{"id":4098,"date":"2013-09-19T20:55:09","date_gmt":"2013-09-19T18:55:09","guid":{"rendered":"http:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=4098"},"modified":"2013-09-19T20:55:09","modified_gmt":"2013-09-19T18:55:09","slug":"iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/","title":{"rendered":"\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb"},"content":{"rendered":"<p>Umutwe wiyi nyandiko ntabwo ari amagambo yanjye,sibwo bwa mbere nyumvise,aya magambo nagiye nyumvana abashinzwe umutekano abapolisi bakuru b\u2019uRwanda,cyane cyane bakayatumbwira ubwo twabaga turi kubaganiriza hariya ku rukiko tubabwira tuti :&#8221; ariko ubundi kuki mufata abatavugarumwe na leta nk\u2019abanzi kandi rwose nta kibi bifuriza uRwanda usibye kuba bifuza ko amwe mu mahame n\u2019uburenganzira bwemererwa abenegihugu byakubahirizwa ? Kuki niyo muje gufata umuntu utavugarumwe na leta muzana imbaraga n\u2019umujinya utanahuye n\u2019ikosa muvuga mumukekaho ?Mugasa n\u2019abahuye n\u2019ikintu cy&#8217;ikigome karahabutaka kuburyo biba bigaragara ko mutanifuza kumugeza aho mugomba kumubariza ibijyanye n\u2019akazi mushinzwe agihumeka ?&#8221;<\/p>\n<p>Kubera ko twabaga turi kuganira nabo mu buryo busanzwe tunagamije mu by&#8217;ukuri kubereka ko badakwiye gufata utavugarumwe n\u2019ubutegetsi nk\u2019umunyarwanda wo ku rwego rwa kabiri ,uwo twaganirije muri ubu buryo bwose yaradusubizaga ati : \u00ab Icyi gihugu kugirango tugifate twararwanye \u00bb.<\/p>\n<p>Burya rero iyo uri gukora ibintu byawe nta mutima ugucira urubanza hari ibintu byinshi udatindaho ukabifata nk\u2019ibisanzwe ariko guhera ejo tariki ya 18 Nzeri 2013 nibwo nasobanukiwe n\u2019ibyiriya mvugo ihora igaruka mu mvugo z\u2019abashinzwe umutekano(abapolisi) kuko aribo nabashishe kuganira nabo cyane , ariko nabyo ndibaza ko byaterwaga nuko muri \u2018theorie\u2019 tubwirwa ko baba bafite isano n\u2019abasiviri niba nabyo ntarabyibeshagaho !<\/p>\n<p>Ubwo sinzi niba n\u2019abasirikare nabo ariyo nyikirizo yabo \u00ab Twagifashe turashe,turwanye\u2026\u00bb. Ubundi ubusanzwe sinkunda kwegera cyane umuntu uwo ariwe wese wize cyangwa wanyuze mu mwuga uwo ariwo wose ahabwamo amasomo yo kwica,kurasa,kurwana. Ntabwo aba bantu mbahunga ariko kubera uburyo nziko ibijyanye no kuba bagira impungenge zo guhutaza umuntu cg kumugirira nabi cg kumukorera ibikorwa bibi basa nkaho uwo umutima w\u2019impuhwe usa naho baba barawukuwemo mu nyigisho bashobora kuba bahabwa bituma kwegerana nabo cyane numva bitizewe bitewe ahari n\u2019ubwoba nigirira cyane cyane ku gikorwa icyo aricyo cyose cya \u2018violance\u2019kandi nkaba mu myaka mike mfite nabonye ko bo babifata nk\u2019ibintu bisanzwe !<\/p>\n<p>Kuki iyi mvugo \u00ab twagifashe turwanye\u2026 \u00bb inakoreshwa ku bintu bidafite aho bihuriye kandi igasa naho ari ingengabitekerezo yacengejwe mu mitwe kuburyo buteye ubwoba? Tariki ya 17 Nzeri 2013 abanyeshuri ubu bavaniweho inguzanyo zo kwiga muri kaminuza bandikiye minisitiri w\u2019intebe bamutakambira ngo niba hari icyo yakora nk\u2019umuyobozi yabatabara kuko ibijyanye no kwiga kwabo bisa n\u2019ibibaciye mu mitwe y\u2019intoki babireba. Ibaruwa irakirwa barataha ariko mu nzira batangirwa n\u2019itangazamakuru ribabaza ibikubiye mu butumwa bari bavuye gutanga. Nyuma aba banyeshuri polisi yahise iza ibata muri yombi.<\/p>\n<p>Buri wese ushyira mu gaciro yibajije ikosa aba banyeshuri bakoze ryatuma bafungwa ! Ariko ejo ubwo namenyaga ko bamwe ngo mu bazanye igitekerezo cyo kwandikira minisitiri w\u2019intebe bakanamenyesha n\u2019izindi nzego harimo na perezida wa repuburika ubu polisi yabakubise ikabahindura intere n\u2019ibisenzegeri zuzuye ibikomere banabwirwa ya magambo kandi \u00ab Icyi gihugu twarakirwaniye\u2026 \u00bb Ibibazo umuntu yakwibaza ni ibi bikurikira :<\/p>\n<p>&#8211; Aba banyeshuri se bimwe bourse cyangwa inguzanyo zo kwiga byaba bituruka kuko bo batari mu barwanye ngo iki gihugu gifatwe ?<\/p>\n<p>&#8211; Abashoferi ba Taxi se birukanwe mu mihanda yo mu mugi wa Kigali baba nabo bazira ko batarwanye none iyo mihanda ikaba igomba gukorerwamo n\u2019abanrwanye gusa ?<\/p>\n<p>&#8211; Hari ibintu najyaga numva mu biganiro ariko nkabyita nko gutebya aho nkiyo umuntu yabaga yaratse nk\u2019akazi cg hari aho ashaka kukaka maze ukumva abantu baramubwiye bati harya nawe waje urwana ?<\/p>\n<p>None rero mumfashe kumva iby\u2019iyi \u00ab ideologie \u00bb shyashya isigaye inasubizwa kuri buri cyifuzo cyangwa igitekerezo cyose. Nonese bisobanuye ko \u2018utararwanye\u2019 ubwo yambuwe kera amahirwe yo kuba umwene gihugu kandi ko atemerewe kugira icyo avuga ngo abantu babimenye ntibajye banirirwa bagira ikibazo cyo kuba bakwimwa ibihabwa undi muturage ?<\/p>\n<p>Boniface Twagirimana<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umutwe wiyi nyandiko ntabwo ari amagambo yanjye,sibwo bwa mbere nyumvise,aya magambo nagiye nyumvana abashinzwe umutekano abapolisi bakuru b\u2019uRwanda,cyane cyane bakayatumbwira ubwo twabaga turi kubaganiriza hariya ku rukiko tubabwira tuti :&#8221; ariko ubundi kuki mufata abatavugarumwe na leta nk\u2019abanzi kandi rwose nta kibi bifuriza uRwanda usibye kuba bifuza ko amwe mu mahame n\u2019uburenganzira bwemererwa abenegihugu byakubahirizwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":4099,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[62],"tags":[],"class_list":["post-4098","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb  - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb  - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umutwe wiyi nyandiko ntabwo ari amagambo yanjye,sibwo bwa mbere nyumvise,aya magambo nagiye nyumvana abashinzwe umutekano abapolisi bakuru b\u2019uRwanda,cyane cyane bakayatumbwira ubwo twabaga turi kubaganiriza hariya ku rukiko tubabwira tuti :&#8221; ariko ubundi kuki mufata abatavugarumwe na leta nk\u2019abanzi kandi rwose nta kibi bifuriza uRwanda usibye kuba bifuza ko amwe mu mahame n\u2019uburenganzira bwemererwa abenegihugu byakubahirizwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2013-09-19T18:55:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwd.com\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwd.com\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/\",\"name\":\"\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"\",\"datePublished\":\"2013-09-19T18:55:09+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\",\"width\":266,\"height\":343},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2\",\"name\":\"therwd.com\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwd.com\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb  - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb  - Umunyarwanda","og_description":"Umutwe wiyi nyandiko ntabwo ari amagambo yanjye,sibwo bwa mbere nyumvise,aya magambo nagiye nyumvana abashinzwe umutekano abapolisi bakuru b\u2019uRwanda,cyane cyane bakayatumbwira ubwo twabaga turi kubaganiriza hariya ku rukiko tubabwira tuti :&#8221; ariko ubundi kuki mufata abatavugarumwe na leta nk\u2019abanzi kandi rwose nta kibi bifuriza uRwanda usibye kuba bifuza ko amwe mu mahame n\u2019uburenganzira bwemererwa abenegihugu byakubahirizwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2013-09-19T18:55:09+00:00","author":"therwd.com","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwd.com","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/","name":"\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"","datePublished":"2013-09-19T18:55:09+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#primaryimage","url":"","contentUrl":"","width":266,"height":343},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/iki-gihugu-twagifashe-turwanyentabwo-mushobora-kugifatisha-ibigambo-mugihumeka\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"\u00ab Iki gihugu twagifashe turwanye,ntabwo mushobora kugifatisha ibigambo mugihumeka !\u00bb"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/989bb81b2eeef857abb5a737f9ab67a2","name":"therwd.com","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/285303380296f314668f153a5ba824b1b307f15cfc801fd77e866a972e19d2c0?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwd.com"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwd-com\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4098","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4098"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4098\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4098"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4098"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4098"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}