{"id":3808,"date":"2013-07-01T18:55:40","date_gmt":"2013-07-01T16:55:40","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3808"},"modified":"2013-07-01T18:55:40","modified_gmt":"2013-07-01T16:55:40","slug":"indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/","title":{"rendered":"INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA  51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA."},"content":{"rendered":"<p>Banyarwandakazi,<br \/>\nBanyarwanda,<br \/>\nNshuti z\u2019u Rwanda,<br \/>\nNamwe MBERAKURI,<!--more--><\/p>\n<p>Ku munsi nk\u2019uyu, ishyaka ry\u2019IMBERAKURI riharanira imbibereho myiza \u2013<br \/>\nPS IMBERAKURI rikunze kubagezaho indamutso ikubiyemo ibitekerezo<br \/>\nbyaryo ku buryo ribona igihugu kigenga cyagombye kuba kimeze.<\/p>\n<p>Mu myaka ishize, twibanze cyane cyane ku mateka areba inzego<br \/>\nz\u2019ubutegetsi zabayeho mu Rwanda kuva mu kinyejana gishize, tugerageza<br \/>\nkugaragaza mu magambo make uko izo nzego z\u2019ubutegetsi zagiye<br \/>\nzisimburana. Twagarutse kandi na none ku buryo bw\u2019umwihariko uko<br \/>\nubutegetsi buyobowe na FPR buriho muri iki gihe mu Rwanda<br \/>\nbwahagurukiye gutoteza abatavuga rumwe nabwo cyane cyane bo mu nzego<br \/>\nza politiki no mw\u2019itangazamakuru.<\/p>\n<p>Banyarwandakazi,<br \/>\nBanyarwanda,<br \/>\nNshuti z\u2019u Rwanda,<br \/>\nNamwe MBERAKURI,<\/p>\n<p>Kuri uyu wa 01 Nyakanga 2013, turibuka imyaka mirongo itanu n\u2019umwe<br \/>\n(51) u Rwanda rumaze rwigenga. Ishyaka PS IMBERAKURI ryifuje ko<br \/>\nturebera hamwe uko abanyarwanda tubayeho muri ubwo bwigenge. N\u2019ubwo<br \/>\ntutarondora ibyangombwa byose, ariko, Ishyaka PS IMBERAKURI risanga<br \/>\nubwigenge bwa mbere bw\u2019umwenegihugu uwariwe wese bugomba kugaragarira<br \/>\nmu :<\/p>\n<p><strong>1.\u00a0\u00a0\u00a0 Kugira ikimutunga n\u2019aho utuye<\/strong>.<\/p>\n<p>Iyo dushubije amaso inyuma gato, dusanga hari igihe twigeze kugira<br \/>\nkoko ubushobozi bwo kugira ikidutunga n\u2019aho dutura hakwiriye, buri<br \/>\nmuntu mu rwego arimo, abantu tugahana umuganura koko, atari ibi<br \/>\nbyateye byo kwifotoza.<\/p>\n<p>N\u2019ubwo abanyarwanda benshi batunzwe n\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi, ariko<br \/>\nugifite aho ahinga nta burenganzira akigira ku myaka yihingiye, ngo<br \/>\nyose tugomba kuyigemura mu makoperative aho baduha intica ntikize,<br \/>\ntwarangiza akaba ariho tujya kongera kugura ibyo twahinze, dutanze<br \/>\nibyamirenge.<\/p>\n<p>Hirya no hino mu gihugu, haba mu mijyi cyangwa mu byaro, abaturage<br \/>\nbarategekwa kwimuka kandi nta handi bagenewe gutuzwa. Impamvu zitangwa<br \/>\nni nyinshi, ngo hateganyirijwe ibikorwa by\u2019amajyambere,ibikorwa<br \/>\nrusange,nyamara, aho birukanwe imyaka igashira indi igataha<br \/>\nntakirahakorerwa. Ubundi ngo, n\u2019ukwegera ibikorwa by\u2019amajyambere,<br \/>\nnyamara umuturage usenyewe inzu ikomeye, akayoboka inzitira mibu,<br \/>\nakaba ariho ajya kurwarira amavunja.<\/p>\n<p>Birumvikana ko Leta idashobora kubona imirimo idukwiriye twese.<br \/>\nIkitumvikana, n\u2019uburyo n\u2019ibonetse itangwa.<br \/>\nAbandi ngo tugomba kwihangira imirimo. Ibyo nabyo si bibi.<br \/>\nTutarondoye, reba ukuntu mu duce tumwe twa Kigali, ukuntu abagenzi<br \/>\nbirirwa bategereje imodoka, amasaha agashira, nyamara, mu tundi turere<br \/>\ntw\u2019umujyi, imodoka zitegereje muri gare, abashofeli basinziririyemo<br \/>\nbitewe gusa n\u2019uko imihanda yagabiwe abayoboke b\u2019ingoma hatitawe ku<br \/>\nmubare w\u2019abagenzi n\u2019imodoka zikenewe, nyamara bose basabwa imisoro<br \/>\nimwe. Reba abamotari bafatiwe amapikipiki bazira gusa ko bataziranye<br \/>\nn\u2019abashinzwe inzego z\u2019ubugenzuzi. Abantu benshi bafashe inguzanyo<br \/>\nz\u2019amabanki ngo bashobore kwihangira imirimo bahangayikishijwe no<br \/>\nkubona isaha kw\u2019isaha, banki zishobora guteza cyamunara imitungo yabo<br \/>\nkubera kubangamirwa mu mirimo bari barakoreye imishinga.<\/p>\n<p>N\u2019ubuhe bwigenge twagira mu gihe tudashobora kwishakira ikidutunga, mu<br \/>\ngihe tumeneshwa aho dutuye, nyamara ariko dutegekwa gutanga\u00a0 agaciro?<\/p>\n<p><strong>2.\u00a0\u00a0\u00a0 Kugira ubushobozi bwo kwivuza.<\/strong><\/p>\n<p>Mu mibereho y\u2019umuntu uwo ariwe wese, hari igihe akenera kwivuza iyo<br \/>\nbibaye ngombwa. Ni byiza rwose ko Leta yatekereje gushyiraho<br \/>\nubwisungane mu kwivuza kuri buri wese, ndetse ikanatekereza no<br \/>\nkugoboka abatishoboye. Ariko se bikorwa bite n\u2019abashinzwe kubahiriza<br \/>\niyi nshingano? Uretse ko n\u2019amafaranga ubwayo asabwa buri muturage ari<br \/>\nmenshi ugereranyije n\u2019ubushobozi buriho, ariko, ntibyumvikana ukuntu<br \/>\nibitaro byakwanga kwakira umubyeyi uri ku nda, ngo n\u2019uko umugabo<br \/>\natashoboye kwishyura ubwisungane bw\u2019umwana, kugeza aho uwo mubyeyi<br \/>\napfira ku bitaro yabuze umwitaho cyangwa ngo n\u2019ugize amahirwe yo<br \/>\nkuhabyarira agombye no kubagwa, afatwe ho ingwate ngo kugeza igihe<br \/>\nazishyurira ubwishingane kandi nyamara agaragaza ko kuba atarashoboye<br \/>\nkwishyura biterwa n\u2019ubushobozi bucye bwe.<\/p>\n<p><strong>3.\u00a0\u00a0\u00a0 Kugira umutekano.<\/strong><\/p>\n<p>Uko tubizi, nta muntu uhunga amahoro. Umuntu afata icyemezo gikomeye<br \/>\ncyo guhunga igihugu cye kuberako aba afite impungenge ku mutekano we.<br \/>\nMu mateka y\u2019u Rwanda cyangwa hirya no hino ku isi, habayeho abasuhuka<br \/>\nkubera inzara, cyangwa gushaka imibereho myiza. Iyo inzara irangiye<br \/>\ncyangwa bagahaha bagatunganirwa, nibo bibwiriza bagasubiza amaso<br \/>\ninyuma kureba abo basize.<\/p>\n<p>Abahunze kubera umutekano mucye nabo, niko bigenda. Iyo icyabateraga<br \/>\numutekano mucye kirangiye, barahunguka. Mu gihe umunsi ku munsi<br \/>\nabanyarwanda batabarika bakomeje guhunga kubera impamvu zitandukanye,<br \/>\nishyaka PS IMBERAKURI ritangazwa no kubona Leta ya Kigali<br \/>\nyarahagurukiye gusaba ibihugu bicumbikiye impunzi zahunze mbere ya<br \/>\n1998 kuzihagarikira ubuhungiro kuri 30 Kamena 2013. Ese niba u Rwanda<br \/>\nrwemera ko abahunze nyuma ya 1998 kugeza ubu bafite uburenganzira bwo<br \/>\nguhunga, n\u2019iki cyakozwe kugirango abandi bo bumve ko ibyo bahunze<br \/>\nbyavuyeho cyangwa ibyo abandi bahunga ubu bitabareba?<\/p>\n<p>Igitangaza kandi, n\u2019uko abo bategeka ko abandi bamburwa uburenganzira<br \/>\nbw\u2019impunzi nabo ejo bari impunzi kandi nta wigeze abategeka guhunguka.<br \/>\nEse bo iyo baba barabwambuwe, bari kubaho gute? Ese baba batinya ko<br \/>\nn\u2019abandi bazahunguka uko nabo bahungutse?<br \/>\nNyamara twagombye kwigira ku mateka, tukamenyako abanyarwanda twese<br \/>\ntwagombye kwishakamo umuti wo gukemura burundu ikibazo gitera ubuhunzi<br \/>\nmu banyarwanda.<\/p>\n<p>Banyarwandakazi,<br \/>\nBanyarwanda,<br \/>\nNshuti z\u2019u Rwanda,<br \/>\nNamwe MBERAKURI,<\/p>\n<p>Ishyaka PS IMBERAKURI riterwa impungenge no kubonako aho Leta<br \/>\nyagashishikajwe no kugena gahunda yo kugirango twese tugire ubwigenge<br \/>\nmu mitima yacu, mu ngo zacu, ku mirenge yacu no mu gihugu cyacu,<br \/>\nahubwo ingufu zishyirwa mu gushyiraho inzego zo kudutera ubwoba kugera<br \/>\nnaho umuntu atinya n\u2019uwo babana mu nzu. Ngizo za \u201clocal defense\u201d,<br \/>\ninkeragutabara, intore, ibyo byose ngo ni muri rwa rwego rw\u2019uko ngo<br \/>\numuturage utengamaye adategekwa. Nyamara ingufu ntizikemura ibibazo.<\/p>\n<p>Ikibazo cy\u2019iterabwoba kimaze kurenga imbibi z\u2019u Rwanda ku buryo noneho<br \/>\nku mugaragaro u Rwanda rwashyizwe mu majwi mu kurema no gushyigikira<br \/>\nimitwe y\u2019iterabwoba mu karere. Ugize icyo abitangaho inama wese inzego<br \/>\nzose z\u2019ubutegetsi zikamwurira zigamije kumucecekesha. Uretse ko bamwe<br \/>\nbagaragaje ko igihe cya wa mwana murizi cyarangiye<\/p>\n<p>Ibi byose aho kugirango bikosorwe, ahubwo usanga byarabaye iyamamaza<br \/>\nry\u2019inyito nyandagazi aho bamwe babaye imihirimbiri, abatindi cyangwa<br \/>\ninjiji. Harya ubu nibwo bwigenge abakurambere bacu baharaniye?<\/p>\n<p>Banyarwandakazi,<br \/>\nBanyarwanda,<br \/>\nNshuti z\u2019u Rwanda,<br \/>\nNamwe MBERAKURI,<\/p>\n<p>N\u2019ubwo inzira ikiri ndende kugirango dushobore kugera ku bwigenge<br \/>\nnyabwo, ariko twakwishimira ko ya mbuto twabibye hano mu Rwanda imaze<br \/>\ngusesekara no mu mahanga. Ugutabaza kwacu gutangiye kumvikana:<br \/>\n&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0 kuba umuryango w\u2019ibihugu by\u2019Uburayi waragaragaje ku buryo butaziguye<br \/>\nuburyo uburenganzira bwa muntu buhonyorwa mu Rwanda hakoreshejwe<br \/>\ninzego z\u2019ubucamanza butigenga bwihishe inyuma y\u2019urukuta rw\u2019amategeko<br \/>\nkandi abayobozi bacu: Me Bernard NTAGANDA, Mme Victoire INGABIRE na<br \/>\nBwana D\u00e9o MUSHAYIDI bakaba baheze mu gihome bazira gusa kutavuga rumwe<br \/>\nn\u2019ubutegetsi;<br \/>\n&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0 kuba amahanga yahagurukiye kwamagana ukuntu igihugu cyacu cy\u2019u<br \/>\nRwanda gikomeje kuba nyirabayazana mu mutekano muke uri muli Kongo;<br \/>\n&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0 kuba ubu harimo gushyirwaho ingabo zo kugarura umutekano mu<br \/>\nburasirazuba bwa Kongo, byaba ngombwa zigakoresha ingufu;<br \/>\n&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0 kuba Prezida wa Tanzaniya Nyilicyubahiro Jakaya Mrisho KIKWETE<br \/>\nyaratanze icyifuzo cy\u2019uko hagombye gushakwa igisubizo rusange cya<br \/>\npolitiki cyo kurangiza ibibazo by\u2019umutekano muke mu karere binyuze mu<br \/>\nnzira y\u2019imishyikirano hagati ya Leta ya Kongo, iy\u2019u Rwanda n\u2019iya<br \/>\nUganda hamwe n\u2019abatavuga rumwe n\u2019izo Leta;<br \/>\n&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0 kuba icyifuzo cya Nyilicyubahiro Prezida KIKWETE cyarakiriwe neza<br \/>\nn\u2019abandi bakuru b\u2019ibihugu byo mu karerere ndetse n\u2019umuryango<br \/>\nw\u2019Abibumbye kw\u2019isi;<\/p>\n<p>Ibi byose byagombye gutuma twumva ko buri wese yagombye guhagurukira<br \/>\nkuhira urubuto rwa demokarasi, urubuto rw\u2019ubwigenge, urubuto rwo<br \/>\nguharanira ko uburenganzira bwa buri wese bwuhahirizwa, maze rugakura<br \/>\nrujya imbere. Ni ngombwa rero ko twamagana nta kujenjeka ikintu cyose<br \/>\nkiza kuducamo ibice, ikintu cyo kuduhoza ku ngoyi y\u2019ubwoba.<\/p>\n<p>Ni ngombwa ko twikuramo ikintu cyo kumvako hari abakomeye kuruta<br \/>\nabandi, ko hari abafite ubushobozi kuruta abandi. Nimureke twese<br \/>\nhamwe, buri wese uko yishoboye, buri wese azane umuganda we dutekereze<br \/>\nku buryo twakubaka u Rwanda rwemerako buri wese atanga igitekerezo<br \/>\ncye, ko buri wese afite uburenganzira nk\u2019ubwa mugenzi we, ko u Rwanda<br \/>\nari igihugu kigenga atari igihugu cy\u2019ibyigenge.<\/p>\n<p>Murakoze, muhorane URUKUNDO, UBUTABERA n\u2019UMURIMO.<\/p>\n<p>Bikorewe i Kigali, kuwa 01 Nyakanga 2013.<br \/>\n<strong>Alexis BAKUNZIBAKE<\/strong><br \/>\n<strong>Visi Prezida wa mbere<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Banyarwandakazi, Banyarwanda, Nshuti z\u2019u Rwanda, Namwe MBERAKURI,<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":1191,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-3808","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA 51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA 51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Banyarwandakazi, Banyarwanda, Nshuti z\u2019u Rwanda, Namwe MBERAKURI,\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-07-01T16:55:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/\",\"name\":\"INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA 51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-07-01T16:55:40+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"225\",\"height\":\"225\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA 51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA 51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA 51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA. - Umunyarwanda","og_description":"Banyarwandakazi, Banyarwanda, Nshuti z\u2019u Rwanda, Namwe MBERAKURI,","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-07-01T16:55:40+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/","name":"INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA 51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-07-01T16:55:40+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"225","height":"225"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/indamutso-yishyaka-ryimberakuri-riharanira-imibereho-myiza-yo-kuri-uyu-munsi-u-rwanda-rwizihizaho-isabukuru-y-imyaka-51-rubaye-repuburika-kandi-rwigenga\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"INDAMUTSO Y\u2019ISHYAKA RY\u2019IMBERAKURI RIHARANIRA IMIBEREHO MYIZA YO KURI UYU MUNSI U RWANDA RWIZIHIZAHO ISABUKURU Y\u2019 IMYAKA 51 RUBAYE REPUBURIKA KANDI RWIGENGA."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3808","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3808"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3808\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3808"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3808"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3808"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}