{"id":40886,"date":"2021-04-24T14:59:38","date_gmt":"2021-04-24T12:59:38","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40886"},"modified":"2021-04-24T14:59:57","modified_gmt":"2021-04-24T12:59:57","slug":"nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/","title":{"rendered":"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Imyaka isaga itandatu irihiritse Col Tom Byabagamba akomje kuburanishwa imanza zo kumuburabuza mu Rwanda, aho ageze hose yiregura cyangwa atanga inzitizi bigateshwa agairo mu buryo busa n\u2019ububa bwarateguwe kera.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Iburabubasha ry\u2019urukiko&nbsp;<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri uyu wa Kane tariki ya 22\/04\/2021 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro inzitizi Tom Byabagamba yatanze avuga ko Urukiko rw\u2019ibanze rwa Kicukiro rwamuburanishije rutabifitiye uburenganzira. Ibirabubasha ry\u2019Urukiko\u00a0 Col Byabagamba arishingira ku kuba yaraburanishijwe n\u2019Urukiko rwa Gisivili kandi we ari umusirikare akaba anafunzwe gisirikare.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Gusoma umwanzuro w\u2019urukiko mu buryo bucagase<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umucamanza yirinze gusoma urubanza mu buryo busanzwe, iki nacyo kikagaragara nk\u2019ikimenyetso cyo gushisha amanyanga n\u2019amacabiranya aba yarabaye mu iburanisha, kuko aho gusoma umwanzuro w\u2019Urukiko nk\u2019uko bisanzwe bigenda, hagaragazwa uko iburanisha ryagenze, imirongo migari y\u2019ikirego, imirongo migari y\u2019ibyavuzwe n\u2019ubushinjacyaha, imirongo migari y\u2019ubwiregure bw\u2019ukekwaho ibyaha, ibimenyetso n\u2019ibihamya ku mpande zombi n\u2019ibyavuzwe n\u2019abatangabuhamya, impamvu nkomezacyaha n\u2019impamvu nyoroshyacyaha, hakanagarukwa ku byasabwe na buri ruhande mbere y\u2019uko urukiko rupfundikira iburanisha hagafatwa umwanzuro, ibi byose umucamanaza ntiyiriwe abisoma. Ahubwo yahereye ku nteruro zisoza imyanzuro, aho agira ati Urukiko rutegetse.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Impamvu yo kwanga gusoma ibimaze kurondorwa ntiyavuzwe, kandi nta na kimwe kigaragaza ko byaba byatewe n\u2019ubunini bwa dosiye, kuko hari imanza zizwi mu Rwanda zisomwa amasaha arenga atanu, ariko buri jambo rigasomwa mu mwanzuro wazo. Impamvu urubanza rwa Colonel Byabagamba rutasomewe umwanzuro urambuye irimo ubwiru buhatse byinshi byapfukiranywe, ngo abarwitabiriye batabimenya.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Umushinjacyaha utabifitiye ububasha<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umushinjacyaha Nshimiyimana Michel yagaragaye mu rubanza rwa Col Byabagamba amushinja ibyo kwiba telefoni, ibi kandi akaba yarabikoze atabarizwa mu ifasi uregwa atuyemo cyangwa aburanishiriwamo. Uruhande rw\u2019uregwa rukavuga ko kuba yarashinjaga aturuka mu ifasi ya Muhanga yari yarimuriwemo, bitesha agaciro ububasha bwe bwo kumushinja, nk\u2019uko imbibi z\u2019ubushinjacyaha ziteganywa n\u2019itegeko zibigena.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ingingo ya 69 y\u2019itegeko N\u00ba 027\/2019 ryo ku wa 19\/09\/2019 ryerekeye imiburanishirize y\u2019imanza z\u2019inshinjabyaha igira iti : Ingingo ya 69: Amazu afungirwamo Umuntu ufunzwe n\u2019Ubugenzacyaha cyangwa n\u2019Ubushinjacyaha ntashobora na rimwe gufungirwa muri gereza cyangwa se ahandi hantu hatari mu nzu yabigenewe iri mu ifasi y\u2019aho Umugenzacyaha cyangwa Umushinjacyaha akorera cyangwa aho Umugenzacyaha cyangwa Umushinjacyaha wa gisirikare akorera iyo ukekwaho icyaha ari umusirikare, uwo bafatanyije n\u2019icyitso cye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Inzitizi y\u2019iburabubasha bw\u2019umushinjacyaha, Urukiko rwavuzeko uyu mushinjacyaha yahawe uburenganzira n\u2019umushinjacyaha mukuru, iyi ngingo ikaba itishimiwe n\u2019uregwa wazunguje umutwe aho yakurikiranaga isomwa ry\u2019umwanzuro w\u2019urubanza, hifashishijwe ikoranabuhanga ry\u2019iyakure.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&nbsp;<strong>Kwemeza ko Byabagamba ari umusivili<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umucamanza yavuze ko nyuma yo gusuzuma imiburanire ya buri ruhande, akanasuzuma iby\u2019urubanza rwa mbere rwambuye impeta za gisirikare Tom Byabagamba kuko ngo yakatiwe igifungo kirenze imyaka ibiri ku byaha by\u2019ubugome, ko bityo ari umusivile, ko kuburanishwa n\u2019inkiko za gisivile inzitizi y\u2019iburabubasha nta shingiro ifite.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku ruhande rwe Col Tom Byabagamba yaburanye agaragaza ko iyo agirwa umusivili yagombaga no gufungirwa i Mageragere cyangwa se ahandi mu basivil, kandi akambara imyenda y\u2019iroza iranga imfungwa za gisivili, aho kuba mu mwambaro w\u2019icyatsi w\u2019imfungwa za gisirikare.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuwa 28\/04\/2021 nibwo Col. Tom Byabagamba azaburanishwa mu bujurire ku cyaha cyo kwiba telefoni na chargeur yayo, icyaha yakatiweho imyaka itatu, n&#8217;ubwo we yagihakanaga. Iyi myaka itatu y\u2019igifungo yaje yiyongera ku yindi myaka 15 yakatiwe n\u2019urukiko rw\u2019Ubujurire mu Ukuboza\u00a0 2019.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Imyaka isaga itandatu irihiritse Col Tom Byabagamba akomje kuburanishwa imanza zo kumuburabuza mu Rwanda, aho ageze hose yiregura cyangwa atanga inzitizi bigateshwa agairo mu buryo busa n\u2019ububa bwarateguwe kera. Iburabubasha ry\u2019urukiko&nbsp; Kuri uyu wa Kane tariki ya 22\/04\/2021 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro inzitizi Tom Byabagamba yatanze avuga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":38427,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-40886","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Imyaka isaga itandatu irihiritse Col Tom Byabagamba akomje kuburanishwa imanza zo kumuburabuza mu Rwanda, aho ageze hose yiregura cyangwa atanga inzitizi bigateshwa agairo mu buryo busa n\u2019ububa bwarateguwe kera. Iburabubasha ry\u2019urukiko&nbsp; Kuri uyu wa Kane tariki ya 22\/04\/2021 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro inzitizi Tom Byabagamba yatanze avuga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-24T12:59:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-04-24T12:59:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/byabagamba11.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"450\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2021-04-24T12:59:38+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-24T12:59:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/\"},\"wordCount\":543,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/11\\\/byabagamba11.jpg\",\"articleSection\":[\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/\",\"name\":\"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/11\\\/byabagamba11.jpg\",\"datePublished\":\"2021-04-24T12:59:38+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-24T12:59:57+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/11\\\/byabagamba11.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2020\\\/11\\\/byabagamba11.jpg\",\"width\":800,\"height\":450},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Imyaka isaga itandatu irihiritse Col Tom Byabagamba akomje kuburanishwa imanza zo kumuburabuza mu Rwanda, aho ageze hose yiregura cyangwa atanga inzitizi bigateshwa agairo mu buryo busa n\u2019ububa bwarateguwe kera. Iburabubasha ry\u2019urukiko&nbsp; Kuri uyu wa Kane tariki ya 22\/04\/2021 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro inzitizi Tom Byabagamba yatanze avuga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-04-24T12:59:38+00:00","article_modified_time":"2021-04-24T12:59:57+00:00","og_image":[{"width":800,"height":450,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/byabagamba11.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda","datePublished":"2021-04-24T12:59:38+00:00","dateModified":"2021-04-24T12:59:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/"},"wordCount":543,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/byabagamba11.jpg","articleSection":["Ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/","name":"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/byabagamba11.jpg","datePublished":"2021-04-24T12:59:38+00:00","dateModified":"2021-04-24T12:59:57+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/byabagamba11.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2020\/11\/byabagamba11.jpg","width":800,"height":450},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/nta-butabera-col-tom-byabagamba-ateze-kubonera-mu-rwanda\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nta butabera Col Tom Byabagamba ateze kubonera mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40886","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40886"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40886\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40887,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40886\/revisions\/40887"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/38427"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40886"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40886"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40886"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}