangiza imanza zasizwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda n\u2019icyahoze ari Yougoslavie, ku ruhande rw\u2019u Rwanda uru rwego rukaba rwari rugikurikirana abantu umunani, barimo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-05-23T10:28:31+00:00","article_modified_time":"2020-05-23T21:23:53+00:00","og_image":[{"width":545,"height":320,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Skjermbilde-2020-05-23-kl.-12.18.06.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/","name":"Itekinika n'urujijo ku itangazwa ry'urupfu rwa Augustin Bizimana - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Skjermbilde-2020-05-23-kl.-12.18.06.png","datePublished":"2020-05-23T10:28:31+00:00","dateModified":"2020-05-23T21:23:53+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Skjermbilde-2020-05-23-kl.-12.18.06.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Skjermbilde-2020-05-23-kl.-12.18.06.png","width":545,"height":320},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/itekinika-nurujijo-ku-itangazwa-ryurupfu-rwa-augustin-bizimana\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Itekinika n&#8217;urujijo ku itangazwa ry&#8217;urupfu rwa Augustin Bizimana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36283","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=36283"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36283\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":36305,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36283\/revisions\/36305"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/36284"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=36283"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=36283"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=36283"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}