{"id":3643,"date":"2013-05-28T07:19:22","date_gmt":"2013-05-28T05:19:22","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3643"},"modified":"2013-05-29T08:17:36","modified_gmt":"2013-05-29T06:17:36","slug":"augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/","title":{"rendered":"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali"},"content":{"rendered":"<p>Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi akaza gukurwa kuri uwo mwanya yaburiwe irengero guhera kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2013, ubwo yari i Kigali kuko yari amaze guhamagazwa.<!--more--><\/p>\n<p>Amakuru twashoboye kubona avuga ko Bwana Augustin Habimana yagaragaye\u00a0 bwa nyuma mu ruhame i Kigali kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2013, bikaba bivugwa ko ngo ibura rye riteye umwitwarariko abayobozi b\u2019u Rwanda ni atari ukwijijisha akaba aribo bamufite.<\/p>\n<p>Amakuru afite gihamya avuga ko Ambasaderi Habimana bimwe mu byatumye ahamagarwa i Kigali ari ubwumvikane buke yari afitanye n\u2019abo bakoranaga mu biro bihagarariye u Rwanda i Bujumbura mu Burundi. Abo bakorana nawe bakomeje kumurega kenshi ku bayobozi b\u2019i Kigali ko ngo yishoye mu bikorwa bitajyanye n\u2019umurimo we w\u2019ubudiplomate, muri ibyo bikorwa harimo kugirana imigenderanire n\u2019imwe mu mitwe ya politiki itavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bwa Perezida Kagame.<\/p>\n<p>Amakuru ava mu kinyamakuru Great Lakes Voice avuga ko Ambasaderi Habimana yari amaze iminsi ahura n\u2019ibibazo kenshi aho yagiye aregwa mu nzego za polisi kubera kutubahiriza inshingano ze zo gutanga indezo z\u2019abana yagiye abyarana n\u2019abagore batandukanye. Ngo kubera ibyo bibazo imyitwarire ye yagiye ikemangwa bikavugwa ko itari ihuye\u00a0 n\u2019urwego rwe nk\u2019umuntu uhagarariye igihugu mu mahanga.<\/p>\n<p>Ambasaderi Habimana yigeze kuba Umuyobozi ushinzwe iperereza ryo mu gihugu imbere mu nzego z\u2019igihugu z\u2019iperereza (NISS) mbere y\u2019uko yoherezwa guhagararira u Rwanda i Bujumbura mu Gushyingo 2011. Iryo yimurwa ava mu nzego z\u2019iperereza ngo ryaba ryaratewe n\u2019ibibazo bikomeye byagizwe ibanga, kumugira ambasaderi ngo byari nko kumugoragoza.<\/p>\n<p>Muri iyi minsi kandi hari abandi ba Ambasaderi bahamagajwe igihe kimwe na Bwana Habimana ariko bo ibyabo ntawahamya ko bijya kumera nk\u2019ibye.<\/p>\n<p>Niba byemejwe ko Ambasaderi Habimana yashoboye guhunga yaba ari amahirwe ye ariko abaye yaguye mu maboko y\u2019ubutegetsi bw\u2019u Rwanda yaba ari mu mazi abira kuko ubutegetsi bwa Kagame ntabwo bwamucira akari urutega mu gihe yaba ashinjwa kugirana imigenderanire n\u2019abatavuga rumwe nabwo kandi yarakoze mu bijyanye n&#8217;iperereza ntawabura gukeka ko hari amabanga yaba yaramenaga, naho kugira abana benshi hanze byo ni ingeso yeze muri abo ba nyakubahwa dore ko uwo munezero nta banyarwanda benshi babona ubushobozi bwo kuwujyamo mu gihe inzara ibatema amara, uretse ko Ambasaderi Habimana we yabaye nka ya nsina ngufi akaregwa muri polisi mu gihe hari benshi iyo polisi itatinyuka kwakira ibirego bibashinja.<\/p>\n<p>Uyu mugabo uretse kuba yarigeze gukora muri Ambasade y&#8217;u Rwanda mu Bubiligi mu myaka ya vuba ku butegetsi bwa FPR, mbere ya 1994 yakoze mu nzego z&#8217;iperereza zo ku butegetsi bwa Perezida Habyalimana zizwi ku izina rya SCR abenshi bitaga SESERA!<\/p>\n<p><strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi akaza gukurwa kuri uwo mwanya yaburiwe irengero guhera kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2013, ubwo yari i Kigali kuko yari amaze guhamagazwa.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3644,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-3643","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi akaza gukurwa kuri uwo mwanya yaburiwe irengero guhera kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2013, ubwo yari i Kigali kuko yari amaze guhamagazwa.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-05-28T05:19:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2013-05-29T06:17:36+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/\",\"name\":\"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-05-28T05:19:22+00:00\",\"dateModified\":\"2013-05-29T06:17:36+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":162,\"height\":197},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali - Umunyarwanda","og_description":"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi akaza gukurwa kuri uwo mwanya yaburiwe irengero guhera kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Gicurasi 2013, ubwo yari i Kigali kuko yari amaze guhamagazwa.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-05-28T05:19:22+00:00","article_modified_time":"2013-05-29T06:17:36+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/","name":"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-05-28T05:19:22+00:00","dateModified":"2013-05-29T06:17:36+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":162,"height":197},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/augustin-habimana-wari-uhagarariye-u-rwanda-mu-burundi-yaburiwe-irengero-nyuma-yo-guhamagazwa-i-kigali\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Augustin Habimana wari uhagarariye u Rwanda mu Burundi yaburiwe irengero nyuma yo guhamagazwa i Kigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3643","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3643"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3643\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3643"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3643"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3643"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}