{"id":40812,"date":"2021-04-17T00:30:33","date_gmt":"2021-04-16T22:30:33","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40812"},"modified":"2021-04-17T00:30:35","modified_gmt":"2021-04-16T22:30:35","slug":"umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/","title":{"rendered":"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI!"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Albert MUSHABIZI<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku bw\u2019Ikigo cyitiriwe Francois MITTERRAND, ngo haba hari abakomeje kwisiringa ku butabazi bw\u2019u Bufaransa ku Rwanda muw\u20191994 (Operation Turquoise). \u201cRapport Duclert\u201d nk\u2019uko yitirirwa Vincent DUCLERT, impuguke mu bumenyi bw\u2019amateka y\u2019Umufaransa, yari ikuriye Komisiyo yashyiriweho gushakisha mu bushyinguranyandiko,&nbsp; uruhare rw\u2019u Bufaransa muri Jenoside ya 94 yahekuye u Rwanda; ikomeje kuba amayobera. Ibi biva ko ibikubiyemo, byaba bihabanye n\u2019ibiyivugwaho mu itangazamakuru na bamwe bashaka guhaza ibyifuzo byabo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&nbsp;Mu nyandiko dusanga ku rubuga rw\u2019Ikigo cyitiriwe Francois MITTERRAND (https\/\/:www.mitterrand.org\/Rwanda-S-en-tenir-aux-faits.html ): ho banatangazwa n\u2019uko na nyir\u2019ukuyitirirwa ubwe, ayivugaho ibihabanye n\u2019ibiyikubiyemo. Ni ukuvuga ko hari umugambi, unyuriye mu itangazamakuru, wo kubeshyera iyi raporo ko yaba ishinja u Bufaransa uruhare muri Jenoside y\u20191994; mu gihe urwo ruhare rutagaragara muri raporo ubwayo!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nk\u2019uko muri iyi nyandiko dusanga ku rubuga rw\u2019iki kigo, bakomeza babisobanura, ngo hariho umugambi uteye isoni, ugambiriye kuyobya amateka. Uyu mugambi rero utajya wemera kuvugwaho cyangwa se gukomwa mu nkokora; ngo ubumbatiye ingingo y\u2019uko igikorwa cy\u2019ubutabazi u Bufransa bwakoreye mu Rwanda muri 94, cyajanditse iki gihugu mu mahano ya Jenoside. Ushatse wese kunyomoza uyu mugambi, ngo nta kindi akorerwa uretse guhita ashinjwa guhakana Jenoside ubwayo. Muri iyi nyandiko bahamya nta kujijinganya ko \u201crapport Duclert\u201d yaburijemo uyu mugambi; kubera ko uruhare rw\u2019u Bufaransa muri iriya Jenoside rutaboneka na gato.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyi nyandiko ikomeza yamagana ko Prezida Francois MITTERRAND yaba yaraguye mu mutego wo gushyigikira Ingoma ya HABYARIMANA adashishoje. Yerekana ko ibyemezo byose u Bufransa bwagiye bufata ku bihereranye n\u2019ibibazo u Rwanda rwarimo muri kiriya gihe; byanyuraga mu nzego zabihinyanyuraga mu buryo bunoze. Igikorwa cyo gutabara muri Jenoside, cyo cyari cyaherewe uburenganzira n\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye. Ibindi bikorwa, nko gufasha gukoma mu nkokora umuvumba w\u2019ibitero, Inkotanyi zafashwaga n\u2019igihugu cya Uganda zari zinjiranye; u Bufaransa bwabikoze, mu nyungu zo gukumira urugomo rw\u2019igihugu ku kindi. U Bufransa bukiva kuri urwo rugamba butatinzeho kandi, bufasha mu mishyikirano yagombaga gutuma, impunzi zarwanaga zitahuka mu mahoro yo kugabana ubutegetsi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>None umukino waba waba uteye ute !?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Leta ya Kigali yiyubikije raporo yayo yenda gusohoka, ku ngingo yo gukenguza uruhare rw\u2019u Bufaransa muri Jenoside ya 94. Ibizava muri iyi raporo bishobora kuzaba bihabanya n\u2019iyi ya Duclert, tugendeye ku mikino nk\u2019iyi, Kigali yagiye ikina cyane cyane ku kibazo cy\u2019ihanurwa ry\u2019indege. Gushyigikirana uburyarya iyakozwe n\u2019u Bufaransa, mu gihe ihabanye n\u2019umugambi wo gushinja uruhare rw\u2019u Bufaransa muri Jenoside, ku kiguzi icyo ari cyo cyose; bishobora kuba bifite umukino ubyihishe inyuma. Uyu mukino wa politiki waba ugamije ko u Bufaransa nabwo, bugomba kuzagerera u Rwanda mu kebo rwabugereyemo, rwemera nta mpaka raporo ishobora kuzasohoka itabushimishije !&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&nbsp;U Bufaransa nabwo bukomeje umukino wa politiki kuri iyi raporo, mu mbwirwaruhame n\u2019ibiganiro ku bitangazamakuru bikomeye mu Bufaransa; n\u2019abagabo bazwi cyane kandi bakoranye na Prezida Francois MITTERRAND barimo abanyapolitiki n\u2019Abasirikari. Aba bumvikana bamagana raporo idafite icyo itwaye u Bufaransa, na Prof. Vincent DUCLERT akayihinyura, mu magambo mu itangazamakuru kandi yarayitunganyije mu nyandiko. Uyu mukino ukaba waba ugamije gukura u Bufaransa mu ipfunwe, bushaka gukururirwamo nkana na Leta ya Kigali, yiriza ay\u2019ingona, icuruza Jenoside mu buryo bwo kuyibyaza inyungu za politiki n\u2019ubukungu. U Rwanda nk\u2019igihugu cyivumbura kandi kigahubuka mu bikorwa byo gukoza isoni u Bufaransa; ni urwo gukuyakuya nk\u2019umwana warezwe bajeyi n\u2019ibihugu by\u2019ibihangange!&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Aha kandi ntitwakiyibagiza ko, uretse no guhungabanya igihagararo cy\u2019u Bufaransa muri politiki yayo yo ku mugabane wa Afrika, uruhare rwayo muri Jenoside ya 94 ruramutse rwemejwe bidasubirwaho; byatangisha u Bufaransa impozamarira y\u2019ibifaranga bitagira ingano\u2026 Aho rero Kigali nayo ikaba idashobora kuhavirira, cyane iyo kibaye ikibazo cyo gucuruza Jenoside, umurimo yiyemeje kandi ikorana umwete n\u2019umurava!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Turaguje umutwe uyu mukino ushobora kuzarangira ute !?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyi mikino y\u2019ibihugu byombi kuri iyi raporo, iradushimangirira ko umubano w\u2019u Rwanda n\u2019u Bufaransa, twabonaga usa n\u2019uwavuyemo agatotsi; bishobora kuba atari byo, ahubwo ari amacenga ya politiki masa. U Bufaransa nabwo mu mikino nk\u2019iyi buramenyerewe cyane ! Urugero ruheruka kandi ruzwi cyane, rukaba ari ukuntu bwiyegereje Prezida KADAFI mu bihe bye bya nyuma; mu gihe bwari bukimushakira ibirungo, byo kuzamukaranga mu ntambara yamukuyeho, ikanamuhitana.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nta gitangaza cyaba kirimo, ko n\u2019ubuhendabana tubona u Bufaransa busuka ku Rwanda, mu mubano wa none, ukwicisha bugufi imbere y\u2019u Rwanda no kurushyigikira mu byifuzo byarwo byose, ndetse bimwe bitesha agaciro u Bufaransa nk\u2019igihugu cy\u2019igihangange; byaba ari ukurangaza bwishakira ibirungo, byo kuzakaranga u Rwanda igihe kiri izina!<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Albert MUSHABIZI Ku bw\u2019Ikigo cyitiriwe Francois MITTERRAND, ngo haba hari abakomeje kwisiringa ku butabazi bw\u2019u Bufaransa ku Rwanda muw\u20191994 (Operation Turquoise). \u201cRapport Duclert\u201d nk\u2019uko yitirirwa Vincent DUCLERT, impuguke mu bumenyi bw\u2019amateka y\u2019Umufaransa, yari ikuriye Komisiyo yashyiriweho gushakisha mu bushyinguranyandiko,&nbsp; uruhare rw\u2019u Bufaransa muri Jenoside ya 94 yahekuye u Rwanda; ikomeje kuba amayobera. Ibi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40696,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[77],"tags":[],"class_list":["post-40812","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-isesengura"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI! - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI! - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Albert MUSHABIZI Ku bw\u2019Ikigo cyitiriwe Francois MITTERRAND, ngo haba hari abakomeje kwisiringa ku butabazi bw\u2019u Bufaransa ku Rwanda muw\u20191994 (Operation Turquoise). \u201cRapport Duclert\u201d nk\u2019uko yitirirwa Vincent DUCLERT, impuguke mu bumenyi bw\u2019amateka y\u2019Umufaransa, yari ikuriye Komisiyo yashyiriweho gushakisha mu bushyinguranyandiko,&nbsp; uruhare rw\u2019u Bufaransa muri Jenoside ya 94 yahekuye u Rwanda; ikomeje kuba amayobera. Ibi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-16T22:30:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-04-16T22:30:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1000\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"764\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI!\",\"datePublished\":\"2021-04-16T22:30:33+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-16T22:30:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/\"},\"wordCount\":744,\"commentCount\":1,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg\",\"articleSection\":[\"Isesengura\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/\",\"name\":\"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI! - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg\",\"datePublished\":\"2021-04-16T22:30:33+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-16T22:30:35+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg\",\"width\":1000,\"height\":764},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI! - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI! - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Albert MUSHABIZI Ku bw\u2019Ikigo cyitiriwe Francois MITTERRAND, ngo haba hari abakomeje kwisiringa ku butabazi bw\u2019u Bufaransa ku Rwanda muw\u20191994 (Operation Turquoise). \u201cRapport Duclert\u201d nk\u2019uko yitirirwa Vincent DUCLERT, impuguke mu bumenyi bw\u2019amateka y\u2019Umufaransa, yari ikuriye Komisiyo yashyiriweho gushakisha mu bushyinguranyandiko,&nbsp; uruhare rw\u2019u Bufaransa muri Jenoside ya 94 yahekuye u Rwanda; ikomeje kuba amayobera. Ibi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-04-16T22:30:33+00:00","article_modified_time":"2021-04-16T22:30:35+00:00","og_image":[{"width":1000,"height":764,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI!","datePublished":"2021-04-16T22:30:33+00:00","dateModified":"2021-04-16T22:30:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/"},"wordCount":744,"commentCount":1,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg","articleSection":["Isesengura"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/","name":"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI! - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg","datePublished":"2021-04-16T22:30:33+00:00","dateModified":"2021-04-16T22:30:35+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Duclert-Kagame-Kigali.jpg","width":1000,"height":764},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/umukino-ukomeje-gukinirwa-kuri-rapport-duclert-uracyashobeye-benshi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"UMUKINO UKOMEJE GUKINIRWA KURI \u201cRAPPORT DUCLERT\u201d URACYASHOBEYE BENSHI!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40812","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40812"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40812\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40813,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40812\/revisions\/40813"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40696"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40812"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40812"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40812"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}