{"id":40957,"date":"2021-04-27T19:14:15","date_gmt":"2021-04-27T17:14:15","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40957"},"modified":"2021-04-27T19:14:38","modified_gmt":"2021-04-27T17:14:38","slug":"ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/","title":{"rendered":"Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z&#8217;i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi"},"content":{"rendered":"\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/640\/cpsprodpb\/12A68\/production\/_118229367_malawi_refugees1.jpg\" alt=\"Impunzi mu nkambi ya Dzaleka muri Malawi mu 2018\"\/><figcaption><em>Leta ya Malawi ibwiriza impunzi kujya mu nkambi ya Dzaleka iri mu karere ka Dowa<\/em><\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Impunzi ibihumbi z&#8217;Abarundi, Abanyarwanda n&#8217;Abanyecongo ziba mu mijyi itandukanye muri Malawi zivuga ko zihangayitse cyane kuko itariki ntarengwa zahawe na leta ko zigomba gusubira mu nkambi ari ejo ku wa gatatu.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu ntangiriro z&#8217;uku kwezi leta ya Malawi yasohoye itangazo rivuga ko &#8220;ku mpamvu z&#8217;umutekano impunzi zose ziba hanze y&#8217;inkambi&#8221; zigomba gusubira kuba mu nkambi, bitaba ibyo hagakoreshwa ingufu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Elie Umukunzi, umuvugizi w&#8217;izi mpunzi, yabwiye BBC ko ejo ku wa mbere UNHCR n&#8217;umuryango Human Rights Defenders Coalition (HRDC) baganiriye na leta &#8220;basabira izi mpunzi nibura amezi atandatu&#8221; yo kwitegura, ariko ko ntacyo byagezeho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Itegeko ryo mu 1989 rigenga impunzi muri Malawi ritegeka ko impunzi zose zigomba kuba mu nkambi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Gusa muri zo ababarirwa mu bihumbi za mirongo bamaze imyaka myinshi baba kandi bakora ubucuruzi mu mijyi nka Lilongwe, Blantyre cyangwa Mzuzu, aho bahabwa uburenganzira bushobora kongerwa buri mwaka, nk&#8217;uko babivuga.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/640\/cpsprodpb\/15D58\/production\/_118223498_malawimap.jpg\" alt=\"Malawi\"\/><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku Banyarwanda, Umukunzi avuga ko ingingo ivanaho ubuhunzi ku mpunzi z&#8217;Abanyarwanda itakurikijwe muri Malawi kuko hari Abanyarwanda bagifite ibyangombwa nk&#8217;impunzi.<\/p>\n\n\n\n<h2 class=\"wp-block-heading\" id=\"Ubu-byifashe-bite\">Ubu byifashe bite?<\/h2>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Leta ivuga ko icyo cyemezo kireba impunzi zigera ku 2,000 ariko Bwana Umukunzi avuga ko abo kireba ari benshi cyane kuko leta ivuga iyo mibare ishingiye ku maduka 2,000 babaruye.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Mu byumweru bibiri bishize abacuruzaga ntabwo bari gukora ubu uyu munsi ni uwa nyuma bari kwitegura, abafite umutima ukomeye barasubira mu nkambi ya Dzaleka, abandi benshi bo bamaze kugurisha ibyabo bahungira muri Mozambique, ni yo mahitamo abiri gusa ubu ahari.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu ibaruwa izi mpunzi zandikiye leta ya Malawi mu cyumweru gishize, zasabaga leta kudasubizwa mu nkambi ya Dzaleka, iri muri 40Km uvuye i Lilongwe, kubera impamvu zirimo:<\/p>\n\n\n\n<ul class=\"wp-block-list\"><li>Ubucuruzi bwabo n&#8217;imirimo bitahita bwimurwa mu minsi 14 yari yatanzwe<\/li><li>Kuba bamwe barashyingiranye bakanabyarana n&#8217;abaturage ba Malawi<\/li><li>Kuba inkambi ya Dzaleka yuzuye cyane bityo abandi batabona aho bajya\u2026 n&#8217;ibindi.<\/li><\/ul>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Inkambi ya Dzaleka yagenewe kwakira abantu 10,000 ubu icumbikiye abarenga 46,000 (UNHCR: ukwa 08\/2020); Abanyecongo hafi 30,000, Abarundi barenga 10,000, Abanyarwanda barenga 6,000, abandi barimo Abasomali n&#8217;abakomoka ahandi.<\/p>\n\n\n\n<h2 class=\"wp-block-heading\" id=\"Ubwoba-buva-ku-byabaye-mu-2020\">Ubwoba buva ku byabaye mu 2020<\/h2>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu kwezi kwa mbere 2020 mu mujyi wa Lilongwe habaye ibikorwa by&#8217;urugomo, ubusahuzi n&#8217;ubugizi bwa nabi byibasiye abanyamahanga biganjemo impunzi bikorwa n&#8217;abanyagihugu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Izi mpunzi ubu zivuga ko zongeye kugira ubwoba ko ibikorwa nk&#8217;ibi bishobora kongera hitwajwe umwanzuro ubategeka kujya kuba mu nkambi.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/640\/cpsprodpb\/17888\/production\/_118229369_malawi_refuges2.jpg\" alt=\"Impunzi z'Abanyarwanda zo mw'itorero Ubumwe Women Dance, ku munsi mukuru w'impunzi itariki 20\/06\/2018, mu nka mbi ya Dzaleka\"\/><figcaption><em>Zimwe mu mpunzi ziri muri Malawi zihamaze imyaka 27<\/em><\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umukunzi ati: &#8220;Benshi ubu bafite ubwoba kandi barahangayitse cyane&#8221;.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Bamwe muri izi mpunzi bari i Lilongwe babwiye BBC ko leta yamaze guha amabwiriza urwego rushinzwe abinjira n&#8217;abasohoka y&#8217;uko rushyira mu bikorwa umwanzuro wa leta ejo ku wa gatatu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Umukunzi avuga mu buryo bwa nyuma, abahagarariye impunzi bagannye ubucamanza basaba ko urukiko ko uyu munsi ku wa kabiri rwahagarika ishyirwa mu bikorwa ry&#8217;uwo mwanzuro wa leta.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Ubu berekeje mu nkiko ngo barebe ko urukiko rwaba ruhagaritse icyo cyemezo.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">BBC<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Impunzi ibihumbi z&#8217;Abarundi, Abanyarwanda n&#8217;Abanyecongo ziba mu mijyi itandukanye muri Malawi zivuga ko zihangayitse cyane kuko itariki ntarengwa zahawe na leta ko zigomba gusubira mu nkambi ari ejo ku wa gatatu. Mu ntangiriro z&#8217;uku kwezi leta ya Malawi yasohoye itangazo rivuga ko &#8220;ku mpamvu z&#8217;umutekano impunzi zose ziba hanze y&#8217;inkambi&#8221; zigomba gusubira kuba mu nkambi, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40877,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-40957","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z&#039;i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z&#039;i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Impunzi ibihumbi z&#8217;Abarundi, Abanyarwanda n&#8217;Abanyecongo ziba mu mijyi itandukanye muri Malawi zivuga ko zihangayitse cyane kuko itariki ntarengwa zahawe na leta ko zigomba gusubira mu nkambi ari ejo ku wa gatatu. Mu ntangiriro z&#8217;uku kwezi leta ya Malawi yasohoye itangazo rivuga ko &#8220;ku mpamvu z&#8217;umutekano impunzi zose ziba hanze y&#8217;inkambi&#8221; zigomba gusubira kuba mu nkambi, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-27T17:14:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-04-27T17:14:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/dzaleka.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"700\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"394\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/\",\"name\":\"Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z'i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/dzaleka.jpg\",\"datePublished\":\"2021-04-27T17:14:15+00:00\",\"dateModified\":\"2021-04-27T17:14:38+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/dzaleka.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/dzaleka.jpg\",\"width\":700,\"height\":394,\"caption\":\"Inkambi ya Dzaleka\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z&#8217;i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z'i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z'i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi - Umunyarwanda","og_description":"Impunzi ibihumbi z&#8217;Abarundi, Abanyarwanda n&#8217;Abanyecongo ziba mu mijyi itandukanye muri Malawi zivuga ko zihangayitse cyane kuko itariki ntarengwa zahawe na leta ko zigomba gusubira mu nkambi ari ejo ku wa gatatu. Mu ntangiriro z&#8217;uku kwezi leta ya Malawi yasohoye itangazo rivuga ko &#8220;ku mpamvu z&#8217;umutekano impunzi zose ziba hanze y&#8217;inkambi&#8221; zigomba gusubira kuba mu nkambi, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-04-27T17:14:15+00:00","article_modified_time":"2021-04-27T17:14:38+00:00","og_image":[{"width":700,"height":394,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/dzaleka.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/","name":"Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z'i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/dzaleka.jpg","datePublished":"2021-04-27T17:14:15+00:00","dateModified":"2021-04-27T17:14:38+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/dzaleka.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/dzaleka.jpg","width":700,"height":394,"caption":"Inkambi ya Dzaleka"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/ubwoba-no-guhangayika-ku-mpunzi-zi-burundi-rwanda-na-dr-congo-ziba-mu-mijyi-ya-malawi\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubwoba no guhangayika ku mpunzi z&#8217;i Burundi, Rwanda na DR Congo ziba mu mijyi ya Malawi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40957","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40957"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40957\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40958,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40957\/revisions\/40958"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40877"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40957"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40957"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40957"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}