{"id":40295,"date":"2021-03-19T23:26:27","date_gmt":"2021-03-19T21:26:27","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40295"},"modified":"2021-03-19T23:26:28","modified_gmt":"2021-03-19T21:26:28","slug":"mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/","title":{"rendered":"Mitsindo Viateur:  iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Na <strong>Arnold Gakuba<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru Idukesha Ikinyamakuru <em>Umubavu.com<\/em> avuga ko Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Gasabo rwakatiye Mitsindo Viateur gufungwa iminsi 30 aho ashinjwa ibyaha bitandukanye birimo icyo kurema umutwe w\u2019ingabo utemewe cyangwa kuwujyamo no kuba mu mutwe w\u2019iterabwoba.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubushinjacyaha buvuga ko Mitsindo Viateur kandi ashinjwa gukora no kugira uruhare mu bikorwa by\u2019iterabwoba, kugambana no gushishikariza abandi gukora igikorwa cy\u2019iterabwoba, ubugambanyi ku cyaha cyo kugirira nabi ubutegetsi buriho cyangwa Perezida wa Repubulika.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibindi byaha ashinjwa harimo gushyiraho umutwe w\u2019abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo, ibyaha biteganywa kandi bigahanishwa n\u2019ingingo ya 200, 18, 19, 20, 203 n\u2019iya 224 z\u2019 itegeko no 68\/2018 ryo kuwa 30\/8\/2018 riteganya ibyaha n\u2019ibihano muri rusange n\u2019 itegeko no 46\/2018 ryo kuwa 13\/8\/2018 ryerekeye kurwanya iterabwoba.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubushinjacyaha bukomeza buvuga ko Mitsindo Viateur yakomeje guchatinga (kugirana ibiganiro) n\u2019abitwa, Ancilla Gasasira, Patrick Kibirira, Jean Paul Karane, Sylvie Mukankiko, Karasira Amabilisi, Mushinzimana G. Fabien, Kasawuti Kasanova nabo bakaba abayoboke ba Gasana Anastase bafatanya mu gutegura ibikorwa by\u2019Iterabwoba, by\u2019ubugambanyi n\u2019ibikorwa byo kurema umutwe w\u2019ingabo zitemewe. Ngo Mitsindo Viateur akaba yandikaga muri iryo tsinda bigaragaza ko yari ashyigikiye umugambi wabo ndetse ko yari aniteguye kugira ibikorwa atangiza mu Rwanda abitewemo inkunga nabavuzwe haruguru nk\u2019aho akinjiramo yabanje kubaza uko itsinda riteye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubwo yitabaga urukiko Viateur yitabye urukiko yiburanira avuga ko ibyaha byose akekwaho ntabyo yakoze, asobanura ko we ari umusportif ndetse ko afite ikipe y\u2019aba acrobats yitwa \u201c<em>Rwanda la crique du Soleil 3+<\/em>\u201d ikorera mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Nyarugunga ari naho we n\u2019umuryango we batuye. Akomeza avuga ko afite indi kipe mu Karere ka Nyaruguru \u2013Runyombyi ahahoze hitwa Nshili.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mitsindo Viateur kandi yasobanuriye urukiko ko mu mwaka wa 2019, ikipe ye, yari kuzajya gukina mu gihugu cya Benin ku rwego rw\u2019Afrika, yahawe ubutumire, abishyikiriza Leta y\u2019u Rwanda ariko yanga kumuha uruhushya n\u2019 ikipe ye, aza gupostinga kuri Facebook agaragaza ko atakigiyeyo, abakunzi be nibwo batangiye kumwihanganisha, bamufata mu mugongo, ariko ko atari azi ko harimo abadakunda igihugu kubera ko yarafite abamukurikiraga bagera ku bihumbi bitanu. Yasabye ko yafungurwa agakurikiranwa ari hanze kuko ibyaha akekwaho ntabyo yakoze.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bamwe mu bagaragazwa mu rubanza rwa Mitsindo Viateur bababajwe cyane n\u2019ibirego biregwa uwo mugabo. Baratangazwa cyane kuregwa ko atoza abashaka guhirika ubutegetsi bwa Paul Kagame kandi imyitozo akorera mu itsinda ry\u2019abana b\u2019acrobates rizwi na buri wese. Ese wakora umutwe wo guhirika ubutegetsi maze ukaba uzwi na buri wese kandi uwufitiye ibyangombwa bitangwa na Leta, dore ko \u201c<em>Rwanda la crique du Soleil 3+<\/em>\u201d ya Mitsindo Viateur izwi n\u2019ubuyobozi?\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Urukiko rumaze gusesengura impamvu zikomeye zagaragajwe n\u2019ubushinjacyaha ndetse no kumva uko uregwa yireguye, rushingiye kandi ku ngingo y\u2019amategeko yagaragajwe haruguru, rurasanga uregwa Mitsindo Viateur, hari impamvu zikomeye zituma acyekwaho icyaha cyo kurema umutwe w\u2019ingabo utemewe cyangwa kuwujyamo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma yo gusuzuma ibyavuzwe n\u2019impande zombi urukiko tariki 23 Gashyantare 2021, rwanzuye ko hari impamvu zikomeye kandi zihagije zituma Mitsindo Viateur akekwaho ibyaha byo kurema umutwe w\u2019ingabo utemewe cyangwa kuwujyamo, kuba mu mutwe w\u2019iterabwoba, gukora no kugira uruhare mu bikorwa by\u2019iterabwoba, kugambana no gushishikariza abandi gukora igikorwa cy\u2019iterabwoba, gushyiraho umutwe w\u2019abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo akurikiranyweho. Urukiko kandi rwavuze ko hari impamvu zikomeye kandi zihagije zituma Mitsindo Viateur w\u2019imyaka 39 y\u2019amavuko akurikiranwa afunze igihe cy\u2019iminsi mirongo itatu (30).&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Twibutse ko abaregwa mu rubanza rwa Mitsindo Viateur bemeza ko bataziranye na gato ko ndetse n\u2019itsinda rya WhatsApp bavugako bahuriyeho nta ryigeze ribaho. Umwe muri bo yagize ati <em>\u201cNgo mfite umutwe w\u2019iterabwoba ntazi no kurasa, nta n\u2019idolari 1 mfite\u201d.<\/em> Aha yashakaga kwerekana ko kurema umutwe w\u2019iterabwoba hari icyo bisaba birimo kuba hari icyo uzi ku bya gisirikare kandi ukaba ufite ubushobozi mu buryo bw\u2019ubukungu.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abaregwa mu rubanza rwa Mitsindo kandi bagaragaza ko ari umunyasiporo w\u2019umwuga. Baremeza rero yaba azira impano (tallents) ze kuko ngo FPR-Inkotanyi zitishimira umuntu wese ufite impano zishobora gutuma yatera imbere. Bakomeza bavuga ko Mitsindo Viateur ari umugabo w\u2019umuhanga mu birebana n\u2019ibidukikije aho yarimo yandika igitabo yise \u201c<em>Inyamanswa, Ibimera n\u2019Abantu<\/em>\u201d. Baremeza ko iki gitabo gifite umwimerere kibaka cyari kigiye kuzahagurutsa isi, bikaba byari buzamuheshe amahirwe menshi mu buzima. Bityo rero FRP-Inkotanyi n\u2019abambari bayo baka bakomye uwo mushinga mu nkokora. Ngo si Mitsindo Viateur rero wenyine waba azira ubushobozi bwe kuko hari n\u2019abandi benshi DMI yagiye irigisa kuri izo mpamvu. Aha havugwamo n\u2019umunyasiporo Cyiza Jean Pierre\u00a0 nawe wishwe.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Urwego rw\u2019Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko Mitsindo Viateur yatawe muri yombi tariki 17 Ugushyingo 2020, icyo gihe rwavuze ko akekwaho gukorana n\u2019imitwe y\u2019iterabwoba iri hanze y\u2019igihugu, ni nyuma y\u2019iminsi umuryango we utangaje ko yaburiwe irengero. Ibi byo gufata abantu bagafungwa rwihishwa abo mi miryango yabo batabizi bakaba byeze cyane kuri Leta ya Kagame. Hari rero n\u2019igihe umuntu afatwa ashimuswe bikazarangira abuze burundu. Inzego z\u2019umutekano w\u2019u Rwanda zaba zikora ahubwo nk\u2019imitwe y\u2019iterabwoba kuko niyo dusanzwe tuzi ko ishimuta abantu. Ubutabera bw\u2019u Rwanda nabwo ibyo bukora ni agahomamunwa. Ese umuntu ashyikirizwa inzego z\u2019ubucamanza yarashimuswe agacibwa urubanza gute koko? Ni akumiro!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Na Arnold Gakuba Amakuru Idukesha Ikinyamakuru Umubavu.com avuga ko Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Gasabo rwakatiye Mitsindo Viateur gufungwa iminsi 30 aho ashinjwa ibyaha bitandukanye birimo icyo kurema umutwe w\u2019ingabo utemewe cyangwa kuwujyamo no kuba mu mutwe w\u2019iterabwoba. Ubushinjacyaha buvuga ko Mitsindo Viateur kandi ashinjwa gukora no kugira uruhare mu bikorwa by\u2019iterabwoba, kugambana no gushishikariza abandi gukora [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40296,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-40295","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Na Arnold Gakuba Amakuru Idukesha Ikinyamakuru Umubavu.com avuga ko Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Gasabo rwakatiye Mitsindo Viateur gufungwa iminsi 30 aho ashinjwa ibyaha bitandukanye birimo icyo kurema umutwe w\u2019ingabo utemewe cyangwa kuwujyamo no kuba mu mutwe w\u2019iterabwoba. Ubushinjacyaha buvuga ko Mitsindo Viateur kandi ashinjwa gukora no kugira uruhare mu bikorwa by\u2019iterabwoba, kugambana no gushishikariza abandi gukora [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-19T21:26:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-03-19T21:26:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/mitsindo-viateur.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"700\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"394\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere\",\"datePublished\":\"2021-03-19T21:26:27+00:00\",\"dateModified\":\"2021-03-19T21:26:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/\"},\"wordCount\":830,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/mitsindo-viateur.jpg\",\"articleSection\":[\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/\",\"name\":\"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/mitsindo-viateur.jpg\",\"datePublished\":\"2021-03-19T21:26:27+00:00\",\"dateModified\":\"2021-03-19T21:26:28+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/mitsindo-viateur.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/mitsindo-viateur.jpg\",\"width\":700,\"height\":394,\"caption\":\"Mitsindo Viateur\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere - Umunyarwanda","og_description":"Na Arnold Gakuba Amakuru Idukesha Ikinyamakuru Umubavu.com avuga ko Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Gasabo rwakatiye Mitsindo Viateur gufungwa iminsi 30 aho ashinjwa ibyaha bitandukanye birimo icyo kurema umutwe w\u2019ingabo utemewe cyangwa kuwujyamo no kuba mu mutwe w\u2019iterabwoba. Ubushinjacyaha buvuga ko Mitsindo Viateur kandi ashinjwa gukora no kugira uruhare mu bikorwa by\u2019iterabwoba, kugambana no gushishikariza abandi gukora [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-03-19T21:26:27+00:00","article_modified_time":"2021-03-19T21:26:28+00:00","og_image":[{"width":700,"height":394,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/mitsindo-viateur.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere","datePublished":"2021-03-19T21:26:27+00:00","dateModified":"2021-03-19T21:26:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/"},"wordCount":830,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/mitsindo-viateur.jpg","articleSection":["Ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/","name":"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/mitsindo-viateur.jpg","datePublished":"2021-03-19T21:26:27+00:00","dateModified":"2021-03-19T21:26:28+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/mitsindo-viateur.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/mitsindo-viateur.jpg","width":700,"height":394,"caption":"Mitsindo Viateur"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/mitsindo-viateur-iminsi-30-yigifungo-ku-maherere\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mitsindo Viateur: iminsi 30 y\u2019igifungo ku maherere"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40295","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40295"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40295\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40297,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40295\/revisions\/40297"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40296"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40295"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40295"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40295"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}