{"id":40414,"date":"2021-03-24T12:27:38","date_gmt":"2021-03-24T10:27:38","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40414"},"modified":"2021-03-24T21:45:25","modified_gmt":"2021-03-24T19:45:25","slug":"urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/","title":{"rendered":"Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Yanditswe na Arnold Gakuba<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><br>Kuri uyu wa mbere tariki 22 Werurwe 2021, ku Kibuga i Dodoma mu murwa mukuru wa Tanzaniya habereye umuhango wo gusezera kuri nyakwigendera Perezida wa Tanzaniya John Pombe Joseph Magufuli watabarutse ku wa 17 Werurwe 2021 azize indwara y\u2019umutima. Isi yose ikaba yarerekanye ko Bwana Dr. John Pombe Joseph Magufuli yasigiye isi umurage utazibagirana kandi ko yari akunzwe na benshi. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umuhango wo gusezera kuri Magufuli witabiriwe n\u2019abanyacyubahiro benshi barimo n\u2019abakuru b\u2019ibihugu bitandukanye byo muri Afrika aribo Uhuru Kenyatta wa Kenya, Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Edgar Lungu wa Zambiya, Lazarus Chakwera wa Malawi, Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe, Filipe Nyusi wa Mozambike, Cyril Ramaphosa wa Afrika y\u2019Epfo, Mokgweetsi Masese wa Botswana, ndetse n\u2019abandi batandukanye bavuye hirya no hino ku isi. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tuributsa ko igihugu cya Tanzaniya gihana imbibi n\u2019u Rwanda, Burundi, Uganda, Kenya, Zambiya, Malawi na Mozambike. Mu ba Perezida b\u2019ibihugu bihana imbibi na Tanzaniya bitabiriye umuhango wo gusezera kuri nyakwigendera Magufuli harimo uwa Zambiya, Kenya ndetse n\u2019uwa Mozambike. Abakuru b\u2019ibihugu by\u2019u Rwanda, u Burundi na Uganda ndibagaragaye muri uwo muhango, ibi bikaba byarateye urujijo no kwibaza byinshi kuri ibyo bihugu ariko cyane cyane ku gihugu cy\u2019u Rwanda ubu havugwa kutagaraga cyangwa kutiyerekana kwa Perezida Paul Kagame kugera n\u2019aho bamwe bahwihwisa ko yapfuye. Mu muhango wo hugerekeza Perezida Pombe Magufuli, U Rwanda rwahagarariwe na Ministiri w\u2019Intebe Bwana Ngirente Edouard. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mbere y\u2019uko tugira icyo tuvuga ku myitwarire ya Perezida Paul Kagame ku rupfu rwa nyakwigendera Magufuli, twibutse ko abakuru b\u2019ibihugu bya Uganda ndetse n\u2019u Burundi bagiye kuri ambasade za Tanzaniya mu bihugu byabo mu rwego rwo kunamira nyakwigendera no kwifatanya n\u2019abandi kumuherekeza. Abo baperezida bombi kandi bagize icyo batangariza isi ku butwari bwa Perezida Pombe Magufuli. Nyamara Perezida Paul Kagame w\u2019u Rwanda niwe wenyine utaragize ijambo atangariza isi n\u2019abatuye Afrika yose ku butwari bwa nyakwigendera Perezida Pombe Magufuli.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Werurwe rero, igihe abanyafrika twese twari mu kababaro ko gusezera intwari ya Afrika itazibagirana Perezida Pombe Magufuli, Perezida w\u2019u Rwanda Paul Kagame, wihutiye gutangaza ko yabuze inshuti n\u2019umuvandimwe nyuma y\u2019urupfu rwe, yari yibereye mu nama (online) na ba mpatsibihugu. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi byaba bisobanura iki kuba Perezida Paul Kagame ataragiye gusezera kuri nyakwigendera Pombe Magufuli? <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ese ni iki kibyihishe inyuma?<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Tuributsa ibi bikurikira:<br>&#8211; Ukuntu mu minsi 365 igize umwaka, Paul Kagame yabaga mu Rwanda iminsi mirongo itandatu (60) gusa none ubu akaba amaze iminsi 519 atarenze kuri videwo;<br>&#8211; Ukuntu Perezida Paul Kagame yatakambye cyane ngo ajye gusezera kuri Mandela kandi u Rwanda na Afrika y\u2019Epfo icyo gihe byari byaracanye umubano;<br>&#8211; Ukuntu yemeye kwicara hagati ya bagenzi be (Museveni na Kikwete) muri Zimbabwe ngo paka asezeye kuri Mugabe wamurashe muri Za\u00efre;<br>&#8211; Ukuntu yarwanye umuhenerezo akemera ko banamusaka muri Kenya ngo paka asezere kuri Moi wari waramuhaye gasopo;<br>None kuri uyu wa 22 Werurwe 2021 ntiyagaragaye mu muhango wo gusezera kuri Pombe Magufuli yahaye inka kandi akaba n\u2019umuturanyi. Ibi murumva atari agahomamunwa. Dusoza iyi nkuru tuributsa ko gutabarana ari imwe mu ndangagaciro z\u2019umuco nyarwanda kandi ko inshuti uyibonera mu byago. Nyamara kuri Paul Kagame, ibyo nta gaciro na gake. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Urupfu rwa Perezida Magufuli rwagaragaje inshuti nyazo. Magufuli asize umurage mwiza tuzamwibukiraho wo kwitangira abaturage ayoboye. <\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Magufuli, ruhukire mu mahoro!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa mbere tariki 22 Werurwe 2021, ku Kibuga i Dodoma mu murwa mukuru wa Tanzaniya habereye umuhango wo gusezera kuri nyakwigendera Perezida wa Tanzaniya John Pombe Joseph Magufuli watabarutse ku wa 17 Werurwe 2021 azize indwara y\u2019umutima. Isi yose ikaba yarerekanye ko Bwana Dr. John Pombe Joseph Magufuli yasigiye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":40255,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-40414","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa mbere tariki 22 Werurwe 2021, ku Kibuga i Dodoma mu murwa mukuru wa Tanzaniya habereye umuhango wo gusezera kuri nyakwigendera Perezida wa Tanzaniya John Pombe Joseph Magufuli watabarutse ku wa 17 Werurwe 2021 azize indwara y\u2019umutima. Isi yose ikaba yarerekanye ko Bwana Dr. John Pombe Joseph Magufuli yasigiye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-24T10:27:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-03-24T19:45:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/2021-01-08T000000Z_588710829_RC2O3L9AYISK_RTRMADP_3_TANZANIA-CHINA.jpeg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"770\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"513\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/\",\"name\":\"Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/2021-01-08T000000Z_588710829_RC2O3L9AYISK_RTRMADP_3_TANZANIA-CHINA.jpeg\",\"datePublished\":\"2021-03-24T10:27:38+00:00\",\"dateModified\":\"2021-03-24T19:45:25+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/2021-01-08T000000Z_588710829_RC2O3L9AYISK_RTRMADP_3_TANZANIA-CHINA.jpeg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/2021-01-08T000000Z_588710829_RC2O3L9AYISK_RTRMADP_3_TANZANIA-CHINA.jpeg\",\"width\":770,\"height\":513,\"caption\":\"John Magufuli\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03\",\"name\":\"therwd\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa mbere tariki 22 Werurwe 2021, ku Kibuga i Dodoma mu murwa mukuru wa Tanzaniya habereye umuhango wo gusezera kuri nyakwigendera Perezida wa Tanzaniya John Pombe Joseph Magufuli watabarutse ku wa 17 Werurwe 2021 azize indwara y\u2019umutima. Isi yose ikaba yarerekanye ko Bwana Dr. John Pombe Joseph Magufuli yasigiye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-03-24T10:27:38+00:00","article_modified_time":"2021-03-24T19:45:25+00:00","og_image":[{"width":770,"height":513,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/2021-01-08T000000Z_588710829_RC2O3L9AYISK_RTRMADP_3_TANZANIA-CHINA.jpeg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwd","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/","name":"Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/2021-01-08T000000Z_588710829_RC2O3L9AYISK_RTRMADP_3_TANZANIA-CHINA.jpeg","datePublished":"2021-03-24T10:27:38+00:00","dateModified":"2021-03-24T19:45:25+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/2021-01-08T000000Z_588710829_RC2O3L9AYISK_RTRMADP_3_TANZANIA-CHINA.jpeg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/2021-01-08T000000Z_588710829_RC2O3L9AYISK_RTRMADP_3_TANZANIA-CHINA.jpeg","width":770,"height":513,"caption":"John Magufuli"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/urujijo-mu-gusezera-nyakwigendera-perezida-magufuli\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urujijo mu gusezera nyakwigendera Perezida Magufuli"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/fb2f15ed128358755edd6c892420fb03","name":"therwd","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40414","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40414"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40414\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40418,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40414\/revisions\/40418"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40255"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40414"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40414"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40414"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}