{"id":39289,"date":"2021-02-02T14:18:21","date_gmt":"2021-02-02T12:18:21","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39289"},"modified":"2021-02-02T14:18:23","modified_gmt":"2021-02-02T12:18:23","slug":"rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/","title":{"rendered":"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw&#8217;Umuturage Polisi Ivuga ko &#8220;Yiyahuriye muri Kasho&#8221;"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu karere ka Rusizi mu ntara y\u2019Uburengerazuba mu Rwanda, haravugwa igisa n\u2019amayobera ku rupfu rw\u2019uwitwa Nsekanabo Joel wari utuye mu murenge wa Nkanka. Umuryango we n\u2019abaturanyi bavuga ko yatwawe n\u2019umuyobozi w\u2019akagari ndetse n\u2019umupolisi wambaye sivili none nyuma y\u2019ibyumweru bibiri batazi aho aherereye kuri uyu wa mbere igipolisi cyamenyesheje umuryango we ko yiyahuriye mu kasho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abo mu muryango wa Bwana Nsekanabo Joel w\u2019imyaka 40 y\u2019amavuko bahimbaga Gikominari, ndetse n\u2019abaturanyi be bavuga ko bamuherukaga ku itariki ya 17 y\u2019ukwezi gushize kwa mbere. Madame Mukamuganga Claudine, bashakanye, yabwiye Ijwi ry\u2019Amerika ko umugabo we yatwawe n\u2019umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Kinyaga batuyemo ari we Bwana Ndagijimana Japhet.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uwo muyobozi ngo yari kumwe n\u2019undi musore wambaye imyenda ya gisivili. Uwo ngo yambitse umugabo we amapingu ahagana isaa kumi n\u2019ebyiri z\u2019umugoroba wo kuri iyo tariki, hanyuma bamwuriza moto bajyana na we bombi. Gusa mu gukurikirana, ntiyabashije kumenya icyo umugabo we yaba yafatiwe ndetse n\u2019aho yaba yajyanywe gufungirwa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru y\u2019iritabwa muri yombi rya Bwana Nsekanabo kandi anasobanurwa n\u2019umwe mu baturanyi bari kumwe, yanahaye bimwe mu byo yari afite ngo abimujyanire imuhira. Uwo avuga ko muri bike yashoboye kumva, haba harimo ikibazo cy\u2019amakimbirane na polisi ikorera mu kiyaga cya Kivu, ayo akaba ngo aturuka ku bucuruzi bwa magendu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma yo gushakira ahantu hose hafungirwa abakurikiranwaho ibyaha ariko agaheba, ku itariki ya 31 y\u2019ukwezi kwa mbere, Madame Mukamuganga Claudine yahisemo kwandikira ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rusizi. Icyo yabusabaga cy\u2019ibanze ngo ni ukurekura umugabo we.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bitunguranye ariko, ku gicamunsi cy\u2019uyu wa mbere, mu gihe Ijwi ry\u2019Amerika yari igikurikirana iby\u2019ibura rya Nsekanabo, umwe mu bo mu muryango we yaje guhamagarwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019igipolisi ku rwego rw\u2019akarere. Aha ngo bamubwiye ko uwo Nsekanabo yiyahuriye muri kasho ya polisi i Kamembe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">CP John Bosco Kabera uvugira polisi y\u2019u Rwanda na we yemeje iby\u2019ayo makuru ko Nsekanabo Joel yiyahuriye mu kasho. Ariko yirinze gusobanura uko, uko kwiyahura kwaba kwakozwe n\u2019ibyo yaba yari akurikiranweho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Gusa umuryango we ukaba utumva ukuntu umuntu polisi yari yahakanye ko idafite apfa yiyahuriye muri kasho yayo. Bwana Nsekanabo Joel ubusanzwe yari umuturage ukora imirimo y\u2019ubuhinzi, akanyuzamo agacuruza n\u2019amatungo ariko mu buryo buciriritse. Umuryango we uvuga ko ntaho yigeze ahurira n\u2019imirimo y\u2019igisirikare cyangwa se ya polisi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikibazo cy\u2019abantu bapfa baguye mu maboko y\u2019inzego zishinzwe umutekano cyangwa se ababurirwa irengero nyuma y\u2019igihe bikamenyekanako bari batawe muri yombi n\u2019izo nzego si ubwa mbere cyumvikana haba aha mu karere ka Rusizi cyangwa se mu tundi turere tw\u2019u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu cyumweru gishize ubwo u Rwanda rwamurikiraga akanama gashinzwe uburenganzira bwa muntu uko rwashyize mu ngiro imyanzuro-namangarukagihe ku iyubahirizwa ryabwo, Bwana Julian Braithwaite uhagarariye Ubwongereza i Geneva yasabye ko u Rwanda rwakwemera iperereza ryigenga, riciye mu mucyo ku birego by\u2019ubwicanyi, impfu zibera ahafungiwe abantu, iyicarubozo no gushimuta abantu, no kugeza ababiregwa imbere y&#8217;amategeko. Icyakora ibyo u Rwanda rwabyamaganiye kure, ruvuga ko ibyo byaha ntabikorerwa ku butaka bwarwo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Inkuru y&#8217;Umumenyeshamakuru w&#8217;Ijwi ry&#8217;Amerika mu Rwanda Themistocles Mutijima<\/p>\n\n\n\n<iframe loading=\"lazy\" src=\"https:\/\/www.radiyoyacuvoa.com\/embed\/player\/0\/5760851.html?type=audio\" frameborder=\"0\" scrolling=\"no\" width=\"100%\" height=\"144\" allowfullscreen><\/iframe>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu karere ka Rusizi mu ntara y\u2019Uburengerazuba mu Rwanda, haravugwa igisa n\u2019amayobera ku rupfu rw\u2019uwitwa Nsekanabo Joel wari utuye mu murenge wa Nkanka. Umuryango we n\u2019abaturanyi bavuga ko yatwawe n\u2019umuyobozi w\u2019akagari ndetse n\u2019umupolisi wambaye sivili none nyuma y\u2019ibyumweru bibiri batazi aho aherereye kuri uyu wa mbere igipolisi cyamenyesheje umuryango we ko yiyahuriye mu kasho. Abo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":13448,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-39289","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw&#039;Umuturage Polisi Ivuga ko &quot;Yiyahuriye muri Kasho&quot; - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw&#039;Umuturage Polisi Ivuga ko &quot;Yiyahuriye muri Kasho&quot; - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu karere ka Rusizi mu ntara y\u2019Uburengerazuba mu Rwanda, haravugwa igisa n\u2019amayobera ku rupfu rw\u2019uwitwa Nsekanabo Joel wari utuye mu murenge wa Nkanka. Umuryango we n\u2019abaturanyi bavuga ko yatwawe n\u2019umuyobozi w\u2019akagari ndetse n\u2019umupolisi wambaye sivili none nyuma y\u2019ibyumweru bibiri batazi aho aherereye kuri uyu wa mbere igipolisi cyamenyesheje umuryango we ko yiyahuriye mu kasho. Abo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-02T12:18:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-02-02T12:18:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/police-Rwanda.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"500\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"500\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw&#8217;Umuturage Polisi Ivuga ko &#8220;Yiyahuriye muri Kasho&#8221;\",\"datePublished\":\"2021-02-02T12:18:21+00:00\",\"dateModified\":\"2021-02-02T12:18:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/\"},\"wordCount\":518,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/05\\\/police-Rwanda.png\",\"articleSection\":[\"Umutekano\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/\",\"name\":\"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw'Umuturage Polisi Ivuga ko \\\"Yiyahuriye muri Kasho\\\" - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/05\\\/police-Rwanda.png\",\"datePublished\":\"2021-02-02T12:18:21+00:00\",\"dateModified\":\"2021-02-02T12:18:23+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/05\\\/police-Rwanda.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2016\\\/05\\\/police-Rwanda.png\",\"width\":500,\"height\":500},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw&#8217;Umuturage Polisi Ivuga ko &#8220;Yiyahuriye muri Kasho&#8221;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw'Umuturage Polisi Ivuga ko \"Yiyahuriye muri Kasho\" - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw'Umuturage Polisi Ivuga ko \"Yiyahuriye muri Kasho\" - Umunyarwanda","og_description":"Mu karere ka Rusizi mu ntara y\u2019Uburengerazuba mu Rwanda, haravugwa igisa n\u2019amayobera ku rupfu rw\u2019uwitwa Nsekanabo Joel wari utuye mu murenge wa Nkanka. Umuryango we n\u2019abaturanyi bavuga ko yatwawe n\u2019umuyobozi w\u2019akagari ndetse n\u2019umupolisi wambaye sivili none nyuma y\u2019ibyumweru bibiri batazi aho aherereye kuri uyu wa mbere igipolisi cyamenyesheje umuryango we ko yiyahuriye mu kasho. Abo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-02-02T12:18:21+00:00","article_modified_time":"2021-02-02T12:18:23+00:00","og_image":[{"width":500,"height":500,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/police-Rwanda.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw&#8217;Umuturage Polisi Ivuga ko &#8220;Yiyahuriye muri Kasho&#8221;","datePublished":"2021-02-02T12:18:21+00:00","dateModified":"2021-02-02T12:18:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/"},"wordCount":518,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/police-Rwanda.png","articleSection":["Umutekano"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/","name":"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw'Umuturage Polisi Ivuga ko \"Yiyahuriye muri Kasho\" - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/police-Rwanda.png","datePublished":"2021-02-02T12:18:21+00:00","dateModified":"2021-02-02T12:18:23+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/police-Rwanda.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/05\/police-Rwanda.png","width":500,"height":500},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-amayobera-ku-rupfu-rwumuturage-polisi-ivuga-ko-yiyahuriye-muri-kasho\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Amayobera ku Rupfu rw&#8217;Umuturage Polisi Ivuga ko &#8220;Yiyahuriye muri Kasho&#8221;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39289","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39289"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39289\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39290,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39289\/revisions\/39290"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/13448"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39289"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39289"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39289"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}