{"id":40977,"date":"2021-04-28T10:09:32","date_gmt":"2021-04-28T08:09:32","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=40977"},"modified":"2021-04-28T09:36:27","modified_gmt":"2021-04-28T07:36:27","slug":"polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/","title":{"rendered":"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abanyarwanda by\u2019umwihariko n\u2019abaturarwanda muri rusange bakomeje guhangayikishwa no kwiturwaho n\u2019ibyemezo bya giturumbuka bihora bifatwa na Polisi y\u2019u Rwanda, isigaye ari imwe mu bikoresho by\u2019ibanze Leta y\u2019u Rwanda isigaye ikoresha icucura Abanyarwanda n\u2019ubusanzwe bagezwe ku buce n\u2019ubukene butaboroheye na mba.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu Rwanda ababyiruka bajya bumva imvugo yo ha mbere bafata nk\u2019umugani cyangwa se ubupfumu budafite imvano, imvugo yagiraga iti: &#8220;<em>igihe kizagera mu Rwanda haduke abarya ntibahage abarya akaribwa n\u2019akataribwa, abarya akagabuye n\u2019akatagabuye&#8221;.<\/em> N&#8217;ubwo iyi mvugo bamwe bayikerensaga bayita ubupfumu budafite ishingiro, ubu noneho ibyo babona mu gihugu birenze ukwemera, ntibafite n\u2019amagambo yo kubivugamo, kuko uburyo bwose umunyarwanda agerageza kwiteza imbere, Leta ishyiraho ibyonnyi bituma ntawe ugipfa kuzigama.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gihe abanyarwanda batarakira amande y\u2019ubutitsa Polisi ibaca umusubirizo yitwaje Covid 19, acibwa abafatwa nk\u2019abakererewe kugera mu ngo, acibwa abambaye nabi agapfukamunwa, n\u2019abafatirwa mu birori binyuranye bagacibwa amafaranga y\u2019umurengera.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Cyakora abafatwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid19 bo bamaze kugabanuka cyane, abatwara ibinyabiziga bo bakaba barafashe ingamba zikomeye zibarinda guhora batabwa muri yombi na Polisi ngo bacibwe amande.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikigezweho ubu cyateye ururondogoro muri Kigali\u00a0 by\u2019umwihariko ni ibyuma bifotora imodoka zifite umuvuduko uri hejuru ya 40 Km cyangwa 60 km hamwe na hamwe, buri kinyabiziga gifotowe n\u2019imashini zabugenewe kigacibwa 25.000 FRW kuri moto na 50.000 FRW ku modoka, kandi umuntu akaba abasha kuyacibwa inshuro nyinshi ku munsi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Izi Camera abatwara ibinyabiziga mu Rwanda bita \u201cSofia za Polisi\u201d birimo ubwoko bibiri, ibigendanwa bigaterekwa ahantu, hakaba n\u2019ibindi byubakirwa bigashingwa ahantu hatoranyijwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikibazo kibangamiye abatari bake ni uko Polisi ihisha izi Camera ahantu hatagaragara, mu bihuru no mu bigunda, ikarenzaho uibyatsi cyangwa se imyenda yo gutuma zitagaragara,&nbsp; ubundi ikazubakira mu biti ahantu hihishe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"801\" height=\"573\" src=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-40978\" srcset=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile.jpg 801w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile-300x215.jpg 300w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile-768x549.jpg 768w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile-696x498.jpg 696w, https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile-587x420.jpg 587w\" sizes=\"auto, (max-width: 801px) 100vw, 801px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Iyo bigenze bitya, nk\u2019uko bamwe mu batwara ibinyabiiga babivuga, aho kugira ngo bamenye ko umuvuduko waho usaba kugabanya, bigatuma bakomereza kuwo bahagurukiyeho, bigatuma bacibwa amafaranga atari ngombwa, kandi nyamara batanze kubahiriza amategeko, igihe cyose bayamenyeshwa binyuze mu mucyo aho kububikira.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku mbuga nkoranyambaga no ku bahamagara kuri za Radio z\u2019imbere mu gihugu (Mu Rwanda), bacitse ururondogoro bavumira Polisi ku gahera, ngo irabakenesheje, ibasubije ku isuka, ngo ntacyo bagikorera uretse Polisi, RURA na Rwanda Revenue Authority.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuba izi Camera zishyirwa ahantu hihishe, benshi bari kubigarukaho bavuga ko ikigamijwe atari ukugabanya umuvuduko munini utera impanuka, ko ahubwo icyo igamije ari ugucisha abantu amafaranga, amanywa n\u2019ijoro.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N&#8217;ubwo Polisi y\u2019u Rwanda idahakana cyangwa ngo yemeze ko gushakisha ifaranga ariyo misiyo y\u2019ibanze muri izi Camera zimaze gushyirwa ku bwinshi mu mujyi wa Kigali ahihishe,\u00a0 Umuvugizi wayo Commissioner of Police John Bosco Kabera yagize ati:<em> \u201cTurakangurira abakoresha umuhanda bose kudashishikazwa no guhiga aho camera zigenzura umuvuduko ziri, ahubwo bakarushaho kubahiriza amategeko ngo zitabagusha mu gihombo kitari ngombwa.\u201d<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N&#8217;ubwo mu Rwanda bahisha Camera ngo zikunde zice abantu amafaranga batabizi,\u00a0 mu bindi bihugu aho batazishyiraho bagamije indonke, ahubwo aho baba bagamije kugabanya impanuka, camera zose zaba izigendanwa cyangwa se ziriya zubakirwa ahantu hamwe, camera zishyirwa ahirengeye hagaragarira buri wese, kandi henshi zikagira n\u2019icyapa giteguza umugenzi ko imbere gato hari camera igenzura umuvuduko.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikindi cyinubirwa n\u2019abakoresha ibinyabiziga mu Rwanda ni ukuba aho izi Camera ziterekwa\u00a0 ziba zarashyizwe ku muvuduko wo hasi cyane bavuga ko bigoye kugenderaho, umuvuduko wa Km 40 , bisobanuye ko uba afite amahirwe yo kudacibwa amande ari ugendera nibura ku muvuduko wa\u00a0 30 km ku isaha cyangwa munsi yaho, imodoka iba isa n\u2019iri gusatira guhagarara.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ikindi ahantu hashyirwa izi Camera ni mu makorosi, aho rimwe na rimwe abapolisi baba banihishe hafi aho, iyo ari camera ngendanwa, bagira ngo bajye bahita bandikira ugaragaweho umuvuduko munini.\u00a0 Abagenzi n\u2019abatwara ibinyabiziga bakavuga ko ibyapa biteguza byaba ari uburyo bwiza bwo kugabanya umuvuduko, kuruta gushyiraho camera zitunguranye, bagwamo n\u2019ubundi batawugabanyije.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi bije bikurikira induru Polisi y\u2019u Rwanda iherutse kuvugirizwa ubwo yahindaga mu batashye ubukwe&nbsp; ikabusanza ikanaraza abageni muri Stade, icyo benshi bafashe nko gusuzugura no gupfobya indangagaciro z\u2019ubumuntu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Icyo gihe Polisi yabonye bikomeje kugawa cyane ihimba amayeri yo gusaba abageni kwishyiraho icyaha cyo kuba barambaye agatimba bajijisha Polisi ngo bayitere impuhwe. Iki kinyoma ariko nticyakiriwe na benshi, kuko kigishyirwa mu bitangaamakuru bya Leta, abantu b\u2019ingeri zinyuranye bagaragaje ibitekerezo byabo n\u2019imbamutima zabo, batwama Polisi mu buryo bukomeye burimo no kuyihanangiriza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta Abanyarwanda by\u2019umwihariko n\u2019abaturarwanda muri rusange bakomeje guhangayikishwa no kwiturwaho n\u2019ibyemezo bya giturumbuka bihora bifatwa na Polisi y\u2019u Rwanda, isigaye ari imwe mu bikoresho by\u2019ibanze Leta y\u2019u Rwanda isigaye ikoresha icucura Abanyarwanda n\u2019ubusanzwe bagezwe ku buce n\u2019ubukene butaboroheye na mba. Mu Rwanda ababyiruka bajya bumva imvugo yo ha mbere bafata nk\u2019umugani [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40978,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[36],"tags":[],"class_list":["post-40977","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-umuturage"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta Abanyarwanda by\u2019umwihariko n\u2019abaturarwanda muri rusange bakomeje guhangayikishwa no kwiturwaho n\u2019ibyemezo bya giturumbuka bihora bifatwa na Polisi y\u2019u Rwanda, isigaye ari imwe mu bikoresho by\u2019ibanze Leta y\u2019u Rwanda isigaye ikoresha icucura Abanyarwanda n\u2019ubusanzwe bagezwe ku buce n\u2019ubukene butaboroheye na mba. Mu Rwanda ababyiruka bajya bumva imvugo yo ha mbere bafata nk\u2019umugani [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-04-28T08:09:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"801\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"573\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali\",\"datePublished\":\"2021-04-28T08:09:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/\"},\"wordCount\":702,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Camera-Mobile.jpg\",\"articleSection\":[\"Umuturage\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/\",\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Camera-Mobile.jpg\",\"datePublished\":\"2021-04-28T08:09:32+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Camera-Mobile.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Camera-Mobile.jpg\",\"width\":801,\"height\":573},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta Abanyarwanda by\u2019umwihariko n\u2019abaturarwanda muri rusange bakomeje guhangayikishwa no kwiturwaho n\u2019ibyemezo bya giturumbuka bihora bifatwa na Polisi y\u2019u Rwanda, isigaye ari imwe mu bikoresho by\u2019ibanze Leta y\u2019u Rwanda isigaye ikoresha icucura Abanyarwanda n\u2019ubusanzwe bagezwe ku buce n\u2019ubukene butaboroheye na mba. Mu Rwanda ababyiruka bajya bumva imvugo yo ha mbere bafata nk\u2019umugani [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-04-28T08:09:32+00:00","og_image":[{"width":801,"height":573,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali","datePublished":"2021-04-28T08:09:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/"},"wordCount":702,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile.jpg","articleSection":["Umuturage"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/","name":"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile.jpg","datePublished":"2021-04-28T08:09:32+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Camera-Mobile.jpg","width":801,"height":573},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/polisi-yu-rwanda-ikomeje-guhangayikisha-abanyakigali\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi y\u2019u Rwanda ikomeje guhangayikisha Abanyakigali"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40977","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=40977"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40977\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":40989,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/40977\/revisions\/40989"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40978"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=40977"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=40977"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=40977"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}