{"id":41435,"date":"2021-05-23T00:52:21","date_gmt":"2021-05-22T22:52:21","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=41435"},"modified":"2021-05-23T00:53:03","modified_gmt":"2021-05-22T22:53:03","slug":"u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/","title":{"rendered":"U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Arnold Gakuba<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amakuru dukesha Radiyo Mpuzamahanga y&#8217;Abafaransa (RFI) avuga ko u Rwanda rutigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kigali yahakanye ku mugaragaro impaka zikomeje kwiyongera muri icyo gihugu cyo muri Scandinaviya. Muri Danmark, abadepite barimo kujya impaka ku itegeko ryemerera kwakira abasaba ubuhunzi no kwita ku mpunzi zoherezwa mu bihugu biri mu nzira y&#8217;amajyambere nyuma y\u2019uruzinduko Minisitiri wa Danmark w&#8217;abinjira n&#8217;abasohoka yagiriye i Kigali mu mpera za Mata uyu mwaka.\u00a0<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ku ya 27 Mata i Kigali, hashyizweho umukono ku masezerano y\u2019ubwumvikane ku bibazo by\u2019impunzi hagati y&#8217;abayobozi b\u2019u Rwanda na Danmark, ariko nk&#8217;uko bitangazwa mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga ngo ntabwo ayo masezerano yemeza ko abasaba ubuhunzi bazava muri Danmark bakajyanwa mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Minisitiri w&#8217;Ububanyi n&#8217;amahanga aremeza ko ibyo bidahari kuko ngo uwo ari umushinga wa Danmark cyangwa ubushake bwayo. Mu by&#8217;ukuri, icyo dusanga mu iriburiro y&#8217;inyandiko, itemewe mu rwego rw&#8217;amategeko, ni uko guverinoma ya Danmark yemera ko gusaba ubuhunzi bishobora gukorerwa hanze y\u2019ubumwe y\u2019Ibihugu by&#8217;Ubumwe bw\u2019Uburayi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">U Rwanda rero rukaba rwaba umukandida mwiza, kubera ko icyo gihugu kimaze kwakira impunzi zibarirwa mu magana zavuye muri Libiya mu gihe kirenga umwaka, zitegereje igisubizo cy&#8217;ubuhunzi mu Burayi cyangwa ahandi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ishami ry\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) rigamije kuvana abantu bugarijwe n\u2019ibibazo cyane muri gereza za Libiya. Nk&#8217;uko bamwe mu babikurikiranira hafi babitangaza, UNHCR yafunguye inzira yo gusaba ubuhungiro mu bihugu by\u2019Uburayi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ishami ry&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) rikorera mu Rwanda risanga ko uwo mushinga wo muri Danmark uko byagenda kose &#8220;nta musaruro wagira&#8221;, kubera ko Danmark yaba yohereje izindi mpunzi mu gihugu kimaze kwakira abarenga 130.000 kandi nta bushobozi gifite bwo kubitaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Radiyo Mpuzamahanga y&#8217;Abafaransa (RFI) avuga ko u Rwanda rutigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark.\u00a0 Kigali yahakanye ku mugaragaro impaka zikomeje kwiyongera muri icyo gihugu cyo muri Scandinaviya. Muri Danmark, abadepite barimo kujya impaka ku itegeko ryemerera kwakira abasaba ubuhunzi no kwita ku mpunzi zoherezwa mu bihugu biri mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":41123,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[67],"tags":[],"class_list":["post-41435","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Radiyo Mpuzamahanga y&#8217;Abafaransa (RFI) avuga ko u Rwanda rutigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark.\u00a0 Kigali yahakanye ku mugaragaro impaka zikomeje kwiyongera muri icyo gihugu cyo muri Scandinaviya. Muri Danmark, abadepite barimo kujya impaka ku itegeko ryemerera kwakira abasaba ubuhunzi no kwita ku mpunzi zoherezwa mu bihugu biri mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-05-22T22:52:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-05-22T22:53:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/Danmark-Rwanda1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"450\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/\",\"name\":\"U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/Danmark-Rwanda1.jpg\",\"datePublished\":\"2021-05-22T22:52:21+00:00\",\"dateModified\":\"2021-05-22T22:53:03+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/Danmark-Rwanda1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/Danmark-Rwanda1.jpg\",\"width\":800,\"height\":450},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Arnold Gakuba Amakuru dukesha Radiyo Mpuzamahanga y&#8217;Abafaransa (RFI) avuga ko u Rwanda rutigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark.\u00a0 Kigali yahakanye ku mugaragaro impaka zikomeje kwiyongera muri icyo gihugu cyo muri Scandinaviya. Muri Danmark, abadepite barimo kujya impaka ku itegeko ryemerera kwakira abasaba ubuhunzi no kwita ku mpunzi zoherezwa mu bihugu biri mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-05-22T22:52:21+00:00","article_modified_time":"2021-05-22T22:53:03+00:00","og_image":[{"width":800,"height":450,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/Danmark-Rwanda1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/","name":"U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/Danmark-Rwanda1.jpg","datePublished":"2021-05-22T22:52:21+00:00","dateModified":"2021-05-22T22:53:03+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/Danmark-Rwanda1.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/Danmark-Rwanda1.jpg","width":800,"height":450},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/u-rwanda-ngo-ntirwigeze-rwiyemeza-kwakira-abasaba-ubuhungiro-muri-danmark\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda ngo ntirwigeze rwiyemeza kwakira abasaba ubuhungiro muri Danmark"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41435","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=41435"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41435\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":41436,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41435\/revisions\/41436"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/41123"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=41435"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=41435"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=41435"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}