{"id":383,"date":"2012-07-19T22:41:07","date_gmt":"2012-07-19T20:41:07","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=383"},"modified":"2016-04-08T20:11:47","modified_gmt":"2016-04-08T17:41:47","slug":"m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/","title":{"rendered":"M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa na Radio Okapi aravuga ko abakuru b\u2019imiryango benshi bo mu mirenge yo mu duce twa Jomba na Busanza muri Kivu y\u2019amajyaruguru, bemeza ko inyeshyamba za M23 zirimo gushyira ku ngufu abasore mu gisirikare cyayo.<!--more--><\/p>\n<p>Amakuru aturuka i Rutshuru kuri Centre aravuga ko hamaze kugera abasore benshi bahunga inyeshyamba za M23 zigenda zifata abasore bose mu duce zigenzura.<\/p>\n<p>Inyeshyamba za M23 zagose umurenge wa Kabaya, kuri iki cyumweru tariki ya 15 Nyakanga 2012, nyuma yegeranya abasore bose bashobora kurwana. Amakuru aturuka mu baturage bahatuye aravuga ko abasore bagera kuri 50 bashyizwe mu gisirikare cya M23 ku ngufu.<\/p>\n<p>Amakuru ava ku bantu bari hafi y\u2019ubutegetsi bwa Territoire ya Rutshuru, aravuga ko ibyo bikorwa bya M23 byo gushyira abasore ku ngufu mu gisirikare byakozwe no mu yindi mirenge. Abo basore ngo bajyanwa mu duce turi kure y\u2019aho bakomoka.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo guhunga ibyo bikorwa, abasore benshi bahungiye mu duce twa Rutshuru Centre na Kiwanja turi mu maboko y\u2019ingabo za Congo.<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019ingabo za Congo muri Kivu y\u2019amajyaruguru, colonel Olivier Hamuli, aramagana ibyo bikorwa bya M23.<\/p>\n<p>Akavuga ko ikibabaje kurushaho ari uko n\u2019abana bato bashyirwa mu gisirikare. Akomeza avuga ko mu baantu bashizwe ku ngufu mu gisirikare, nyuma bagashobora gutoroka harimo umwana ufite imyaka 12.<\/p>\n<p>Aya makuru ateye inkeke cyane mu gihe bizwi ko M23 ikorana na Leta ya FPR. Ntawe utazi abasore bagiye bafatwa n\u2019ingabo za FPR mu duce yabaga imaze kwigarurira mu bihe bitandukanye. Byaba ku bushake cyangwa babihatiwe bajyanwaga n\u2019abasirikare ba FPR bagiye baburirwa irengero kugeza ubu. Ku buryo hari imiryango myinshi yategereje abantu bitwaga ko bagiye mu gisirikare cya FPR amaso agahera mu kirere. Hari amakuru menshi yemeza ko ababuriwe irengero bose bataguye ku rugamba, ahubwo bwari uburyo bwo kureshya abo bashaka kwica mu mayeri cyane cyane abasore n\u2019abagabo bo mu bwoko bw\u2019abahutu.<\/p>\n<p>Twizere ko M23 atari yo mayeri irimo gukoresha mu kwikiza abasore n\u2019abagabo baturuka mu bwoko bw\u2019abahutu n\u2019andi moko atuye muri Rutshuru.<\/p>\n<p><strong>Epimaque Nticyicumutindi<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru atangazwa na Radio Okapi aravuga ko abakuru b\u2019imiryango benshi bo mu mirenge yo mu duce twa Jomba na Busanza muri Kivu y\u2019amajyaruguru, bemeza ko inyeshyamba za M23 zirimo gushyira ku ngufu abasore mu gisirikare cyayo.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":384,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66,64],"tags":[],"class_list":["post-383","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru atangazwa na Radio Okapi aravuga ko abakuru b\u2019imiryango benshi bo mu mirenge yo mu duce twa Jomba na Busanza muri Kivu y\u2019amajyaruguru, bemeza ko inyeshyamba za M23 zirimo gushyira ku ngufu abasore mu gisirikare cyayo.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-07-19T20:41:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2016-04-08T17:41:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/\",\"name\":\"M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-07-19T20:41:07+00:00\",\"dateModified\":\"2016-04-08T17:41:47+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"486\",\"height\":\"319\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo - Umunyarwanda","og_description":"Amakuru atangazwa na Radio Okapi aravuga ko abakuru b\u2019imiryango benshi bo mu mirenge yo mu duce twa Jomba na Busanza muri Kivu y\u2019amajyaruguru, bemeza ko inyeshyamba za M23 zirimo gushyira ku ngufu abasore mu gisirikare cyayo.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-07-19T20:41:07+00:00","article_modified_time":"2016-04-08T17:41:47+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/","name":"M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-07-19T20:41:07+00:00","dateModified":"2016-04-08T17:41:47+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"486","height":"319"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/m23-irashyira-ku-ngufu-abantu-mu-gisirikare-cyayo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"M23 irashyira ku ngufu abantu mu gisirikare cyayo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/383","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=383"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/383\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=383"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=383"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=383"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}