{"id":402,"date":"2012-07-19T23:38:14","date_gmt":"2012-07-19T21:38:14","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=402"},"modified":"2012-07-19T23:38:35","modified_gmt":"2012-07-19T21:38:35","slug":"muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/","title":{"rendered":"Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira."},"content":{"rendered":"<p>Kuva mu mpera z\u2019icyumweru gishize leta ya FPR yatangiye igikorwa cyo kugaburira abafungwa ibiryo yise ibyo \u201cmu ruganda\u201d. Muri gereza zatangiriweho harimo na Gereza ya Gitarama, ariko nkuko amakuru ahaturuka abyemeza ngo kuva batangira kurya ibyo biryo ku munsi wo kuwa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2012 kugeza uyu munsi tariki ya 17 ngo ibyo biryo bimaze guhitana abagera kuri barindwi abandi bakaba bari mu bitaro bari kuvurwa.<!--more--><\/p>\n<figure id=\"attachment_404\" aria-describedby=\"caption-attachment-404\" style=\"width: 368px\" class=\"wp-caption alignright\"><a href=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/hjyf.png\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-404\" title=\"hjyf\" src=\"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/hjyf.png\" alt=\"\" width=\"368\" height=\"276\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/hjyf.png 368w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2012\/07\/hjyf-300x225.png 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 368px) 100vw, 368px\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-404\" class=\"wp-caption-text\"><em>Bamwe mu babyeyi bafunganye n&#8217;abana babo<\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Uwaduhaye amakuru ariko utashatse ko tumuvuga amazina ye kubera impamvu z\u2019umutekano we yatubwiye ko abo bahitanwe n\u2019ibyo biryo bafashwe bacibwamo bikomeye ku buryo banitumaga amaraso, ikindi ngo ni uko ibyo biryo biba bitanahiye cyane cyane ko ngo bigaragara ko n\u2019uburyo biteguwemo buteye amakenga. Yagize ati \u00ab turatekereza ko ibi biryo bishobora kuba byaratekeshejwe \u201cproduits\u201dcyangwa indi myanda idahuje n\u2019imikorere n\u2019imimerere y\u2019umubiri w\u2019umuntu akaba ariyo mpamvu birimo gutera ingaruka zikomeye harimo no kwambura abantu ubuzima\u201d.<\/p>\n<p>Twamubajije niba nta ngamba zafashwe n\u2019ubuyobozi bwa gereza ya Gitarama atubwira ko guhera ejo hashize ni mugoroba nyuma yaho abafungwa bamaze kubona ko bagiye gushirira ku icumu batangiye kwanga kurya ibyo biryo, maze ubuyobozi bwa gereza bwabona ko ibyo bintu biri bubyare ikibazo gikomeye nibiramuka bimenyekanye maze ngo bubatekera ibigori bisanzwe. Gusa ngo impungenge ni zose kubahafungiye ku buryo abashobora kubona uburyo batumaho imiryango yabo ngo ubu barimo gutabaza kubera impungenge zo kuburira ubuzima mu iriya gereza bazize ibiryo \u201cby\u2019ibikorano\u201d.<\/p>\n<p>Reka twibutse abantu ko n\u2019ubundi mu minsi yashize havugwaga inzara ikomeye muri za gereza zo mu Rwanda aho ngo ibyo kurya byo gutekera abafungwa byavugwaga ko byabuze ku buryo muri gereza zimwe abahafungiye bari bahawe uruhushya rwo gutuma ku miryango yabo ngo bababazanire ibyo guteka, ibi bikaba byaravuzwe cyane muri gereza ya Mpanga.<\/p>\n<p>Twizere ko ibyo biryo biri guhitana ubuzima bw\u2019abantu biri buhagarikwe kandi ba nyiri izo nganda bagakurikiranwa ku bw\u2019impamvu z\u2019ingaruka z\u2019izo ngirwa biryo. Twizere kandi ko ibyo biryo ababikoze batari bari mu igerageza kuko abafungwa ataribo bakwiriye kugeragezwaho ikintu runaka kandi gishobora no kubambura ubuzima.<\/p>\n<p><em>Source:Rwanda in Liberation Process<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuva mu mpera z\u2019icyumweru gishize leta ya FPR yatangiye igikorwa cyo kugaburira abafungwa ibiryo yise ibyo \u201cmu ruganda\u201d. Muri gereza zatangiriweho harimo na Gereza ya Gitarama, ariko nkuko amakuru ahaturuka abyemeza ngo kuva batangira kurya ibyo biryo ku munsi wo kuwa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2012 kugeza uyu munsi tariki ya 17 ngo ibyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":403,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[64,63],"tags":[],"class_list":["post-402","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira. - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira. - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuva mu mpera z\u2019icyumweru gishize leta ya FPR yatangiye igikorwa cyo kugaburira abafungwa ibiryo yise ibyo \u201cmu ruganda\u201d. Muri gereza zatangiriweho harimo na Gereza ya Gitarama, ariko nkuko amakuru ahaturuka abyemeza ngo kuva batangira kurya ibyo biryo ku munsi wo kuwa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2012 kugeza uyu munsi tariki ya 17 ngo ibyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2012-07-19T21:38:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2012-07-19T21:38:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/\",\"name\":\"Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira. - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2012-07-19T21:38:14+00:00\",\"dateModified\":\"2012-07-19T21:38:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":\"400\",\"height\":\"322\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira.\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira. - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira. - Umunyarwanda","og_description":"Kuva mu mpera z\u2019icyumweru gishize leta ya FPR yatangiye igikorwa cyo kugaburira abafungwa ibiryo yise ibyo \u201cmu ruganda\u201d. Muri gereza zatangiriweho harimo na Gereza ya Gitarama, ariko nkuko amakuru ahaturuka abyemeza ngo kuva batangira kurya ibyo biryo ku munsi wo kuwa gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2012 kugeza uyu munsi tariki ya 17 ngo ibyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2012-07-19T21:38:14+00:00","article_modified_time":"2012-07-19T21:38:35+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/","name":"Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira. - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2012-07-19T21:38:14+00:00","dateModified":"2012-07-19T21:38:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":"400","height":"322"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/muri-gereza-ya-gitarama-abafungwa-7-ngo-nibo-bamaze-kwitaba-imana-bazira-ibiryo-bishya-leta-ya-kigali-isigaye-ibagaburira\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muri gereza ya Gitarama abafungwa 7 ngo nibo bamaze kwitaba Imana bazira ibiryo bishya leta ya KIGALI isigaye ibagaburira."}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/402","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=402"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/402\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=402"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=402"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=402"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}