{"id":39746,"date":"2021-02-20T04:16:39","date_gmt":"2021-02-20T02:16:39","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39746"},"modified":"2021-02-20T18:40:24","modified_gmt":"2021-02-20T16:40:24","slug":"politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/","title":{"rendered":"Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>U<\/strong>mubyeyi w&#8217;imyaka 42 ufite abana bane, Idamange Iryamugwiza Yvonne ari mu maboko y\u2019ibiro bishinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB), aho ategereje gukurikiranwa no gukorerwa ibizamini by\u2019uburwayi bwo mu mutwe nyuma yo kugaragara mu mashusho y\u2019urubuga rwa YouTube anenga politiki ya Leta iri ku butegetsi mu Rwanda.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu mugoroba wo kuwa mbere tariki 15 Gashyantare, nibwo humvikanye inkuru ivuga ko Idamange yatawe muri yombi. Polisi y&#8217;u Rwanda yasohoye itangazo saa tatu n&#8217;iminota 41 za ninjoro, yemeza ayo makuru. Yavuze ko Idamange yagiye agaragaza imyitwarire <em>\u201civanga politiki, ubugizi bwa nabi n&#8217;ubusazi\u201d.&nbsp;<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Noneho, ku wa kabiri, umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yatangarije itangazamakuru ryo mu Gihugu imbere ko mbere y&#8217;uko Idamange yitaba inkiko, azakorerwa ibizamini byo mu mutwe kugira ngo hamenyekane uko atekereza. Murangira yakomeje avuga ko ibitekerezo byatanzwe muri videwo zo kuri YouTube <em>\u201cbyerekana ko ashobora kuba afite uburwayi bwo mu mutwe\u201d.&nbsp;<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibya Idamange ni urugero mu rutonde rurerure rw\u2019abenegihugu b\u2019u Rwanda ndetse n\u2019abanyamahanga bavuzwe ko ari <em>\u201cabasazi\u201d <\/em>cyangwa bahungabanye mu mutwe, bagahimbwa amazina; ibyo bigakorwa hifashishijwe imbuga nkoranyambaga, amakuru no <em>\u201cgusesengura\u201d<\/em> muri bimwe bitangazamakuru bikorana na guverinoma. Ubusanzwe ibi bitangira iyo abantu batanze ibitekerezo cyangwa isuzuma bivuguruza ibintu byose by\u2019amateka yemejwe na Leta, ibirimo gukorwa, amahitamo ya politiki n\u2019umusaruro w\u2019ibyo byose.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku birebana na Idamange, mu byumweru bike bishize ntabwo yari azwi kugeza igihe yashyize ahagaragara ibitekerezo bye. Yakoresheje amashusho ye ya mbere ya YouTube, afite Bibiliya ku ruhande rwe, ashinja guverinoma ya Perezida Paul Kagame kwirengagiza abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Yongeyeho ko guverinoma ikenesha nkana Abanyarwanda kugira ngo bakomeze kuba imbata no kugenzurwa.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Andi mashusho menshi yakuriyeho, muriyo anenga Leta ibintu byinshi. Ku cyumweru, Idamange yagaragaye mu yindi videwo aho ahamagarira Abanyarwanda kwifatanya na we mu rugendo rwerekeza ku Ngoro y\u2019Umukuru w\u2019Igihugu, kuri Village Urugwiro, <em>\u201cgusaba gusubizwa igihugu cyacu\u201d<\/em>. Anemeza ko Perezida Kagame yapfuye kera!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gihe inkuru y\u2019ifatwa rya Idamange itanga amahirwe yo gusuzuma uko ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo mu gihugu&nbsp; buhagaze ndetse n\u2019imbibi zabwo, itanga kandi umwanya wo gusuzuma icyakwitwa <em>\u201cpolitiki y\u2019ubusazi\u201d<\/em> imaze igihe ari nk\u2019umwitero wa disikuru ya Leta ya Kigali. Biragaragara ko, umuntu wese utinyutse kugira icyo anenga, yaba afite ukuri cyangwa se ku bundi buryo, yitwa &#8220;umusazi&#8221;, cyangwa se agahabwa andi mazina atesha agaciro n\u2019isura.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amateka ya vuba yerekana kandi ko n\u2019abanyamakuru bamwe bandika cyangwa bakavuga amakuru afatwa nk\u2019akakaye, bafashwe, bisanzwe, nk\u2019Abasazi. Ni urutonde rw\u2019abanyamakuru kuva ku bahoze bandika mu binyamakuru bitakiriho nk\u2019<em>Umuseso, Ukuri n\u2019Umuvugizi<\/em>, kugeza ku b\u2019uyu munsi bakoresha YouTube.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kubera iyo mpamvu, isesengura rya politiki yo kwitangira igihugu n\u2019abaturage no kugira ibyo unenga muri iyi myaka 15 ishize cyangwa irenga, usanga Idamange, bise \u201cumusazi\u201d, ari umwe, mu murongo w\u2019abandi benshi. &nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hari na none Aimable Karasira, nawe ukoresha YouTube. Kugeza mu mpera z&#8217;umwaka ushize, Karasira yari umwarimu w\u2019ikoranabuhanga muri Kaminuza y&#8217;u Rwanda. Ikigo cyamwirukanye kivuga ko afite imyitwarire mibi n&#8217;ibitekerezo byatanzwe ku rubuga rwe rwa YouTube.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"813\" height=\"511\" src=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/karasira-a.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-37328\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/karasira-a.jpg 813w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/karasira-a-300x189.jpg 300w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/karasira-a-768x483.jpg 768w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/karasira-a-696x437.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/08\/karasira-a-668x420.jpg 668w\" sizes=\"auto, (max-width: 813px) 100vw, 813px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Aho atandukaniye n\u2019abandi, ni uko Karasira Aimable, ahangana n\u2019ubukangurambaga bugamije kumwita umusazi akoresheje urubuga rwe rwa YouTube \u201cUkuri Mbona<\/em>\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kimwe na Idamange, Karasira avuga kandi ko yarokotse jenoside. Yabajijwe inshuro nyinshi na RIB kubera ibiganiro acisha kuri YouTube binenga leta.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umunyamabanga wa Lata ushinzwe umuco, Bamporiki Edouard, hamwe n\u2019uwiyita umushakashatsi kuri jenoside witwa Tom Ndahiro, bombi bashinje Karasira gupfobya no guhakana jenoside yakorewe abatutsi, igitekerezo akwirakwiza yifashishije imbuga nkoranyambaga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>\u201cUmudamu wa mbere\u201d<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nk\u2019uko byumvikana, ni agashinyaguro kumva uwacitse ku icumu rya Jenoside aregwa kuyihakana, ibirego bigerekwa no ku bandi. Abantu nkabo bashinjwaga kandi <em>&#8216;kwiyanga&#8217;<\/em> no gushyigikira abishe imiryango yabo mu 1994. Karasira yitwa <em>&#8216;wa musazi&#8217;<\/em> kuri Facebook kuri konti zibasiye abantu bagaragaza ku mugaragaro ibitekerezo bigaragara ko bibangamiye guverinoma.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amezi mbere y&#8217;uko ibya Aimable Karasira bijya ahagaragara umwaka ushize, undi muntu witwa Sekikubo Fred Barafinda yashyizwe mu modoka ya RIB,&nbsp; hari tariki ya 5 Gashyantare 2020, ajyanwa mu bitaro bya Ndera, mu burasirazuba bwa Kigali, ahavurirwa abantu bafite uburwayi bwo mu mutwe. Nyuma y\u2019ukwezi, hari tariki ya 4 Werurwe, umuvugizi wa RIB muri kiriya gihe, Michelle Umuhoza, yatangarije itangazamakuru ry\u2019imbere mu gihugu ko isuzuma ry&#8217;ubuvuzi ryakozwe na Ndera ryerekanye ko Barafinda afite uburwayi bukomeye bwo mu mutwe. Barafinda ahakana ubu burwayi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Barafinda yaje kumenyekana mu mwaka wa 2017. Barafinda ntiyari asanzwe azwi mbere y\u2019uko ashyikirije Komisiyo ishinzwe amatora mu Rwanda inyandiko, ashaka guhangana na Perezida Kagame mu matora yo muri Kanama 2017. Ntabwo yujuje ibisabwa ngo yemerewe kwiyamamaza nk&#8217;uko byavuzwe na Komisiyo y&#8217;amatora, ariko imbuga z&#8217;abanyarwanda zo mu gihugu ndetse n\u2019abakoresha YouTube, baramukunze.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri videwo zose, Barafinda asobanura umudugudu we nk&#8217;igihugu gitandukanye n&#8217;u Rwanda, kubera ko, nk&#8217;uko abivuga, igihugu cyacunzwe nabi kandi we n&#8217;umuryango we ntibashakaga kubigiramo uruhare. Yabatije umugore we \u201c<strong>Umudamu wa mbere<\/strong>\u201d (First Lady) . Muri videwo zimwe, Barafinda yahanuye ko Imana izahana leta y&#8217;u Rwanda kubera ihohoterwa rikorerwa abaturage bayo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku batavuga rumwe n\u2019ubutegetsi bari mu buhungiro, Barafinda yasubiyemo inkuru nyayo bagiye batera mbere kuva mu 1994 ijyanye n&#8217;ihanurwa ry&#8217;indege ya Perezida Habyalimana. Amashusho yo kuri YouTube arimo&nbsp; Barafinda yarebwe n\u2019abantu ibihumbi byinshi n\u2019ibitekerezo amagana.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kugereka ku bantu batavuga rumwe isura y\u2019&#8221;ubusazi&#8221; ntabwo byatangiye vuba aha. Hashize imyaka. Mu mpera z&#8217;imyaka ya za 90 ndetse no mu ntangiriro ya 2000, abanyamakuru n&#8217;abanditsi b&#8217;ibinyamakuru bavuze ku bintu bikomeye, batwamiwe mu ruhame mu mahuriro yemewe nk\u2019abadafite roho nzima. Aba banyamakuru bose, baretse umwuga, cyangwa se barahunga. Abanyamakuru nk&#8217;abo barimo abantu nka Charles Kabonero, Robert Sebufilira na McDowell Kalisa, bahoze bandikira ikinyamakuru Umuseso, ubu kikaba kitakiriho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abatavuga rumwe na politiki y\u2019ishyaka riri ku butegetsi ntibarokotse ikirango cy &#8216;umusazi&#8217;.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Izina rya Dr. David Himbara, (wahoze ari umufasha mukuru wa Perezida Kagame), ubu akaba ari mu buhungiro muri Kanada, rimaze imyaka myinshi ryibasiwe ku mbuga nkoranyambaga nka Facebook ndetse n\u2019ibindi bitangazamakuru kwibasirwa, rishyirwaho \u201cubusazi\u201d no \u201cgukoresha ibiyobyabwenge\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu ishusho imwe ihora itangazwa, marijuwana yaka ishyirwa ku minwa ya Dr Himbara. Ku jisho ridashishoza, iyi ishusho y\u2019impimbano yafatwa nk\u2019ukuri. Iyi shusho ni ishusho yerekana inyandiko zasohotse ku mbuga za interineti zidasobanutse, zivuga ko Dr Himbara akoresha ibiyobyabwenge. Ni nako byakoreshejwe kuri Aimable Karasira, akaba n&#8217;umuririmbyi. Ibi byashushanyijwe&nbsp; no ku bandi benshi. Ku birebana na Dr Himbara, kuba akomeza kugaragara anenga Leta bisa nk\u2019aho ari ihwa ku bayobozi mu Rwanda. Habayeho inkuru zitabarika zamagana politiki ya Leta y&#8217;u Rwanda zanditswe na Dr Himbara, inkuru zemewe n\u2019ubushakashatsi mu bukungu. Ishakisha ryoroshye rya Google kuri Dr Himbara rizana urutonde rutagira ingano rw\u2019izi nkuru.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Icyapa cy\u2019&#8221;ubusazi&#8221; nticyakoreshejwe gusa ku banyarwanda bamwe mu kugerageza gushyira igicu cyo gushidikanya kubyo banenga guverinoma. Muri Gicurasi 2010, Porofeseri w\u2019amategeko muri Amerika, Peter Erlinder yageze mu Rwanda nk&#8217;umwunganizi mu by&#8217;amategeko kugira ngo afashe umunyapolitiki utavuga rumwe n\u2019ubutegetsi Ingabire Victoire. Mu minsi mike, Erlinder ubwe yarafashwe aregwa ingengabitekerezo ya jenoside.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku ya 2 Kamena muri uwo mwaka, Polisi yasohoye itangazo ryerekana ko Prof Erlinder ashobora kuba atari afite ubwenge bwo mu mutwe, kuko yagerageje kwiyahura muri kasho ye. Muri icyo gihe, umuvugizi wa polisi, Eric Kayiranga, mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru, yavuze ko Erlinder yamize uruvange rw\u2019ibinini nyuma yo kumenya <em>\u201cuburemere bw\u2019ibyo aregwa\u201d<\/em>!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umukobwa we Sarah Erlinder yabwiye BBC icyo gihe ati: <em>\u201cData ntabwo yari umuntu watekereza kwiyahura. Ubu duhangayikishijwe n&#8217;uko ibyo ari byo bishyiraho urufatiro rw&#8217;ikindi kintu cyamubaho kitirirwa kwiyahura. \u201d<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Erlinder yaje kurekurwa mu bishobora kuba amasezerano ya leta y\u2019u Rwanda n\u2019abanyamerika. Erlinder, wari umaze imyaka ashyizwe mu mpuguke mu bijyanye n\u2019amategeko y\u2019u Rwanda, yaracecetse kugeza uyu munsi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tugaruke ku kibazo cya Idamange, kimwe cyagaragaye mu ntangiriro y\u2019iyi nkuru. Ibisobanuro bya Polisi kuri we ntibyatunguranye kuko ijambo &#8220;ubusazi&#8221; ryakoreshejwe kuri we ako kanya. Ariko urebye ibihe byakurikiranye mu bibazo byabanjirije abantu byiswe &#8216;umusazi&#8217;, Idamange ntabwo azaba uwa nyuma.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nubwo uburwayi bwo mu mutwe ari ukuri, politiki n&#8217;amateka byo kubona &#8216;&#8221;ibisazi&#8221;, no gushyira ikimenyetso cyabyo ku batinyuka kuvuga ibitandukanye n\u2019iby\u2019ubuyobozi bwemeje, bimaze igihe kandi bishinze imizi. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Byacukumbuwe bwa mbere mu myaka myinshi ishize n\u2019umuhanga mu bya filozofiya Michel Foucault mu gitabo yise, (\u201c<em>Madness and Civilization: A History of Insanity in the Age of Reason)<\/em>. Iyo ndwara iracyaturimo!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Inkuru dukesha ikinyamakuru<\/em><strong><em> <a href=\"https:\/\/www.chronicles.rw\/2021\/02\/18\/unpacking-broader-politics-of-madness-in-arrest-of-idamange-yvonne\/\">The Chronicles<\/a> <\/em><\/strong><em>yahinduwe mu Kinyarwanda na<\/em><strong><em> Erasme Rugemintwaza<\/em><\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umubyeyi w&#8217;imyaka 42 ufite abana bane, Idamange Iryamugwiza Yvonne ari mu maboko y\u2019ibiro bishinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB), aho ategereje gukurikiranwa no gukorerwa ibizamini by\u2019uburwayi bwo mu mutwe nyuma yo kugaragara mu mashusho y\u2019urubuga rwa YouTube anenga politiki ya Leta iri ku butegetsi mu Rwanda.&nbsp; Mu mugoroba wo kuwa mbere tariki 15 Gashyantare, nibwo humvikanye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39747,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[80],"tags":[],"class_list":["post-39746","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibyo-twabasomeye-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umubyeyi w&#8217;imyaka 42 ufite abana bane, Idamange Iryamugwiza Yvonne ari mu maboko y\u2019ibiro bishinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB), aho ategereje gukurikiranwa no gukorerwa ibizamini by\u2019uburwayi bwo mu mutwe nyuma yo kugaragara mu mashusho y\u2019urubuga rwa YouTube anenga politiki ya Leta iri ku butegetsi mu Rwanda.&nbsp; Mu mugoroba wo kuwa mbere tariki 15 Gashyantare, nibwo humvikanye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-20T02:16:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-02-20T16:40:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-02.18.34.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"558\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"345\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"7 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/\",\"name\":\"Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-02.18.34.png\",\"datePublished\":\"2021-02-20T02:16:39+00:00\",\"dateModified\":\"2021-02-20T16:40:24+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-02.18.34.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-02.18.34.png\",\"width\":558,\"height\":345},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne - Umunyarwanda","og_description":"Umubyeyi w&#8217;imyaka 42 ufite abana bane, Idamange Iryamugwiza Yvonne ari mu maboko y\u2019ibiro bishinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB), aho ategereje gukurikiranwa no gukorerwa ibizamini by\u2019uburwayi bwo mu mutwe nyuma yo kugaragara mu mashusho y\u2019urubuga rwa YouTube anenga politiki ya Leta iri ku butegetsi mu Rwanda.&nbsp; Mu mugoroba wo kuwa mbere tariki 15 Gashyantare, nibwo humvikanye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-02-20T02:16:39+00:00","article_modified_time":"2021-02-20T16:40:24+00:00","og_image":[{"width":558,"height":345,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-02.18.34.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"7 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/","name":"Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-02.18.34.png","datePublished":"2021-02-20T02:16:39+00:00","dateModified":"2021-02-20T16:40:24+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-02.18.34.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-20-kl.-02.18.34.png","width":558,"height":345},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/politiki-yaguye-yo-gushyira-ku-bantu-ibisazi-mu-ifatwa-rya-idamange-yvonne\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Politiki yaguye yo gushyira ku bantu \u201cibisazi\u201d mu ifatwa rya Idamange Yvonne"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39746","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39746"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39746\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39751,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39746\/revisions\/39751"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39747"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39746"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39746"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39746"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}