{"id":40404,"date":"2021-03-23T23:57:40","date_gmt":"2021-03-23T21:57:40","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40404"},"modified":"2021-03-23T23:57:42","modified_gmt":"2021-03-23T21:57:42","slug":"rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/","title":{"rendered":"Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Byanditswe na&nbsp; <strong>Arnold Gakuba<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">\u201c<em>RwandAir ntabwo yunguka, ariko ni umusemburo w&#8217;ubukungu<\/em>\u201d. Ngayo amagambo yatangajwe na Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenambigambi w\u2019u Rwanda Bwana Uzziel Ndagijimana. Amakuru dukesha Nicholas Norbrook yasohotse mu kinyamakuru <em>The African Report<\/em> yagaragaje ko u Rwanda rufite ibyiringiro muri RwandAir kandi yaragaragaweho ibihombo mu myaka yashize nk&#8217;uko byemezwa na Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenamigambi w\u2019u Rwanda Uzziel Ndagijimana. Yatangaje ko u Rwanda rwongeye amafaranga mu bukerarugendo bwibasiwe cyane na Koronavirusi. Ibi byiringiro ngo byaba bifite imizi mu bufatanye hagati ya RwandAir na Qatar Airways.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi biratangaje kuko RwandAir atari umutungo wihariye wa Guverinoma y\u2019u Rwanda. Amakuru dukesha Ikinyamakuru <em>The New York Times<\/em> yo muri Gashyantare 2020, nyuma y&#8217;amezi abiri Qatar Airways iguze imigabane ingana na 60% y\u2019ikibuga cy&#8217;indege Mpuzamahanga cya Bugesera, avuga ko sosiyete y\u2019indege ya Leta za Qatar yaguze imigabane ingana na 49% ya RwandAir. Nyamara ariko Minisitiri w\u2019imari w\u2019u Rwanda, Uzziel Ndagijimana yishimira ko RwandAir igiye kugira uruhare runini mu bukungu bw\u2019igihugu kandi ko U Rwanda rwashyizemo akayabo mu ngengo y\u2019imari ya 2020\/2021 muri iyo sosiyete U Rwanda rudafiteho uburenganzira busesuye. Munyumvire namwe!\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Minisitiri w\u2019Imari w\u2019u Rwanda yemera ko ubukungu bw\u2019u Rwanda bwashegeshwe n\u2019ingaruka za Koronavirusi mu mpande zose, ndetse n\u2019ubukerarugendo mu buryo bw\u2019umwihariko. Mu rwego rwo gukemura ibibazo byatewe na Koronavirusi, guverinoma yiyemeje gushora miliyoni 100 z&#8217;amadolari mu myaka ibiri iri imbere mu bikorera. Ndagijimana ati: &#8220;<em>Kandi turateganya kuyakuba kabiri<\/em>&#8220;. Aragira ati \u201cNibura miliyoni 50 z\u2019amadolari zizajya mu mahoteri. Yongeyeho ati: &#8220;<em>Twahaye amabanki kuvugurura politiki yayo yo gutanga inguzanyo, yongera igihe kigera ku myaka 15 no gutanga imyaka itatu y&#8217;ubuntu no kugabanya inyungu<\/em>&#8220;. Ibi biragaragaza ko guverinoma yitaye cyane ku bukerarugendo akenshi bushingiye ku bava mu mahanga. Ese ku birebana n\u2019ibice by\u2019ubukungu byita cyane ku baturage baciriritse byifashe bite?\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Guverinoma kandi yongeye akayabo k\u2019amafaranga muri RwandAir asaga miliyoni 145 z&#8217;amadolari y\u2019Amerika mu ngengo y\u2019imari ya 2020\/2021, aho yavuye kuri miliyari 122 mu mwaka ushize. Ndagijimana avuga ko ubwikorezi bwari bumwe mu nzego zibasiwe cyane, ngo ariko n\u2019ubwo RwandAir \u201c<em>nta nyungu yagaragaje, yagize uruhare runini mu iterambere<\/em>\u201d. Ngo n&#8217;ubwo inganda z\u2019ubukerarugendo zari zateye imbere mbere y\u2019icyorezo, \u201c<em>RwandAir ifasha mu bucuruzi, kohereza ibicuruzwa bimwe na bimwe byakozwe mu mucyo ndetse no gutwara ibicuruzwa by\u2019imboga mu Burayi<\/em>.\u201d Ndetse n\u2019igihe abagenzi batagendaga, RwandAir yafashaga mu gutumiza ibikoresho by\u2019ubuvuzi by\u2019ingenzi, nk\u2019ibikoresho byo gukingira hamwe n\u2019ibikoresho byo gupima Koronavirusi. Aha Minisitiri arashaka kwerekana ko n\u2019ubwo iyo sosiyete yahombye ngo ariko igifiye imirimo ikora ngo ariyo mpamvu Leta igomba gushoramo akayabo. Ni agahomamunwa! Amakuru dukesha RwandAir-Wikipedia yemeza ko iyi sosiyete imaze imyaka myinshi mu gihombo nk\u2019uko bigaragara muri raporo z\u2019ingengo y\u2019imari.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubufatanye hagati ya RwandAir na Qatar Airways ngo bugamije kongerera ubushobozi iyo sosiyete ntizagwe mu bibazo nk\u2019ibyo Kenya Airways cyangwa South African Airways zahuye nabyo. Ministre Uzziel Ndagijimana aragira ati: &#8220;<em>Turi mu mishyikirano ya nyuma, isosiyete izakomeza ikore ingendo nyinshi kandi yinjize menshi<\/em>.&#8221; Yatangaje ko guverinoma y&#8217;u Rwanda ariyo ifitemo imigabane myinshi kuko ifite 51%. Ese koko iyi migabane ni myinshi itandukanijwe gusa na 2% by&#8217;imigabane muri ino sosiyete ya \u201cRwandAir\u201d? Ikindi kandi, mu bijyanye n\u2019ubukungu, ntidushobora kuvuga ko hariko ubufatanye mu gihe abanyamigabane ba sosiyete bazagabana inyungu bakurikije imigabane yabo. Ese wakwemeza ko u Rwanda ruzungukira mu RwandAir rufitemo imigabane ya 51% kandi uwo wari umurungo bwite w\u2019igihugu maze ugahabwa abandi? Ese koko ni ngombwa gushora amafaranga menshi cyane muri sosiyete u Rwanda rufitemo kimwe cya kabiri gusa cy\u2019imigabane cyangwa hari izindi nyungu zihishe inyuma?\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Qatar Airways nayo ishora imari ku Kibuga cy&#8217;indege mpuzamahanga gishya cya Kigali. Umushinga w\u2019ubwubatsi wakomeje kugenda neza n\u2019ubwo habayeho icyorezo, mu rwego rwo kuzuza ibisabwa mu kwitegura inama y\u2019abakuru b\u2019ibihugu by\u2019Umuryango Uhuza ibihugu bikoresha Icyongereza izaba muri Kamena 2021. Kugeza mu 2022, ikibuga cy\u2019indege gishya kigomba kuba gifite ubushobozi bwo kwakira abagenzi miliyoni zirindwi ku mwaka, ugereranije na miliyoni imwe cyakira ubu. Hagati aho RwandAir ikomeje kwaguka, kandi iherutse kuba indege ya mbere nyafurika yagerageje ikirere mpuzamahanga igiye kuzana inkingo za IATA, bityo bikaba bigaragaza ko guverinoma izafungura imipaka.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Minisitiri Ndagijimana avuga ko kuzahura ubukungu bw\u2019igihugu bidashingiye gusa ku bukerarugendo. Muri 2020, igihe u Rwanda rwajyaga muri guma mu rugo guhera muri Werurwe, ubwiyongere bw\u2019umusaruro rusange (GDP) mu gihembwe cya kabiri bwagabanutseho12.4%. Aragira ati: \u201c<em>ibi ntibyigeze bitubaho usibye mu gihe cya jenoside<\/em>.\u201d Ukwiyongera k\u2019ubukungu kwagaragaye mu nganda n\u2019ubucuruzi, aho umusaruro rusange wagabanutse 3.4% mu gihembwe cya gatatu. Minisitiri w\u2019imari aragira ati: &#8220;<em>Ntabwo dufite imibare y\u2019igihembwe cya nyuma, ariko turakeka ko hari impinduka zigaragara zabaye<\/em>.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikindi kihutirwa &#8211; usibye gushyira amafaranga mu bikorera &#8211; ni ukongera ibiribwa hashorwa imari mu buhinzi. Ndagijimana aragira ati: \u201c<em>Guverinoma yashyizeho uburyo bwo gufasha abakozi nyuma y\u2019uko baguye mu bukene bahagaritse ibikorwa mu buryo butunguranye, bahabwa ibikenerwa by&#8217;ibanze, ibiribwa n&#8217;ibindi<\/em>\u201d. Ingengo y\u2019imari kandi yateganije amafaranga yinyongera mu rwego rw\u2019ubuzima.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi byose bisaba amafaranga yinyongera: Ndagijimana yasabye Inteko Ishinga Amategeko y\u2019u Rwanda kongera ingengo y\u2019imari hafi 7% kugeza kuri tiriyoni 3.4 by\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda. Nyuma y\u2019uko ihabwa inguzanyo ya miliyoni 28 z&#8217;amadolari y&#8217;Amerika n\u2019Ikigega Mpuzamahanga cy\u2019Imari (IMF) muri 2020, guverinoma y\u2019u Rwanda irateganya kongera umwenda kugera kuri 5.6% muri 2021.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tuvuge iki? Ubukungu bw\u2019u Rwanda bushingiye ku masosiyete yari ay\u2019igihugu ubu akaba yaragurishijwe ndetse n\u2019imyenda nkuko byemejwe na minisitiri w\u2019imari ugerageza kumvisha rubanda ko ubukungu bw\u2019igihugu buri gutera imbere. Byahe birakajya! Ngayo rero amagambo amenyerewe avugwa n\u2019abategetsi b\u2019u Rwanda yo kwereka amahanga ko u Rwanda nta kibazo na kimwe cy\u2019ubukungu rufite, nyamara ubukungu bw\u2019igihugu bwubakiye ku musenyi. Abandi bati ngiryo \u2018<strong><em>itekinika<\/em><\/strong>\u2019. Ese ibi bizageza ryari koko?<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Byanditswe na&nbsp; Arnold Gakuba \u201cRwandAir ntabwo yunguka, ariko ni umusemburo w&#8217;ubukungu\u201d. Ngayo amagambo yatangajwe na Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenambigambi w\u2019u Rwanda Bwana Uzziel Ndagijimana. Amakuru dukesha Nicholas Norbrook yasohotse mu kinyamakuru The African Report yagaragaje ko u Rwanda rufite ibyiringiro muri RwandAir kandi yaragaragaweho ibihombo mu myaka yashize nk&#8217;uko byemezwa na Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenamigambi w\u2019u Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40406,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-40404","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Byanditswe na&nbsp; Arnold Gakuba \u201cRwandAir ntabwo yunguka, ariko ni umusemburo w&#8217;ubukungu\u201d. Ngayo amagambo yatangajwe na Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenambigambi w\u2019u Rwanda Bwana Uzziel Ndagijimana. Amakuru dukesha Nicholas Norbrook yasohotse mu kinyamakuru The African Report yagaragaje ko u Rwanda rufite ibyiringiro muri RwandAir kandi yaragaragaweho ibihombo mu myaka yashize nk&#8217;uko byemezwa na Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenamigambi w\u2019u Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-23T21:57:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-03-23T21:57:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Rwandair.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"624\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"624\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/\",\"name\":\"Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Rwandair.jpg\",\"datePublished\":\"2021-03-23T21:57:40+00:00\",\"dateModified\":\"2021-03-23T21:57:42+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Rwandair.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Rwandair.jpg\",\"width\":624,\"height\":624},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi - Umunyarwanda","og_description":"Byanditswe na&nbsp; Arnold Gakuba \u201cRwandAir ntabwo yunguka, ariko ni umusemburo w&#8217;ubukungu\u201d. Ngayo amagambo yatangajwe na Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenambigambi w\u2019u Rwanda Bwana Uzziel Ndagijimana. Amakuru dukesha Nicholas Norbrook yasohotse mu kinyamakuru The African Report yagaragaje ko u Rwanda rufite ibyiringiro muri RwandAir kandi yaragaragaweho ibihombo mu myaka yashize nk&#8217;uko byemezwa na Minisitiri w\u2019Imari n\u2019Igenamigambi w\u2019u Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-03-23T21:57:40+00:00","article_modified_time":"2021-03-23T21:57:42+00:00","og_image":[{"width":624,"height":624,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Rwandair.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/","name":"Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Rwandair.jpg","datePublished":"2021-03-23T21:57:40+00:00","dateModified":"2021-03-23T21:57:42+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Rwandair.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Rwandair.jpg","width":624,"height":624},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ubukungu-bwubakiye-ku-musenyi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: ubukungu bwubakiye ku musenyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40404","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40404"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40404\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40407,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40404\/revisions\/40407"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40406"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40404"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40404"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40404"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}