{"id":37019,"date":"2020-07-27T23:40:28","date_gmt":"2020-07-27T21:40:28","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=37019"},"modified":"2020-07-27T23:40:29","modified_gmt":"2020-07-27T21:40:29","slug":"u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/","title":{"rendered":"U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu Rwanda umuturage ntagira ubutaka, bwose bwitwa ubwa Leta , n\u2019ufite ubwo atuyeho cyangwa akoresha afatwa nk\u2019ubukodeshwa na Leta, akishyura bukode bwabwo, kandi akanishyura umusoro wabwo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu bisanzwe ukodeshwa ntabwo arenzaho kwishyura imisoro y\u2019icyo yishyurira ubukode. Ariko Abanyarwanda batagishijwe inama bategetswe gukodesha ubutaka, kandi bakanabusorera buri mwaka, utabishoboye agahabwa ibihano birimo amande aremereye cyane, hakaba n\u2019abajya baterezwa cyamunara imitungo yabo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu mategeko Leta iherutse gushyira ahagaragara, harimo ko n\u2019ufite ubutaka akodesha, mu gihe amaze imyaka itatu ntacyo abukoresha azajya abunyagwa bugahabwa abandi. Ibi\u00a0sibyo byonyine bigaragaza ko igihugu kitari icya bene cyo, ahubwo ikibasha kubyara inyungu cyose Leta uragikodesha, irakigurisha cyangwa igiteza cyamunara.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikigezweho ubu ni uguteza cyamunara amashyamba yose ya Leta, angana na 80% yose ari mu gihugu akazaba yagurishijwe n\u2019abikorera ku giti cyabo, bitarenze imyaka ine iri imbere. Ni muri gahunda ya FPR ya 2017-2024, ariko kuko byatinze gutangizwa, bikaba bigiye gushyirwamo ingufu mu myaka ine isigaye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uburyo bizakorwamo bitangazwa n\u2019ikigo cya Leta gishinzwe amazi n\u2019amashyamba (RWFA):<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed-youtube wp-block-embed is-type-video is-provider-youtube wp-embed-aspect-16-9 wp-has-aspect-ratio\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<iframe loading=\"lazy\"  id=\"_ytid_51793\"  width=\"640\" height=\"360\"  data-origwidth=\"640\" data-origheight=\"360\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/L3wOuOefZcc?enablejsapi=1&#038;list=UUyRvjnhiC0MOXWS-7COPtyQ&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;modestbranding=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;\" class=\"__youtube_prefs__  epyt-is-override  no-lazyload\" title=\"YouTube player\"  allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen data-no-lazy=\"1\" data-skipgform_ajax_framebjll=\"\"><\/iframe>\n<\/div><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Amashyamba ya Leta ni ayahe?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<div class=\"wp-block-file\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/Itegeko-N\u00ba-47BIS2013-ryo-kuwa-28062013-rigena-imicungire-n\u2019imikoreshereze-y\u2019amashyamba-mu-Rwanda.pdf\">Itegeko-N\u00ba-47BIS2013-ryo-kuwa-28062013-rigena-imicungire-n\u2019imikoreshereze-y\u2019amashyamba-mu-Rwanda<\/a><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/Itegeko-N\u00ba-47BIS2013-ryo-kuwa-28062013-rigena-imicungire-n\u2019imikoreshereze-y\u2019amashyamba-mu-Rwanda.pdf\" class=\"wp-block-file__button\" download>Download<\/a><\/div>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"> mu ngingo yaryo ya Gatanu kugeza ku ya Cyenda, hagaragaramo ibyiciro by\u2019amashyamba ya Leta.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">5: Ibyiciro by\u2019amashyamba ya Leta&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amashyamba ya Leta agizwe n\u2019ibyiciro bitatu (3) bikurikira:&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">1\u00b0 amashyamba akomye; <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">2\u00b0 amashyamba agenewe gusarurwa;\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">3\u00b0 amashyamba agenewe gukorerwamo ubushakashatsi.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ingingo ya 6: Amashyamba ya Leta akomye n\u2019ibiti byitaruye bikomye bigizwe na:&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">1\u00b0 Pariki z\u2019Igihugu;&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">2\u00b0 amashyamba cyimeza,&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">3\u00b0 amashyamba ateye ku nkengero z\u2019imigezi, iz\u2019inzuzi n\u2019izibiyaga;&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">4\u00b0 ibiti byitaruye bikomye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ingingo ya 7: Amashyamba ya Leta agenewe gusarurwa agizwe n\u2019amashyamba y\u2019amaterano adakomye. Bitanyuranije n\u2019ibiteganywa n\u2019ingingo ya 6 y\u2019iri tegeko, amabwiriza ya Minisitiri agena uburyo amashyamba yo mu karere k\u2019ubuhumekero bwa za Pariki, ayo mu nkengero z\u2019imigezi, inzuzi n\u2019ibiyaga asarurwa.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ingingo ya 8: Amashyamba ya Leta agenewe gukorerwamo ubushakashatsi agizwe n\u2019amashyamba cyimeza n\u2019ay\u2019amaterano yagenewe ubushakashatsi. Igenwa ry\u2019ayo mashyamba n\u2019uko ubushakashatsi bukorwa biteganywa n\u2019amabwiriza ya Minisitiri.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ingingo ya 9: Amashyamba y\u2019Akarere agizwe n\u2019ibyiciro bikurikira:<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">1\u00b0 amashyamba y\u2019amaterano agenewe kubyazwa umusaruro; <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">2\u00b0 amashyamba akomye ku mpamvu zo kurengera no kubungabunga ibidukikije.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Igihugu gishobora kuzahinduka ubutayu<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe amazi n\u2019amashyamba RWFA kivuga kandi ko amashyamba ateye ku buso bungana na 30% bw\u2019ubutaka bwose bw\u2019igihugu .<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N&#8217;ubwo RWFA isezeranya Abanyarwanda ko amashyamba azagurishwa abikorera ku giti cyabo azabyazwa umusaruro, birashoboka ko bamwe mu bazayagura bazayatema bakahakorera ibindi bikorwa bakekamo inyungu isumbyeho, bikaviramo igihugu guhinduka ubutayu mu buryo bwihuse.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuba umuturage adafite ubureganzira ntakuka ku butaka bwe, bwabonekamo umutungo kamere akabwira ko atawemerewe ari uwa Leta, amashyamba hafi ya yose ari mu gihugu abaturage bakaba barayatswe agahindurwa aya Leta, abaturage bagasigarana atarengeje hegitari ebyiri ebyiri, kugurisha aya yose yiswe aya Leta ni inkuru mbi ku Banyarwanda n\u2019abazabakomokaho, dore ko ibyinshi bigurwa n\u2019abanyamahanga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu Rwanda umuturage ntagira ubutaka, bwose bwitwa ubwa Leta , n\u2019ufite ubwo atuyeho cyangwa akoresha afatwa nk\u2019ubukodeshwa na Leta, akishyura bukode bwabwo, kandi akanishyura umusoro wabwo. Mu bisanzwe ukodeshwa ntabwo arenzaho kwishyura imisoro y\u2019icyo yishyurira ubukode. Ariko Abanyarwanda batagishijwe inama bategetswe gukodesha ubutaka, kandi bakanabusorera buri mwaka, utabishoboye agahabwa ibihano [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":37022,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-37019","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu Rwanda umuturage ntagira ubutaka, bwose bwitwa ubwa Leta , n\u2019ufite ubwo atuyeho cyangwa akoresha afatwa nk\u2019ubukodeshwa na Leta, akishyura bukode bwabwo, kandi akanishyura umusoro wabwo. Mu bisanzwe ukodeshwa ntabwo arenzaho kwishyura imisoro y\u2019icyo yishyurira ubukode. Ariko Abanyarwanda batagishijwe inama bategetswe gukodesha ubutaka, kandi bakanabusorera buri mwaka, utabishoboye agahabwa ibihano [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-07-27T21:40:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-07-27T21:40:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/amashyamba.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"900\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"900\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/\",\"name\":\"U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/amashyamba.jpg\",\"datePublished\":\"2020-07-27T21:40:28+00:00\",\"dateModified\":\"2020-07-27T21:40:29+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/amashyamba.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/amashyamba.jpg\",\"width\":900,\"height\":900},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu Rwanda umuturage ntagira ubutaka, bwose bwitwa ubwa Leta , n\u2019ufite ubwo atuyeho cyangwa akoresha afatwa nk\u2019ubukodeshwa na Leta, akishyura bukode bwabwo, kandi akanishyura umusoro wabwo. Mu bisanzwe ukodeshwa ntabwo arenzaho kwishyura imisoro y\u2019icyo yishyurira ubukode. Ariko Abanyarwanda batagishijwe inama bategetswe gukodesha ubutaka, kandi bakanabusorera buri mwaka, utabishoboye agahabwa ibihano [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-07-27T21:40:28+00:00","article_modified_time":"2020-07-27T21:40:29+00:00","og_image":[{"width":900,"height":900,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/amashyamba.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/","name":"U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/amashyamba.jpg","datePublished":"2020-07-27T21:40:28+00:00","dateModified":"2020-07-27T21:40:29+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/amashyamba.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/07\/amashyamba.jpg","width":900,"height":900},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rukomeje-gutezwa-cyamunara-hagezweho-amashyamba\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rukomeje gutezwa cyamunara, hagezweho amashyamba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/37019","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=37019"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/37019\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":37023,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/37019\/revisions\/37023"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/37022"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=37019"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=37019"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=37019"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}