{"id":39953,"date":"2021-03-03T05:29:07","date_gmt":"2021-03-03T03:29:07","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39953"},"modified":"2021-03-03T05:36:42","modified_gmt":"2021-03-03T03:36:42","slug":"rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/","title":{"rendered":"Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019iminsi itandatu abanyamakuru bari mu Rwanda barimwe amakuru ku iyicwa rya Daniel Masengesho warasiwe muri Gereza ya Rusizi kuwa Gatatu w\u2019icyumweru gishize, ubuyobozi bw\u2019amagereza burashyize bwemera ko yarashwe n\u2019umucungagereza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Itangazo rya RCS kuri Twitter rivuga ko yarashwe yanze kumvira amabwiriza y\u2019abacungagereza bari baraye ku kazi.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-embed is-type-rich is-provider-twitter wp-block-embed-twitter\"><div class=\"wp-block-embed__wrapper\">\n<blockquote class=\"twitter-tweet\" data-width=\"550\" data-dnt=\"true\"><p lang=\"en\" dir=\"ltr\">At Rusizi Prison, a detainee named Masengesho Daniel attempted to escape at night, unfortunately the deceased resisted to the Prison guards on duty and this prompted his shooting resulting into his death.<\/p>&mdash; Rwanda Correctional Service (@RCS_Rwanda) <a href=\"https:\/\/twitter.com\/RCS_Rwanda\/status\/1366701659003445253?ref_src=twsrc%5Etfw\">March 2, 2021<\/a><\/blockquote><script async src=\"https:\/\/platform.twitter.com\/widgets.js\" charset=\"utf-8\"><\/script>\n<\/div><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iraswa ry\u2019uyu musore ryabayeho nyuma yo kuba muri Rusizi hamaze iminsi humvikana abantu bicwa mu buryo budasobanutse, bamwe bakagwa muri kasho za Polisi, abandi bakicwa bagifatwa, ariko bikagirwa ibanga rikomeye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umukecuru umwe utashatse ko amazina ye ajya ahabona yatangarije The Rwandan ko amaze gupfusha abasore babiri mu buryo atigeze asobanukirwa. Umwe umurambo we watoraguwe hafi y\u2019umugezi wa Rusizi mu Bugarama, undi nawe yaburiwe irengero abaturanyi be baramubwira ngo akureyo amaso ngo kuko umuntu wese winjiye muri Nyungwe ntagaruke ibye biba byarangiye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu mukecuru yongeraho ko abagabo n\u2019abasore bo muri Rusizi bahindutse ibikange bahorana ubwoba bwinshi, kuko buri gihe uko habaye umukwabu wo kwikanga abacengezi (niyo mvugo yakoresheje), abasirikare n\u2019abapolisi bakusanya abagabo n\u2019abasore bakabajyana, bakagaruka bavuga ko bakubiswe bikomeye ngo basabwa gutanga amakuru y\u2019abatera u Rwanda, kuko ngo babashinja kubacumbikira no kubagemurira.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu kwezi gushize uwitwa Jo\u00ebl Nsekanabo yiciwe muri kasho ya Police, nyuma y\u2019ibyumweru bibiri byari bishize ashimuswe, Police n\u2019Ubugenzacyaha (RIB ) bagatsembera umuryango we ko batigeze bamuca iryera. Nyamara abe bamubonye afatwa, bahamyaga ko yatwawe n\u2019abapolisi. Urupfu rwe rwamenyekanye ubwo Polisi yahamagariraga umuryango we kujya gutwara umurambo, kuko ngo yari yiyahuriye muri kasho, bakanongeraho ko ngo yari akurikiranyweho gutunga imbunda, ibyo umuryango we uhakana.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru The Rwandan yashoboye kubona ni uko mu ntangiriro z\u2019umwaka hari abarwanyi binjiye mu baturage\u00a0 mu duce twegereye ishyamba rya Nyungwe, igisirikare cy\u2019u Rwanda kikahagota , abafashwe bose bakiyerekana nk\u2019abasivili, kandi ngo nyamara amakuru yari yageze ku ngabo yavugaga ko baje bafite ibirwanisho birimo n\u2019imbunda. Kutamenya aho imbunda zarigitiye byabereye umuzigo ukomeye abatuye Rusizi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Izi mbunda zidatangazwa umubare zaba zarinjiye mu baturage, ni zo bamwe bari kuryozwa, ukoze ikosa wese akazigerekwaho, ku buryo bigeze aho abagabo bamwe bataye ingo zabo bakajya kuba bihishe i Bukavu mu gihe bategereje ko iyo mikwabu idasanzwe kandi ihoraho muri Rusizi na Nyamasheke yagabanuka. Bamwe bafatwa nta n&#8217;ikosa bakozwe, ahubwo bazira ko hari uwatungiye agatoki inzego z\u2019umutekano, nyamara ari nta cyaha na kimwe yakoze.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyi mikwabu ikorwa kenshi inateza igihombo amazu acumbikira abantu (logdes), kuko yo asakwa hafi ya buri munsi, bakabyutsa ababa barimo bose, bakababaza ibibazo bimeze nk\u2019ibyo mu bushinjacyaha cyangwa mu nkiko, kandi ngo iyo bababyukije bamara amasaha atari munsi y\u2019abiri bataremererwa kongera kuryama.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Undi na we utashatse ko amazina ye atagazwa avuga ko impamvu ituma abagabo n\u2019abasore bashaka uko baba bavuye muri Rusizi biterwa n\u2019uko kugezwa imbere y\u2019Ubutabera ari amahirwe atagitangwa, kuko ngo inzego z\u2019umutekano zababwiye ko nta mwanya wo gutakaza kuri haduyi zigifite, ko uzakekwaho kwifatanya n\u2019umwanzi wese azajya ahanwa nk\u2019umwanzi, atagombye kujyanwa mu nkiko. Ibi kandi ngo bakaba banabyibutswa kenshi na ba Mutwarasibo baba babivanye mu nama z\u2019umutekano bahoramo, kuko ngo ari kenshi ba Gitifu b\u2019umurenge bahamagarwa igitaraganya mu nama ziba ziyobowe n\u2019ukuriye ingabo mu karere, ukuriye Police n\u2019abashinzwe ubutasi n\u2019iperereza, ibyo bategetswe nabo bakabitegeka ba mudugudu na ba mutwarasibo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uwaduhaye amakuru yagize ati <em>\u201cMu magambo make, akarere ka Rusizi kari mu bihe bidasanzwe nk\u2019ibyashyizwe ku baturage ba Ruhengeri na Gisenyi mu gihe cyitwaga icy\u2019abacengezi.\u201d<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uku kwicwa kw\u2019abafatwa batagejejwe imbere y\u2019inkiko, biratera na none bamwe kwibaza niba koko igihano cy\u2019urupfu cyaravuyeho mu Rwanda, cyangwa se niba cyarahanaguwe mu mategeko gusa, ariko mu ngiro kikaba gikomeje gutangwa, kikanahabwa abataburanishijwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Aya makuru kandi aje asanga ibikorwa by&#8217;ubugizi bwa nabi bikorwa n&#8217;abambaye imyenda y&#8217;igisirikare cy&#8217;u Rwanda aho bambura abaturage, bakabatera mu mago yabo, ibi bikorwa bikaba bimaze gukaza umurego muri iki gihe cya <em>Guma mu rugo<\/em> imwe mu ngamba zafashwe na Leta y&#8217;u Rwanda ivuga ko zigamije gukumira ubwandu bw&#8217;icyorezo cya Covid-19.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Nyuma y\u2019iminsi itandatu abanyamakuru bari mu Rwanda barimwe amakuru ku iyicwa rya Daniel Masengesho warasiwe muri Gereza ya Rusizi kuwa Gatatu w\u2019icyumweru gishize, ubuyobozi bw\u2019amagereza burashyize bwemera ko yarashwe n\u2019umucungagereza. Itangazo rya RCS kuri Twitter rivuga ko yarashwe yanze kumvira amabwiriza y\u2019abacungagereza bari baraye ku kazi.\u00a0 Iraswa ry\u2019uyu musore ryabayeho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":15122,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[37],"tags":[],"class_list":["post-39953","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Nyuma y\u2019iminsi itandatu abanyamakuru bari mu Rwanda barimwe amakuru ku iyicwa rya Daniel Masengesho warasiwe muri Gereza ya Rusizi kuwa Gatatu w\u2019icyumweru gishize, ubuyobozi bw\u2019amagereza burashyize bwemera ko yarashwe n\u2019umucungagereza. Itangazo rya RCS kuri Twitter rivuga ko yarashwe yanze kumvira amabwiriza y\u2019abacungagereza bari baraye ku kazi.\u00a0 Iraswa ry\u2019uyu musore ryabayeho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-03T03:29:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-03-03T03:36:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/rusizi.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"250\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"145\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/\",\"name\":\"Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/rusizi.png\",\"datePublished\":\"2021-03-03T03:29:07+00:00\",\"dateModified\":\"2021-03-03T03:36:42+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/rusizi.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/rusizi.png\",\"width\":250,\"height\":145},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Nyuma y\u2019iminsi itandatu abanyamakuru bari mu Rwanda barimwe amakuru ku iyicwa rya Daniel Masengesho warasiwe muri Gereza ya Rusizi kuwa Gatatu w\u2019icyumweru gishize, ubuyobozi bw\u2019amagereza burashyize bwemera ko yarashwe n\u2019umucungagereza. Itangazo rya RCS kuri Twitter rivuga ko yarashwe yanze kumvira amabwiriza y\u2019abacungagereza bari baraye ku kazi.\u00a0 Iraswa ry\u2019uyu musore ryabayeho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-03-03T03:29:07+00:00","article_modified_time":"2021-03-03T03:36:42+00:00","og_image":[{"width":250,"height":145,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/rusizi.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/","name":"Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/rusizi.png","datePublished":"2021-03-03T03:29:07+00:00","dateModified":"2021-03-03T03:36:42+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/rusizi.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2016\/08\/rusizi.png","width":250,"height":145},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rusizi-icyoba-cyimbunda-mu-baturage-kiri-gutuma-leta-ihoza-ku-nkeke-abagabo-nabasore\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Icyoba cy\u2019imbunda mu baturage kiri gutuma Leta ihoza ku nkeke abagabo n\u2019abasore"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39953","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39953"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39953\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39957,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39953\/revisions\/39957"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15122"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39953"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39953"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39953"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}