{"id":36740,"date":"2020-07-02T02:19:48","date_gmt":"2020-07-02T00:19:48","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=36740"},"modified":"2020-07-02T02:20:02","modified_gmt":"2020-07-02T00:20:02","slug":"ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/","title":{"rendered":"ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA?"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>UBWIGENGE BW\u2019U RWANDA BUMAZE IMYAKA 58.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Taliki ya 1\/07\/1962-1\/07\/2020&nbsp;: imyaka ibaye 58 u Rwanda rusubiranye ubwigenge, ruva mu maboko y\u2019abakoroni, igihugu gihabwa abanyarwanda ngo abe ari bo bakiyobora, bakigenere inzira gifata kandi bagifatire ibyemezo by\u2019ejo hazaza mu nyungu z\u2019abanyarwanda bose. Ariko iyo witegereje uko igihugu kiyobowe none, usanga abanyarwanda barahindutse ingaruzwamuheto, barashubijwe mu bucakara \u2013 atari ubw\u2019abazungu \u2013 ahubwo ari ubw\u2019abandi banyarwanda, ariko bakorera abanyamahanga. Ubu umunyarwanda nta bwisanzure afite mu gihugu cye, arahozwa ku nkeke ya buri munsi mu byo bita \u00ab&nbsp;gahunda za Leta&nbsp;\u00bb zihutiyeho, aba atasobanuriwe cyangwa ngo abone igihe cyo kuzumva no kuzigira ize. Ahora muri \u00ab&nbsp;cishwa aha&nbsp;\u00bb.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kwigenga kw\u2019igihugu byagombye kujyana no kwigenga kw\u2019abaturage, ni ukuvuga ubwigenge ku giti cy\u2019umuntu, buri wese akishyira akizana, hakurikijwe amategeko, ntawe ubangamiye uburenganzira bwa mugenzi we.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gihugu cyigenya, Ubutegetsi aba ari ubw\u2019abaturage, butangwa n\u2019abaturage kandi bukorera abaturage. Nguko uko abenegihugu bakwiye kuyoborwa n\u2019abandi benegihugu, bitandukanye n\u2019ubukoroni, aho rubanda yahatirwaga gukora n\u2019ibitayifitiye akamaro, mu nyungu z\u2019umukoroni.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nta bwigenge umunyarwanda afite mu gihe&nbsp;:<\/p>\n\n\n\n<ul class=\"wp-block-list\"><li>adafite ijambo mu byo bamusaba gukora no muri gahunda zimureba zose;<\/li><li>izo gahunda akenshi ziba zigamije inyungu z\u2019abari ku butegetsi aho kuba inyungu z\u2019umuturage;<\/li><li>acuzwa utwo yavunikiye binyuze mu mayeri menshi;<\/li><li>asenyerwa akarazwa rwantambi;<\/li><li>akamburwa isambu yari imutunze, cyangwa akarimburirwa imyaka ndetse hakaba n\u2019iyo abujijwe gusarura ibyo jejeje;<\/li><li>ubuzima bwe ashobora kubwamburwa isaha iyo ariyo yose, binyuze mu gutotezwa, kunyerezwa, kuburirwa irengero no kwicwa;<\/li><li>umuco wo kudahana ukomeje mu Rwanda, hakaboneka abitwara nk\u2019abari hejuru y\u2019amategeko;<\/li><li>umutungo w\u2019igihugu usahurirwa mu mifuka ya bake, ukajyanwa i mahanga, n\u2019uduke dusigaye tugatangwa nta gusaranganya, ahubwo binyuze mw\u2019ivangura n\u2019icyenewabo;<\/li><li>inzego z\u2019umutekano ziyoborwa n\u2019agatsiko ka bamwe, ku buryo abanyarwanda benshi batazibonamo, kandi nazo ntizigaragaze ko zikorera rubanda;<\/li><li>nta burenganzira bwo kwisanzura muri politiki no kuvuga akamuri ku mutima, ahubwo ugasanga hakomeje kugaragara ihohoterwa, inyerezwa, iburirwa irengero, n\u2019iyicwa ry\u2019abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi.<\/li><\/ul>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Biragaragara ko ubutegetsi bwa FPR bwashubije igihugu mu bukoroni n\u2019ubucakara butagira izina, aho u Rwanda ruyobowe n\u2019abanyarwanda bakora mu nyungu z\u2019amahanga, bikamera nk\u2019aho icyo gihugu bakiragijwe n\u2019ayo mahanga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Umwanzuro<\/strong><\/p>\n\n\n\n<ol class=\"wp-block-list\"><li>Ishyaka FDU-INKINGI rirashishikariza buri wese kumva ko uko u Rwanda ruyobowe none bigomba gukosorwa, kugira ngo buri wese yishyire yizane mu gihugu cye;<\/li><\/ol>\n\n\n\n<ol class=\"wp-block-list\" start=\"2\"><li>Buri wese agomba kumva ko dusangiye gupfa no gukira nk\u2019abanyarwanda, ko kandi amahane ayo ariyo yose&nbsp; aturuka ku kwikubira n\u2019ubuhezanguni arangira akuruye amahano, ahombeje buri wese, agahombya n\u2019igihugu ;<\/li><\/ol>\n\n\n\n<ol class=\"wp-block-list\" start=\"3\"><li>Ishyaka FDU-INKINGI rizakomeza kuba hafi y\u2019abarengana, n\u2019ababuzwa uburenganzira bwabo muri ya mayeri n\u2019inzira nyinshi;<\/li><\/ol>\n\n\n\n<ol class=\"wp-block-list\" start=\"4\"><li>Ishyaka FDU-INKINGI rizakomeza guharanira ko ubwigenge nyabwo bw\u2019u Rwanda bugomba gushingira kw\u2019ituze, umutekano mu mitima, gushyikirana no kurangiza ibibazo binyuze mu biganiro. Bityo, abayobozi bakumva ko babereyeho gukorera rubanda.<\/li><\/ol>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Harakabaho u Rwanda n\u2019abanyarwanda;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Harakabaho ubwigenge nyakuri bw\u2019u Rwanda bushingiye ku bwisanzure bwa buri wese no ku bayobozi bakora mu nyungu z\u2019abanyarwanda bose.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bikorewe i Rouen, France, kuwa 1 Nyakanga 2020<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Th\u00e9ophile MPOZEMBIZI<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Komiseri&nbsp; ushinzwe itumanaho n\u2019itangazamakuru.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><a href=\"mailto:infocominfo@fdu-rwanda.com\">infocominfo@fdu-rwanda.com<\/a> ; <a href=\"mailto:info@fdu-rwanda.com\">info@fdu-rwanda.com<\/a>&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>UBWIGENGE BW\u2019U RWANDA BUMAZE IMYAKA 58. Taliki ya 1\/07\/1962-1\/07\/2020&nbsp;: imyaka ibaye 58 u Rwanda rusubiranye ubwigenge, ruva mu maboko y\u2019abakoroni, igihugu gihabwa abanyarwanda ngo abe ari bo bakiyobora, bakigenere inzira gifata kandi bagifatire ibyemezo by\u2019ejo hazaza mu nyungu z\u2019abanyarwanda bose. Ariko iyo witegereje uko igihugu kiyobowe none, usanga abanyarwanda barahindutse ingaruzwamuheto, barashubijwe mu bucakara \u2013 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":23161,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[45],"tags":[],"class_list":["post-36740","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amatangazo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"UBWIGENGE BW\u2019U RWANDA BUMAZE IMYAKA 58. Taliki ya 1\/07\/1962-1\/07\/2020&nbsp;: imyaka ibaye 58 u Rwanda rusubiranye ubwigenge, ruva mu maboko y\u2019abakoroni, igihugu gihabwa abanyarwanda ngo abe ari bo bakiyobora, bakigenere inzira gifata kandi bagifatire ibyemezo by\u2019ejo hazaza mu nyungu z\u2019abanyarwanda bose. Ariko iyo witegereje uko igihugu kiyobowe none, usanga abanyarwanda barahindutse ingaruzwamuheto, barashubijwe mu bucakara \u2013 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-07-02T00:19:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-07-02T00:20:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/new-fdu-logo.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"466\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"311\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/\",\"name\":\"ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/new-fdu-logo.png\",\"datePublished\":\"2020-07-02T00:19:48+00:00\",\"dateModified\":\"2020-07-02T00:20:02+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/new-fdu-logo.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/new-fdu-logo.png\",\"width\":466,\"height\":311},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA? - Umunyarwanda","og_description":"UBWIGENGE BW\u2019U RWANDA BUMAZE IMYAKA 58. Taliki ya 1\/07\/1962-1\/07\/2020&nbsp;: imyaka ibaye 58 u Rwanda rusubiranye ubwigenge, ruva mu maboko y\u2019abakoroni, igihugu gihabwa abanyarwanda ngo abe ari bo bakiyobora, bakigenere inzira gifata kandi bagifatire ibyemezo by\u2019ejo hazaza mu nyungu z\u2019abanyarwanda bose. Ariko iyo witegereje uko igihugu kiyobowe none, usanga abanyarwanda barahindutse ingaruzwamuheto, barashubijwe mu bucakara \u2013 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-07-02T00:19:48+00:00","article_modified_time":"2020-07-02T00:20:02+00:00","og_image":[{"width":466,"height":311,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/new-fdu-logo.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/","name":"ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/new-fdu-logo.png","datePublished":"2020-07-02T00:19:48+00:00","dateModified":"2020-07-02T00:20:02+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/new-fdu-logo.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2017\/11\/new-fdu-logo.png","width":466,"height":311},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ariko-se-igihugu-cyakwigenga-gite-mu-gihe-abenegihugu-basubijwe-mu-bucakara\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ARIKO SE IGIHUGU CYAKWIGENGA GITE MU GIHE ABENEGIHUGU BASUBIJWE MU BUCAKARA?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36740","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=36740"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36740\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":36741,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/36740\/revisions\/36741"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/23161"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=36740"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=36740"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=36740"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}