{"id":40896,"date":"2021-04-24T20:01:58","date_gmt":"2021-04-24T18:01:58","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40896"},"modified":"2021-04-24T20:03:51","modified_gmt":"2021-04-24T18:03:51","slug":"padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/","title":{"rendered":"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Albert MUSHABIZI<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Jenoside yo muri 1994 nk\u2019amahano akomeye u Rwanda rwagushije mu mateka yarwo, yakomeje kubera Abanyarwanda benshi umusaraba, mu nyungu z\u2019abakiyifashisha nk\u2019igikoresho cyo kugera ku migambi yihariye. Nk\u2019uko tubisoma mu nkuru y&#8217;ikinyamakuru Le Point cyo kuwa 16 Mata 2021, Padiri Marcel HITAYEZU, yongeye gutabwa muri yombi mu Bufransa kuwa 14 Mata 2021. Ariko iyo usesenguye inkuru imusiragiza mu nzego z\u2019ubutabera, itaretse no guhora igera amajanja impapuro zimutuza mu Bufransa nk\u2019uwahahawe ubwenegihugu; uhita ubona ko inkuru ya Jenoside yakomeje guhabwa isi, itandukanye cyane n\u2019inkuru ya Jenoside, abari mu gihugu igihe cyayo bahagazeho n\u2019amaguru yombi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><em>Icyaha gifatika Padiri Marcel aregwa ni ukuba ngo yaba yarimye ibiryo n\u2019amazi, Abatutsi bari bahungiye muri Paroisse ya Mubuga yabarizwagamo icyo gihe ; nyamara nyuma agahindukira akabiha abicanyi bari baje kwica Abatutsi bari bahungiye muri Paruwasi ye. Ku muntu wari mu Rwanda igihe cya Jenoside, akazirikana igitutu n\u2019iterabwoba <\/em>byashyirwaga<em> ku muntu wabaga afite mu nshingano ze ahabaga hahungiye Abatutsi muri 1994; ahita yishushanyiriza ko iki kirego kiregwa Padiri, ari nka cya kindi Ikirura cyareze umwana w\u2019intama, warimo kwinywera amazi ku mugezi, bikarangira kimuriye ku maherere.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">&nbsp;Padiri se yari nde mu gihe cya Jenoside wo kugenera abicanyi ibyo kurya, barimo gusenya Paruwasi bayiciramo inzirakarengane. Icyo gihe abicanyi bakoraga icyo bashaka, ntawabakomaga imbere, yaba inzego bwite za gisivili, habe yewe n\u2019iz\u2019umutekano. Abicanyi bashoboraga kumvira gusa, umuyobozi wemeye kwifatanya nabo, ndetse ingero zihari ni nyinshi, aho iyo uwabaga abayobora nawe atabitwararikaga, byarangiraga nawe bamuhitanye. Kirya cyari igihe cyari icy\u2019ibisazi, nako wenda umuntu yavuga ko imyuka mibi yose yari yahanukiye u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku kibazo cyo kwima abamuhungiyeho ibyo kurya, nacyo umuntu ashobora kugira uko agishushanya, akurikije uko ibintu byari byifashe muri kirya gihe. Abicanyi batangiraga gusirisimba ahahungiye Abatutsi, bakitoratoza uko bazabica; ari nako bashyira ku nkeke abasanzwe babarizwa aho hahungiwe Abatutsi. Inkuru zo kujya kwica Abatutsi babeshya ko bivanzemo n\u2019Inkotanyi zibihishemo zivuye muri Uganda, ni uburyo bw\u2019ikinyoma bwakoreshejwe hafi ya hose mu Rwanda; mu rwego rwo gucecekesha uwashoboraga kwamagana ibyakorwaga, mu buryo ubwo ari bwo bwose. (Bitavuze ko hatari hamwe na hamwe habaga hari abacengezi ba FPR bihishe mu baturage b&#8217;inzirakarengane b&#8217;abatutsi)<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nta gitangaje ko Padiri yaba yari ku jisho, ndetse n\u2019ububiko bw\u2019ibyo kurya bushyizweho ijisho n\u2019abicanyi. Kubera ko tuzi neza n\u2019ahandi izi ngero zabaye, hakaba nko gufunga no kurinda imiyobora y\u2019amazi igana ahabaga hahungiye Abatutsi, no gucunga uwahirahira agemurira Abatutsi babaga bahungiye mu kivunge ahantu hamwe. Harindwaga n\u2019imirima cyangwa udusanteri tw\u2019ubucuruzi Abatutsi babaga bashobora kujya gushakishamo ibyo kurya.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Hagendeye ku ngero z\u2019uko ubwicanyi bwabaga bugenda mu bice bitandukanye mu gihugu, Padiri Marcel HITAYEZU, yaba ashakirwaho ububasha butashobokaga muri birya bihe. Niba kwitambika abicanyi byaragiye bigwamo abayobozi bari ku rwego rwa Prefe \u2013ibi byabaye muri Prefegitura ya Butare-, ba Burugumestiri bo ntiwabara; kandi aba barabaga bafite n\u2019ababarinda bafite byose birimo n\u2019imbunda, abihayimana nabo bazize kurwana ku Batutsi nabo ntiwababara.. Abicanyi bavogeraga n\u2019abashinzwe umutekano, cyangwa imiryango y\u2019ingabo z\u2019igihugu zikabicamo abo bafitanye isano, kubera gusa kubakemanga ku masura\u2026 abo Padiri Marcel niwe wari kubagumburuza koko !<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Niba Padiri Marcel yaba azira ko atahanganye n\u2019abicanyi, ngo nawe bamwambure ubuzima, twakibutsa ko hari urwikekwe umuntu yabaga afitweho muri 94, rutashoboraga no kumuha ubushobozi bwo gutinyuka kwatura n\u2019ijambo rimwe, imbere y\u2019abicanyi. Ribara uwariraye!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Albert MUSHABIZI Jenoside yo muri 1994 nk\u2019amahano akomeye u Rwanda rwagushije mu mateka yarwo, yakomeje kubera Abanyarwanda benshi umusaraba, mu nyungu z\u2019abakiyifashisha nk\u2019igikoresho cyo kugera ku migambi yihariye. Nk\u2019uko tubisoma mu nkuru y&#8217;ikinyamakuru Le Point cyo kuwa 16 Mata 2021, Padiri Marcel HITAYEZU, yongeye gutabwa muri yombi mu Bufransa kuwa 14 Mata 2021. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40897,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[63],"tags":[],"class_list":["post-40896","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Albert MUSHABIZI Jenoside yo muri 1994 nk\u2019amahano akomeye u Rwanda rwagushije mu mateka yarwo, yakomeje kubera Abanyarwanda benshi umusaraba, mu nyungu z\u2019abakiyifashisha nk\u2019igikoresho cyo kugera ku migambi yihariye. Nk\u2019uko tubisoma mu nkuru y&#8217;ikinyamakuru Le Point cyo kuwa 16 Mata 2021, Padiri Marcel HITAYEZU, yongeye gutabwa muri yombi mu Bufransa kuwa 14 Mata 2021. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-24T18:01:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-04-24T18:03:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Hitayezu.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"532\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA\",\"datePublished\":\"2021-04-24T18:01:58+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-24T18:03:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/\"},\"wordCount\":555,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Hitayezu.jpg\",\"articleSection\":[\"Ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/\",\"name\":\"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Hitayezu.jpg\",\"datePublished\":\"2021-04-24T18:01:58+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-24T18:03:51+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Hitayezu.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Hitayezu.jpg\",\"width\":800,\"height\":532},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Albert MUSHABIZI Jenoside yo muri 1994 nk\u2019amahano akomeye u Rwanda rwagushije mu mateka yarwo, yakomeje kubera Abanyarwanda benshi umusaraba, mu nyungu z\u2019abakiyifashisha nk\u2019igikoresho cyo kugera ku migambi yihariye. Nk\u2019uko tubisoma mu nkuru y&#8217;ikinyamakuru Le Point cyo kuwa 16 Mata 2021, Padiri Marcel HITAYEZU, yongeye gutabwa muri yombi mu Bufransa kuwa 14 Mata 2021. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-04-24T18:01:58+00:00","article_modified_time":"2021-04-24T18:03:51+00:00","og_image":[{"width":800,"height":532,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Hitayezu.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA","datePublished":"2021-04-24T18:01:58+00:00","dateModified":"2021-04-24T18:03:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/"},"wordCount":555,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Hitayezu.jpg","articleSection":["Ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/","name":"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Hitayezu.jpg","datePublished":"2021-04-24T18:01:58+00:00","dateModified":"2021-04-24T18:03:51+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Hitayezu.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Hitayezu.jpg","width":800,"height":532},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/padiri-marcel-hitayezu-akomeje-kuburabuzwa-mu-bufransa-ku-birego-bidashinga\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"PADIRI MARCEL HITAYEZU AKOMEJE KUBURABUZWA MU BUFRANSA KU BIREGO BIDASHINGA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40896","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40896"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40896\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40899,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40896\/revisions\/40899"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40897"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40896"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40896"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40896"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}