{"id":40435,"date":"2021-03-24T22:51:42","date_gmt":"2021-03-24T20:51:42","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40435"},"modified":"2021-03-24T22:51:47","modified_gmt":"2021-03-24T20:51:47","slug":"imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/","title":{"rendered":"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Imfungwa ziburana n\u2019ubushinjacyaha mu rubanza rwa Paul Rusesabagina i Kigali mu Rwanda, kuri uyu wa gatatu tariki 24 Werurwe 2021 zibukije urukiko ko kubona amafunguro ari uburenganzira bwabo, basaba ko batazongera kwirizwa ubusa, bakajya bagemurirwa.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu rubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be, ku nshuro ya mbere ubwo hatangiraga iburansha we atarimo, umucamanza Muhima Antoine, Perezida w&#8217;Urukiko Rukuru, Urugereko Rushinzwe Gukurikirana Ibyaha Mpuzamahanga n&#8217;Ibyambukiranya\u00a0Imipaka<em>, <\/em>yasabye ababuranyi n\u2019abunganizi babo gutanga ibitekerezo ku buryo urubanza ruzakomeza, bakagaragaza iminsi bifuza kujya bitaba urukiko, umubare w\u2019iyo minsi, igihe bazajya bahamara n\u2019ibindi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu byifuzo byatanzwe n\u2019ubushinjacyaha, kimwe n\u2019abahagarariye ababurana indishyi, bagaragaje ko kujya bitaba urukiko mu iburanisha iminsi ibiri cyangwa itatu mu cyumweru ntacyo bitwaye, mu gihe abunganira abaregwa\u00a0\u00a0bo bagiye bagaragaza ko iyo minsi ari myinshi, hakiyongeraho umunsi bahirirwa bapimwa Covid19 bikaba iminsi ine, muri itanu igize icyumweru, bikaburizamo akandi kazi kabo ko kunganira abandi babakeneye hanze y&#8217;uru rubanza. Urukiko rwavuze ko ruri bufate umwanzuro kuri ngingo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu bindi bibazo byagaragajwe n\u2019ababuranyi, by\u2019umwihariko imfungwa, hari uwasabye ijambo avuga ko barya nabi, ibidafite intungamubiri, ko ibiryo bahabwa bitabamo ibyubaka umubiri, ibirinda indwara n\u2019ibitera imbaraga. Avuga ko iyi mirire mibi idatuma bahorana imbaraga zatuma baboneka buri gihe, kuko ngo hari ubwo umuntu aryama ameze neza akabyuka nta gatege, cyangwa yagize ikibazo gikomeye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ifungwa yavuze kandi ko atari buri wese ufite ubushobozi bwo kuryama neza, kuko hari abo imiryango yabo ibonera imifariso, abandi benshi ngo bakarara mu buryo budasobanutse. Urukiko rwababwiye ko izo ari inshingabo za Gereza kumenya imibereho yabo myiza no kuyiharanira.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Herman Nsengimana wahoze ari Umuvugizi wa FLN yasabye ijambo avuga ko bafite ikibazo cyo kuba bitaba Urukiko nta kintu bashyize mu nda ati: <em>\u201chabe n\u2019agakoma, tukongera tukirirwa hano, kandi nyamara iyo turi kuri gereza , hagati ya saa yine na saa tanu tubona impungure\u201d.<\/em> Yakomeje asaba ko mu karuhuko k\u2019iburanisha ka saa sita,\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0\u00a0Gereza yajya ibagemurira impungure zabo bakazirira ku rukiko, kuko ngo iyo nta kintu kiri mu nda, umuntu adatanga ibitekerezo neza.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mukandutiye Angelina, umugore umwe rukumbi uregwa muri runo rubanza, akaba yarahoze ari Umugenzuzi w\u2019Uburezi muri Nyarugenge, nawe yasabye ijambo abwira umucamanza ko we ari umukecuru nta menyo agira, ko nibaramuka bemeje iyo gahunda yo kubagemurira impungure ku rukiko na we bazamwibuka kuko atazishobora.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umucamanza yababwiye ko icyifuzo cyabo gifite ishingiro, bazagiha agaciro.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Imfungwa ziburana n\u2019ubushinjacyaha mu rubanza rwa Paul Rusesabagina i Kigali mu Rwanda, kuri uyu wa gatatu tariki 24 Werurwe 2021 zibukije urukiko ko kubona amafunguro ari uburenganzira bwabo, basaba ko batazongera kwirizwa ubusa, bakajya bagemurirwa. Mu rubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be, ku nshuro ya mbere ubwo hatangiraga iburansha we [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40436,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-40435","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Imfungwa ziburana n\u2019ubushinjacyaha mu rubanza rwa Paul Rusesabagina i Kigali mu Rwanda, kuri uyu wa gatatu tariki 24 Werurwe 2021 zibukije urukiko ko kubona amafunguro ari uburenganzira bwabo, basaba ko batazongera kwirizwa ubusa, bakajya bagemurirwa. Mu rubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be, ku nshuro ya mbere ubwo hatangiraga iburansha we [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-24T20:51:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-03-24T20:51:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"863\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"462\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko\",\"datePublished\":\"2021-03-24T20:51:42+00:00\",\"dateModified\":\"2021-03-24T20:51:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/\"},\"wordCount\":393,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png\",\"articleSection\":[\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/\",\"name\":\"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png\",\"datePublished\":\"2021-03-24T20:51:42+00:00\",\"dateModified\":\"2021-03-24T20:51:47+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/03\\\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png\",\"width\":863,\"height\":462},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Imfungwa ziburana n\u2019ubushinjacyaha mu rubanza rwa Paul Rusesabagina i Kigali mu Rwanda, kuri uyu wa gatatu tariki 24 Werurwe 2021 zibukije urukiko ko kubona amafunguro ari uburenganzira bwabo, basaba ko batazongera kwirizwa ubusa, bakajya bagemurirwa. Mu rubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be, ku nshuro ya mbere ubwo hatangiraga iburansha we [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-03-24T20:51:42+00:00","article_modified_time":"2021-03-24T20:51:47+00:00","og_image":[{"width":863,"height":462,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko","datePublished":"2021-03-24T20:51:42+00:00","dateModified":"2021-03-24T20:51:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/"},"wordCount":393,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png","articleSection":["Ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/","name":"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png","datePublished":"2021-03-24T20:51:42+00:00","dateModified":"2021-03-24T20:51:47+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/03\/Skjermbilde-2021-03-24-kl.-21.50.48.png","width":863,"height":462},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/imfungwa-zirambiwe-kubwirirwa-zasabye-kujya-zigemurirwa-ku-rukiko\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Imfungwa zirambiwe kubwirirwa, zasabye kujya zigemurirwa ku rukiko"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40435","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40435"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40435\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40437,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40435\/revisions\/40437"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40436"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40435"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40435"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40435"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}