{"id":3926,"date":"2013-07-30T06:26:14","date_gmt":"2013-07-30T04:26:14","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=3926"},"modified":"2013-07-30T06:26:14","modified_gmt":"2013-07-30T04:26:14","slug":"twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/","title":{"rendered":"Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu"},"content":{"rendered":"<p>Basomyi nshuti kandi bavandimwe;<\/p>\n<p>Iki gitekerezo ngiye kubagezaho nakigize mbitewe n\u2019uko nasanze ko amakimbirane hagati y\u2019abahutu n\u2019abatutsi yagiye agira ingaruka mbi cyane ku banyarwanda no ku Rwanda ubwarwo, yaragiye aterwa n\u2019uko nta sangirwa <!--more-->ry\u2019ubutegetsi ryigeze ribaho mu Rwanda. Ubwoko bumwe bwiharira ubutegetsi bwose ejo bukabwamburwa n\u2019ubundi kwiharira bikimuka bigakorwa n\u2019abari bakandamijwe ejo, aliko bigahoraho. Kugeza ku munsi wa none icyo ni kimwe mu bibazo by\u2019ingutu byajengereje abanyarwanda kuva cyera kare kugeza ku munsi wa none.<\/p>\n<p>Burya ngo ujya gukira indwara arayiganira ntayigira ibanga. Inzira y\u2019umuti ni ukubyemera tukabivuga, tukagaragaza ko ikibazo cy\u2019amoko cyatujengereje ndetse hakaza kuziramo n\u2019icy\u2019uturere umuntu yaha amasura abiri cyagaragaye cyane mu gihe cya Repubulika, kigakabya ku ya kabili ya MRND (mu bahutu) n\u2019iya gatatu ya FPR (mu batutsi).<\/p>\n<p>Iby\u2019abahutu n\u2019abatutsi ntitubitindaho birazwi bihagije, icyo tuganiraho ni ukubona umuti urambye.<\/p>\n<p>Iby\u2019irondakarere byo rero umuntu adaciye ku ruhande yabivuga muli make atya:<\/p>\n<p>1)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Mu bahutu kuli Repubulika ya kabili, riraboneka cyane hagati y\u2019abiswe abanyanduga (bashyizwe iruhande rwose rugikubita) n\u2019abiswe abakiga (amajyaruguru) baje guhindukamo abanyagisenyi gusa abandi bose bagahezwa, yewe no mu banyagisenyi abatari abashiru bakaza gusa n\u2019abigizwayo buhoro buhoro; n\u2019ubwo abo batari abashiru nk\u2019abagoyi, abarera, abakonya, n\u2019abanyabyumba batigeze bagera \u00a0ku rwego rwo kwigizwayo abanyanduga bariho. Abatutsi bo uwashaka ntiyakwirirwa abavuga ibyabo byari ibindi bindi (hors categorie). Ab\u2019imvange nabo bahoraga ari ba nyakugorwa bashaka aho biyomeka kugira ngo ngo babeho.<\/p>\n<p>2)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Mu batutsi kuli Repubulika ya gatatu, riraboneka hagati y\u2019abahoze mu Rwanda (bashyizwe iruhande rwose rugikubita) n\u2019abiswe abarutashye baje guhindukamo agatsiko k\u2019abavuye I Buganda gusa gasangiye n\u2019indobanure nke cyane mu bavuye I Burundi kubera ko <i>1\u00e8re dame<\/i> ari cyo gice abarirwamo, abandi bose bakagenda bigizwayo buhoro buhoro. N\u2019ubwo abavuye Burundi benshi, Tanzaniya batigeze bagera ku rwego rwo kwigizwayo no gusuzugurwa abahoze mu Rwanda (abacitse ku icumu) bariho. Abahutu bo uwashaka ntiyakwirirwa abavuga ibyabo ni ibindi bindi (hors categorie).\u00a0 Abavuye Zayire basa n\u2019aho basumbishwa gake cyane abacikacumu aliko nabo rwose barigorewe, cyane cyane bazira ko nta n\u2019umuco cyangwa se ingeso yo kuvangura yabakukiyemo muli rusange. Ab\u2019imvange bo ibyabo ntibihinduka, niba \u00a0nyakugorwa bashaka aho biyomeka kugira ngo babeho.<\/p>\n<p>Kubera izo mpamvu, ni ngombwa ko dutekereza ku buryo bushoboka bwo gushyiraho umukuru w\u2019igihugu butanga icyizere no koroherana ku banyarwanda bose. Biragoye cyane, ariko twagerageza kureba icyaruta ibindi twagenderaho, mu kwigomwa no mu gutekereza ejo hazaza h\u2019umuryango nyarwanda. Igitekerezo ntanga singifata nk\u2019aho kiruta ibindi byose byabaho, ahubwo ndagitanga nk\u2019intangiriro yo kwibaza ku muti urambye twabonera ibi bibazo bitwugarije imyaka ikaba ibaye myinshi cyane. Abasoma iyi nyandiko barayisesengura, hanyuma bagire uko bayumva, noneho dukomeze twunganirane kugeza ubwo tuzagera ku buryo bubereye bose.<\/p>\n<p>Ubwo jye natangaho inama\u00a0 kandi numva bwaba bwiza kuli bose, ndabugaragaza mu magambo akurikira. Ndavuga ku bijyanye n\u2019Umukuru w\u2019igihugu gusa, izindi nzego zazaganirwaho birambuye n\u2019abanyapolitiki bose mu nama yaguye idaheza n\u2019umwe, ndetse no mu bujyanama bw\u2019abanyarwanda bose muli rusange, umwanzuro wumvikanyweho na bose ukaba ariwo wazakurikizwa.<\/p>\n<p>Ubundi kuko abatutsi n\u2019abahutu alibo bagaragara nk\u2019abashyamiranye bikomeye, kandi bakagaragara nk\u2019abafite imbaraga zo guhutaza no kurwanira ubutegetsi ku ngufu igihe babangamiwe bikabije, ndetse tukaba tutatinya no kuvuga ko buri wese muli bo biboneka ko yifitemo imbaraga zo kuba yakwigobotora undi igihe abyiyemeje akabihagurukira, birasaba ko tubatindaho cyane kurusha abandi, aliko abandi nabo tutabirengagije. Ni uguhunga ikibi mu buryo bushoboka.<\/p>\n<p>Mbere yo gusoza turi bugerageze kugaragaza uko abavuka ku babyeyi badahuje ubwoko bafatwa, netse n\u2019abatwa tugire icyo tubavugaho.<\/p>\n<p>Dore uko mbibona:<\/p>\n<p><b>1. Manda Y\u2019umukuru w\u2019igihugu<\/b><\/p>\n<p>&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Uburyo bwa mbere bushoboka: Imyaka irindwi idasubirwamo (manda imwe rukumbi);<\/p>\n<p>&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Uburyo bwa kabili bushoboka: Imyaka ine gusa ishobora kongerwa rimwe risa (4 ans renouvelable une seule fois);<\/p>\n<p><b>a)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 <\/b><b>Ubwoko bw\u2019Umukuru w\u2019Igihugu n\u2019akarere<\/b><\/p>\n<p>&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Hagati y\u2019abahutu n\u2019abatutsi, nta bwoko bushobora gutanga umukuru w\u2019igihugu inshuro eshatu zikurikiranya, mu bury bwa manda y\u2019imyaka ine. Kandi nta bwoko bushobora gutanga umukuru w\u2019igihugu inshuro ebyiri zikurikirana mu buryo bwa mandat rukumbi y\u2019imyaka irindwi;<\/p>\n<p>&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Manda nyinshi zishoboka ku munyarwanda wo mu bwoko ubwo alibwo bwose, ni ebyiri zonyine mu buryo bw\u2019imyaka ine, n\u2019imwe yonyine mu buryo bw\u2019imyaka irindwi. Ni ukuvuga ko mu buryo bw\u2019imyaka irindwi uwategetse mandat imwe adashobora kongera kuba umukuru w\u2019igihugu mu buzima bwe;<\/p>\n<p><b>b)\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 <\/b><b>Mu bihe bya mbere kugeza abantu bamenyereye (nko kuli mandat ebyiri za mbere kuli buli bwoko butsinze amatora)<\/b><\/p>\n<p>&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Niba ubwoko bw\u2019abahutu butanze Umukuru w\u2019igihugu ukomoka muli \u00ab\u00a0camp\u00a0\u00bb-kiga kuli manda imwe, ubwa kabili bugomba gutanga uwo muli \u00ab\u00a0camp\u00a0\u00bb-nduga, butatorwa icyo gice kikazaba alicyo gikurikiraho gutegeka ubutaha. Aha birumvikana ko buli karere katahabwa umwanya kuko bitari \u00ab\u00a0pratique\u00a0\u00bb, ubwo Kiga bikaba icyahoze ari Gisenyi &amp; Ruhngeri, naho nduga bikaba ahasigaye hose (na Byumba ikajyamo nta kundi);<\/p>\n<p>&#8211;\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0 Niba ubwoko bw\u2019abatutsi butanze umukuru w\u2019igihugu ukomoka muli \u00ab\u00a0camp\u00a0\u00bb-sopecya (abahoze mu Rwanda) kuli mandat imwe, ubwa kabili bugomba gutanga uwo muli \u00ab\u00a0camp\u00a0\u00bb-abavuye hanze, butatorwa icyo gice kikazaba ali cyo gikurikiraho gutegeka ubutaha. Aha birumvikana ko buli gace katahabwa umwanya kuko bitari \u00ab\u00a0pratique\u00a0\u00bb, ubwo abahoze Zayire nabo bakabarirwa mu gice cy\u2019abahoze hanze nta kundi;<\/p>\n<p><b>2. Abavuka ku bayeyi badahuje ubwoko<\/b><\/p>\n<p>Perezida w\u2019ibyumba byombi by\u2019inteko ishinga amategeko akagomba kuva mu bafite ababyeyi badahuje ubwoko, cyangwa se umubyeyi umwe w\u2019umunyarwanda n\u2019undi w\u2019umunyamahanga cyangwa uwahawe ubwenegihugu. Aliko ntihagire ubwo ibyumba byombi biyoborwa n\u2019abavuka mu bwoko bumwe bw\u2019umubyeyi w\u2019umugabo.<\/p>\n<p><b>3. Abatwa<\/b><\/p>\n<p>Abatwa bagomba gushakirwa uburyo bwo kuva mu bwigunge, bagahabwa amahirwe yo gutera imbere nk\u2019abandi, ibyo bigahabwa \u00ab\u00a0priorit\u00e9\/priority\u00a0\u00bb mu igenamigambi rya gahunda z\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Aha akaba aliho ngarukirije igitekerezo nari mfite, nkaba ntashoje ahubwo nifuza ko iki gitekerezo cyaba intangiriro y\u2019impaka nziza twanyuramo tugenda twibaza, kuzageza igihe tuboneye uburyo bukwiye, buhamye, twazagenderaho igihe cyose. Bukaba bwajya buhindurwa bitewe n\u2019uko ibihe byifashe kandi byumvikanyweho na bose.<\/p>\n<p>Uyu ni umuganda ntanze mu gutangiza impaka zubaka kuli iki kibazo. Nkanajya inama yo kurekera aho gutinya kuvuga ibintu uko biteye kandi twese tubizi, kuko aliyo ntandaro y\u2019ibura ry\u2019umuti urambye ku bibazo byugarije Urwanda. Nimureke dutinyuke tuve mu guhishahisha ibizadukoraho, tuvuge ibintu uko byakabaye, ahari indwara tugerageze kuhavura nta buryuarya.<\/p>\n<p>Ndabashimiye mwese kandi mugire amahoro asesuye.<\/p>\n<p><b>Prosper Bamara<\/b><\/p>\n<p><b>Vice Chairman &#8211; Umutekano<\/b><\/p>\n<p><b>PRM\/MRP-Abasangizi<\/b><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Basomyi nshuti kandi bavandimwe; Iki gitekerezo ngiye kubagezaho nakigize mbitewe n\u2019uko nasanze ko amakimbirane hagati y\u2019abahutu n\u2019abatutsi yagiye agira ingaruka mbi cyane ku banyarwanda no ku Rwanda ubwarwo, yaragiye aterwa n\u2019uko nta sangirwa<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":3299,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-3926","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Basomyi nshuti kandi bavandimwe; Iki gitekerezo ngiye kubagezaho nakigize mbitewe n\u2019uko nasanze ko amakimbirane hagati y\u2019abahutu n\u2019abatutsi yagiye agira ingaruka mbi cyane ku banyarwanda no ku Rwanda ubwarwo, yaragiye aterwa n\u2019uko nta sangirwa\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-07-30T04:26:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/\",\"name\":\"Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-07-30T04:26:14+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":232,\"height\":292},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu - Umunyarwanda","og_description":"Basomyi nshuti kandi bavandimwe; Iki gitekerezo ngiye kubagezaho nakigize mbitewe n\u2019uko nasanze ko amakimbirane hagati y\u2019abahutu n\u2019abatutsi yagiye agira ingaruka mbi cyane ku banyarwanda no ku Rwanda ubwarwo, yaragiye aterwa n\u2019uko nta sangirwa","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-07-30T04:26:14+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/","name":"Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-07-30T04:26:14+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":232,"height":292},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/twibaze-ku-miterere-yabera-abanyarwanda-mu-bworoherane-ku-bijyanye-nitorwa-ryumukuru-wigihugu\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Twibaze ku miterere yabera abanyarwanda mu bworoherane ku bijyanye n\u2019itorwa ry\u2019umukuru w\u2019igihugu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3926","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3926"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3926\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3926"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3926"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3926"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}