{"id":36331,"date":"2020-05-26T06:59:33","date_gmt":"2020-05-26T04:59:33","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=36331"},"modified":"2020-05-26T06:59:35","modified_gmt":"2020-05-26T04:59:35","slug":"gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/","title":{"rendered":"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">U Rwanda rumaze imyaka myinshi rubayeho nk\u2019igihugu gifite ubwigenge mu miyoborere y\u2019abaturage bacyo. Rwatangiye ari agahugu gato cyane, <em>Urwanda rwa Gasabo<\/em>, kayobowe n\u2019Umwami, kakaba ubwami bwe. Ubwo bwami muri rusange bwagiye buhererekanywa mu muryango w\u2019abami, umwami agasimburwa n\u2019umukomokaho cyangwa se uwa hafi mu bo mu muryango we iyo yabaga nta mwana yibarutse, nk\u2019uko bigenda ahandi henshi hari imiyoborere y\u2019Ubwami. Umuryango w\u2019abanyiginya niwo wiganje cyane kandi mu gihe kirekire kingana n\u2019imyaka ishobora kuba irenga magana atanu. Umwamikazi nawe ntiyavaga mu miryango yose, ahubwo hariho imiryango izwi yatangaga abamikazi n\u2019abagabekazi. Umwami ntiyayoboraga wenyine kuko Umugabekazi, aliwe Nyina wemewe n\u2019amategeko, ntibyavugaga ko agomba kuba nyina umubyara mu nda, nawe yabaga afite ububasha bwinshi mu buyobozi bwo hejuru bw\u2019igihugu, ndetse hari abemeza ko Umwami atamurushaga ijambo cyane. Umwamikazi ntiyagaragaraga mu miyoborere y\u2019igihugu mu buryo buzwi. Ako gahugu gato, Urwanda rwa Gasabo, kagiye kaguka buhoro buhoro, bikozwe n\u2019Umwami wayoboraga u Rwanda, hanyuma icyitwaga Urwanda rwa Gasabo kiza kuba <em>Urwanda Rugari<\/em>, alibyo bivuga Urwanda rwagutse, ndetse tukaba tutatinya kuvuga ko alirwo dufite ubungubu. Ntirukiri Urwanda rwa Gasabo, ahubwo rwaragutse ruba <em>Urwanda Rugari<\/em>.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubwo bwigenge twavuze Urwanda rwaje kubwamburwa by\u2019igice igihe abitwa abakoloni b\u2019Abadage binjiye mu miyoborere bagasa n\u2019abafatanyije n\u2019Umwami w\u2019umunyiginya kuyobora igihugu cye. Hanyuma aho abadage batsindiwe intambara y\u2019isi, bwa bwigenge noneho bwaje gutakazwa burundu n\u2019igihugu cy\u2019Umwami, kuko byabayeho ko rushyirwa mu biganza by\u2019Igihugu cy\u2019Ububirigi n\u2019Urugaga rw\u2019Ibihugu (League des Nations \/ League of Nations), ngo kibere u Rwanda nk\u2019umurezi ugomba kuruherekeza mu mibereho no mu kwishakisha kuzageza rubonye ubwigenge. Ni muli icyo gihe cy\u2019ababirigi, Umwami w\u2019u Rwanda yirukanywe mu gihugu cye, ni muli icyo gihe kandi Umwami w\u2019u Rwanda yaguye mu mahanga azize urupfu rutarasobanuka kugeza ubu, kandi ni muli ibyo bihe Umwami w\u2019u Rwanda yahuye n\u2019ibihe bikomeye by\u2019impinduka, ubuyobozi buva mu Bwami bugahinduka Repubulika, bikaza kumuviramo guhunga igihugu cye, akaba yararinze agwa mu mu mahanga.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma yaho, u Rwanda rwasubiranye ubwigenge ku mugaragaro, abanyarwanda benshi biganjemo abo mu bwoko bw\u2019abahutu babigizemo uruhare. Icyari gishishikaje abenshi mu baharaniraga impinduka mu miyoborere, kwari ukureba ko Umwami yakwemera gushyikirana no gusangira ubutegetsi. Hanyuma haje kubaho kwifuza ko Ingoma y\u2019Ubwami yavaho, igasimbuzwa Repubulika, aho Umutegetsi w\u2019Igihugu ashobora kujya ava mu muryango uwo aliwo wose w\u2019Abanyarwanda, bitabaye ko habaho umuryango umwe gusa utanga Umukuru w\u2019Igihugu. Ibyo byaje kugerwaho, abanyarwanda benshi barabyishimira n\u2019ubwo atari bose kuko hari abari bagitsimbaraye ku kugumishaho Umwami w\u2019ububasha bwose ku gihugu no ku banyagihugu. Byaje kurangira abifuzaga Repubulika batsinze, Ubwigenge bwaremejwe hanyuma buza gutangazwa ku mugaragaro ku italiki ya mbere Nyakanga 1962.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uko byifuzwaga aliko siko byagenze. Kuko, bimwe mu byanengwaga ingoma y\u2019ubwami, ni ukuba abo mu bwoko bw\u2019abahutu bari barahejwe mu buyobozi bw\u2019igihugu no mu kugira ijambo mu miyoborere. Ndetse ibi abaharaniraga impinduka, bakwiye kubishimirwa kuko batahwemaga kugaragaza ko byagombye guhinduka, abahutu nabo bagahabwa ijambo kimwe n\u2019abatutsi, hanyuma abana b\u2019Urwanda bose bakayobora igihugu cyabo nta busumbane. Byari byiza, aliko icyabyishe ni uko bamwe mu bahutu bumvise ubutumwa nabi. Bumvise ko kuvanaho Ubwami no guha Abahutu ijambo mu gihugu cyabo, bisobanuye kwigobotora abatutsi no kwicara aho bari bicaye noneho bakabakandamiza bakigarurira byose. Mu bundi buryo twavuga ko hari abumvaga ko Ubwigenge ali icyo umuntu yakwita \u201dvamo-njyemo\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019igihe gito, bamwe mu batutsi bari barahungiye hanze, bari biganjemo cyane abahoze mu nda y\u2019ingoma, bakabamo n\u2019abahutu bacye bari barahunganye nabo, bariyegeranyije bagerageza gukora ibitero bya gisilikali bashaka guhirika ubutegetsi bwariho, bibumbiye mu muryango bise INYENZI, mu magambo arambuye <em>\u00ab&nbsp;Ingangurarugo Yahariwe kuba Ingenzi&nbsp;\u00bb<\/em>. Ibyo bitero ntibyabahiriye kuko baje gutsindwa iyo ntambara nyuma yo kugerageza kenshi, maze baza kuyireka burundu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu mwaka w\u20191973, bamwe mu basilikali bakuru b\u2019igihugu biganjemo abakomokaga mu majyaruguru, banenze iyo myitwarire y\u2019ubutegetsi bwariho, ariko bafite n\u2019irari ry\u2019ubutegetsi, maze bakora kudeta. Kubers iryo rari,&nbsp; nabo ntibakemuye ikibazo, ahubwo bafashe abahutu baje kwitwa abanyanduga (abo mu majyepfo) babomeka ku batutsi, maze kwigizayo abanyagihugu birakomeza bisingira n\u2019igice kimwe kandi kinini cy\u2019abahutu. Aha birumvikana ko kwa guheza igice kimwe cy\u2019abanyarwanda mu miyoborere bamwe bagayiraga Umwami, byakomeje na nyuma ye bikagenda bifata indi ntera.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019imyaka myinshi, abatutsi bari barahungiye hanze baje guhabwa imbaraga n\u2019uruhare bagize mu ntambara y\u2019ukwibohoza yo mu Buganda, aho bafashije Umukuru w\u2019icyo gihugu kugera ku butegetsi binyuze mu ntambara. Bariyegeranyije rero bakora umuryango bise RANU, waje gukomera maze uhabwa izina rya FPR-Inkotanyi mu mwaka w\u20191987. Abatangije uyu muryango bisunganye n\u2019abandi batutsi bali mu bindi bihugu harimo n\u2019abari mu Rwanda hagati, birumvikana ko harimo n\u2019abahutu bacye bagendaga binjiramo, maze batangira intambara mu Kwakira 1990, batangaza ko bifuza gukuraho akarengane cyane cyane akakorerwaga ubwoko bw\u2019abatutsi. Muli Nyakanga 1994, bafashe ubutegetsi kandi banafashijwe n\u2019amwe mu mashyaka yo mu gihugu imbere yarwanyaga ubutegetsi bwariho. Ikibabaje nabo ntibashoboye gukosora amenshi mu makosa baregaga ubutegetsi bwababanjirije. Ikindi cyagaragaye ni uko hejuru y\u2019ivangura ryari risanzweho hagati y\u2019abahutu n\u2019abatutsi no hagati y\u2019abakiga n\u2019abanyanduga (mu bwoko bw\u2019abahutu) ryari risanzweho, hadutse n\u2019irindi vangura rikomeye (mu bwoko bw\u2019abatutsi) rishingiye ku gihugu umuntu yakuriyemo cyangwa se yavukiyemo, ndetse rikaba rimaze kumunga bikomeye imiyoborere y\u2019igihugu.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Icyo twakura muli ibi bihe bikomeye igihugu cyanyuzemo no mu byo twakomeje kubona kugeza uyu munsi wa none mu mitegekere y\u2019Igihugu cy\u2019u Rwanda, ni uko impamvu zikomeye kurusha izindi zatumye habaho amakimbirane n\u2019ibibazo by\u2019urudaca bitaracogora na n\u2019ubu, ali izi: Ukutajya inama n\u2019abanyagihugu bose \/ Ukwanga imishyikirano cyangwa ukuyivangamo uburiganya n\u2019amananiza \/ Ubwiyemezi \/ Irari ry\u2019ubutegetsi \/ Ubushake bucye bwo gusangira ibyiza by\u2019igihugu \/ Inzika \/ Ivanguramoko \/ Ugusuzugura amategeko \/ Ugusuzugura impanuro z\u2019abahanzi n\u2019abahanuzi \/ Ukubuza amahoro n\u2019Uguhotora abahanzi n\u2019abahanuzi \/ Ugushyira imbaraga mu gupfobya amateka n\u2019Ukubuza ukuri kuvugwa. Indi mbogamizi itarigeze ikurwaho kuva Urwanda rwabaho kugeza kuri uyu munsi wa none, ni uko abayobozi ba roho batigeze batandukanywa n\u2019ubutegetsi ngo bahabwe ubwigenge mu kuyobora roho z\u2019abanyagihugu. Mu gihe cy\u2019ubwami hariho icyakwitwa \u201didini-leta\u201d, naho nyuma muri repubulika ubu kuri uyu munsi wa none hari icyo twakwita \u201didini-ngwate ya leta\u201d.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Murakoze<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>P. Bamara<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>U Rwanda rumaze imyaka myinshi rubayeho nk\u2019igihugu gifite ubwigenge mu miyoborere y\u2019abaturage bacyo. Rwatangiye ari agahugu gato cyane, Urwanda rwa Gasabo, kayobowe n\u2019Umwami, kakaba ubwami bwe. Ubwo bwami muri rusange bwagiye buhererekanywa mu muryango w\u2019abami, umwami agasimburwa n\u2019umukomokaho cyangwa se uwa hafi mu bo mu muryango we iyo yabaga nta mwana yibarutse, nk\u2019uko bigenda ahandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":35944,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-36331","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"U Rwanda rumaze imyaka myinshi rubayeho nk\u2019igihugu gifite ubwigenge mu miyoborere y\u2019abaturage bacyo. Rwatangiye ari agahugu gato cyane, Urwanda rwa Gasabo, kayobowe n\u2019Umwami, kakaba ubwami bwe. Ubwo bwami muri rusange bwagiye buhererekanywa mu muryango w\u2019abami, umwami agasimburwa n\u2019umukomokaho cyangwa se uwa hafi mu bo mu muryango we iyo yabaga nta mwana yibarutse, nk\u2019uko bigenda ahandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-05-26T04:59:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-05-26T04:59:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Bamara-Prosper.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1064\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1080\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI\",\"datePublished\":\"2020-05-26T04:59:33+00:00\",\"dateModified\":\"2020-05-26T04:59:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/\"},\"wordCount\":1028,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/Bamara-Prosper.jpeg\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/\",\"name\":\"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/Bamara-Prosper.jpeg\",\"datePublished\":\"2020-05-26T04:59:33+00:00\",\"dateModified\":\"2020-05-26T04:59:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/Bamara-Prosper.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/04\\\/Bamara-Prosper.jpeg\",\"width\":1064,\"height\":1080,\"caption\":\"Prosper Bamara\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI - Umunyarwanda","og_description":"U Rwanda rumaze imyaka myinshi rubayeho nk\u2019igihugu gifite ubwigenge mu miyoborere y\u2019abaturage bacyo. Rwatangiye ari agahugu gato cyane, Urwanda rwa Gasabo, kayobowe n\u2019Umwami, kakaba ubwami bwe. Ubwo bwami muri rusange bwagiye buhererekanywa mu muryango w\u2019abami, umwami agasimburwa n\u2019umukomokaho cyangwa se uwa hafi mu bo mu muryango we iyo yabaga nta mwana yibarutse, nk\u2019uko bigenda ahandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-05-26T04:59:33+00:00","article_modified_time":"2020-05-26T04:59:35+00:00","og_image":[{"width":1064,"height":1080,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Bamara-Prosper.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI","datePublished":"2020-05-26T04:59:33+00:00","dateModified":"2020-05-26T04:59:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/"},"wordCount":1028,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Bamara-Prosper.jpeg","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/","name":"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Bamara-Prosper.jpeg","datePublished":"2020-05-26T04:59:33+00:00","dateModified":"2020-05-26T04:59:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Bamara-Prosper.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/04\/Bamara-Prosper.jpeg","width":1064,"height":1080,"caption":"Prosper Bamara"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/gutakaza-ubwigenge-kubusubirana-no-kongera-kwiyobora-nabi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"GUTAKAZA UBWIGENGE, KUBUSUBIRANA NO KONGERA KWIYOBORA NABI"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36331","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=36331"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36331\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":36332,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36331\/revisions\/36332"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/35944"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=36331"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=36331"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=36331"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}