{"id":3635,"date":"2013-05-27T00:02:45","date_gmt":"2013-05-26T22:02:45","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3635"},"modified":"2013-05-27T06:40:00","modified_gmt":"2013-05-27T04:40:00","slug":"perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/","title":{"rendered":"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR."},"content":{"rendered":"<p>Mu nama rusange ya 21 y\u2019umuryango w\u2019Afrika yunze ubumwe yatangiye i Addis Abeba muri Etiyopiya kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2013, mu gihe hanizihizwa imyaka 50 uwo muryango umaze uvutse, Perezida wa Tanzaniya, Bwana Jakaya Kikwete yaboneyeho umwanya wo kwerekana inzira we abona yakemura ibibazo byo mu biyaga bigari no mu burasirazuba bwa Congo ku buryo burambye.<!--more--><\/p>\n<p>Kuri we ingabo zigize umutwe udasanzwe urimo gushinga ibirindiro ubu mu burasirazuba bwa Congo ngo urwanye imitwe y\u2019inyeshyamba kuri we ntacyo ushobora kugeraho mu gihe hatabayeho ibiganiro hagati y\u2019impande zitandukanye zihanganye muri iki kibazo hatibagiwe u Rwanda na FDLR kimwe na Uganda na ADF-NALU.<\/p>\n<p>Aya magambo ya Perezida Jakaya Kikwete ntabwo yapfa gufatwa nk\u2019adafite uburemere mu gihe umutwe w\u2019ingabo za ONU ushinzwe kurwanya imitwe y\u2019inyeshyamba ubu urimo gushinga ibirindiro mu burasirazuba bwa Congo kandi ukaba uyobowe n\u2019umujenerali w\u2019umunyatanzaniya ndetse ukaba urimo abasirikare ba Tanzaniya barenga 800.<\/p>\n<p>Ntawakwirengagiza ngo atekereze ko ingabo za Tanzaniya ari agafu k\u2019ivugwa rimwe nk\u2019uko bamwe cyane cyane abashyigikiye Leta ya Kagame na M23 babyibaza. Ntawe uyobewe ko imiterere y\u2019igisirikare cy\u2019u Rwanda ari nacyo M23 yubakiweho bifite imizi mu gisirikare cya Tanzaniya ndetse \u2019ubu hari abasirikare benshi b\u2019u Rwanda bajya gukorera amahugurwa mu gihugu cya Tanzaniya.<\/p>\n<p>Umuntu ashobora kuba umufana, agafana nk\u2019ufana umupira ariko burya utabusya abwita ubumera! Ese tubwizanyije ukuri ni abanyarwanda bangahe dushyizemo n\u2019abashyigikiye Kagame biteguye guhangana n\u2019ibihugu by\u2019Afrika y\u2019Epfo na Tanzaniya hejuru y\u2019umururumba no gushaka kwigira umujandarume w\u2019akarere kose bya Kagame?<\/p>\n<p>Tugarutse ku byavuzwe na Perezida Kikwete mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2013, imbere y\u2019umunyamabanga mukuru wa ONU, Ban Ki-moon n\u2019abakuru b\u2019ibihugu bo mu karere bari bateraniye mu muhezo, Perezida wa Tanzaniya yavuze ku bintu bitatu by\u2019ingenzi:<\/p>\n<p>-Mbere na mbere yavuze ku mutwe udasanzwe w\u2019ingabo za ONU woherejwe muri Congo kurwanya imitwe y\u2019inyeshyamba avuga ko ari igikorwa cyiza ariko ngo izo ngabo ngo ntabwo zizakemura iki kibazo, kuko ikibazo nyamukuru gishingiye kuri politiki.<\/p>\n<p>-Icya kabiri Bwana Jakaya Kikwete yavuzeho, ni uko ari ngombwa ko Leta ya Congo na M23 basubira mu biganiro. Aya magambo ya Kikwete asobanuye byinshi, ku babikurikiranira hafi bigaragara ko ingabo za Tanzaniya zitagamije gutera M23 mu birindiro byayo ahubwo zigamije kuyikumira ngo idakomeza gufata utundi duce harimo n\u2019umujyi wa Goma kuko bimenyerewe ko imitwe y\u2019inyeshyamba iyo ishaka byinshi mu mishyikirano ikunze gutera itunguranye ingero ni nyinshi zaba iza M23 cyangwa FPR ikiri umutwe w\u2019inyeshyamba.<\/p>\n<p>-Icya gatatu yavuzeho n\u2019uko ngo ibiganiro hagati ya M23 na Leta ya Congo bidahagije ubwabyo byonyine, niba Leta ya Congo igirana ibiganiro n\u2019umutwe wa M23 ni ngombwa ko na Leta y\u2019u Rwanda igirana ibiganiro n\u2019umutwe wa FDLR uyirwanya ndetse na Leta ya Uganda ikagirana ibiganiro na ADF-NALU. Aya magambo nayo arerekana neza ko ingabo za Tanzaniya zitazapfa gutera FDLR mu gihe izaba isaba ibiganiro ngo itahe mu Rwanda mu mahoro.<\/p>\n<p>Kuri Perezida Kikwete nta mahoro arambye azabaho mu gihe hatabayeho ibiganiro rusange ku bibazo byose byo mu biyaga bigari. Twabibitsa ko Perezida Obama wa Amerika azasura ibihugu by&#8217;Afrika y&#8217;Epfo na Tanzaniya mu mpera z&#8217;ukwezi kwa Kamena n&#8217;intangiriro za Nyakanga uyu mwaka, kandi umuntu ntabwo yashidikanya ko imyumvire y&#8217;ikibazo cyo mu biyaga bigari ya Perezida Jakaya Kikwete ayisangiye na Perezida Zuma w&#8217;Afrika y&#8217;Epfo, uwasesengura neza yasanga urugendo rwa Perezida Obama muri Afrika rushobora gusiga ubutegetsi bwa Obama buteye umugongo Perezida Kagame ndetse byaba ngombwa bukamuhatira gushyikirana n&#8217;abatavuga rumwe nawe nk&#8217;uko Perezida Kikwete yabitanzeho igitekerezo. Igisigaye ni ukumenya uburyo Perezida Kagame azabyifatamo, hari ababona azanangira mpaka, hari n&#8217;abandi babona azagirana ibiganiro by&#8217;ikinamico n&#8217;abitwa ko bamurwanya bari mu mitwe ya politiki cyangwa y&#8217;inyeshyamba yihimbiye kugira ngo ahume amaso abanyamerika n&#8217;andi mahanga kuko kuva yakubitirwa ahareba Oxford kandi ubutegetsi bw&#8217;abongereza burebera bishatse kuvuga ko hari abamukingiraga ikibaba batangiye kumurekura n&#8217;ibirenze biriya bishobora kuzamubaho.<\/p>\n<p>Tugarutse Addis Abeba, ngo mu gihe Perezida Kikwete yatangazaga ibyo, Perezida Kagame nawe wari muri iyo nama ntacyo yigeze avuga yarucuye ararumira, ariko Perezida Museveni we yavuze muri make ko bazagirana ibiganiro n\u2019abashaka kuganira naho abandi bakazahabwa akato.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo bwose nta cyemezo kidakuka cyafashwe ariko biragaragara ko uko iminsi igenda yicuma imyumvire ku kibazo cyo mu biyaga bigari iragenda ihinduka ndetse bamwe bagatinyuka kuvuga ukuri ku mugaragaro dore ko abaturage benshi bo mu karere batayobewe ukuri kw\u2019ibibazo bihari dore ko urugero nka Tanzaniya itari kure kandi burya ntawamenya ibya Kagame burya imbeba irya umuhini yototera n\u2019isuka.<\/p>\n<p><strong>Marc Matabaro.<\/strong><b><\/b><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu nama rusange ya 21 y\u2019umuryango w\u2019Afrika yunze ubumwe yatangiye i Addis Abeba muri Etiyopiya kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2013, mu gihe hanizihizwa imyaka 50 uwo muryango umaze uvutse, Perezida wa Tanzaniya, Bwana Jakaya Kikwete yaboneyeho umwanya wo kwerekana inzira we abona yakemura ibibazo byo mu biyaga bigari no mu burasirazuba bwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3636,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66,64],"tags":[],"class_list":["post-3635","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu nama rusange ya 21 y\u2019umuryango w\u2019Afrika yunze ubumwe yatangiye i Addis Abeba muri Etiyopiya kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2013, mu gihe hanizihizwa imyaka 50 uwo muryango umaze uvutse, Perezida wa Tanzaniya, Bwana Jakaya Kikwete yaboneyeho umwanya wo kwerekana inzira we abona yakemura ibibazo byo mu biyaga bigari no mu burasirazuba bwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-05-26T22:02:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2013-05-27T04:40:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR.\",\"datePublished\":\"2013-05-26T22:02:45+00:00\",\"dateModified\":\"2013-05-27T04:40:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/\"},\"wordCount\":746,\"commentCount\":7,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Akarere\",\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/\",\"name\":\"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-05-26T22:02:45+00:00\",\"dateModified\":\"2013-05-27T04:40:00+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":800,\"height\":536},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR. - Umunyarwanda","og_description":"Mu nama rusange ya 21 y\u2019umuryango w\u2019Afrika yunze ubumwe yatangiye i Addis Abeba muri Etiyopiya kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2013, mu gihe hanizihizwa imyaka 50 uwo muryango umaze uvutse, Perezida wa Tanzaniya, Bwana Jakaya Kikwete yaboneyeho umwanya wo kwerekana inzira we abona yakemura ibibazo byo mu biyaga bigari no mu burasirazuba bwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-05-26T22:02:45+00:00","article_modified_time":"2013-05-27T04:40:00+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR.","datePublished":"2013-05-26T22:02:45+00:00","dateModified":"2013-05-27T04:40:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/"},"wordCount":746,"commentCount":7,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Akarere","Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/","name":"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-05-26T22:02:45+00:00","dateModified":"2013-05-27T04:40:00+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":800,"height":536},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/perezida-jakaya-kikwete-arasaba-u-rwanda-kugirana-ibiganiro-na-fdlr\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Jakaya Kikwete arasaba u Rwanda kugirana ibiganiro na FDLR."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3635","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3635"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3635\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3635"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3635"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3635"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}