{"id":36334,"date":"2020-05-26T16:28:35","date_gmt":"2020-05-26T14:28:35","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=36334"},"modified":"2020-05-26T17:17:51","modified_gmt":"2020-05-26T15:17:51","slug":"hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/","title":{"rendered":"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere)"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu kanya nk\u2019ako guhumbya hahindutse byinshi mu ikipe ya Rayon Sports, kugeza ubwo uyu munota ifite ubuyobozi bubiri buhanganye, umuzi wa byose ukaba ivanguramoko n\u2019amacakubiri aterurwa ngo ashyirwe ahabona.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abakurikirana ibibera muri Rayon Sports babifatiye mu kirere ntibazi iriva n\u2019irirenga, ariko abazi umuzi w\u2019ikibazo cy\u2019ivanguramoko cyamunze u Rwanda n\u2019ubu kikaba kigikomeje kurumunga, bazi neza aho ipfundo ry\u2019ikibazo riherereye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibibazo bihora muri Rayon Sport umunsi ku wundi byaba ibigaragara n\u2019ibitagaragara, biterwa no kuba iyi kipe ifite intasi zikurikirana ubuzima bwayo umunsi ku wundi , kuko ubwayo ifatwa nk\u2019ishyaka rigari kandi ry\u2019irinyamaboko, bitewe n\u2019umubare munini cyane w\u2019abakunzi bayo. Ibi bigatuma birinda ko hari uwazana muri iyo mbaga nini imyumvire ihabanye n\u2019umurongo igihugu kiyoborwamo.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Perezida wa Rayon Sports uherutse gutorwa mu buryo bwemewe n\u2019amategeko Sadate Munyakazi , yananijwe bikomeye n\u2019abo yasimbuye, yongera kunanizwa cyane n\u2019abandi bamusopanyirizaga iburyo n\u2019ibumoso atabasha no kumenya abo ari bo, none bigeze aho bamurundura, bakabikora banagamije kumugirira nabi, kugeza ubwo yandikira Perezida Kagame inyandiko iremereye irimo amabanga ubusanzwe adashyirwa ahabona, ariko na none iyi nyandiko igasa n\u2019iyishinganisha, n\u2019ubwo amazi yamaze kurenga inkombe. (iyo nyandiko murayisanga ku mugereka)<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru tubagezaho muri iki cyegeranyo ni umusaruro w\u2019icukumbura tumaze iminsi tubakurikiranira duhereye mu mizi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Byatangiye bite?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuwa 14 Nyakanga 2019 nibwo ku rwego rw\u2019igihugu Inteko Rusange ya Rayon Sport yateraniye mu Bugesera itora Ubuyobozi Bushya, Perezida wa Komite agirwa Sadate Munyakazi waje asimbura Paul Muvunyi wari uyimaranye imyaka ibiri, mu buyobozi bwaranzwe n\u2019amacakubiri no guheza abo atiyumvamo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Gutorwa kwa Sadate Munyakazi byaratunguranye cyane, kuko bitari byitezwe. Yari asanzwe azwi nk\u2019umukunzi ukomeye wa Rayon Sports, wigeze no kuyibera umwe mu bafana b\u2019imena, ariko umwanya w\u2019ubuyobozi ukomeye yigeze agira muri iyo kipe ukaba uwo kuba ushinzwe discipline, akaba yarigeze no gukurira itsinda rigura abakinnyi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nk\u2019umugabo uzi gukoresha imvugo ya Gifana, akaba yariyamamaje avuga imishinga ikomeye azaniye Rayon Sport, irimo gukosora amakosa yatumye batakaza amahirwe menshi bari bagize yo kugera kure mu mikino nyafurika ariko ntibayabyaze umusaruro, abatangariza umushinga wa Gikundiro Stadium yagombaga kubakwa hagizwemo uruhare na buri mufana ku mafaranga make cyane buri wese yatanga, hakiyongeramo ayo azana mu bigo binyuranye by\u2019ubucuruzi, abasezeranya gusenya ishyamba (aha yavugaga udukundi tubiba amacakubiri n\u2019umwiryane mu bakinnyi n\u2019abafana ba Rayon Sports) n\u2019ibindi nyinshi binyuranye. Ibi byose byatumye agirirwa icyizere n\u2019Inteko Rusange, atorwa bitagoranye, ariko bitunguranye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Kunanizwa, kuburabuzwa no kwangishwa rubanda<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amatora akirangira, abashinzwe gusigasira ihame ryo guheza, bari batunguwe no kubona Rayon Sports ibacitse ikajya mu maboko y\u2019umuhutu, niko gutangira gahunda yo kumutema ibitsi, baramunaniza karahava. Icyari kigamijwe ni ukugaragaza ko&nbsp; yabaciye mu rihumye, ko adashoboye, ko ari Ntabwenge, ko atagira gahunda, ko nta gafaranga, ko mbese akomoka mu badasobanutse, Atari akwiye guhabwa ikipe ikunzwe n\u2019Abanyarwanda benshi, kuko bibangamiye gahunda za Cyama.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu kumunaniza, mu ikubitiro habayeho ko Komite ya Muvunyi yacyuye igihe yakoranye bya hafi n\u2019ikipe APR FC mukeba wa Rayon, bemeranywa ko yiba abakinnyi b\u2019imena ba Rayon Sorts, kandi ikabikora ntacyo yishisha kuko Muvunyi n\u2019agatsiko ke bafite amakuru ahamye ko abakinnyi benshi batari bakongerewe amasezerano, kandi ko Rayon Sports yari ifite ibibazo bikomeye by\u2019umutungo. Dore ko n\u2019amafaranga Rayon Sports yari yarahawe na CAF mu mikino Nyafurika bari barayarigitshije, atagize icyo amarira ikipe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">APR yatwaye abakinnyi benshi b\u2019imena ba Rayon Sports, abandi bajya mu yandi makipe anyuranye, bityo itakaza ingunga imwe abakinnyi beza umunani babanza mu kibuga, mu gihe yari inafite amarushanwa ya CECAFA yagombaga kwitabira muri uko kwezi yanyagwaga abakinnyi. Ibi byakozwe hagamijwe kumwangisha abafana ngo bijujute bamwamagane banasabe ko yeguzwa, ariko abyitwaramo neza agura abakinnyi&nbsp; bagerageza kuziba icyuho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Undi mutego wa kabiri yatezwe ni ukuba abakire bo muri Rayon Sports batanahuje nawe ubwoko bahise bahagarika inkunga yose bahaga iyi kipe, bavuga ko kuba we adafite amafaranga ahagije, bizamurenga akayamanika.&nbsp; Yakoze iyo bwabaga agenda ashyiramo amafaranga ye bwite, yiganjemo n\u2019ayo yafataga nk\u2019inguzanyo, ku buryo kugeza uyu munsi wa none Rayon sp0rts imufitiye amafaranga abarirwa muri miliyoni mirongo itanu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umutego wa Gatatu wabaye ko mu kwanga kurekura mafaranga, Umutoza wayo Robertinio wakundwaga n\u2019abafana yabuze itike imugarura mu Rwanda gukomeza gutoza, ikipe irahuzagurika itozwa n\u2019abatoza babiri mu mezi atatu, aho Robertinio agarutse abura ayo ahembwa arasezera. Abafana barasakuje, ariko Sadate agerageza kubaturisha.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umutego wa Kane w\u2019abamurwanyaga ngo ntiyavukanye imbuto zo kuyobora umuryango mugari nka Rayon, wabaye uwo kumuca ruhinganyuma bakamuteranya na SKOL, bavuga ko itagomba gukomeza amasezerano ifitanye na Rayon, kuko ngo ubuyobozi bushya butumva neza gahunda za Leta, bukaba bwayakoresha mu bidafitiye igihugu akamaro. SKOL yahise ihagarika bucece, amafaranga yahaga ikipe ya Rayon Sports, n&#8217;ubwo amasezerano atasinyuwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Sadate yahise atangiza agahunda zo kuzahura Rayon Sports zirimo kuvugurura uburyo abafana bayitera inkunga bahereye ku giceri cy\u2019ijana kuzamura, buri wese uko yifite, agirana amasezerano na AIRTEL mu cyiswe Rayon Pack, aho buri munyarwanda wese uguze iyi pack y\u2019itumanaho, hari amafaraga AIRTEL yageneraga ikipe a Rayon Sports.&nbsp; Ibi nabyo byaje gukomanyirizwa n\u2019abanyembaraga bari bagamije kumurundura.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umutego wa Gatanu, yagiriwe inama yo kutitabira igikombe cy\u2019intwari kuko ngo ikipe yari ihagaze nabi, nta bakinnyi nta n\u2019amikoro, ikaba yari ikeneye gukoresha amikoro make ifite yisuganya. Abamugiriye iyi nama nibo bahindukiye batangira kumuteza rubanda ko atumva neza agaciro k\u2019intwari z\u2019igihugu, ko no kuvana ikipe nkuru mu marushanwa nk\u2019ariya ari yo iyashyushya ikanazana benshi ku ma stades ari Sabotage. Iki cyo ntiyabashije kukikuramo, ahubwo byamuteye uburakari aterana amagambo na FERWAFA, bimugusha mu mutego wa Gatandatu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umutego wa Gatandatu wabaye Guhagarikwa na FERWAFA mu bikorwa byose bya Football mu gihe cy\u2019amezi atandatu, bikorwa hirengagijwe amategeko FERWAFA igenderaho. Yarabijuririye, amategeko akagena ko yagombaga guhabwa igisubizo mu minsi itarenze itanu, ariko yarategereje amaso ahera mu kirere, kuko gahunda yo kumurundura yari ihagarariwe n\u2019abakomeye kandi itagomba gusubizwa inyuma.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed-twitter wp-block-embed is-type-rich is-provider-twitter\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<blockquote class=\"twitter-tweet\" data-width=\"550\" data-dnt=\"true\"><p lang=\"tl\" dir=\"ltr\">Muraho mwese, <br>Imyanzuro ya Komisiyo y&#39;Imyitwarire  ya FARWAFA imaze gusohora icyemezo cyayo,<br><br>Umwanzuro:<br> impagaritse amezi 6 mu bikorwa by&#39;umupira, icyemezo tukazakijurira kuwa mbere.<br><br>Mugire Umugoroba mwiza.<\/p>&mdash; Munyakazi Sadate (@SadateMunyakazi) <a href=\"https:\/\/twitter.com\/SadateMunyakazi\/status\/1259184071978213376?ref_src=twsrc%5Etfw\">May 9, 2020<\/a><\/blockquote><script async src=\"https:\/\/platform.twitter.com\/widgets.js\" charset=\"utf-8\"><\/script>\n<\/div><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umutego wa Karindwi wabaye uwo gutera umwuka mubi mu bakinnyi, bakabasaba kwijujuta no gukora ibisa n\u2019[imyigaragambyo ku mbuga nkoranyambaga, uwabigizemo akabaraga cyane aba SARPONG, kuko bateganyaga ko Sadate namuhagarika abafana batazabyihanganira na gato. Yaramuhagaritse, anemeranywa n\u2019abakinnyi ko nta mushahara w\u2019ukwezi kwa Kane uzatangwa ku bwo kuba nta mikoro ahagije iyi kipe yari ifite.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Aba banyemali&nbsp; bamunzwe n\u2019ivanguramoko bahoze bayobora Rayon Sports, barikoze bakora inama&nbsp; yateguwe mu buryo bwitondewe, bavuga ko bagiye gukusanya amafaranga bagahemba abakinnyi amafaranga y\u2019amezi yose harimo n\u2019ukwa kane, bakanagarura Sarpong. Bahise begera SKOL, bayisaba kurekura ya mafarnga bari barayisabye kutazaha Komite ya SADATE, SKOL ihita yemera kuyatanga.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi byose byari bigamije kwereka abakunzi ba Rayon n\u2019Abanyarwanda muri rusange ko Munyakazi Sadate adashoboye kandi ntacyo amaze, ko ahubwo badahari ubuzima bw\u2019ikipe yabo bwazimira.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gice cya kabiri cy\u2019iyi nkuru, turabagezaho ibimenyetso byinshi by\u2019ibyakurikiranye mu kwezi kumwe, kugeza ubwo Sadate yandikiye Perezida Kagame, ariko abanyemali bakanga bakamuhirika, umujyi wa Kigali nawo ukabagaragariza kubashyigikira.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-gallery columns-1 is-cropped wp-block-gallery-2 is-layout-flex wp-block-gallery-is-layout-flex\"><ul class=\"blocks-gallery-grid\"><li class=\"blocks-gallery-item\"><figure><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"823\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad1.jpg\" alt=\"\" data-id=\"36336\" data-full-url=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad1.jpg\" data-link=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?attachment_id=36336\" class=\"wp-image-36336\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad1.jpg 720w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad1-262x300.jpg 262w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad1-696x796.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad1-367x420.jpg 367w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure><\/li><li class=\"blocks-gallery-item\"><figure><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"960\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad2.jpg\" alt=\"\" data-id=\"36337\" data-full-url=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad2.jpg\" data-link=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?attachment_id=36337\" class=\"wp-image-36337\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad2.jpg 720w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad2-225x300.jpg 225w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad2-696x928.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad2-315x420.jpg 315w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure><\/li><li class=\"blocks-gallery-item\"><figure><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"960\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad3.jpg\" alt=\"\" data-id=\"36338\" data-full-url=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad3.jpg\" data-link=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?attachment_id=36338\" class=\"wp-image-36338\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad3.jpg 720w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad3-225x300.jpg 225w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad3-696x928.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad3-315x420.jpg 315w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure><\/li><li class=\"blocks-gallery-item\"><figure><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"960\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad4.jpg\" alt=\"\" data-id=\"36339\" data-full-url=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad4.jpg\" data-link=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?attachment_id=36339\" class=\"wp-image-36339\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad4.jpg 720w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad4-225x300.jpg 225w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad4-696x928.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/sad4-315x420.jpg 315w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure><\/li><\/ul><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hashyizweho komite nshya ihagararira ikanareberera Rayon sports kugeza igihe amatora azabera<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"720\" height=\"960\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/kom.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-36340\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/kom.jpg 720w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/kom-225x300.jpg 225w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/kom-696x928.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/kom-315x420.jpg 315w\" sizes=\"auto, (max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu kanya nk\u2019ako guhumbya hahindutse byinshi mu ikipe ya Rayon Sports, kugeza ubwo uyu munota ifite ubuyobozi bubiri buhanganye, umuzi wa byose ukaba ivanguramoko n\u2019amacakubiri aterurwa ngo ashyirwe ahabona.&nbsp; Abakurikirana ibibera muri Rayon Sports babifatiye mu kirere ntibazi iriva n\u2019irirenga, ariko abazi umuzi w\u2019ikibazo cy\u2019ivanguramoko cyamunze u Rwanda n\u2019ubu kikaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":36335,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[70],"tags":[],"class_list":["post-36334","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere) - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere) - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu kanya nk\u2019ako guhumbya hahindutse byinshi mu ikipe ya Rayon Sports, kugeza ubwo uyu munota ifite ubuyobozi bubiri buhanganye, umuzi wa byose ukaba ivanguramoko n\u2019amacakubiri aterurwa ngo ashyirwe ahabona.&nbsp; Abakurikirana ibibera muri Rayon Sports babifatiye mu kirere ntibazi iriva n\u2019irirenga, ariko abazi umuzi w\u2019ikibazo cy\u2019ivanguramoko cyamunze u Rwanda n\u2019ubu kikaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-05-26T14:28:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-05-26T15:17:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Reyo.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"711\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"353\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere)\",\"datePublished\":\"2020-05-26T14:28:35+00:00\",\"dateModified\":\"2020-05-26T15:17:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/\"},\"wordCount\":1153,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/05\\\/Reyo.jpg\",\"articleSection\":[\"Ibihwihwiswa\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/\",\"name\":\"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere) - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/05\\\/Reyo.jpg\",\"datePublished\":\"2020-05-26T14:28:35+00:00\",\"dateModified\":\"2020-05-26T15:17:51+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/05\\\/Reyo.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/05\\\/Reyo.jpg\",\"width\":711,\"height\":353},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere) - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere) - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu kanya nk\u2019ako guhumbya hahindutse byinshi mu ikipe ya Rayon Sports, kugeza ubwo uyu munota ifite ubuyobozi bubiri buhanganye, umuzi wa byose ukaba ivanguramoko n\u2019amacakubiri aterurwa ngo ashyirwe ahabona.&nbsp; Abakurikirana ibibera muri Rayon Sports babifatiye mu kirere ntibazi iriva n\u2019irirenga, ariko abazi umuzi w\u2019ikibazo cy\u2019ivanguramoko cyamunze u Rwanda n\u2019ubu kikaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-05-26T14:28:35+00:00","article_modified_time":"2020-05-26T15:17:51+00:00","og_image":[{"width":711,"height":353,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Reyo.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere)","datePublished":"2020-05-26T14:28:35+00:00","dateModified":"2020-05-26T15:17:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/"},"wordCount":1153,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Reyo.jpg","articleSection":["Ibihwihwiswa"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/","name":"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere) - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Reyo.jpg","datePublished":"2020-05-26T14:28:35+00:00","dateModified":"2020-05-26T15:17:51+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Reyo.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/05\/Reyo.jpg","width":711,"height":353},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/hutu-tutsi-ikibazo-kitavugwa-kirunduye-rayon-sports-igice-cya-mbere\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hutu-Tutsi ikibazo kitavugwa kirunduye Rayon-Sports (Igice Cya Mbere)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36334","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=36334"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36334\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":36353,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36334\/revisions\/36353"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/36335"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=36334"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=36334"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=36334"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}