{"id":38506,"date":"2020-11-26T14:33:23","date_gmt":"2020-11-26T12:33:23","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=38506"},"modified":"2020-11-26T14:33:27","modified_gmt":"2020-11-26T12:33:27","slug":"amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/","title":{"rendered":"Amashusho y&#8217;urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo."},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Marc Matabaro<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gihe abanyarwanda benshi bari mu mahanga  bakomeje guhaguruka bakerekana ko batishimiye ibikorwa n&#8217;ubutegetsi buriho mu Rwanda, noneho inzego ziyita iz&#8217;ubutabera n&#8217;iz&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda zazanye umuvuno mushya wo gukoresha amashusho y&#8217;urukozasoni arimo abana mu gucecekesha abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi buriho mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu bihugu byinshi by&#8217;i Burayi n&#8217;amajyaruguru y&#8217;Amerika, ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda bwitwaje inzego z&#8217;ubugenzacyaha mu gukurikirana ibyaha ngo bya Genocide cyangwa iby&#8217;imitwe iburwanya bwo bwita ko ari iy&#8217;iterabwoba, burimo kugendera ku burangare n&#8217;icyizere bya bamwe mu bakozi mu nzego z&#8217;umutekano n&#8217;iz&#8217;ubutabera mu bihugu by&#8217;i Burayi n&#8217;Amerika bugashobora kugera kuri za mudasobwa na za telefone z&#8217;abantu bushaka kwibasira bafite inkomoko mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Muti bimeze bite? <\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Benshi mwagiye mwumva abakozi b&#8217;ubugenzacyaha n&#8217;ubushinjacyaha mu Rwanda boherezwa mu bihugu by&#8217;i Burayi no mu majyaruguru y&#8217;Amerika ngo bagiye gukorana n&#8217;inzego z&#8217;ubutabera muri ibyo bihugu ku madosiye ajyanye na Genocide cyangwa ay&#8217;imitwe irwanya ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda. Rero muri iyi mikoranire habaho ibikorwa byo gusaka mu ngo z&#8217;abakekwa hagatwarwa ibikekwa kuba ibimenyetso byakwifashishwa mu iperereza, ni ukuvuga impapuro, za mudasobwa, za telefone zigendanwa n&#8217;ibindi&#8230;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi akenshi bikunze gukurikirwa no guhata ibibazo abakekwa aho inzego z&#8217;umutekano muri ibyo bihugu zifatanije n&#8217;iz&#8217;u Rwanda zikorana mu bikorwa byo gusuzuma ibimenyetso. Kubera icyizere n&#8217;uburangare no kutamenya ko inzego z&#8217;u Rwanda ziba zitagenzwa n&#8217;ubutabera ahubwo ziba zigenzwa no kugirira nabi abibasiwe, bamwe mu bakozi b&#8217;inzego z&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda baba bakora nk&#8217;abagenzacyaha bikinga mu cyiza bagashyira amashusho y&#8217;urukozasoni (Pornographie) agaragaza abana ndetse n&#8217;ibindi byabafasha kuneka ubuzima bw&#8217;abo bantu na nyuma y&#8217;amaperereza (logiciels\u00a0espion).<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Inzego z&#8217;ubugenzacyaha z&#8217;u Rwanda zizi neza ko ibijyanye n&#8217;amashusho y&#8217;urukozasoni agaragaza abana bato ari ikintu cyahagurukiwe cyane mu bihugu byateye imbere, ibi rero bakaba babikoresha mu kugerageza kwangiza ubuzima bw&#8217;abantu n&#8217;imiryango yabo mu gihe ibindi birego bijyanye na Genocide cyangwa gukorana n&#8217;imitwe y&#8217;iterabwoba babona bitarimo kubaha umusaruro bifuza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru The Rwandan yashoboye kubona avuga ko muri kimwe mu bihugu by&#8217;i Burayi abagenzacyaha bavuye mu Rwanda bitwaje iperereza ngo ku bantu bakorana n&#8217;imitwe ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda bwita iy&#8217;iterabwoba bashoboye guhabwa rugari n&#8217;abayobozi mu by&#8217;umutekano muri icyo gihugu cy&#8217;i Burayi bituma banashobora guhata ibibazo abakekwa, igitangaje ni uko muri icyo gikorwa cyanakozwemo isaka, za mudasobwa n&#8217;amatelefone y&#8217;abakekwa byari byaratwawe, nyuma y&#8217;amezi make bibaye ngo inzego z&#8217;igipolisi zo muri icyo gihugu mu buryo butunguranye ngo zasanze amashusho y&#8217;urukozasoni agaragaza abana muri mudasobwa za bamwe mu bakekwa!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N&#8217;ubwo iki kibazo kirimo gukurikiranwa mu rwego rwo hejuru n&#8217;inzego zibishinzwe ngo ukuri kugaragazwe ndetse n&#8217;ababigizemo uruhare bakurikiranwe, ibi byagombye kubera isomo abanyarwanda bakarushaho gukaza umutekano wabo ndetse bakirinda kwizera uwo ari we wese n&#8217;iyo yaba ashinzwe umutekano cyangwa umukozi mu by&#8217;ubutabera mu gihugu cy&#8217;amahanga atuyemo ngo amuhe amakuru ya ngombwa ajyanye n&#8217;ubuzima bwe bwite adafashe ingamba za ngombwa zatuma yizera ko nta burangare cyangwa ubunyamwuga buke buzabaho ku ruhande rwabo ku buryo Leta y&#8217;u Rwanda yakwitwaza inzira z&#8217;amategeko ngo igere ku makuru bwite y&#8217;abantu cyangwa inashobore gutekinika ibimenyetso byabahindura abanyabyaha ruharwa mu bihugu batuyemo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Marc Matabaro Mu gihe abanyarwanda benshi bari mu mahanga bakomeje guhaguruka bakerekana ko batishimiye ibikorwa n&#8217;ubutegetsi buriho mu Rwanda, noneho inzego ziyita iz&#8217;ubutabera n&#8217;iz&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda zazanye umuvuno mushya wo gukoresha amashusho y&#8217;urukozasoni arimo abana mu gucecekesha abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi buriho mu Rwanda. Mu bihugu byinshi by&#8217;i Burayi n&#8217;amajyaruguru y&#8217;Amerika, ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":38507,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-38506","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Amashusho y&#039;urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amashusho y&#039;urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Marc Matabaro Mu gihe abanyarwanda benshi bari mu mahanga bakomeje guhaguruka bakerekana ko batishimiye ibikorwa n&#8217;ubutegetsi buriho mu Rwanda, noneho inzego ziyita iz&#8217;ubutabera n&#8217;iz&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda zazanye umuvuno mushya wo gukoresha amashusho y&#8217;urukozasoni arimo abana mu gucecekesha abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi buriho mu Rwanda. Mu bihugu byinshi by&#8217;i Burayi n&#8217;amajyaruguru y&#8217;Amerika, ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-11-26T12:33:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2020-11-26T12:33:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/hacker-scaled.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"2048\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"1368\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/\",\"name\":\"Amashusho y'urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/hacker-scaled.jpg\",\"datePublished\":\"2020-11-26T12:33:23+00:00\",\"dateModified\":\"2020-11-26T12:33:27+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/hacker-scaled.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/hacker-scaled.jpg\",\"width\":2048,\"height\":1368},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amashusho y&#8217;urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amashusho y'urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amashusho y'urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo. - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Marc Matabaro Mu gihe abanyarwanda benshi bari mu mahanga bakomeje guhaguruka bakerekana ko batishimiye ibikorwa n&#8217;ubutegetsi buriho mu Rwanda, noneho inzego ziyita iz&#8217;ubutabera n&#8217;iz&#8217;iperereza z&#8217;u Rwanda zazanye umuvuno mushya wo gukoresha amashusho y&#8217;urukozasoni arimo abana mu gucecekesha abatavuga rumwe n&#8217;ubutegetsi buriho mu Rwanda. Mu bihugu byinshi by&#8217;i Burayi n&#8217;amajyaruguru y&#8217;Amerika, ubutegetsi bw&#8217;u Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2020-11-26T12:33:23+00:00","article_modified_time":"2020-11-26T12:33:27+00:00","og_image":[{"width":2048,"height":1368,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/hacker-scaled.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/","name":"Amashusho y'urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/hacker-scaled.jpg","datePublished":"2020-11-26T12:33:23+00:00","dateModified":"2020-11-26T12:33:27+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/hacker-scaled.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/hacker-scaled.jpg","width":2048,"height":1368},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amashusho-yurukozasoni-intwaro-nshya-ya-leta-ya-kigali-mu-kwibasira-abatavuga-rumwe-nayo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amashusho y&#8217;urukozasoni: intwaro nshya ya Leta ya Kigali mu kwibasira abatavuga rumwe nayo."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38506","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=38506"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38506\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":38508,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/38506\/revisions\/38508"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/38507"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=38506"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=38506"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=38506"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}