{"id":39741,"date":"2021-02-20T03:03:41","date_gmt":"2021-02-20T01:03:41","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39741"},"modified":"2021-02-20T03:10:11","modified_gmt":"2021-02-20T01:10:11","slug":"demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/","title":{"rendered":"Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine?"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Perezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame yagiranye ikiganiro n\u2019<a href=\"https:\/\/youtu.be\/-kBdZSjSwjg\">umunyamakuru wa CNN witwa Richard Quest<\/a> mu cyumweru gishize ku byerekeranye n\u2019imiyoborere y\u2019u Rwanda muri iyi iminsi ndetse na Demokarasi. Muri icyo kiganiro, Perezida Paul Kagame yabwiye umunyamakuru wa CNN ko Demokarasi atari iy\u2019ibihugu by\u2019i Burengerazuba bw\u2019isi gusa.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamakuru wa CNN yatangiye abwira Perezida Paul Kagame ko nta wundi muperezida umaze igihe kinini ku butegetsi nkawe aho yahise amusubiza ko ibyo bitamureba. Umunyamakuru ashatse kubigarukaho, Perezida Paul Kagame yavuze ko isi y\u2019i Burengerazuba ifite byinshi byiza ikora n\u2019ibibi ikora&nbsp;; ko rero ari isi ukwayo. Yongeyeho ko Demokarasi idatangwa n\u2019ibihugu by\u2019i Burengerazuba.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikiganiro cyibanze kandi ku kibazo cya Paul Rusesabagina \u2013ufatwa nk\u2019umucunguzi-washimuswe akajyanwa mu Rwanda ku buryo butemewe n\u2019amategeko ubu akaba afungiwe i Kigali aho akurikiranywa n\u2019inkiko z\u2019u Rwanda ku byaha bitandukanye aregwa na Leta ya Kigali birimo gukorana n&#8217;imitwe y\u2019iterabwoba.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamakuru wa CNN yeretse neza Perezida Paul Kagame uruhare rukomeye Paul Rusesabagina yagize mu kurokora abanyarwanda benshi muri 1994 none akaba akurikirwanwaho ibyaha by\u2019iterabwoba. Ibyo akaba ari ibintu binyuranye n\u2019ukuri kandi n\u2019uburenganzira bwa muntu. Mu gusubiza umunyamakuru wa CNN, Perezida Paul Kagame yavuze ko ifatwa rya Paul Rusesabagina ryakozwe mu mucyo kandi rikurikije amategeko ndetse urebye ko ariwe wizanye mu Rwanda. Perezida Paul Kagame yavuze kandi ko hari ibintu byinshi Paul Rusesabagina yakoraga anyuze mu nzira mbi maze akomeza kuzigenderamo akaba ariyo mpamvu byamugejeje mu Rwanda. <a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=90FtMbNGM2Q\">Mu kiganiro umunyamategeko Dr Charles Kambanda yagiranye na \u2018<strong><em>Radio Iteme\u2019<\/em><\/strong> <\/a>yagaragaje ko ifatwa rya Paul Rusesabagina ritakurikije amategeko ndetse avuga ko rwose ari ishimutwa. Mu rwego rw\u2019amategeko rero, ifatwa rya Paul Rusesabagina ni ishimutwa binyuranye n\u2019ibyo Perezida Paul Kagame avuga abihakana.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Perezida Paul Kagame abajijwe impamvu Paul Rusesabagina yajyanywe aho atajyaga (i Burundi), Perezida Paul Kagame yavuze ko Paul Rusesabagina yafashwe yerekeza i Burundi ko atajyaga Dubai nk\u2019uko benshi babivuga. Ati: &#8220;<em>Paul Rusesabagina yanyuze Dubai yigendera<\/em>&#8220;. Perezida Paul Kagame ati \u2018<em>Paul Rusesabagina yajyaga i Burundi muri gahunda yo guhungabanya umutekano w\u2019u Rwanda\u2019<\/em>.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamakuru abajije Perezida Paul Kagame niba Leta ya Kigali yaragize uruhare mu kuzana Paul Rusesabagina i Kigali, Perezida Paul Kagame yabihakanye yivuye inyuma. Perezida Paul Kagame yagaragaje ko niba Paul Rusesabagina yarakoranaga n\u2019umuntu uba i Burundi bagamije bombi guhungabanya umutekano w\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda akaba ariwe wafashe icyemezo cyo kumuyobora i Kigali. Leta ya Kigali nta ruhare yabigizemo. Perezida Paul Kagame yavuze ko ikiriho ni uko uwo muntu bakoranaga yari yarizeye, Leta ya Kigali nayo yakoranaga nawe. \u2018<em>Bityo rero Leta ya Kigali ntacyo yabazw<\/em>a\u2019 ng\u2019uko uko Perezida Paul Kagame yasubije umunyamakuru. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu by\u2019ukuri niba Leta ya Kigali yarakoranaga na Bishop Constantin Niyomwungere bakagera aho bahuza umugambi wo kuzana Paul Rusesabagina mu Rwanda. Nta kabuza Leta ya Kigali yabigizemo uruhare.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Icyo gisubizo Perediza Paul Kagame yagitanze nyuma y\u2019uko Pasitori Constantin Niyomwungere yiyemereye ko yagize uruhare mu gushimuta Paul Rusesabagina abifashijwemo na Leta y\u2019U Rwanda mu kiganiro yagiranye n&#8217;<a href=\"https:\/\/www.jeuneafrique.com\/1122350\/politique\/comment-paul-rusesabagina-a-ete-piege-par-le-rwanda\/\">ikinyamakuru  Jeunes Afrique. <\/a><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku bijyanye n\u2019ibyaha Paul Rusesabagina shinjwa na Leta y\u2019u Rwanda, umunyamategeko Dr Charles Kambanda yerekanye ko ibyo urukiko rukora byo gushyira mu rubanza rumwe abafatiwe mu ntambara (barimo Sankara) ko mu rwego rw\u2019amategeko ari amakosa akomeye cyane. Ikindi yongeyeho ni uko abo bantu bashinja Paul Rusesabagina nabo bashimuswe bakajyanywa mu Rwanda, bityo bakaba bashobora kuba bavuga ibyo bategetswe na Let ya Kigali.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abajiwe icyizere yaha amahanga ko Paul Rusesabagina azacirwa urubanza runyuze mu mucyo. Perezida Paul Kagame yasubije ko ubutabera buzubahirizwa. Umunyamakuru yabajije kandi Perezida Paul Kagame icyo avuga ku makuru acicikana hirya no hino cyane cyane kuba Umuryango Mpuzamahanga warahagurutse ku kibazo cy\u2019imiyoborere y\u2019u Rwanda. Perezida Paul Kagame yahunze ikibazo ahita agaruka ku kibazo cya Paul Rusesabagina. Perezida yabwiye umunyamakuru wa CNN ko Paul Rusesabagina ari umunyarwanda akaba yarakoze ibyaha byinshi birenze n\u2019ibyo aregwa na Leta ya Kigali, (kuba afite ubundi bwenegihugu ntacyo bimubwiye) kuko hari n\u2019abandi bantu benshi yakoranye ibyaha ibyo nabyo bikaba byitabwaho. Avuga ko ikibazo cyajyanywe mu bucamanza aho ibintu byose bizasobanukirwa. Ngo akaba abona ko ari ngombwa ko ubutabera bwubahirizwa. &nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Perezida Paul Kagame ayoboye Leta y\u2019u Rwanda kuva mu mwaka wa 2000 (ariko bizwi na buri wese ko kuva 1994 ari we uyonoye u Rwanda) akaba amaze imyaka 26 ku butegetsi bwa Kigali kandi akaba yarahinduye Itegeko-nshinga ry\u2019u Rwanda kugirango agire uburenganzira bwo gukomeza kuyobora igihugu. Umuryango wita ku burenganzira bwa muntu \u2018Human Right Watch\u2019 uvuga ko abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi batifuza ko Paul Kagame yakwitabira amatora yo mu 2024 kuko amaze igihe kinini ku butegetsi. Perezida Paul Kagame yavuze ko ibyo nyacyo bimubwiye kuko ntaho biri ko agomba gukora nk\u2019ibyo ibihugu by\u2019i Burengerazuba bikora. Yongeyeho ko atari kimwe nabo. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tubibutse ko amahanga yahagurutse arimo Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika, Abadepite bo mu bihugu zigize umuryango w&#8217;ibihugu by&#8217;Uburayi ndetse n\u2019abandi basaba ko Paul Rusesabagina yarekurwa kuko yafashwe mu buryo butemewe n\u2019amategeko.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamakuru wa CNN agerageje kumusobanurira ko mu matora harimo demokarasi, Perezida Paul Kagame yamusubije ko Demokarasi idashyirwaho n\u2019ibihugu by\u2019i Burengrazuba; bibaye ariko biri ntabwo muri ibyo bihugu habaho kutumvikana no kutavuga rumwe. Perezida Paul Kagame yongeyeho ko hari ibihugu by\u2019i Burengerazuba bitora abayobozi babyo bagasubira inyuma bakijujutira abayobozi bishyiriyeho. Ati \u2018<em>Ibyo simbyumva\u2019<\/em>. Bityo rero, Perezida Paul Kagame avuga ko Demokarasi ifite intege nke haba muri Afrika cyangwa mu buhugu by\u2019Iburengerazuba. Ibi biragaragaza ko Perezida Paul Kagame yiyemerera rwose ko ashobora kuba Demokarasi ye ifite ibibazo nk\u2019uko n\u2019iz\u2019ahandi nazo zabigira.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Perezida Paul Kagame yashoje avuga ko atagomba kugendera ku bitagenda byo mu bihugu by\u2019i Burengerazuba. Aha Perezida Paul Kagame yiyibagiza ko Demokarasi ifite indangagaciro rusange ziyiranga zirimo kuba hariho politiki yo gushyiraho no gusimbura ubuyobozi mu mutuzo, amatora anyuze mu mucyo, uruhare rw\u2019abaturage mu gushyiraho ubuyobozi no kubahiriza uburenganzira bwa muntu kuri buri wese. Bityo umuntu yakwibaza niba Demokarasi itariho? Ese nta murongo igira? Cyangwa niba Perezida Paul Kagame afite Demokarasi ye yihariye&nbsp;?&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">\u2018<em>Iki kiganiro cyashyizwe mu Kinyarwanda kivanywe mu rurimi rw\u2019Icyongereza gisesengurwa n\u2019umunyamakuru wa The Rwandan<\/em>&nbsp;\u2018<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Gakuba Arnold&nbsp;<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame yagiranye ikiganiro n\u2019umunyamakuru wa CNN witwa Richard Quest mu cyumweru gishize ku byerekeranye n\u2019imiyoborere y\u2019u Rwanda muri iyi iminsi ndetse na Demokarasi. Muri icyo kiganiro, Perezida Paul Kagame yabwiye umunyamakuru wa CNN ko Demokarasi atari iy\u2019ibihugu by\u2019i Burengerazuba bw\u2019isi gusa.&nbsp; Umunyamakuru wa CNN yatangiye abwira Perezida Paul Kagame ko nta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39742,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-39741","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine? - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine? - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame yagiranye ikiganiro n\u2019umunyamakuru wa CNN witwa Richard Quest mu cyumweru gishize ku byerekeranye n\u2019imiyoborere y\u2019u Rwanda muri iyi iminsi ndetse na Demokarasi. Muri icyo kiganiro, Perezida Paul Kagame yabwiye umunyamakuru wa CNN ko Demokarasi atari iy\u2019ibihugu by\u2019i Burengerazuba bw\u2019isi gusa.&nbsp; Umunyamakuru wa CNN yatangiye abwira Perezida Paul Kagame ko nta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-20T01:03:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-02-20T01:10:11+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-01.34.39.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"605\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"342\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/\",\"name\":\"Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine? - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-01.34.39.png\",\"datePublished\":\"2021-02-20T01:03:41+00:00\",\"dateModified\":\"2021-02-20T01:10:11+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-01.34.39.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-01.34.39.png\",\"width\":605,\"height\":342},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine? - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine? - Umunyarwanda","og_description":"Perezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame yagiranye ikiganiro n\u2019umunyamakuru wa CNN witwa Richard Quest mu cyumweru gishize ku byerekeranye n\u2019imiyoborere y\u2019u Rwanda muri iyi iminsi ndetse na Demokarasi. Muri icyo kiganiro, Perezida Paul Kagame yabwiye umunyamakuru wa CNN ko Demokarasi atari iy\u2019ibihugu by\u2019i Burengerazuba bw\u2019isi gusa.&nbsp; Umunyamakuru wa CNN yatangiye abwira Perezida Paul Kagame ko nta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-02-20T01:03:41+00:00","article_modified_time":"2021-02-20T01:10:11+00:00","og_image":[{"width":605,"height":342,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-01.34.39.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/","name":"Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine? - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-01.34.39.png","datePublished":"2021-02-20T01:03:41+00:00","dateModified":"2021-02-20T01:10:11+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-01.34.39.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-01.34.39.png","width":605,"height":342},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-ntishyirwaho-nibihugu-byiburengerazuba-kagame\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kagame yumva Demokarasi ku buryo bwe wenyine?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39741","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39741"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39741\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39745,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39741\/revisions\/39745"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39742"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39741"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39741"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39741"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}