{"id":38108,"date":"2020-10-02T12:53:54","date_gmt":"2020-10-02T10:53:54","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=38108"},"modified":"2020-10-02T12:56:59","modified_gmt":"2020-10-02T10:56:59","slug":"umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/","title":{"rendered":"Umuryango  wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa!"},"content":{"rendered":"\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/640\/cpsprodpb\/25E4\/production\/_114600790_paulrusesabagina.jpg\" alt=\"Paul Rusesabagina yagaragaye mu rukiko yambaye umwenda w'abafungiye muri gereza zo mu Rwanda\"\/><figcaption>&nbsp;Uyu munsi hashize ukwezi Paul Rusesabagina yerekanywe ko afungiye mu Rwanda, mu cyumweru gishize yagaragaye yambaye umwenda w&#8217;abafungiye muri gereza<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Umwe mu banyamategeko bashyizweho n&#8217;umuryango we hamwe n&#8217;abana be bavuze ko ibyo Paul Rusesabagina ari kuvuga muri iki gihe yafashwe ari ibyo ategekwa n&#8217;ubutegetsi.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru uyu munsi kuwa kane, aba basubiyemo ko bemeza ko Bwana Rusesabagina yashimuswe akajyanwa mu Rwanda, bahakana uruhare rwe mu bitero byakozwe na FLN ku Rwanda bikicirwamo abantu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri uyu wa gatanu, urukiko rwisumbuye mu Rwanda ruratangaza icyemezo ku bujurire bwa Bwana Rusesabagina ku ifungwa n&#8217;ifungurwa ry&#8217;agateganyo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Rusesabagina aregwa ibyaha 13 bigendanye n&#8217;iterabwoba n&#8217;ubufatanyacyaha cy&#8217;ubwicanyi, bishingiye ku bitero byakozwe n&#8217;umutwe wa FLN.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri iki kiganiro cyari kirimo abana batanu ba Bwana Rusesabagina, bavuze ko abanyamategeko yahitiwemo n&#8217;umuryango we bagerageje ariko leta y&#8217;u Rwanda yabangiye ko bamuburanira.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umwe mu bakobwa ye Anaise Kanimba yagize ati: &#8220;Inshuro zose Gatera Gashabana [umwe mu bagize itsinda bamuhitiyemo] yashatse kujya kumureba ntibamwemereye kuko leta ifite abo yamuhitiyemo tutemera kuko batigenga&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<h2 class=\"wp-block-heading\" id=\"Bazi-uko-yagejejwe-mu-Rwanda\">Bazi uko yagejejwe mu Rwanda?<\/h2>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuhungu we Roger Rusesabagina, yavuze ko ubwo bavuganye na se kuri telephone afunze bakamubaza uko yageze mu Rwanda yababwiye ko ari kumwe n&#8217;abanyamategeko, ati: <em>&#8220;Ni nk&#8217;aho yatubwiye ati &#8216;muragira ngo mbabwire iki ko ntisanzuye?'&#8221;.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri iki kibazo ngo yabasubije gusa ko yafashe indege ari i Dubai agakanguka ari i Kigali.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Rusesabagina aho yari afungiye yabwiye ikinyamakuru New York Times ko indege y&#8217;abantu ku giti cyabo yari arimo yari igiye i Bujumbura mu Burundi akisanga yageze i Kigali. Ibi bo ntibabyemera.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Anaise Kanimba ati: <em>&#8220;Tuzi ko biriya avuga atari we, ni ibyo leta yateguye kandi yakorewe iyicarubozo ngo abivuge uko babishaka, niyo mpamvu dushaka ko agira abamburanira bigenga umuryango we watoranyije.&#8221;<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamategeko Peter Robinson uri mu itsinda ryo kumuburanira ryashyizweho n&#8217;umuryango we, avuga ko Bwana Rusesabagina atunganiwe uko abyifuza kandi ibyo avuga mu rukiko atari ukuri kwe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/640\/cpsprodpb\/ED63\/production\/_114717706_russabaginapressconf.jpg\" alt=\"Abana ba Paul Rusesabagina, umwunganizi washyizweho n'umuryango we n'umuvugizi w'ishyirahamwe rifasha yashinze mu kiganiro n'abanyamakuru kuwa kane tariki 01\/10\/2020\"\/><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Babajijwe impamvu atanze abunganizi yahawe niba ashaka abo umuryango wamuhitiyemo, Roger Rusesabagina yagize ati: &#8220;Nibyo ntiyanze abari kumwunganira kuko ibyo akora byose ni ibyo yategetswe kubera uko yashimuswe, ntacyo yakora uretse kwemera ibyo leta imuhaye.&#8221;&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuba ubugenzacyaha bwaravuze ko Rusesabagina yafashwe ku bufatanye n&#8217;amahanga, nyuma Perezida Kagame akavuga ko &#8216;yashutswe agakurikira inkuru yemera&#8217; akisanga mu Rwanda, aba bavuze ko byerekana ko yashimuswe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Rusesabagina mu rukiko yemeye ko &#8220;bashinze umutwe wa FLN utagamije gukora iterabwoba&#8221;. Uyu mutwe wagabye ibitero mu Rwanda mu 2018 na 2019 byiciwemo abantu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri iki kiganiro abo ku ruhande rwe bavuze ko nta bubasha yari afite ku bikorwa bya FLN, umutwe w&#8217;inyeshyamba w&#8217;impuzamashyaka MRCD-Ubumwe, Rusesabagina abereye umukuru wungirije.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<h2 class=\"wp-block-heading\" id=\"Kagame-uri-muri-US-icyo-bamusaba-\">Kagame &#8216;uri muri US&#8217;, icyo bamusaba&nbsp;<\/h2>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uwari uyoboye iki kiganiro, Madamu Kitty Kurth umuvugizi wa Hotel Rwanda Rusesabagina Foundation, yavuze ko bamenye ko Perezida Paul Kagame uyu munsi yageze muri Amerika &#8220;kandi ashobora kubonana n&#8217;abashinzwe ububanyi n&#8217;amahanga bwa Amerika&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Anaise Kanimba yavuze ko icyo basaba Bwana Kagame ari ukurekura Rusesabagina &#8220;kuko arwaye umuvuduko w&#8217;amaraso, kandi afite amagara yoroheje ageramiwe muri iki gihe cya Covid-19.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri ibi, urukiko mu Rwanda rwategetsi ko Bwana Rusesabagina niba arwaye azakurikiranwa nk&#8217;uko abandi bantu bafunze mu Rwanda amagara yabo yitabwaho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri iki kiganiro Patrick J.Kennedy wahoze ari umudepite mu nteko ishingamategeko ya Amerika yavuze ko &#8220;anenga kuba ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda bwarafashe Paul Rusesabagina binyuranyije n&#8217;amategeko ntihagire uyibibaza&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bwana Kennedy yavuze ko asaba leta ya Amerika kugira icyo ikora ku kibazo cye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mushobora kumva hano hasi n&#8217;inkuru ya Radio Ijwi ry&#8217;Amerika yakoze kuri iki kiganiro cy&#8217;abo mu Muryango wa Rusesabagina<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-audio\"><audio controls src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/Rusesa-famille-online-audio-converter.com_.mp3\"><\/audio><figcaption>.<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwe mu banyamategeko bashyizweho n&#8217;umuryango we hamwe n&#8217;abana be bavuze ko ibyo Paul Rusesabagina ari kuvuga muri iki gihe yafashwe ari ibyo ategekwa n&#8217;ubutegetsi. Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru uyu munsi kuwa kane, aba basubiyemo ko bemeza ko Bwana Rusesabagina yashimuswe akajyanwa mu Rwanda, bahakana uruhare rwe mu bitero byakozwe na FLN ku Rwanda bikicirwamo abantu. Kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":38109,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-38108","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwe mu banyamategeko bashyizweho n&#8217;umuryango we hamwe n&#8217;abana be bavuze ko ibyo Paul Rusesabagina ari kuvuga muri iki gihe yafashwe ari ibyo ategekwa n&#8217;ubutegetsi. Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru uyu munsi kuwa kane, aba basubiyemo ko bemeza ko Bwana Rusesabagina yashimuswe akajyanwa mu Rwanda, bahakana uruhare rwe mu bitero byakozwe na FLN ku Rwanda bikicirwamo abantu. Kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-10-02T10:53:54+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-10-02T10:56:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/rusesa-famille.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"663\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa!\",\"datePublished\":\"2020-10-02T10:53:54+00:00\",\"dateModified\":\"2020-10-02T10:56:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/\"},\"wordCount\":579,\"commentCount\":2,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/10\\\/rusesa-famille.jpg\",\"articleSection\":[\"Amahanga\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/\",\"name\":\"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/10\\\/rusesa-famille.jpg\",\"datePublished\":\"2020-10-02T10:53:54+00:00\",\"dateModified\":\"2020-10-02T10:56:59+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/10\\\/rusesa-famille.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/10\\\/rusesa-famille.jpg\",\"width\":800,\"height\":663},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa! - Umunyarwanda","og_description":"Umwe mu banyamategeko bashyizweho n&#8217;umuryango we hamwe n&#8217;abana be bavuze ko ibyo Paul Rusesabagina ari kuvuga muri iki gihe yafashwe ari ibyo ategekwa n&#8217;ubutegetsi. Mu kiganiro n&#8217;abanyamakuru uyu munsi kuwa kane, aba basubiyemo ko bemeza ko Bwana Rusesabagina yashimuswe akajyanwa mu Rwanda, bahakana uruhare rwe mu bitero byakozwe na FLN ku Rwanda bikicirwamo abantu. Kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-10-02T10:53:54+00:00","article_modified_time":"2020-10-02T10:56:59+00:00","og_image":[{"width":800,"height":663,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/rusesa-famille.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa!","datePublished":"2020-10-02T10:53:54+00:00","dateModified":"2020-10-02T10:56:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/"},"wordCount":579,"commentCount":2,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/rusesa-famille.jpg","articleSection":["Amahanga"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/","name":"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/rusesa-famille.jpg","datePublished":"2020-10-02T10:53:54+00:00","dateModified":"2020-10-02T10:56:59+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/rusesa-famille.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/10\/rusesa-famille.jpg","width":800,"height":663},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umuryango-numunyamategeko-ba-rusesabagina-bavuga-ko-ibyo-ari-kuvuga-ari-ibyo-yategetswe\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuryango wa Rusesabagina urasaba ko Kagame uri mu rugendo muri Amerika yagira Ibyo abazwa!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38108","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=38108"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38108\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":38113,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38108\/revisions\/38113"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/38109"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=38108"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=38108"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=38108"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}