{"id":40670,"date":"2021-04-08T10:52:43","date_gmt":"2021-04-08T08:52:43","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40670"},"modified":"2021-04-08T10:52:47","modified_gmt":"2021-04-08T08:52:47","slug":"u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/","title":{"rendered":"U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Arnold Gakuba<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu nkuru dukesha umwanditsi akaba n\u2019umushakashatsi mu birebana n\u2019ubukungu, David HIMBARA atwibutsa ko; Ikigega Mpuzamahanga cy\u2019Imari (IMF, International Monetary Fund) cyatangije iyi nyito y\u2019\u201d<em>Ibihugu binyamuryango bikennye cyane kandi binegekaye<\/em>\u201d, mu mwaka ushize w\u20192020.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&nbsp;Mu bihugu 25 byashyizwe byashyizwe muri iki cyiciro, twarondoramo nka : Afuganistani, Repubulika ya Afrika yo Hagati, Cadi, Ibirwa bya Komore, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Hayiti, n\u2019u Rwanda. Ibi bihugu bikennye cyane kandi binegekaye; bikaba byaragiye bihabwa inkunga zitishyurwa zo kubifasha kudatsikamirwa n\u2019imyenda bifitiye IMF.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Igihe icyiciro cy\u2019\u201d<em>Ibihugu bikennye cyane kandi binegekaye<\/em>\u201d cyasohowe ku ikubitiro na IMF, mu w\u20192020, Leta 25 zagisohotsemo ni izi zikurikira :&nbsp; Afuganistani, Bene, Burukina Faso, Repubulika ya Afrika yo Hagati, Cadi, Ibirwa bya Komore, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Gambiya, Gineya, Gineya Bisawu, Hayiti, Liberiya, Madagasikari, Malawi, Mali, Mozambike, Nepali, Nigeri, Rwanda, Sawo Tome na Prensipe, Siyera Lewone, Ibirwa bya Solomoni, Tajikistani, na Togo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi bihugu bikaba byaremerewe inkunga zitishyurwa, zo kubifasha kudatsikamirwa n\u2019ingaruka z\u2019amategeko aherekeza imyenda ya IMF; bikaboneraho amafaranga byisanzuyeho, yo gufasha mu guhangana n\u2019ingaruka z\u2019icyorezo cya Covid 19. Iyi sanduku yihariye ya IMF mu gufasha Ibihugu binyamuryango bikennye cyane kandi binegekaye ikaba yariswe mu rurimi rw\u2019Icyongereza:\u201c <em>CCRT,&nbsp; Catastrophe Containment and Relief Trust<\/em>.\u201d Tugenekereje mu Kinyarwanda twavuga ko ari nk\u2019\u201dUbufasha bwo kuzahura no guhangana n\u2019ikwirakwira ry\u2019 icyorezo.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Imisanzu yo gushyira muri iyi sanduku yihariye ikaba iva mu bihugu bikungahaye; ibirangaje ibindi imbere akaba ari, Umuryango w\u2019Ubumwe bw\u2019u Burayi, u Bwongereza, u Buyapani n\u2019u Budage.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Biracyaza !<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Mu nkuru dukesha umwanditsi akaba n\u2019umushakashatsi mu birebana n\u2019ubukungu, David HIMBARA atwibutsa ko; Ikigega Mpuzamahanga cy\u2019Imari (IMF, International Monetary Fund) cyatangije iyi nyito y\u2019\u201dIbihugu binyamuryango bikennye cyane kandi binegekaye\u201d, mu mwaka ushize w\u20192020. &nbsp;Mu bihugu 25 byashyizwe byashyizwe muri iki cyiciro, twarondoramo nka : Afuganistani, Repubulika ya Afrika yo Hagati, Cadi, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":33816,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[69],"tags":[],"class_list":["post-40670","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Mu nkuru dukesha umwanditsi akaba n\u2019umushakashatsi mu birebana n\u2019ubukungu, David HIMBARA atwibutsa ko; Ikigega Mpuzamahanga cy\u2019Imari (IMF, International Monetary Fund) cyatangije iyi nyito y\u2019\u201dIbihugu binyamuryango bikennye cyane kandi binegekaye\u201d, mu mwaka ushize w\u20192020. &nbsp;Mu bihugu 25 byashyizwe byashyizwe muri iki cyiciro, twarondoramo nka : Afuganistani, Repubulika ya Afrika yo Hagati, Cadi, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-08T08:52:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-04-08T08:52:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/12\/Kacyiru-ubukene.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"646\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"371\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/\",\"name\":\"U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/12\/Kacyiru-ubukene.png\",\"datePublished\":\"2021-04-08T08:52:43+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-08T08:52:47+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/12\/Kacyiru-ubukene.png\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/12\/Kacyiru-ubukene.png\",\"width\":646,\"height\":371,\"caption\":\"Abatuye muri aka gace bavuga ko baraye batewe n'abashinzwe umutekano bo mu Inkeragutabara\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Mu nkuru dukesha umwanditsi akaba n\u2019umushakashatsi mu birebana n\u2019ubukungu, David HIMBARA atwibutsa ko; Ikigega Mpuzamahanga cy\u2019Imari (IMF, International Monetary Fund) cyatangije iyi nyito y\u2019\u201dIbihugu binyamuryango bikennye cyane kandi binegekaye\u201d, mu mwaka ushize w\u20192020. &nbsp;Mu bihugu 25 byashyizwe byashyizwe muri iki cyiciro, twarondoramo nka : Afuganistani, Repubulika ya Afrika yo Hagati, Cadi, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-04-08T08:52:43+00:00","article_modified_time":"2021-04-08T08:52:47+00:00","og_image":[{"width":646,"height":371,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/12\/Kacyiru-ubukene.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/","name":"U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/12\/Kacyiru-ubukene.png","datePublished":"2021-04-08T08:52:43+00:00","dateModified":"2021-04-08T08:52:47+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/12\/Kacyiru-ubukene.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2019\/12\/Kacyiru-ubukene.png","width":646,"height":371,"caption":"Abatuye muri aka gace bavuga ko baraye batewe n'abashinzwe umutekano bo mu Inkeragutabara"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-rwashyizwe-mu-cyiciro-cyibihugu-bikennye-cyane-kandi-binegekaye\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U RWANDA RWASHYIZWE MU CYICIRO CY\u2019IBIHUGU BIKENNYE CYANE KANDI BINEGEKAYE"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40670","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40670"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40670\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40671,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40670\/revisions\/40671"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/33816"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40670"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40670"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40670"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}