{"id":39333,"date":"2021-02-05T00:08:33","date_gmt":"2021-02-04T22:08:33","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39333"},"modified":"2021-02-05T00:08:35","modified_gmt":"2021-02-04T22:08:35","slug":"tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/","title":{"rendered":"Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuva ku itariki ya 02\/02\/2021 ku mbuga nkoranyambaga haracicikana amajwi n&#8217;amashusho by&#8217;uwitwa Idamange Yvonna ugaragaza ibibazo byinshi yibaza kuri <em>&#8220;guma mu rugo&#8221;<\/em>. Bamwe aho kumva ibyo avuga baratinda ku isura ye kugira ngo bamuhe ubwoko bifuza ko ibyo atangaza byakomokamo. Ibi ni ukuzura abazimu babi, ni na cyo kinteye kugira icyo mbivugaho mbere ya byose. Abazimu babi mvuga ni abashakisha ivanguramoko muri buri kintu, bagashaka kwemeza ko umuntu agaragaza ibyishimo cyangwa akababaro bitewe n&#8217;ubwoko abarizwamo. Icyo bibagirwa, ni uko hari abantu bamaze kurenga urwo rwego bagahitamo kuvugira abantu aho kuvugira ubwoko, bagatabara abantu aho gutabara ubwoko.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuntu wa mbere wikomye Idamange aho kuvuguruza ibyo yatangaje turaziranye. Nkunze kwirinda gutunga agatoki kuko nubaha umuntu uko ari. Gusa uwatangiye kumutoteza mu ba mbere birambabaza cyane kuko muzi agira ubushishozi mu gihe twabanye mu mwuga w&#8217;itangazamakuru kugeza muri 2000. Ubu ibyo akora mu nyandiko ze birambabaza ariko nkizera ko azagera igihe akikubita agashyi kuko umuntu wese ashobora kwikosora mu gihe akiriho. Gusa ibyo akora ubu si byiza, birasenya ntibyubaka kandi na we ubwe biramwonona n&#8217;ubwo ngo nta wusaza atiyononeye. Icyakora igihe cyari kigeze ngo abamuri hafi n&#8217;abamushimagiza bamubwire ko buriya buryo bwo gutera umurundi aho gutera umupira bugenda burushaho gutesha igihugu agaciro. Ni koko kandi kenshi ibyo atangaza byitiranwa n&#8217;amatangazo ya leta cyangwa irivuze umwami.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Nshingane Idamange Yvonne<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Idamange Yvona ni ishusho y&#8217;abanyarwanda benshi bafite ibyo bibaza baburiye ibisubizo muri iki gihe. Abanyarwanda bafite ubukene kubera iyi guma mu rugo, ku buryo kuvuga ko ubukene buhari bitagombye kuba guca inka amabere. Ibisobanuro bitangwa kuri Covid 19 si mu Rwanda honyine bigaragaramo urujijo kandi kubishidikanyaho si uguca inka amabere. Kunenga ko ba Mukerarugendo bemerewe kugenda abaturage basanzwe banakeneye gusohoka ngo bakore bo batabyemerewe si amahano. Kugaragaza impungenge ku itangira ry&#8217;amashuri ni ubupfura si ubupfayongo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kugaragaza ko zitukwamo nkuru kandi ko ubuyobozi bw&#8217;Igihugu bukwiye guhumuriza abaturage si ukugoma ahubwo ni ukuburana uburenganzira bw&#8217;abanyarwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nasabaga abantu kutihutira kwikoma umuntu, nkanasaba abantu kutirengagiza ibyo Idamange yavuze kuko yabivuganye ikinyabupfura cyinshi ku buryo ari uwo gutegwa amatwi. Kwihutira kumurega gupfobya g\u00e9nocide si wo muti, ahubwo guhora tubona gupfobya g\u00e9nocide muri buri jambo ni ko kuyipfobya cyane. Birakwiye ko iki kintu gicika burundu, g\u00e9nocide ni icyago cyo kwirinda, ntishobora kuba igisubizo ku mpungenge abantu bafite. Niba Idamange wayirokotse atishimiye uburyo kuyibuka bikorwa ni uburenganzira bwe, ni uwo kwegerwa si uwo gutera ubwoba kuko ibyo yabonye byarabumumaze.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Numvise ko Police yatumije Idamange ku munsi w&#8217;ejo. Birakwiye ko aho kumuhohotera nk&#8217;uko bijya bibaho, ahubwo uyu waba umwanya wo kumuhumuririza hamwe n&#8217;abandi banyarwanda benshi bafite impungenge kandi zifite ishingiro.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abanyarwanda dukeneye kubana kivandimwe, dukeneye gukundana, dukeneye kandi guhumurizanya aho guhungetana.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Imana irinde u Rwanda n&#8217;abanyarwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Jean Claude NKUBITO<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">04\/02\/2021<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuva ku itariki ya 02\/02\/2021 ku mbuga nkoranyambaga haracicikana amajwi n&#8217;amashusho by&#8217;uwitwa Idamange Yvonna ugaragaza ibibazo byinshi yibaza kuri &#8220;guma mu rugo&#8221;. Bamwe aho kumva ibyo avuga baratinda ku isura ye kugira ngo bamuhe ubwoko bifuza ko ibyo atangaza byakomokamo. Ibi ni ukuzura abazimu babi, ni na cyo kinteye kugira icyo mbivugaho mbere ya byose. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39319,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-39333","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuva ku itariki ya 02\/02\/2021 ku mbuga nkoranyambaga haracicikana amajwi n&#8217;amashusho by&#8217;uwitwa Idamange Yvonna ugaragaza ibibazo byinshi yibaza kuri &#8220;guma mu rugo&#8221;. Bamwe aho kumva ibyo avuga baratinda ku isura ye kugira ngo bamuhe ubwoko bifuza ko ibyo atangaza byakomokamo. Ibi ni ukuzura abazimu babi, ni na cyo kinteye kugira icyo mbivugaho mbere ya byose. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-04T22:08:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-02-04T22:08:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"528\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"442\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/\",\"name\":\"Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\",\"datePublished\":\"2021-02-04T22:08:33+00:00\",\"dateModified\":\"2021-02-04T22:08:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\",\"width\":528,\"height\":442,\"caption\":\"Idamange Iryamugwiza Yvonne\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho - Umunyarwanda","og_description":"Kuva ku itariki ya 02\/02\/2021 ku mbuga nkoranyambaga haracicikana amajwi n&#8217;amashusho by&#8217;uwitwa Idamange Yvonna ugaragaza ibibazo byinshi yibaza kuri &#8220;guma mu rugo&#8221;. Bamwe aho kumva ibyo avuga baratinda ku isura ye kugira ngo bamuhe ubwoko bifuza ko ibyo atangaza byakomokamo. Ibi ni ukuzura abazimu babi, ni na cyo kinteye kugira icyo mbivugaho mbere ya byose. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-02-04T22:08:33+00:00","article_modified_time":"2021-02-04T22:08:35+00:00","og_image":[{"width":528,"height":442,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/","name":"Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","datePublished":"2021-02-04T22:08:33+00:00","dateModified":"2021-02-04T22:08:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","width":528,"height":442,"caption":"Idamange Iryamugwiza Yvonne"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/tureke-kuzura-abazimu-babi-idamange-ntiyazimuye-ntiyanapfobeje-duhe-agaciro-ibibazo-yibaza-aho-kumwibazaho\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Tureke kuzura abazimu babi: Idamange ntiyazimuye ntiyanapfobeje, duhe agaciro ibibazo yibaza aho kumwibazaho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39333","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39333"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39333\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39334,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39333\/revisions\/39334"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39319"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39333"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39333"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39333"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}