{"id":3874,"date":"2013-07-18T23:07:32","date_gmt":"2013-07-18T21:07:32","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3874"},"modified":"2013-07-18T23:07:32","modified_gmt":"2013-07-18T21:07:32","slug":"rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/","title":{"rendered":"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero"},"content":{"rendered":"<p><b>Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rwamagana icumbikiye umukirisitu wo mu idini Zion Temple ushinjwa kuba yashatse gutwika umukuru w\u2019iryo dini Paul Gitwaza ku mugoroba wa tariki 17\/07\/2013 mu rusengero rwabo ruri mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana.<\/b><!--more--><\/p>\n<p>Uyu mukirisitu witwa Kamana Emmanuel yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuwa 17\/07\/2013 afite akajerekani karimo lisansi ubwo yageragezaga kukinjirana mu rusengero Gitwaza yigishirizagamo aho mu karere ka Rwamagana.<\/p>\n<p>Kamana Emmanuel yabwiye Kigali Today ko umupasitoro witwa Kalisa yari yamutumye kugura lisansi y\u2019amafaranga 3000 ngo ize kwifashishwa mu gihe umuriro waramuka ubuze kuko basengaga ku masaha y\u2019umugoroba kandi umuriro ukunze kubura aho muri Rwamagana.<\/p>\n<p>Kamana akomeza avuga ko ubwo yageragezaga kwinjira mu rusengero abari ku muryango bamutangiriye nawe akihagararaho ngo yinjire ashyikirize ubutumwa uwari wamutumye, impagarara zigatangira ubwo. Pasitoro Kalisa ariko yabwiye Kigali Today kuri telefoni ko atigeze atuma uwo mukirisitu kugura lisansi.<\/p>\n<dl>\n<dt><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignright\" alt=\"JPEG - 25.2 kb\" src=\"http:\/\/kigalitoday.com\/IMG\/jpg\/Polisi-imukurikiranyeho-gushaka---gutwika-Paul-Gitwaza_-we-ariko-arabihakana-2.jpg\" width=\"490\" height=\"334\" \/><\/dt>\n<dt><strong>Polisi imukurikiranyeho gushaka gutwika Paul Gitwaza, we ariko arabihakana.<\/strong><\/dt>\n<\/dl>\n<p>Amakuru adafitiwe ibimenyetso yamenyekanye mu mujyi wa Rwamagana ku mugoroba yavugaga ko ngo uwo Kamana yari afite n\u2019ikibiriti, ngo akaba yashakaga gutwika Paul Gitwaza bita intumwa y\u2019Imana mu idini ya Zion Temple. Kamana Emmanuel asanzwe ari umuririmbyi muri korali iririmba muri Zion Temple.<\/p>\n<p>Abavuga ibi barabishingira ko kuva mu kwezi kwa Mata uyu mwaka muri iryo dini harangwa umwuka mubi watewe n\u2019uko hari bamwe muri iryo dini bahimbye ibinyoma biharabika pasitoro Mulisa kandi ngo yari ayoboye abakirisitu neza, barafatanyije no kubaka urusengero rugezweho mu mujyi wa Rwamagana.<\/p>\n<p>Ibyo bamwe bita ibinyoma ngo byaba byaratumye Paul Gitwaza yimura pasitoro Fred Mulisa ku buyobozi bw\u2019urusengero rwa Rwamagana akahazana pasitoro Kalisa Innocent utarishimiwe na benshi mu bakirisitu.<\/p>\n<p>I Rwamagana baravuga ko ku cyumweru gishize ubwo Gitwaza yavugiraga mu rusengero ko agiye kwimura pasitoro Mulisa akamusimbuza uwitwa Kalisa ngo abakirisitu basakuje cyane kandi bagaragaza ko batabyishimiye. Paul Gitwaza nawe ngo yahavugiye amagambo atarashimishije bamwe mu batarashakaga ko pasitoro Mulisa yimurwa. Amaherezo ariko pasitoro Mulisa yaje kwimurirwa mu mujyi wa Kigali, asimburwa na pasitoro Kalisa Innocent.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignleft\" alt=\"Urusengero rwa Zion Temple i Rwamagana rwabereyeho amahane.\" src=\"http:\/\/kigalitoday.com\/IMG\/jpg\/Urusengero-rwa-Zion-Temple-i---Rwamagana-rwabereyeho-amahane.jpg\" width=\"448\" height=\"268\" \/><\/p>\n<div><strong>Urusengero rwa Zion Temple i Rwamagana rwabereyeho amahane.<\/strong><\/div>\n<p>Ku mugoroba washize rero ubwo Paul Gitwaza yigishaga muri urwo rusengero nanone ngo haba hari abatabyishimiye, bagakeka ko uwo Kamana yaba ari umwe muri bo washatse guhungabanya Paul Gitwaza cyangwa hakaba hari uwabimutumye mu bandi batabyishimiye.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa polisi y\u2019u Rwanda mu Ntara y\u2019Iburasirazuba akaba n\u2019umugenzacyaha wa polisi Spt Emmanuel Karuranga yabwiye Kigali Today ko polisi y\u2019u Rwanda iri gukora iperereza ryimbitse kuri icyo kibazo, ariko yirinze kugira amakuru atangaza ngo hemezwe niba uwo Kamana yari yatumwe lisansi, niba yari afite ikibiriti cyangwa niba polisi ifite ibindi bimenyetso.<\/p>\n<p>Amakuru aturuka muri bamwe mu bashinzwe umutekano batifuje gutangaza amazina aravuga ko ikibazo cy\u2019umutekano muke n\u2019umwiryane mu bagize idini ya Zion Temple muri Rwamagana cyaganiriweho mu nama y\u2019umutekano yabaye kuwa mbere tariki 15\/07\/2013.<\/p>\n<p><strong>Ahishakiye Jean d\u2019Amour<\/strong><\/p>\n<p>Source:Kigali Today<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rwamagana icumbikiye umukirisitu wo mu idini Zion Temple ushinjwa kuba yashatse gutwika umukuru w\u2019iryo dini Paul Gitwaza ku mugoroba wa tariki 17\/07\/2013 mu rusengero rwabo ruri mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana.<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3484,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64],"tags":[],"class_list":["post-3874","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rwamagana icumbikiye umukirisitu wo mu idini Zion Temple ushinjwa kuba yashatse gutwika umukuru w\u2019iryo dini Paul Gitwaza ku mugoroba wa tariki 17\/07\/2013 mu rusengero rwabo ruri mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana.\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-07-18T21:07:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwd.com\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"headline\":\"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero\",\"datePublished\":\"2013-07-18T21:07:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/\"},\"wordCount\":480,\"commentCount\":2,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/\",\"name\":\"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-07-18T21:07:32+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":918,\"height\":530},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwd-com\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero - Umunyarwanda","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda mu karere ka Rwamagana icumbikiye umukirisitu wo mu idini Zion Temple ushinjwa kuba yashatse gutwika umukuru w\u2019iryo dini Paul Gitwaza ku mugoroba wa tariki 17\/07\/2013 mu rusengero rwabo ruri mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana.","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-07-18T21:07:32+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/"},"author":{"name":"therwd.com","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"headline":"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero","datePublished":"2013-07-18T21:07:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/"},"wordCount":480,"commentCount":2,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/","name":"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-07-18T21:07:32+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":918,"height":530},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwamagana-umwe-afunzwe-akekwaho-gushaka-gutwikira-paul-gitwaza-mu-rusengero\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Umwe afunzwe akekwaho gushaka gutwikira Paul Gitwaza mu rusengero"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3874","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3874"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3874\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3874"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3874"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3874"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}