{"id":39860,"date":"2021-02-24T23:55:30","date_gmt":"2021-02-24T21:55:30","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39860"},"modified":"2021-02-25T00:20:40","modified_gmt":"2021-02-24T22:20:40","slug":"idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/","title":{"rendered":"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30!"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Ben Barugahare<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N\u2019ubwo byacaga amarenga ko Idamange azashinjwa ibyaha byinshi gusumbya ibyavuzwe mu ikubitiro na Polisi y\u2019u Rwanda bigasubirwamo n\u2019Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha RIB akimara gutabwa muri yombi, ubu noneho mu byaha aregwa hiyongeyemo icyaha abaye Umunyarwanda wa mbere ugikurikiranyweho kuva cyashyirwa mu gitabo cy\u2019amategeko mpanabyaha.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Icyaha karundura gishya Madamu IDAMANGE aregwa kitarumvikana gishinjwa undi uwo ari we wese mu manza zicibwa mu Rwanda ni icyiswe <em>&#8220;ugusenya, konona cyangwa gutesha agaciro urwibutso rwa Jenoside cyangwa ahashyinguye imibiri y\u2019abazize Jenoside&#8221;.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki cyaha benshi batari bazi kigaragara mu itegeko N\u00ba 59\/2018 ryo ku wa 22\/8\/2018 ryerekeranye n\u2019icyaha cy\u2019ingengabitekerezo ya jenoside n\u2019ibyaha bifitanye isano na yo.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ingingo ya cumi y&#8217;iri tegeko igira iti:&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuntu ukora ku bushake kimwe mu bikorwa bikurikira:&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">1\u00ba&nbsp; Gusenya cyangwa konona urwibutso rwa jenoside cyangwa ahashyinguye imibiri y\u2019abazize jenoside;&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">2\u00ba&nbsp; Gusenya cyangwa konona ibimenyetso by\u2019urwibutso rwa jenocide cyangwa ahashyinguye imibiri y\u2019abazize jenoside;&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">3\u00ba&nbsp; Gutesha agaciro urwibutso rwa jenoside cyangwa ahashyinguye imibiri y\u2019abazize jenoside;&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Aba akoze icyaha. Iyo ahamijwe n\u2019urukiko gukora kimwe mu bikorwa bivugwa mu gika cya mbere cy\u2019iyi ngingo, ahanishwa igifungo kitari munsi y\u2019imyaka icumi (10) ariko kitarenze imyaka cumi n\u2019itanu (15) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW).&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki cyaha gishyizwe muri dosiye ye nyuma y&#8217;ubwega bwatejwe na Dr Bizimana Jean Damasc\u00e8ne uyobora Komisiyo yo kurwanya Jenoside CNLG, wavuze ko Idamange azakurikiranwaho gupfobya no guhakana Jenoside, akanongeraho ko Idamange ari umugome mubi kurusha abakoze Jenoside, kandi ko atazareberwa izuba ngo ni uko yacitse ku icumu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki cyaha kije cyiyongera ku cyaha cyo Guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, gihanishwa igifungo kiri hagati y&#8217;imyaka icumi na cumi n&#8217;itanu, nk&#8217;uko bigaragara mu itegeko No 68\/2018 ryo kuwa 30\/08\/2020 mu gitabo cy\u2019amategeko ateganya ibyaha n\u2019ibihano mu Rwanda, mu ngingo yaryo ya 204.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iki cyaha nacyo cyiyongera ku kindi cyiswe <em>&#8220;Gutangaza amakuru y\u2019ibihuha&#8221;<\/em>&nbsp; gihanishwa igifungo kiri hagati y&#8217;imyaka itatu n&#8217;itanu, n&#8217;ihazabu ishobora kugera kuri miliyoni eshatu z&#8217;amafaranga, nkuko bigaragara mu&nbsp; Itegeko N<sup>o<\/sup> 60\/2018 ryo kuwa 22\/8\/2018 ryerekeye gukumira no guhana ibyaha bikoreshejwe ikoranabuhanga, mu ngingo yaryo ya 39.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Icyaha cyo &nbsp;gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake nicyo cya kane akurikiranyweho muri dosiye yashyikirijwe ubushinjacyaha (Parquet), icyaha gihanishwa igifungo kiri hagati y&#8217;imyaka itatu na makumyabiri bitewe n&#8217;uko cyakozwe, nk&#8217;uko bigaragara mu No 68\/2018 ryo kuwa 30\/08\/2018 itegeko riteganya ibyaha n\u2019ibihano muri rusange, mu ngingo yaryo ya 121.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi byaha bine byashyikirijwe ubushinjacyaha muri dosiye ya Idamange bisimbuye ibyaha bitatu yari akurikiranyweho mbere. Biramutse byose bimuhamye hakabura n&#8217;impamvu nyoroshyacyaha, yahabwa igihano cy&#8217;igifungo kitari munsi y&#8217;imyaka 30.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuwa 16\/02\/2021 Umuvugizi wa RIB yari yatangaje ko Idamange Iryamugwiza Yvonne akurikiranyweho ibyaha bitatu:<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">-Guteza imvururu cyangwa imidugararo&nbsp; muri rubanda<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">-Gukubita cyangwa kugirira urugomo abayobozi mu nzego za Leta&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">-Kwigomeka ku buyobozi<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Icyo gihe Umuvugizi wa RIB Dr Thierry Murangira, yari yatangaje kandi ko Idamange agaragara nk&#8217;ufite uburwayi bwo mu mutwe, anongeraho ko ashobora kuzabusuzumwa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubushinjacyaha buramutse budahaye agaciro icyari cyiswe uburwayi bwo mu mutwe, dosiye ye yazashyikirizwa Urukiko agatangira kuburanishwa, mu gihe aramutse asuzumwe nk&#8217;umurwayi, ataburanishwa ibitaro bibifitiye ububasha bitaramenyekanisha ko ari muzima.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Idamange Iryamugwiza Yvonne yatawe muri yombi kuwa 15\/02\/2021, amategeko agena ko dosiye itarenza iminsi itanu muri RIB n&#8217;itanu mu Bushinjacyaha, ariko RIB yayishyikirije Ubushinjacyaha kuwa 22\/02\/2021, hashingiwe ku kuba haranyuzemo iminsi ya weekend.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Ben Barugahare N\u2019ubwo byacaga amarenga ko Idamange azashinjwa ibyaha byinshi gusumbya ibyavuzwe mu ikubitiro na Polisi y\u2019u Rwanda bigasubirwamo n\u2019Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha RIB akimara gutabwa muri yombi, ubu noneho mu byaha aregwa hiyongeyemo icyaha abaye Umunyarwanda wa mbere ugikurikiranyweho kuva cyashyirwa mu gitabo cy\u2019amategeko mpanabyaha. Icyaha karundura gishya Madamu IDAMANGE aregwa kitarumvikana gishinjwa undi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39319,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-39860","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Ben Barugahare N\u2019ubwo byacaga amarenga ko Idamange azashinjwa ibyaha byinshi gusumbya ibyavuzwe mu ikubitiro na Polisi y\u2019u Rwanda bigasubirwamo n\u2019Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha RIB akimara gutabwa muri yombi, ubu noneho mu byaha aregwa hiyongeyemo icyaha abaye Umunyarwanda wa mbere ugikurikiranyweho kuva cyashyirwa mu gitabo cy\u2019amategeko mpanabyaha. Icyaha karundura gishya Madamu IDAMANGE aregwa kitarumvikana gishinjwa undi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-24T21:55:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-02-24T22:20:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"528\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"442\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30!\",\"datePublished\":\"2021-02-24T21:55:30+00:00\",\"dateModified\":\"2021-02-24T22:20:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/\"},\"wordCount\":557,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/02\\\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\",\"articleSection\":[\"Rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/\",\"name\":\"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/02\\\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\",\"datePublished\":\"2021-02-24T21:55:30+00:00\",\"dateModified\":\"2021-02-24T22:20:40+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/02\\\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/02\\\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png\",\"width\":528,\"height\":442,\"caption\":\"Idamange Iryamugwiza Yvonne\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Ben Barugahare N\u2019ubwo byacaga amarenga ko Idamange azashinjwa ibyaha byinshi gusumbya ibyavuzwe mu ikubitiro na Polisi y\u2019u Rwanda bigasubirwamo n\u2019Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha RIB akimara gutabwa muri yombi, ubu noneho mu byaha aregwa hiyongeyemo icyaha abaye Umunyarwanda wa mbere ugikurikiranyweho kuva cyashyirwa mu gitabo cy\u2019amategeko mpanabyaha. Icyaha karundura gishya Madamu IDAMANGE aregwa kitarumvikana gishinjwa undi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-02-24T21:55:30+00:00","article_modified_time":"2021-02-24T22:20:40+00:00","og_image":[{"width":528,"height":442,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30!","datePublished":"2021-02-24T21:55:30+00:00","dateModified":"2021-02-24T22:20:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/"},"wordCount":557,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","articleSection":["Rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/","name":"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","datePublished":"2021-02-24T21:55:30+00:00","dateModified":"2021-02-24T22:20:40+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/02\/Skjermbilde-2021-02-03-kl.-21.54.19.png","width":528,"height":442,"caption":"Idamange Iryamugwiza Yvonne"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/idamange-yikorejwe-urusyo-rushyushye-azaruturwa-na-nde-idamange-ashobora-gufungwa-imyaka-30\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Idamange yikorejwe urusyo rushyushye, azaruturwa na nde? Ashobora gukatirwa imyaka 30!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39860","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39860"}],"version-history":[{"count":6,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39860\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39868,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39860\/revisions\/39868"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39319"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39860"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39860"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39860"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}