{"id":40668,"date":"2021-04-08T10:49:55","date_gmt":"2021-04-08T08:49:55","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40668"},"modified":"2021-04-08T10:49:57","modified_gmt":"2021-04-08T08:49:57","slug":"demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/","title":{"rendered":"Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Arnold Gakuba<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mata 2021, U Rwanda rwibutse ku nshuro ya 27 Jenoside. Uwo muhango witabiriwe n\u2019abanyacyubahiro benshi barangajwe imbere na Perezida Paul Kagame. Mu gihe cy\u2019iminsi 100 Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje kwibutsa abanyarwanda ibibi byo kuvangura byatumye hapfa ibihumbi by\u2019abanyarwanda. Hagati ho, Gretchen Baldwin we arasanga Guverinoma y\u2019u Rwanda ikoresha ukwibuka jenoside kwa buri mwaka nk\u2019igikoresho cya politiki.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu nkuru ye yasohoye saa 11:00 am GMT+2 kuri uyu wa gatatu tariki ya 7 Mata 2021 kuri <em>The Washington Post<\/em>, Gretchen Baldwin aragira ati \u201cu Rwanda rwakuye amoko mu mategeko, rushyiraho politiki idashingiye ku moko muri 2003, rushyira imbere icyo rwise \u201cNdi umunyarwanda\u201d. Akomeza agira ati \u201cBuri mwaka uhereye ku tariki ya 7 Mata&nbsp; habaho iminsi 100 yo kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ndestse n\u2019abahutu bishwe na bagenzi babo b\u2019abahezanguni\u201d. Nyamara yemeza ko mu bushakashatsi yakoze, politiki ya \u201cNdi umunyarwanda\u201d iteshwa agaciro mu gihe cyo kwibuka maze amacakubiri ahagabwa intebe nyamara bavuga ngo barubaka ubumwe n\u2019ubwiyunge.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muri ino nkuru, Gretchen Baldwin aremeza ko amategeko ahana \u201cingengabitekerezo ya jenoside n\u2019irondakarere\u201dagamije guhohotera uburenganzira bwa muntu no kurwanya abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi. Uyu mushakashatsi agaragaza ko mu gihe cyo kwibuka havugwa gusa ubwoko bumwe bw\u2019abatutsi, abahutu ntibavugwa naho abatwa bo baribagiranye burundu. Kuri Paul Kagame rero, kwemerera abantu kuganira ku kibazo cy\u2019amoko ni ugukora mu jisho ingoma ye y\u2019igitugu ndetse no guhamya ibyaha abasirikare be bakoze.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubushakashatsi Gretchen Baldwin yakoze kuva 2010 kugera 2017 bwerekanye ko ubutegetsi bwa Paul Kagame bukoresha iturufu y\u2019ubwoko na jenoside mu buryo bwo kugirango agundire ubutegetsi aho agira ati \u201c<em>kwibuka biha imbaraga amacakubiri kuko kwibuka biberaho abatustsi gusa kandi ugasanga hari ikindi gice cy\u2019abanyarwanda gitotezwa muri icyo gihe cyo kwibuka<\/em>\u201d.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikindi ubushakashatsi bwa Gretchen Baldwin bwagaragaje ni uko guhohotera abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe abatutsi kwiyongereye. Aha umuntu yakwibaza impamvu yabyo. Ubushakashstsi kandi bwagaragaje ko mu minsi 265 y\u2019umwaka u Rwanda rwiyerekana nk\u2019igihugu cyavuye muri jenoside n\u2019amacakubiri ashingiye ku moko nyamara igihe cyo kwibuka ayo macakubiri akongera agahabwa umwanya agaragara.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Gretchen Baldwin asoza yerekana ko igihe cyo kwibuka gicamo abanyanrwanda ibice aho bamwe bumva ko aribo bashyigikiwe abandi bakumva ko bari hasi y\u2019abandi. Ibyo bikaba ari intwaro ya Paul Kagame yo kuguma ku ngoma; gucamo abantu ibice kugirango ubone uko ubayobora. Kwibuka rero ntibiganisha ku bwiyunge burambye nk\u2019uko Leta ya Kagame ibivuga ahubwo bikomeza amacakubiri mu banyarwanda. U Rwanda rukeneye ubuyobozi bwunga abanyarwanda ntirukeneye ubuyobozi bibatandukanya.&nbsp;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mata 2021, U Rwanda rwibutse ku nshuro ya 27 Jenoside. Uwo muhango witabiriwe n\u2019abanyacyubahiro benshi barangajwe imbere na Perezida Paul Kagame. Mu gihe cy\u2019iminsi 100 Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje kwibutsa abanyarwanda ibibi byo kuvangura byatumye hapfa ibihumbi by\u2019abanyarwanda. Hagati ho, Gretchen Baldwin we arasanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":31734,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-40668","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mata 2021, U Rwanda rwibutse ku nshuro ya 27 Jenoside. Uwo muhango witabiriwe n\u2019abanyacyubahiro benshi barangajwe imbere na Perezida Paul Kagame. Mu gihe cy\u2019iminsi 100 Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje kwibutsa abanyarwanda ibibi byo kuvangura byatumye hapfa ibihumbi by\u2019abanyarwanda. Hagati ho, Gretchen Baldwin we arasanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-08T08:49:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-04-08T08:49:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/kagame-burera1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"960\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"640\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/\",\"name\":\"Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/kagame-burera1.jpg\",\"datePublished\":\"2021-04-08T08:49:55+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-08T08:49:57+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/kagame-burera1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/kagame-burera1.jpg\",\"width\":960,\"height\":640},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mata 2021, U Rwanda rwibutse ku nshuro ya 27 Jenoside. Uwo muhango witabiriwe n\u2019abanyacyubahiro benshi barangajwe imbere na Perezida Paul Kagame. Mu gihe cy\u2019iminsi 100 Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje kwibutsa abanyarwanda ibibi byo kuvangura byatumye hapfa ibihumbi by\u2019abanyarwanda. Hagati ho, Gretchen Baldwin we arasanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-04-08T08:49:55+00:00","article_modified_time":"2021-04-08T08:49:57+00:00","og_image":[{"width":960,"height":640,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/kagame-burera1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/","name":"Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/kagame-burera1.jpg","datePublished":"2021-04-08T08:49:55+00:00","dateModified":"2021-04-08T08:49:57+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/kagame-burera1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/05\/kagame-burera1.jpg","width":960,"height":640},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/demokarasi-yu-rwanda-yubakiye-ku-mwijima\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Demokarasi y\u2019u Rwanda yubakiye ku mwijima"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40668","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40668"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40668\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40669,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40668\/revisions\/40669"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/31734"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40668"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40668"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40668"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}