{"id":39030,"date":"2021-01-09T16:45:04","date_gmt":"2021-01-09T14:45:04","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39030"},"modified":"2021-01-09T19:15:33","modified_gmt":"2021-01-09T17:15:33","slug":"leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/","title":{"rendered":"Leta y&#8217;u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare  ku butaka bwa Kongo"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Leta y\u2019u Rwanda yamaganye raporo yakozwe n\u2019impuguke z\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye, yarushinjaga kugira ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ruvuga ko nta n\u2019ibikorwa by\u2019ubufatanye mu bya gisirikare biheruka hagati y\u2019ibihugu byombi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Raporo y\u2019izi mpuguke yasohotse ku wa 23 Ukuboza umwaka ushize, yavugaga ko Leta y\u2019u Rwanda yohereje ingabo zayo mu bikorwa by\u2019imirwano mu Burasirazuba bwa Congo, ariko mu itangazo ryasohowe na Leta y\u2019u Rwanda, rigaragaza ko ibyo birego nta shingiro bifite.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iri tangazo riragira riti \u201cGuverinoma y\u2019u Rwanda irahakana ibirego by\u2019impuguke z\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye kandi igashimangira ko nta ngabo z\u2019u Rwanda ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse ko nta n\u2019ibikorwa by\u2019ubufatanye mu mirwano biherutse guhuza ingabo z\u2019u Rwanda (RDF) n\u2019ingabo za Congo (FARDC)\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Rikomeza rivuga ko u Rwanda rwishimira ubufatanye rufitanye na RDC burimo n\u2019ubwa gisirikare ariko ko \u201cbugarukira gusa mu gusangira amakuru y\u2019ubutasi ku mitwe y\u2019inyeshyamba ikorera muri Burasirazuba bwa Congo, kandi ikagira ingaruka ku bihugu byombi\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">U Rwanda kandi rwongeye gushimangira ubushake n\u2019umuhate warwo mu guteza imbere no gushyigikira amahame y\u2019imicungire y\u2019umutungo kamere w\u2019imbere mu gihugu ndetse no mu Karere ruherereyemo, mu rwego rwo kwirinda isarurwa n\u2019icuruzwa ryawo mu buryo butemewe n\u2019amategeko.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ni muri uru rwego muri Gashyantare 2020, u Rwanda ruherutse kwereka itsinda ry\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye ingamba ruri gushyira mu bikorwa kugira ngo ruhashye icuruzwa rya magendu ry\u2019amabuye y\u2019agaciro; icyo gihe rwanerekanye amabuye yafashwe n\u2019inzego z\u2019ubuyobozi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Leta y\u2019u Rwanda yavuze ko itewe impungenge n\u2019amakosa yagaragaye muri raporo y\u2019impuguke z\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye, ibyo bigakorwa mu gihe zahawe amakuru yose zari zasabye mu gihe cy\u2019ikorwa ry\u2019iyi raporo, zikemererwa gusura aho zishaka, zikanaganira n\u2019abatangabuhamya ndetse zigasubizwa ibibazo byose zabajije, ariko n\u2019ubundi zikagira amakuru zirengagiza ntiziyashyiremo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">U Rwanda ruvuga ko kubera izi mpamvu, rufite ugushidikanya ku kwigenga nyakuri kw\u2019itsinda ryakoze iyi raporo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tubibutse ko u Rwanda rwagiye rushinjwa kenshi n&#8217;imiryango mpuzamahanga kugira ibikorwa bya gisirikari ku butaka bwa Kongo, Leta y&#8217;u Rwanda ikabihakana yivuye inyumya ariko nyuma ikabyemera ku gitutu cy&#8217;ibihugu by&#8217;amahanga.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/igihe.com\/local\/cache-vignettes\/L1000xH1288\/b11-4jpg-a18a184-50494.jpg?1610174393\" alt=\"\"\/><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leta y\u2019u Rwanda yamaganye raporo yakozwe n\u2019impuguke z\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye, yarushinjaga kugira ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ruvuga ko nta n\u2019ibikorwa by\u2019ubufatanye mu bya gisirikare biheruka hagati y\u2019ibihugu byombi. Raporo y\u2019izi mpuguke yasohotse ku wa 23 Ukuboza umwaka ushize, yavugaga ko Leta y\u2019u Rwanda yohereje ingabo zayo mu bikorwa by\u2019imirwano mu Burasirazuba bwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":38381,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-39030","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Leta y&#039;u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare ku butaka bwa Kongo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Leta y&#039;u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare ku butaka bwa Kongo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leta y\u2019u Rwanda yamaganye raporo yakozwe n\u2019impuguke z\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye, yarushinjaga kugira ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ruvuga ko nta n\u2019ibikorwa by\u2019ubufatanye mu bya gisirikare biheruka hagati y\u2019ibihugu byombi. Raporo y\u2019izi mpuguke yasohotse ku wa 23 Ukuboza umwaka ushize, yavugaga ko Leta y\u2019u Rwanda yohereje ingabo zayo mu bikorwa by\u2019imirwano mu Burasirazuba bwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-01-09T14:45:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-01-09T17:15:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/Kagame-Kabarebe.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"469\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"483\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/\",\"name\":\"Leta y'u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare ku butaka bwa Kongo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/Kagame-Kabarebe.jpg\",\"datePublished\":\"2021-01-09T14:45:04+00:00\",\"dateModified\":\"2021-01-09T17:15:33+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/Kagame-Kabarebe.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/Kagame-Kabarebe.jpg\",\"width\":469,\"height\":483},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Leta y&#8217;u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare ku butaka bwa Kongo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Leta y'u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare ku butaka bwa Kongo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Leta y'u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare ku butaka bwa Kongo - Umunyarwanda","og_description":"Leta y\u2019u Rwanda yamaganye raporo yakozwe n\u2019impuguke z\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye, yarushinjaga kugira ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ruvuga ko nta n\u2019ibikorwa by\u2019ubufatanye mu bya gisirikare biheruka hagati y\u2019ibihugu byombi. Raporo y\u2019izi mpuguke yasohotse ku wa 23 Ukuboza umwaka ushize, yavugaga ko Leta y\u2019u Rwanda yohereje ingabo zayo mu bikorwa by\u2019imirwano mu Burasirazuba bwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-01-09T14:45:04+00:00","article_modified_time":"2021-01-09T17:15:33+00:00","og_image":[{"width":469,"height":483,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/Kagame-Kabarebe.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/","name":"Leta y'u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare ku butaka bwa Kongo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/Kagame-Kabarebe.jpg","datePublished":"2021-01-09T14:45:04+00:00","dateModified":"2021-01-09T17:15:33+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/Kagame-Kabarebe.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/Kagame-Kabarebe.jpg","width":469,"height":483},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/leta-yu-rwanda-yongeye-guhakana-ibikorwa-byayo-bya-gisirikare-ku-butaka-bwa-kongo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Leta y&#8217;u Rwanda yongeye guhakana ibikorwa byayo bya gisirikare ku butaka bwa Kongo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39030","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39030"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39030\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39031,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39030\/revisions\/39031"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/38381"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39030"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39030"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39030"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}