{"id":38086,"date":"2020-10-01T16:16:24","date_gmt":"2020-10-01T14:16:24","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=38086"},"modified":"2020-10-01T16:27:10","modified_gmt":"2020-10-01T14:27:10","slug":"umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/","title":{"rendered":"UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019igihe kirenga amezi arindwi Kagame atava mu gihugu (Rwanda) na rimwe, ubwo ni guhera kw\u2019itariki ya 11 z\u2019Ukwa Kabiri (11\/02\/2020) ubwo yarakubutse mu nama ya Afrika i Addis Abeba muri \u00c9thiopia ndetse no mu muhango wo gushyingura Prezida Daniel Arap Moi i Nairobi muri Kenya.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma yaheze mu Rwanda bitewe na guma-murugo cyangwa na guma-mu-gihugu-iwanyu bitewe n\u2019icyorezo cya COVID-19 cyugarije Isi. Byabaye ubwa mbere mu mateka ya Kagame mu kwicara hamwe mu gihugu cy\u2019u Rwanda dore ko we yiberaga mu kirere nk\u2019inyoni no mu mahanga nk\u2019inzererezi nk&#8217;uko ubwe yigize kubyivugira akaza gusura u Rwanda nk\u2019icyumweru kimwe gusa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu minsi ishize twumvise Prof Charles Kambanda mu kiganiro yagiranye n\u2019imwe mu maradiyo ko Kagame yaba yarasabye Abanyamerika ko yazaza iwabo ku matariki ya 28\/09 ariko ngo bakamugirira ibanga !!!!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kubera ko Prof Kambanda yari yabitangaje Kagame yahise ayobya uburari. Kuri iyo tariki ya 28\/09 ahitamo gukora ikinamico i Rusororo ngo arikuyobora inama ya RPF kugira ngo yumvishe ko ibyo bari kuvuga ataribyo ahubwo we ari mu gihugu bisanzwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iri joro ryacyeye ryo kuri 30\/09 rishyira iya Mbere Ukwakira (1\/10\/2020) k\u2019umunsi ukomeye ku mateka ya RPF\/RPA (Umunsi wo Kwibohora) nibwo yibye umugono atema ikirere none ubu ari mu nzira yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe bw\u2019Amerika.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Indege imujyanye ni imwe muri za zindi 4 dukunze kuvuga\u2026 cyane cyane ya yindi umukobwa we Ange akunze gukoresha yo mu bwoko bwa Gulfstream G650ER ubusanzwe yabarizwaga muri GainJet Ireland ikagira na nimero zayo zo mu kirwa cya Guernesey (UK) arizo 2-GJJA.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyi ndege, mu gihe cya guma-murugo igitangira yari i Kigali. Nyuma kw\u2019itariki ya 21\/03\/2020 natangaje ko ihagurutse yo nyine i Kigali igiye i London (Luton Airport) mu Bwongereza. Aha niho bamwe bahise bavuga ko ngo yajyanye indembe Kagame kwivuza aho i London\u2026<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyo ndege yagumye aho kugeza mu kwezi kwa Karindwi aho yaguritse ijya i Ath\u00e8nes mu Bugereki ku kicaro cyayo gikuru aricyo GainJet Aviation.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri 16\/07\/2020 aho i Ath\u00e8nes mu Bugereki iyo ndege yahise ihindurirwa ibyangobwa byayo by\u2019indege ifata inimero yo mu Bugereki ariyo SX-GJA. Nyuma y\u2019amezi abiri, ubwo hari mw\u2019ijiro ryo kuri 20\/09 ifata ikirere ijya i Kigali ihagera hafi saa sita z\u2019ijoro.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Niyo yaraye ihagurutse muri iri joro ryakeye i Kigali yerekeza i New York ibanje guca i Val\u00e8ncia muri Espagne mu rukerera rwa saa kumi n\u2019imwe. Biteganyijwe ko igera mu kirere cya New York mu kanya mu ma saa moya ya mu gitondo cyaho ubwo ni saa saba z\u2019amanywa i Kigali n\u2019i Buruseli.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Reka turebe icyo agiye guhaha dore ko n\u2019inzara inuma mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mugire umunsi mwiza !<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>FlavLiz<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019igihe kirenga amezi arindwi Kagame atava mu gihugu (Rwanda) na rimwe, ubwo ni guhera kw\u2019itariki ya 11 z\u2019Ukwa Kabiri (11\/02\/2020) ubwo yarakubutse mu nama ya Afrika i Addis Abeba muri \u00c9thiopia ndetse no mu muhango wo gushyingura Prezida Daniel Arap Moi i Nairobi muri Kenya. Nyuma yaheze mu Rwanda bitewe na guma-murugo cyangwa na [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":38087,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-38086","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019igihe kirenga amezi arindwi Kagame atava mu gihugu (Rwanda) na rimwe, ubwo ni guhera kw\u2019itariki ya 11 z\u2019Ukwa Kabiri (11\/02\/2020) ubwo yarakubutse mu nama ya Afrika i Addis Abeba muri \u00c9thiopia ndetse no mu muhango wo gushyingura Prezida Daniel Arap Moi i Nairobi muri Kenya. Nyuma yaheze mu Rwanda bitewe na guma-murugo cyangwa na [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-10-01T14:16:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-10-01T14:27:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/kagame-avion.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"683\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/\",\"name\":\"UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/kagame-avion.jpg\",\"datePublished\":\"2020-10-01T14:16:24+00:00\",\"dateModified\":\"2020-10-01T14:27:10+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/kagame-avion.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/kagame-avion.jpg\",\"width\":1024,\"height\":683,\"caption\":\"Indege ifite ibirango SX-GJA yakoreshejwe na Kagame muri uru rugendo\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA - Umunyarwanda","og_description":"Nyuma y\u2019igihe kirenga amezi arindwi Kagame atava mu gihugu (Rwanda) na rimwe, ubwo ni guhera kw\u2019itariki ya 11 z\u2019Ukwa Kabiri (11\/02\/2020) ubwo yarakubutse mu nama ya Afrika i Addis Abeba muri \u00c9thiopia ndetse no mu muhango wo gushyingura Prezida Daniel Arap Moi i Nairobi muri Kenya. Nyuma yaheze mu Rwanda bitewe na guma-murugo cyangwa na [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-10-01T14:16:24+00:00","article_modified_time":"2020-10-01T14:27:10+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":683,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/kagame-avion.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/","name":"UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/kagame-avion.jpg","datePublished":"2020-10-01T14:16:24+00:00","dateModified":"2020-10-01T14:27:10+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/kagame-avion.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/kagame-avion.jpg","width":1024,"height":683,"caption":"Indege ifite ibirango SX-GJA yakoreshejwe na Kagame muri uru rugendo"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umunsi-wo-kwibohora-1-10-2020-ugeze-kagame-yaraye-yitwikiye-ijoro-asubukura-za-ngendo-ze-mu-mahanga\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"UMUNSI WO KWIBOHORA (1\/10\/2020) UGEZE KAGAME YARAYE YITWIKIYE IJORO ASUBUKURA ZA NGENDO ZE MU MAHANGA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38086","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=38086"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38086\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":38089,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38086\/revisions\/38089"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/38087"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=38086"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=38086"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=38086"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}