{"id":3822,"date":"2013-07-05T15:41:48","date_gmt":"2013-07-05T13:41:48","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3822"},"modified":"2013-07-05T15:41:48","modified_gmt":"2013-07-05T13:41:48","slug":"amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/","title":{"rendered":"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO"},"content":{"rendered":"<p>Abategetsi b\u2019igitugu bakunze gukoresha urubyiruko cyane mu nyungu zabo aho barwifashisha bakarushora mu ntambara bakarukoresha mu bikorwa byinshi birimo no gusenya igihugu,<!--more--> ndetse izi mbaraga zarwo zigakoreshwa mu gucecekesha, kwica, gutera ubwoba ndetse no kurinda\u00a0inyungu z\u2019agatsiko kaba kari ku butegtsi, ni mur\u2019urwo rwego n\u2019urubyiruko rw\u2019u Rwanda rwagiye rukoreshwa ibi byavuzwe harugu, aho agatsiko k\u2019abantu bake barangajwe imbere na Kagame kahinduye abana b\u2019u Rwanda abacakara aho bakoreshejwe ibikorwa by\u2019urugomo, ubwicanyi, ibyaha by\u2019intambara ndetse abenshi bahinduka abacanshuro kubw\u2019ubuzima bubi bashowemo nkana kugirango ruzahore rutegeye amaboko Leta, bityo byorohe kurushora mu bikorwa bibi bigamije guhabura abanyarwanda.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019intambara yo mu 1994, u abategtsi b\u2019u Rwanda bari bafite umubare utari muke w\u2019urubyiruko, abenshi muribo bakaba bari mu mitwe ya gisirikare ndetse n\u2019indi yitwara gisirikare kubera ubuzima igihugu muri rusange cyari kirimo icyo gihe, hariho umubare munini w\u2019abana batarageza imyaka yemewe n\u2019amategeko bagombaga gusubizwa mu buzima busanzwe, ndetse abenshi twitaga ba kadogo bashubijwe mu mashuri, abandi kubera ibibazo kwiga birananirana bitewe n\u2019ihahamuka ry\u2019ibyo baciyemo mugihe cyavuzwe haruguru. Ntibyari byoroshye rero kugirango abantu bahuye n\u2019ibintu birenze kamere by\u2019ubwicanyi n\u2019intambara basubizwe mu buzima busanzwe bongere babe abantu, ariko icyarushijeho gukomeza ikibazo ni uburyo abanyepolitike bitwaye muriki kibazo aho batangiye politike y\u2019igipindi bumvisha urubyiruko ko nta mikoro igihugu gifite yo kurwitaho, ndetse abenshi biba ngombwa ngo basubizwa mu gisirikare bitewe n\u2019inyungu bwite za Kagame, aho boherezwaga muri Congo hakagwayo abatari bake, intambara itaragize icyo yungura igihugu ahubwo yadukururiye ibibazo kugeza uyu munsi aho u Rwanda ruhora rwikomwa guteza akaduruvayo mu karere, abenshi twagiye tubashyingura bakiri bato kubera intambara n\u2019ibisigisigi byayo kuko bamwe banageze aho biyahura kubera kwamburwa ibyo babaga bacuje iyo muri Congo, njyewe ubwanjye nkaba nzi abatari bakeya bo mu muryango wanjye ba hafi, batari munsi ya 7 bazize iyo ntambara.<\/p>\n<p>Icyo ngamije hano ariko, nuko nshaka kwereka urubyiruko rw\u2019u Rwanda uburyo bakabaye bitwara muriki gihe bugarijwe n\u2019urusobe rw\u2019ibibazo, ndetse mugihe kitoroshye aho umunyagitugu Kagame ageze aho kurwishingikiriza ngo ruzamufashe mu bibazo we bwite yikururiye ndetse akomeje gukururira igihugu cyacu mu gihe ntacyo yakoze ngo arurinde kuba inzererezi, imburamukoro, mayibobo (nako Rwanda rw\u2019ejo nkuko muri tekiniki bakunze kurwita bashaka kurujijisha) ndetse akaba adasiba kubashinyagurira abakangurira KWIHANGIRA IMIRIMO nyamara nta mahugurwa cyangwa igishoro abahaye ahubwo we akaba ashishikajwe no kwigwizaho imitungo yose, yaba iya Leta cyangwa iyabantu kugiti cyabo yakabaye ihanga imirimo myinshi urwo rubyiruko rukabona icyo rukora cyarutezimbere kigateza imbere n\u2019igihugu muri rusange. Mu byukuri rero ibi byose byo kwigwizaho imitungo Kagame n\u2019agatsiko ke kiganjemo abanyabubasha b\u2019ababeshyi bo muri FPR babikora nkana kugirango uru rubyiruko rugeze igihe cyo gukora rutabona UBWIGENGE nyakuri, kuko igihe cyose umuntu akennye ntabwigenge aba afite, bityo kuribo (Kagame\/FPR) bikaba bibaha ubushobozi bwo kurwigarurira mu bice byose, bakarukoresha icyo bashaka ndetse rimwe na rimwe ntibatinye kurushora mu bikorwa bibi by\u2019ubwicanyi aho abenshi batumwa mu bikorwa byo KUNEKA, GUHIMBIRA ABANTU IBYAHA, KURUJYANA MU GISIRIKARE RUGATERA IBIHUGU DUTURANYE, GUSHIMUTA, GUTERA UBWOBA no MU BIKORWA BY\u2019ITERABWOBA aho usanga rwibasira abatavuga neza Leta ye maze akaruhemba amafaranga rimwe na rimwe aba atazwi mu ngengo y\u2019imari ya Leta, kandi aturuka mu misoro, iminyago, ayanyerejwe mu mari ya Leta hirya no hino hamwe n\u2019ayo biba mu bihugu duturanye nka Congo aturutse mu mabuye y\u2019agaciro bacukura muburyo butemewe.<\/p>\n<p>Nyuma ya 2000 hagiye hagaragara umubare munini w\u2019abana bato, abasore n\u2019inkumi bageze igihe cyo gukora n\u2019abageze igihe cyo gushaka bagiye bishora mu biyobyabwenge cyane kubera ubuzima bubi, aho wasangaga abantu barihebye kubera ubuzima bubi, nyamara abategtsi bacu ntibasibaga kugura MAMODOKA AHENZE CYANE, INDEGE, KUBAKA IMITAMENWA, GUHINDUKA ABAHERWE MU BURYO BUDASOBANUTSE n\u2019ibindi byinshi, ndetse ugasanga mu kazi ka Leta harimakajwe ICYENEWABO, RUSWA Y\u2019IGITSINA, IRONDAMOKO n\u2019IRONDAKARERE kuburyo kubona akazi udafite umuntu ukomeye ukagushyizemo byagiye bihinduka ibidashoboka, ndetse bigera aho haduka imvugo igira iti: \u201c Ikibazo si ukwiga, ikibazo n\u2019uwakwohereje kwiga\u201d kuko wabaga wirangirije amashuri yawe uri n\u2019umuhanga, ejo ugasanga abana b\u2019ibirarara bamwe bakomoka ahakomeye biberaga mu tubari kandi b\u2019abaswa aribo baryoshye mu mirimo ikomeye kubera benewabo bakomeye babateretse mu kazi, ibi nkaba mpamya ntashidikanya ko aribyo bigejeje u Rwanda mu nzitane z\u2019ibibazo Kagame akomeje kugaragaza mu mvugo zitandukanye asa n\u2019uwihebye, kuko abaturage barabiwe ingoma ye y\u2019igitugu kandi ibicishije inzara mugihe badasiba kugaragaza UMURENGWE n\u2019AGASUZUGURO KANUKA mu maso y\u2019abaturage b\u2019indushyi badasiba kwamburwa utwabo ku ngufu.<\/p>\n<p>Ibibazo bigeze ahakomeye kuburyo ubu mu Rwanda, harya umugabo hagasiba undi, ubuvuzi ntibuhaba, ahubwo haba igipindi cya \u201cMutuelle de Sante\u201d nayo icunzwe nabi kuburyo amafaranga yacu akomeje kujya mu mifuka y\u2019umunyagitugu Kagame n\u2019agatsiko ke, icyahoze ari isanduku y\u2019ubwiteganyirize abasaza bajyaga biyambaza akaba yarayihinduye UMUTUNGO BWITE we n\u2019umuryango we, ibigo bya leta byabaye ibye mbese ntacyo kuramira abaturage kigihari, ndetse IBURA RY\u2019IMIRIMO RIKABA RIRENZE URUGERO, ibi byose bikiyongera ku MITUNGO YA LETA INYEREZWA BURIMUNSI NTIHAGIRE UBIBAZA nyamara wareba ugasanga ishirira aho twavuze haruguru mu bantu bake kandi bamaze kuba abaherwe kw\u2019isi yose twe rubanda rugufi twicwa n\u2019inzara, ibi byose bikorwa tubireba, ubikora nitwe akoresha ndetse akaba ageze naho yerura akivugira ko ubwicanyi akorera abanyarwanda akoresheje abanyarwanda atazabwemera ko uzavuga ko yica mw\u2019izina rya Kagame, azamwihakana n\u2019ibindi byinshi bigaragaza uburyo yishinja ibyaha by\u2019ubwicanyi doreko aricyo cyivugo cye cya burimunsi, bituma ngira nti mwebwe URUBYIRUKO, bana b\u2019u Rwanda, mureke kwiyangiza mukoreshwa IBYAHA NDENGAKAMERE n\u2019umutegetsi mubi, wananiwe kuyobora igihugu ngo ABIGISHE, wananiwe KUBAHANGIRA IMIRIMO, umuntu UBASHORA KU RUGAMBA IGIHE ABE BIGA MURI AMERIKA, MUGAPFA n\u2019IMIRYANGO YANYU NTIBASHYINGURE, MWE MUKORESHWA UBURETWA MUHATIRWA KWICA BENEWANYU, MWE MWOHEREZWA KUNEKA, MWE BARI MUKOMEJE GUHINDURWA IBIKINISHO BYO KWINEZEZA aho kwubahwa, namwe BAGORE MUKOMEJE KUGIRWA AMAHABARA y aba shobuja b\u2019imburamukoro z\u2019abaswa\u2026 Nimureke gukerensa ibintu, Kagame iminsi ye irabazwe kandi Imana yamaze kumukuraho amaboko, nimutunganye imitima yanyu, maze mutekereze u Rwanda rwiza ruzira amanyanga mwifuza kubamo, maze twese hamwe duhaguruke twirukane AKARENGANE, UBUSWA, INDA NINI n\u2019UMURENGWE uvanze n\u2019UBUGOME bw\u2019aka gatsiko.<br \/>\nMwikwemera gukomeza kuba IGIKORESHO cy\u2019umunyagitugu utagize icyo amariye u Rwanda, ngo yongere ABAROHE MU BIBI, mwikwemera kuragwa AMADENI ADASHIRA agenda afata hirya no hino bikarangira ayagize aye n\u2019umuryango we bwite, mwikwemera kuba IKIRARO yambukiraho ajya mu byiza maze AKAGITEMA agezeyo ngo mutazasangira nawe, nimurebe neza icyo abamariye maze mwibaze niba ubwo BUZIMA YABASHYIZEMO mubusangiye nawe, bityo bizabafasha kwirinda GUSHORWA MU NTAMBARA ZIDASHIRA, doreko kuriwe kuyobora aruguhora UHANGANYE. Hoya ibi bigomba guharagara kandi urufunguzo rwo kubihagarika nimwe murufite, mumubuze gukomeza KWANDURANYA N\u2019IBIHUGU BY\u2019ABATURANYI EJO TUTAZASABA UWO TWIMYE kandi mwibukeko abshyize hamwe ntakibananira, ntacyiza yadukoreye bityo natuvire mu nzira twiyubakire u Rwanda rwiza rutubereye, ruduha umudendezo ndetse no kwishyira ukizana kwa buriwese, igihugu giha agaciro UMUTURAGE ndetse aho UBUTABERA BUBA UMUCO aho kuba IMPANO ya bwamwe.<\/p>\n<p>Kanyarwanda<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abategetsi b\u2019igitugu bakunze gukoresha urubyiruko cyane mu nyungu zabo aho barwifashisha bakarushora mu ntambara bakarukoresha mu bikorwa byinshi birimo no gusenya igihugu,<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3823,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-3822","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abategetsi b\u2019igitugu bakunze gukoresha urubyiruko cyane mu nyungu zabo aho barwifashisha bakarushora mu ntambara bakarukoresha mu bikorwa byinshi birimo no gusenya igihugu,\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-07-05T13:41:48+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO\",\"datePublished\":\"2013-07-05T13:41:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/\"},\"wordCount\":1124,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/\",\"name\":\"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-07-05T13:41:48+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":450,\"height\":338},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO - Umunyarwanda","og_description":"Abategetsi b\u2019igitugu bakunze gukoresha urubyiruko cyane mu nyungu zabo aho barwifashisha bakarushora mu ntambara bakarukoresha mu bikorwa byinshi birimo no gusenya igihugu,","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-07-05T13:41:48+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO","datePublished":"2013-07-05T13:41:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/"},"wordCount":1124,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/","name":"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-07-05T13:41:48+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":450,"height":338},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amizero-yo-guhindura-u-rwanda-ashingiye-ku-rubyiruko\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"AMIZERO YO GUHINDURA U RWANDA ASHINGIYE KU RUBYIRUKO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3822","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3822"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3822\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3822"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3822"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3822"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}