{"id":39272,"date":"2021-02-01T14:24:43","date_gmt":"2021-02-01T12:24:43","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39272"},"modified":"2021-02-01T14:39:10","modified_gmt":"2021-02-01T12:39:10","slug":"amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/","title":{"rendered":"Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika?"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu cyumweru gishize, tariki ya 24 mutarama 2021, havuzwe inkuru y\u2019indege za Rwandair zagombaga kugwa ku kibuga cy\u2019indege cy\u2019i Kanombe bikananirana ku buryo zagiye kugwa Entebbe muri Uganda. Hari n\u2019indege ya Kenya Airways iva Nairobi ijya Kinshasa ngo yarisanzwe inyura hejuru ya Kigali ngo yagombye gushaka indi nzira. Bamwe bavuze ko ari ikibazo cy\u2019ibihu byinshi byari babuditse mu ijuru rya Kigali ariko abahaturiye bavuze ko uwo munsi nta kibazo nk\u2019icyo babonye. Ngo hari umucyo, nta gihu, ndetse no mu ijuru hari hatamurutse. Kubera izo mpamvu abantu baketse ko hashobora kuba habaye ikibazo gikomeye cy\u2019umutekano, bamwe ndetse batangira guhwihwisa kudeta, bakavuga n\u2019abayiri inyuma. Ibyo byaje kurangira ibintu byose bisubiye mu buryo, ikibuga cy\u2019indege kirongera kirakora bisanzwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gihe twasaga n\u2019abibagiwe ayo makuru, umuntu ufite abantu yizeye bakorera kuri kiriya kibuga yambwiye ko icyatumye ziriya ndege zihagarikwa kuri uriya munsi ngo hari imirambo ikabakaba 200 yari yavuye mu gihugu cya Santarafurika aho ingabo z\u2019u Rwanda zirimo kurwana zifasha ubutegetsi bwaho guhangana n\u2019inyeshyamba zishaka guhirika ubwo butegetsi. Nk\u2019uko mubyumva ntabwo iyo nkuru nayihagazeho ariko kuyivuga uko iri ndumva ari ngombwa kugirango tubyibazeho. Ntabwo tuyobewe ko abagiye ku rugamba baba bashobora gukomereka cyangwa bagapfa. Niyo mpamvu ntawe byatangaza kumva ko bamwe mu ngabo z\u2019u Rwanda zuriye indege zigiye kurwana muri Santarafurika bagarutse mu masanduku. Imiryango yabo izamenyeshwa ko baguye mu kazi, ko bitangiye igihugu. Umubyeyi uzumva iyo nkuru azimyira asige inkingi kuko nta kindi ashobora kubikoraho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Repuburika ya Santarafurika ni igihugu gikikijwe na Repuburika iharanira demokarasi ya Kongo (mu majyepfo), Sudani y\u2019amajyepfo na sudani (iburasirazuba), Cadi (mu majyaruguru) na Kameruni (mu burengerazuba). Kuva i Kigali ugiye Bangui (umurwa mukuru wa Santarafurika) ni kilometero hafi 2500, nukuvuga inshuro ebyiri z\u2019urugendo kuva i Kigali ugiye Nairobi. Uciye mu kirere hari urugendo rwa kilometero 1473 unyuze hejuru y\u2019umujyi wa Kisangani muri Kongo. Nta nyeshyamba z\u2019abanyarwanda zibarizwa muri icyo gihugu. N\u2019iyo zahaba ntabwo byazorohera kuzagaba ibitero mu Rwanda. Ibi ndabivuga kugirango nshimangire ko ziriya ngabo z\u2019u Rwanda ziri kurwana muri Santarafurika ndetse zimwe zikaba zirimo kuhapfira zitarimo kurwanira ubusugire bw\u2019u Rwanda. Niba hari inyungu zindi barwanira ntabwo izo nyungu ari iz\u2019umwana w\u2019umunyarwanda akwiye gupfira mu gihugu atazi n\u2019icyo abantu barimo kurwanira. Ubuse abanyarwanda twabaye benshi ku buryo dufite n\u2019abo kujya kuroha mu ntambara zidafite icyo zitwunguye na gito?<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu Rwanda ikibazo nk\u2019iki kirebana n\u2019amaraso y\u2019abana b\u2019u Rwanda ntigishobora kuganirwaho yaba mu nama ya guverinoma, mu nteko ishinga amategeko cyangwa muri sena. Ni ikibazo perezida Kagame ubwe yihererana n\u2019abantu bakeya b\u2019inkoramutima. Abo bagwa ku rugamba nta jambo ryo kubaherekeza rizabavugirwa kuri radiyo y\u2019igihugu, nta muhango wo kubasezera mu cyubahiro uzabakorerwa kuko bitagomba kumenyekana. Mbabariya abasore bazi ko binjiye mu ngabo z\u2019u Rwanda bagiye gushaka imibereho ndetse no kurwanira urwababyaye bakaba bisanga mu ntambara nka ziriya zidasobanutse. Ibi bintu ni !byo kwamagana twivuye inyuma. Perezida Kagame amaherezo azabazwa ariya maraso y\u2019abanyarwanda akomeje kumena.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bruxelles, le 01\/02\/2021 <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Jean Baptiste Nkuliyingoma<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu cyumweru gishize, tariki ya 24 mutarama 2021, havuzwe inkuru y\u2019indege za Rwandair zagombaga kugwa ku kibuga cy\u2019indege cy\u2019i Kanombe bikananirana ku buryo zagiye kugwa Entebbe muri Uganda. Hari n\u2019indege ya Kenya Airways iva Nairobi ijya Kinshasa ngo yarisanzwe inyura hejuru ya Kigali ngo yagombye gushaka indi nzira. Bamwe bavuze ko ari ikibazo cy\u2019ibihu byinshi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39274,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-39272","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu cyumweru gishize, tariki ya 24 mutarama 2021, havuzwe inkuru y\u2019indege za Rwandair zagombaga kugwa ku kibuga cy\u2019indege cy\u2019i Kanombe bikananirana ku buryo zagiye kugwa Entebbe muri Uganda. Hari n\u2019indege ya Kenya Airways iva Nairobi ijya Kinshasa ngo yarisanzwe inyura hejuru ya Kigali ngo yagombye gushaka indi nzira. Bamwe bavuze ko ari ikibazo cy\u2019ibihu byinshi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-01T12:24:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-02-01T12:39:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/RDF-centrafrica.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"512\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"296\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/\",\"name\":\"Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/RDF-centrafrica.jpg\",\"datePublished\":\"2021-02-01T12:24:43+00:00\",\"dateModified\":\"2021-02-01T12:39:10+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/RDF-centrafrica.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/RDF-centrafrica.jpg\",\"width\":512,\"height\":296},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika? - Umunyarwanda","og_description":"Mu cyumweru gishize, tariki ya 24 mutarama 2021, havuzwe inkuru y\u2019indege za Rwandair zagombaga kugwa ku kibuga cy\u2019indege cy\u2019i Kanombe bikananirana ku buryo zagiye kugwa Entebbe muri Uganda. Hari n\u2019indege ya Kenya Airways iva Nairobi ijya Kinshasa ngo yarisanzwe inyura hejuru ya Kigali ngo yagombye gushaka indi nzira. Bamwe bavuze ko ari ikibazo cy\u2019ibihu byinshi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-02-01T12:24:43+00:00","article_modified_time":"2021-02-01T12:39:10+00:00","og_image":[{"width":512,"height":296,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/RDF-centrafrica.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/","name":"Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/RDF-centrafrica.jpg","datePublished":"2021-02-01T12:24:43+00:00","dateModified":"2021-02-01T12:39:10+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/RDF-centrafrica.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/RDF-centrafrica.jpg","width":512,"height":296},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amaraso-yabanyarwanda-aramenekera-iki-muri-santarafurika\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amaraso y\u2019abanyarwanda aramenekera iki muri Santarafurika?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39272","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39272"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39272\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39273,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39272\/revisions\/39273"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39274"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39272"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39272"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39272"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}