{"id":39987,"date":"2021-03-04T05:45:28","date_gmt":"2021-03-04T03:45:28","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=39987"},"modified":"2021-03-04T05:45:31","modified_gmt":"2021-03-04T03:45:31","slug":"rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/","title":{"rendered":"Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Arnold Gakuba<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikibazo cy\u2019ivangura mu nzego zitandukanye z\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda cyakomeje gukaza umurego. Ubu noneho cyashinze imizi mu burezi, aho bamwe batekerezaga ko kitahabona ubwanya ku mpamvu nyinshi harimo nko kuba uburezi ari rumwe mu nzego z\u2019u Rwanda zahembaga imishahara y\u2019intica ntikize. Abahanga mu by\u2019uburezi bo memezaga ko uburezi ari inkingi ya mwamba y\u2019iterambere, bityo bakibaza bati \u2018<em>\u2019Hagiyemo ivangura mu burezi bwasubira inyuma\u2019\u2019<\/em>. Ababitekerezaga biyibagizaga ko ingoma ya FPR ntacyo iby\u2019ireme ry\u2019uburezi biyibwiye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Buri wese usoma iyi nkuru yakwibaza ati <em>\u2018\u2019Ese ivangura mu burezi rivugwa kandi ryavuye he? Rishingiye kuki\u00a0?\u2019\u2019<\/em> <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Werurwe 2021, umunyamakuru wa <em>The Rwandan<\/em> yagiranye ikiganiro kirambuye n\u2019umwe mu barimu bakoze ibizamini by\u2019akazi, akaba atashatse ko dutangaza amazina ye ku bw\u2019ubutekano we, maze atubwira muri make akarengane kari mu itangwa ry\u2019akazi ko kwigisha mu mashuri yisumbuye ya Leta mu Rwanda muri iki gihe. Tubibutse ko ibizamini by\u2019akazi ko kwigisha mu mashuri yose ya Leta byatangwaga n\u2019uturere nyuma bikaza kwimurirwa mu Kigo cy\u2019Igihugu Gishinzwe Uburezi (Rwanda Education Board\/REB) ngo hagamijwe guca akarengane mu gutanga akazi mu burezi. Byahe byo kajya!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu mwarimu ufite uburambe mu kazi ko kwigisha mu mashuri yisumbuye akaba afite impamyabumenyi cy\u2019icyiciro cya mbere cya Kaminuza (A1) (ibyo yize nabyo reka tubigire ibanga ku bw\u2019umutekano we), yabwiye <em>The Rwandan<\/em> ko yakoze ikizamini cy\u2019akazi akagitsinda neza cyane (kuko yatweretse n\u2019amanota yagize mu kizamini ari hejuru ya 90 ku ijana) kandi ku ma lisiti y\u2019amanota tweretswe rwose hariho ko yatsinze ikizamini (Pass), nyamara hamwe na bagenzi be bafatanije ikibazo bategereza ko bahabwa imyanya y\u2019akazi na n\u2019ubu amaso yaheze mu kirere.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019uko bamenya ko abandi bakoranye ibizamini by\u2019akazi bashyizwe mu myanya, uwo mwarimu ndetse na bagenzi be bahuje ikibazo berekeje ku Kigo Gishinzwe Uburezi (REB), cyane cyane ko amanota bagize yari yaratangajwe, bagamije kumenya igihe bazagira mu kazi. Abo barimu bashubijwe ko batari mu bagomba kubona akazi n\u2019ubwo bwose batsinze ibizamini. Nyuma yo gusaba ibisobanuro kenshi ari nako batakaza amatike n\u2019umwanya, abo barimu babwiwe ko batagomba guhabwa akazi kubera ko badafite ibyangombwa byatanzwe n\u2019amashuri yisumbuye na za Kaminuza byo mu Rwanda. Basobanuriwe ko ngo mu rwego rwo kurinda ubukungu bw\u2019igihugu (protectionnisme \u00e9conomique) batagombaga kujya kwiga ahandi kandi mu Rwanda naho hari amashuri. Bati \u2018<em>\u2019mwagiye guteza imbere ubukungu bw\u2019ibindi bihugu niyo mpamvu tutabaha akazi<\/em>\u2019\u2019.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>The Rwandan<\/em> yifuje kumenya ny\u2019ir&#8217;izina uko icyo kibazo giteye. Uwo mwarimu yatubwiye ko abenshi bimwe akazi ari abari bafite ibyangombwa byatanzwe n\u2019amashuri makuru na za Kaminuza za Uganda. Nyuma yo kugira impungenge z\u2019abanyarwanda benshi bize muri Uganda, umunyamakuru yabwiwe ko abari mu kazi mbere ya 2019 nta kibazo bafite ko bakikarimo. Ikibazo rero gifite abarimu bashaka kwinjizwa mu kazi nyuma y\u2019uwo mwaka. Ikindi kandi ngo n\u2019ababa baroherejwe na Leta kujya kwiga mu bindi bihugu icyo kibazo nabo ntikibareba. Mwiyumvire namwe iryo vangura mu mirimo.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tuributsa ko mu mwaka wa 2019 aribwo umubano w\u2019U Rwanda na Uganda watangiye kugenda biguru ntege, aho imipaka yafunzwe abanyarwanda bakabuzwa uburenganzira bwabo bwo kujya mu bihugu bikikije u Rwanda cyane cyane igihugu cya Uganda kugeza ubwo covid-19 yaje noneho bigakaza umurego. Ikibazo cyo kwima akazi rero abarimu bafite ibyangombwa byatanzwe na za Kaminuza za Uganda byaba bifitanye isano n\u2019umubano utari mwiza hagati ya Leta y\u2019u Rwanda n\u2019iya Uganda. Ikibabaje kurusha ibindi byose ni uko abo bimwe akazi nta n\u2019uburenganzira bafite bwo gusohoka mu gihugu ngo bajye gushaka akazi ahandi. Ese bazabaho bate?\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu by\u2019ukuri, ubukene, inzara, gutotezwa ndetse n\u2019irindi hohoterwa ry\u2019ubwoko butandukanye nibyo byibasiye icyo cyiciro cy\u2019abanyarwanda bakoze iyo bwabaga babikuye mu mbaraga zabo ngo bongere ubumenyi bagamije gutegura ejo habo heza, none Leta ya Paul Kagame iti \u2018<em>\u2019murapfe urwo mwagapfuye<\/em>\u2019\u2019. Uburezi rero nabwo bwibasiwe n\u2019ivangura. Ese amaherezo azaba ayahe? \u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Ikibazo cy\u2019ivangura mu nzego zitandukanye z\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda cyakomeje gukaza umurego. Ubu noneho cyashinze imizi mu burezi, aho bamwe batekerezaga ko kitahabona ubwanya ku mpamvu nyinshi harimo nko kuba uburezi ari rumwe mu nzego z\u2019u Rwanda zahembaga imishahara y\u2019intica ntikize. Abahanga mu by\u2019uburezi bo memezaga ko uburezi ari inkingi ya mwamba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":39988,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-39987","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Ikibazo cy\u2019ivangura mu nzego zitandukanye z\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda cyakomeje gukaza umurego. Ubu noneho cyashinze imizi mu burezi, aho bamwe batekerezaga ko kitahabona ubwanya ku mpamvu nyinshi harimo nko kuba uburezi ari rumwe mu nzego z\u2019u Rwanda zahembaga imishahara y\u2019intica ntikize. Abahanga mu by\u2019uburezi bo memezaga ko uburezi ari inkingi ya mwamba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-04T03:45:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-03-04T03:45:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Dr-Uwamariya-Valentine.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"544\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/\",\"name\":\"Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Dr-Uwamariya-Valentine.jpg\",\"datePublished\":\"2021-03-04T03:45:28+00:00\",\"dateModified\":\"2021-03-04T03:45:31+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Dr-Uwamariya-Valentine.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Dr-Uwamariya-Valentine.jpg\",\"width\":800,\"height\":544,\"caption\":\"Dr Uwamariya Valentine Ministre w\u2019Uburezi\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Ikibazo cy\u2019ivangura mu nzego zitandukanye z\u2019igihugu cy\u2019u Rwanda cyakomeje gukaza umurego. Ubu noneho cyashinze imizi mu burezi, aho bamwe batekerezaga ko kitahabona ubwanya ku mpamvu nyinshi harimo nko kuba uburezi ari rumwe mu nzego z\u2019u Rwanda zahembaga imishahara y\u2019intica ntikize. Abahanga mu by\u2019uburezi bo memezaga ko uburezi ari inkingi ya mwamba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-03-04T03:45:28+00:00","article_modified_time":"2021-03-04T03:45:31+00:00","og_image":[{"width":800,"height":544,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Dr-Uwamariya-Valentine.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/","name":"Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Dr-Uwamariya-Valentine.jpg","datePublished":"2021-03-04T03:45:28+00:00","dateModified":"2021-03-04T03:45:31+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Dr-Uwamariya-Valentine.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Dr-Uwamariya-Valentine.jpg","width":800,"height":544,"caption":"Dr Uwamariya Valentine Ministre w\u2019Uburezi"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ivangura-mu-gutanga-akazi-mu-burezi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: ivangura mu gutanga akazi mu burezi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39987","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=39987"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39987\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":39989,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/39987\/revisions\/39989"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/39988"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=39987"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=39987"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=39987"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}