{"id":40672,"date":"2021-04-08T11:09:34","date_gmt":"2021-04-08T09:09:34","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40672"},"modified":"2021-04-08T11:09:37","modified_gmt":"2021-04-08T09:09:37","slug":"ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/","title":{"rendered":"UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Albert MUSHABIZI<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bavuga ko nta tegeko ritagira irengayobora! Habaho amarengayobora yandikanwa n\u2019amategeko, amateka, cyangwa se amabwiriza; hakabaho n\u2019amarengayobora ashingira ku bumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura. Polisi y\u2019u Rwanda iherutse gukora amahano yuje ubunyamusozi no kubura ubumuntu, ubwo yarazaga abageni muri Sitade; mu rwego rwo kubahiriza ibwiriza rishingiye ku cyorezo cya Covid 19. Hari ku itariki ya 5 Mata 2021.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyuma y\u2019aho Abanyarwanda bagayiye Polisi, bakayivumira ku gahera nta guca ku ruhande; yahise yihohora bya nyirarureshwa, mu nkuru yatambukije mu igihe.com. Amagambo <a href=\"https:\/\/mobile.igihe.com\/amakuru\/u-rwanda\/article\/covid-19-uburakari-nyuma-y-umugeni-washyizwe-muri-stade-dukome-urusyo-n\">ikinyamakuru igihe.com<\/a>, gikorera kuri murandasi cyatambukije mu buryo bwo gukura polisi mu kimwaro; ntacyo yafashije, ahubwo yakomeje gushimangira ko mu Rwanda, ubumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura byabaye kirazira.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Ni ryari Polisi y\u2019igihugu mu kubahiriza amategeko ishobora guhura n\u2019amarengayobora ashingiye ku bumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura !<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N\u2019ubwo amategeko, amateka n\u2019amabwiriza asohokana n\u2019amarengayobora yayo; haba ubwo Polisi mu kubahiriza amategeko ihura n\u2019amarengayobora ashingiye ku bumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura. Reka dufate nk\u2019urugero : itegeko rivuga uko umunyamaguru wese agomba kwambukiranya umuhanda ahabigenewe \u201cZebra crossing\u201d haba hatanaze amabara y\u2019umweru n\u2019umukara mu ishusho y\u2019imparage; ibaze mu gihe wa mupolisi yabona ufite ubumuga bw\u2019ingingo, akururuka ku kibuno, cyangwa umwana muto wahabye bambukiranya ahatarabigenewe ! Ese yafata wa murema cyangwa wa mwana muto akabajyana kubacisha amande ku biro bya polisi ? Oya da ! N\u2019ubwo itegeko ritigeze rivuga ko hari umuntu n\u2019umwe ukwiye kwambukiranya ahatabigenewe; haba ubwo uwakubahirije itegeko, yibona mu irengayobora ritandikanye n\u2019itegeko!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Impuhwe zigirirwa umubyeyi utwite, umwana muto, abageze mu za bukuru, umubyeyi uhetse, ufite ubumuga ubwo ari bwo bwose, abahetse umurwayi, abagiye ku itabaro (gushyingura)\u2026; n\u2019ubwo ntaho byaba byanditse byatera irengayobora ku itegeko abo tuvuze bakica. Ni iki gituma tubona amafoto akwirakwiza, agashimwa na bose ku mbuga nkoranyambaga, y\u2019igikorwa cy\u2019impuhwe cyakozwe n\u2019umupolisi kandi cyamwicishije amategeko. Naho se umugeni wambaye agatimba ra !?<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Si Polisi y\u2019igihugu ihura n\u2019aya marengayobora ashingiye ku bumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura, ni inshingano ya buri wese na buri rwego mu muryango w\u2019abantu.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hariho <a href=\"https:\/\/kigaliupdates.com\/ifoto-yumwalimu-wo-muri-ur-uteruye-uruhinja-rwumunyeshuli-yakoze-ku-mitima-ya-benshi\/\">ifoto iherutse kubica bigacika ku mbuga nkoranyambaga ishimagiza umwalimu wo muri Kaminuza y\u2019u Rwanda wagaragaye acunga abakora ibizamini kandi anakikiriye uruhinja rw\u2019umubyeyi warimo akora ibizamini<\/a>. Uyu mubyeyi yarenze ku mategeko yo kuzana uruhinja mu kizamini, mu gihe no mu bihe bisanzwe by\u2019amasomo byari ikosa ryamuviramo gusubizwa mu rugo uwo munsi! Ariko kubera impamvu zigora ababyeyi muri rusange; ashobora kuba yaribonye ntaho yasiga uruhinja rwe hatekanye, agahebera urwaje akarwinjirana mu cyumba cy\u2019ikizami.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mwalimu nawe wirengagije kumwangira gukora ikizamini, kubera ko umubyeyi n\u2019uruhinja bakwiriye kugirirwa impuhwe; yongeyeho n\u2019ikosa nawe ryo gukikira uruhinja, arerera umunyeshuri we, bituma adakora umurimo we mu buryo bukwiye. Ese kuki uriya mwalimu ashimagizwa kandi we n\u2019umubyeyi bari mu makosa ? Nta kabuza ko uwakabahannye nawe yabuze aho yahera. Iki gikorwa kimwe n\u2019ibindi byenda kugirana isano, nicyo cyitwa irengayobora ku itegeko, iteka cyangwa se ibwiriza rigendeye ku bumuntu, n\u2019umuco gadondo w\u2019ubupfura.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Ese abageni basobanuye iki mu muco gakondo nyarwanda n\u2019umuco nyamuntu muri rusange ?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Muzi ibirori byo gucyuza umugeni mu muco gakondo nyarwanda !? Ni kamwe mu karango mu tw\u2019ingenzi tw\u2019umuco wacu! Umugeni ugiye gushinga urugo, atangiye urugendo rumuganisha guhekere no kurerera igihugu,&nbsp; Imana, n\u2019umuryango\u2026&nbsp; Gusaba umugeni byitwa gusaba ubuhake\u2026&nbsp; Umugeni arahururirwa, agasenderezwa, muri make umugeni ni igikundiro cy\u2019uwo ari we wese mu muryango nyarwanda\u2026 Nk\u2019uwakumva uvuga nabi umugeni, cyangwa umunenga, n\u2019aho waba umunenga ukuri, yakwita umunyamusozi\u2026<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">umugeni arubashywe cyane no mu yindi miryango y\u2019abantu hafi ya yose. Kugeza aho no muri Bibiliya Ntagatifu, Imana igereranya abayikiranukira nk\u2019abageni bayo nayo ikaba umukwe! Igitabo cy\u2019indirimbo ihebuje muri Bibiliya cyo gitaka umugeni byahebuje! No muri Korowani Ntagatifu naho, hari igice kimwe mu bice biyigize cyitwa \u201cUmugore\u201d; aha naho berekana uko umugore ari uw\u2019igikundiro mu maso y\u2019Imana, kumugirira neza bikaba byaba ari umugisha ku uwo ari wese.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Hari icyashobokaga kuri Polisi mu kwirinda amahano nk\u2019aya !?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuraza umugeni imbeho ikamuturumbura mu gatimba, ni amahano, ni n\u2019umuvumo ku gihugu cy\u2019abapolisi bakora nk\u2019ibimashini (robots) biyoborwa na za mudasobwa! Ubona n\u2019iyo bafunga umukwe n\u2019abandi batumirwa bafite imbaraga zo kurara biturumbuye muri Sitade; ariko bagera ku mugeni bakaberereka, bakamutonganya bamufasha gutaha mu rugo !?<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ni koko icyorezo cya covid 19 kiraca ibintu, kandi koko ibihano ni ngombwa, ngo abantu batadohoka !! Ariko se utagera we ntanagereranya! Tuvuge ko bariya banyarwanda bose byakoze ku mutima bakanabyamaganira kure ari injiji, ari abatazi ingaruka z\u2019icyorezo\u2026? Itegeko, ibwiriza cyangwa se iteka ritagira irengayobora, ntiribura n\u2019irengayobora rishingiye ku bumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Ni ngaruka ki ku gihugu kitimakaza ubumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura ?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyo umuryango runaka wabuze umuco uba wahonnye ! N\u2019u Rwanda rero ni iyo rwerekeza&nbsp;! Iyo urebye amahano ashyigikirwa na Leta ya Kigali arimo nko kurenganya imfubyi, abapfakazi na ba Nyakujya izuba riva. Umuco w\u2019ubujura no kunyaga utw\u2019abandi, akenshi na Leta ikabigiramo uruhare cyangwa ikaba ariyo ikora ubwo bujura&nbsp;! Guhotora inkumi zisabwa n\u2019abasore babyirukiye igihugu by\u2019amaherere\u2026 Nko mu minsi ishize byaragagaye mu kugenda bimura abantu, ngo bari mu manegeka, babirukanye ngo bangare ku gasozi&nbsp;;hagamijwe gusa kugurisha ubutaka bwabo ku bashoramari, ba nyirabwo ntibaboneho n\u2019urutoboye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ubwomanzi n\u2019ubwiyandarike bwahawe intebe, abayobozi bo mu nzego zo hejuru bagahohotera abari babatera indwara za kirimbuzi nka SIDA, bagakingirwa ikibaba&nbsp;; mu gihe abaturage bo hasi bo babihanirwa byihanukiriye&nbsp;! Leta ihotora, igashimuta, igafungira amaherere, igatoteza abaturage bayo&nbsp;!!!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Leta nikomeza guca amazi, aka ya mvugo yateye ubu, umuco wa kirazira\u00a0;umusaruro wabyo ni amahano azakomeza kwisukiranya, kubera ko abanyagihugu bazahinduka ibihundugembe by\u2019ibinyamusozi, bitagira na kimwe bitinya\u00a0!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Albert MUSHABIZI Bavuga ko nta tegeko ritagira irengayobora! Habaho amarengayobora yandikanwa n\u2019amategeko, amateka, cyangwa se amabwiriza; hakabaho n\u2019amarengayobora ashingira ku bumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura. Polisi y\u2019u Rwanda iherutse gukora amahano yuje ubunyamusozi no kubura ubumuntu, ubwo yarazaga abageni muri Sitade; mu rwego rwo kubahiriza ibwiriza rishingiye ku cyorezo cya Covid 19. Hari ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40673,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-40672","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Albert MUSHABIZI Bavuga ko nta tegeko ritagira irengayobora! Habaho amarengayobora yandikanwa n\u2019amategeko, amateka, cyangwa se amabwiriza; hakabaho n\u2019amarengayobora ashingira ku bumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura. Polisi y\u2019u Rwanda iherutse gukora amahano yuje ubunyamusozi no kubura ubumuntu, ubwo yarazaga abageni muri Sitade; mu rwego rwo kubahiriza ibwiriza rishingiye ku cyorezo cya Covid 19. Hari ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-08T09:09:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-04-08T09:09:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/umugeni-muri-Stade.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"700\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"467\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/\",\"name\":\"UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/umugeni-muri-Stade.jpg\",\"datePublished\":\"2021-04-08T09:09:34+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-08T09:09:37+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/umugeni-muri-Stade.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/umugeni-muri-Stade.jpg\",\"width\":700,\"height\":467},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Albert MUSHABIZI Bavuga ko nta tegeko ritagira irengayobora! Habaho amarengayobora yandikanwa n\u2019amategeko, amateka, cyangwa se amabwiriza; hakabaho n\u2019amarengayobora ashingira ku bumuntu n\u2019umuco gakondo w\u2019ubupfura. Polisi y\u2019u Rwanda iherutse gukora amahano yuje ubunyamusozi no kubura ubumuntu, ubwo yarazaga abageni muri Sitade; mu rwego rwo kubahiriza ibwiriza rishingiye ku cyorezo cya Covid 19. Hari ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-04-08T09:09:34+00:00","article_modified_time":"2021-04-08T09:09:37+00:00","og_image":[{"width":700,"height":467,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/umugeni-muri-Stade.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/","name":"UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/umugeni-muri-Stade.jpg","datePublished":"2021-04-08T09:09:34+00:00","dateModified":"2021-04-08T09:09:37+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/umugeni-muri-Stade.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/umugeni-muri-Stade.jpg","width":700,"height":467},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubumuntu-numuco-gakondo-wubupfura-byabaye-kirazira-mu-rwa-gasabo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"UBUMUNTU N\u2019UMUCO GAKONDO W\u2019UBUPFURA BYABAYE KIRAZIRA MU RWA GASABO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40672","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40672"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40672\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40674,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40672\/revisions\/40674"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40673"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40672"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40672"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40672"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}