{"id":41465,"date":"2021-05-24T12:56:02","date_gmt":"2021-05-24T10:56:02","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=41465"},"modified":"2021-05-24T12:56:25","modified_gmt":"2021-05-24T10:56:25","slug":"uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/","title":{"rendered":"Uko byifashe i Goma Nyuma y&#8217;iruka rya Nyiragongo"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\"><strong>Abahanga mu by&#8217;ibirunga i Goma baravuga ko kuba imitingito ubu ari myinshi mu karere kegereye ikirunga cya Nyiragongo ari ibisanzwe, nubwo ngo abantu bagomba gukomeza kuba maso.&nbsp;<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Inzu zibarirwa mu magana zarahiye, abantu bagera kuri 15 barapfa bivuye ku iruka ry&#8217;iki kirunga kuwa gatandatu nijoro, kuruka kwabaye nk&#8217;ugutungurana kuko hari hashize igihe abakurikirana iki kirunga badakora uko bisanzwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">C\u00e9lestin Kasereka Mahinda, umuhanga mu by&#8217;ibirunga akaba n&#8217;ukuriye ishami rya siyanse muri Observatoire Volcanologique de Goma yabwiye BBC ko imitingito ibaho cyane igihe nk&#8217;iki.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abategetsi mu mujyi wa Goma babujije ababyeyi kohereza abana ku mashuri kubera imitingito, mu mashuri amwe mu mujyi wa Gisenyi mu Rwanda bigiye hanze kubera gutinya ingaruka z&#8217;iyi mitingito.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu mujyi wa Gisenyi inzu zimwe zashenywe n&#8217;imitingito &#8211; kugeza ubu itaramenyekana igipimo iriho.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu kiganiro na BBC ahagana saa yine ku isaha ya Goma, Kasereka yagize ati: &#8220;N&#8217;ubu tuvugana sinzi niba wumvise umutingito. Ibi biraba cyane, mu 1977 no mu 2002 nabwo nk&#8217;ibi byarabaye, kuri twebwe ni ibinsazwe ariko bituma turushaho gukurikirana n&#8217;ubu abantu bacu bagiye ku kirunga.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/640\/cpsprodpb\/9C80\/production\/_118646004_6907d7ed-eddf-41a5-bd90-665cbc9b83dd.jpg\" alt=\"Ku Gisenyi amashuri amwe yigiye hanze\"\/><figcaption><em>Ku Gisenyi amashuri amwe yigiye hanze<\/em><\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<h2 class=\"wp-block-heading\" id=\"Quartiers-ebyiri-zabujijwe-gusubira-mu-ngo\">Quartiers ebyiri zabujijwe gusubira mu ngo<\/h2>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abantu bagera ku 8,000 bahungiye mu Rwanda kuwa gatandatu nijoro, benshi muri bo bamaze guhunguka, nk&#8217;uko abategetsi babivuga.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Gusa hari abarenga 100 bari bakiri mu karere ka Rubavu ku cyumweru nijoro nk&#8217;uko ibinyamakuru mu Rwanda bibivuga.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Blaise Balima wo muri Quartier Bujovu hanze gato ya Goma yari akiri mu Rwanda kuwa mbere mu gitondo, yabwiye BBC ko yatinye gusubira iwabo mu gihe imitingito ikiri myinshi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Ndi kwitegura gutaha ariko iyi mitingito iteye ubwoba, dufite ubwoba ko isaha yose Nyiragongo yakongera [ikaruka]. Abatashye bari kumbwira ko nabo bafite ubwoba.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image\"><img decoding=\"async\" src=\"https:\/\/ichef.bbci.co.uk\/news\/640\/cpsprodpb\/C390\/production\/_118646005_53d7f695-22c7-41ae-bcc9-08d575208d57.jpg\" alt=\"Inzu yo mu mujyi wa Gisenyi yasenyutse kubera umutingito\"\/><figcaption><em>Inzu yo mu mujyi wa Gisenyi yasenyutse kubera umutingito<\/em><\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">C\u00e9lestin Kasereka avuga ko &#8216;Observatoire&#8217; yasabye abantu gusubira mu ngo zabo bagakurikira amakuru itanga kuri iki kirunga, amakuru acishwa kuri radio zivugira i Goma. Gusa si bose bagomba gusubira mu byabo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Hari quartiers ebyiri kuri 18 twabwiye kwitonda bakaba baretse gutaha, aho ni quartier Majengo na Bujovu gusa ntabwo ari Majengo na Buzovu hose ni abantu batuye hafi y&#8217;inzira amazuku amanukiramo&#8221;<\/p>\n\n\n\n<h2 class=\"wp-block-heading\" id=\"Kuruka-gutunguranye\">Kuruka gutunguranye?<\/h2>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Observatoire Volcanologique de Goma ikurikirana Nyiragongo yari imaze amezi atandatu idafite amafaranga n&#8217;ibikoresho byo gukora, ibi byatumye ibikorwa byacyo bigenda buhoro.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu gihe gishize Banki y&#8217;isi yagabanyije cyane inkunga kuri iki kigo kubera ibirego bya ruswa.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Covid-19 no guhindura guverinoma muri DR Congo nabyo byatumye iki kigo kitabona ibyo cyabonaga maze imikorere iracumbagira, nk&#8217;uko Kasereka abivuga.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Avuga ko ubundi bakora &#8220;igenzura mu buryo bukomeye kandi buhoraho&#8221; ariko muri uku kwezi kwa gatanu aribwo bari bongeye gutangira gukurikirana.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ati: &#8220;Sinavuga ko byadutunguye [kuruka], ubwo twongeraga gukora muri uku kwezi imashini zacu zatangiye kutuburira, natwe tukibaza ko ari intangiriro&#8230; twatanze imiburo ko turi mu gihe kidasanzwe, ariko byari byatangiye mu gihe kinini gishize tutabizi.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uyu munsi kuwa mbere, intumwa za leta ya DR Congo zirimo abaminisitiri umunani ziragera i Goma kureba uko ibintu byifashe, kandi zirasura iyi &#8216;Observatoire&#8217; ya Goma.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kasereka ati: &#8220;Dufite ibibazo by&#8217;amafaranga, ibikoresho n&#8217;amahugurwa\u2026 dufite icyizere kuko nibura ubu tugiye kubona abo tubwira ibibazo bihari.&#8221;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">BBC<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abahanga mu by&#8217;ibirunga i Goma baravuga ko kuba imitingito ubu ari myinshi mu karere kegereye ikirunga cya Nyiragongo ari ibisanzwe, nubwo ngo abantu bagomba gukomeza kuba maso.&nbsp; Inzu zibarirwa mu magana zarahiye, abantu bagera kuri 15 barapfa bivuye ku iruka ry&#8217;iki kirunga kuwa gatandatu nijoro, kuruka kwabaye nk&#8217;ugutungurana kuko hari hashize igihe abakurikirana iki kirunga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":41466,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[66],"tags":[],"class_list":["post-41465","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-akarere"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uko byifashe i Goma Nyuma y&#039;iruka rya Nyiragongo - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uko byifashe i Goma Nyuma y&#039;iruka rya Nyiragongo - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abahanga mu by&#8217;ibirunga i Goma baravuga ko kuba imitingito ubu ari myinshi mu karere kegereye ikirunga cya Nyiragongo ari ibisanzwe, nubwo ngo abantu bagomba gukomeza kuba maso.&nbsp; Inzu zibarirwa mu magana zarahiye, abantu bagera kuri 15 barapfa bivuye ku iruka ry&#8217;iki kirunga kuwa gatandatu nijoro, kuruka kwabaye nk&#8217;ugutungurana kuko hari hashize igihe abakurikirana iki kirunga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-05-24T10:56:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-05-24T10:56:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/nyiragongo-Degats.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"450\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Uko byifashe i Goma Nyuma y&#8217;iruka rya Nyiragongo\",\"datePublished\":\"2021-05-24T10:56:02+00:00\",\"dateModified\":\"2021-05-24T10:56:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/\"},\"wordCount\":509,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/05\\\/nyiragongo-Degats.jpg\",\"articleSection\":[\"Akarere\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/\",\"name\":\"Uko byifashe i Goma Nyuma y'iruka rya Nyiragongo - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/05\\\/nyiragongo-Degats.jpg\",\"datePublished\":\"2021-05-24T10:56:02+00:00\",\"dateModified\":\"2021-05-24T10:56:25+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/05\\\/nyiragongo-Degats.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/05\\\/nyiragongo-Degats.jpg\",\"width\":800,\"height\":450,\"caption\":\"Ahitwa Bushara mu gace ka Nyiragongo hanze gato ya Goma aho amazuku ya Nyiragongo kuwa gatandatu nijoro yangije ibya rubanda\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uko byifashe i Goma Nyuma y&#8217;iruka rya Nyiragongo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uko byifashe i Goma Nyuma y'iruka rya Nyiragongo - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uko byifashe i Goma Nyuma y'iruka rya Nyiragongo - Umunyarwanda","og_description":"Abahanga mu by&#8217;ibirunga i Goma baravuga ko kuba imitingito ubu ari myinshi mu karere kegereye ikirunga cya Nyiragongo ari ibisanzwe, nubwo ngo abantu bagomba gukomeza kuba maso.&nbsp; Inzu zibarirwa mu magana zarahiye, abantu bagera kuri 15 barapfa bivuye ku iruka ry&#8217;iki kirunga kuwa gatandatu nijoro, kuruka kwabaye nk&#8217;ugutungurana kuko hari hashize igihe abakurikirana iki kirunga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-05-24T10:56:02+00:00","article_modified_time":"2021-05-24T10:56:25+00:00","og_image":[{"width":800,"height":450,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/nyiragongo-Degats.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Uko byifashe i Goma Nyuma y&#8217;iruka rya Nyiragongo","datePublished":"2021-05-24T10:56:02+00:00","dateModified":"2021-05-24T10:56:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/"},"wordCount":509,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/nyiragongo-Degats.jpg","articleSection":["Akarere"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/","name":"Uko byifashe i Goma Nyuma y'iruka rya Nyiragongo - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/nyiragongo-Degats.jpg","datePublished":"2021-05-24T10:56:02+00:00","dateModified":"2021-05-24T10:56:25+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/nyiragongo-Degats.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/nyiragongo-Degats.jpg","width":800,"height":450,"caption":"Ahitwa Bushara mu gace ka Nyiragongo hanze gato ya Goma aho amazuku ya Nyiragongo kuwa gatandatu nijoro yangije ibya rubanda"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/uko-byifashe-i-goma-nyuma-yiruka-rya-nyiragongo\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uko byifashe i Goma Nyuma y&#8217;iruka rya Nyiragongo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41465","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=41465"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41465\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":41467,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41465\/revisions\/41467"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/41466"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=41465"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=41465"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=41465"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}