{"id":41520,"date":"2021-05-20T19:50:48","date_gmt":"2021-05-20T17:50:48","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=41520"},"modified":"2021-05-28T19:51:29","modified_gmt":"2021-05-28T17:51:29","slug":"amarira-ya-idamange-afite-ishingiro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/","title":{"rendered":"Amarira ya Idamange afite ishingiro"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Mvuyekure Swaibu<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Abanyarwanda bamaze igihe mu mibabaro myinshi cyane kuva ubwo FPR itangiriye intambara bise ngo iyo kubohoza u Rwanda. Mwibukeko igihe amashyaka menshi yatangiraga muri za 90 kubohoza byavugaga kwigaragambya maze abaturage bagatera muri Komine iyobowe na Burugumestri badashaka bakamumenesha bakishyiriraho uwabo. Nyamara FPR imaze gutsinda twasanze kuribo kubohoza ari ugusahura kuburyo washoboraga gusohora umunyui mu nzu yiyubakiye ukayigira iyawe ukayituramo nyirayo akangara ndetse byarimba ukanamwica.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyamara ariko ayo matwara siyo FPR yigishaga yewe sinayo yatangiranye. Gusa kuburyo budasobanutse abantu barimo kugenda basobanukirwa uko iminsi igenda indi igataha FPR nyayo uko tuyibona ubu yari yarabanje kwiyorobeka kuburyo n\u2019abayoboke bayo b\u2019ikubitiro batari barigeze barabukwa ko bayobotse ikirura kigize intama.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibi bigaragazwa nuko nyuma y\u2019imigambi myiza hari hihishe ibikorwa by\u2019ubugome butanasoneye nabitwako bari ku isonga ibintu bigitangira. Hirya y\u2019intwali Rwigema hari gica Kagame, maze mugihe Rwigema n\u2019abe bibwiraga ko bagiye kurwanira amahoro Kagame n\u2019abe bakagenda barimbura imbaga ari nabo bahitanye Rwigema uwo urugamba rukirema.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Byarakomeje rero ubugome n\u2019ikinyoma birakura biragnza FPR ya Kagame itsinda urugamba nyuma yo gutikiza inganda na jenoside nabo bagizemo uruhare. Ni bwo muri rwa ruhu rw\u2019intama bakomeje kubeshya rubanda ngo bazanywe n\u2019ineza kandi ari abagome n\u2019ibisahiranda bigisha abanyarwanda cyane cyane abakiri bato indangagaciro ariko bo batazikozwa kuko ibikorwa byabo bihabanye cyane n\u2019inyigisho zabo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Burya rero kubeshya birashoboka ariko kubeshya abantu bose iteka byarananiranye. Uko iminsi igenda ijya imbere abantu benshi bagiye bipakurura ikinyoma cya FPR, banitandukanya n\u2019ubugome n\u2019ubwicanyi bwabo ndetse benshi bibaviramo kubizira, ubu abamaze kwicwa barabarirwa mu magana.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Nyamara ukuri guca muziko ntigushya kandi n\u2019intwali ntizishira twagize dutya tubona Umudamu udasanzwe Idamange Yvone Iryamugwiza araje akubitira ikinyoma ahakubuye, nta bwoba, nta gihunga kandi koko abivuga aheye kuri za ndangagaciro yabwiwe gusa ntiyamenya ko abzimubwiye bo batazikozwa ko ahubwo bo ari inkotanyi za sekibi.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yaje yamagana amaganya n\u2019imiborogo mu bana b\u2019Abanyarwanda yandagaza ikinyoma cya FPR, akuraho urujijo muri rubanda mu mvugo ikakaye yuje amarira y\u2019umubyeyi udashobora kwihanganira kubona abe bacurwa bufuni na buhorowe yibereye mu mudendezo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Idamange yiyimye byose yanga gutatira umutima nama atera ibuye mu kiguri, ubukana bw\u2019ikibi burasesa ariko abohora imitima ya benshi, abandi benshi barahumuka. Yavuze ukuri gusukuye kuburyo kugirango FPR izongere ibeshye bihite bizayigora.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Amarira ye reo afite ishingiro kuko iyo urebye aho u Rwanda rwari rugeze biteye agahinda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu Rwanda nta mahoro aharangwa, inzara n\u2019ubukene biranuma ariko igikabije kuruta ibindi nuko mu gihe ubusanzwe tuziko ugeraniwe ashobora gusuhuka ubu Abanyarwanda bafungiwe imipaka ngo hatagira uwinyagambura none nk\u2019uko Kagame yabigize intego uwibwiye ngo arapima bamurasa ku manywa y\u2019ihangu.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kandi ikindi giteye ubwoba nuko hari aho ikinyoma cya Kagame cyashyize ibara kuburyo n\u2019abamuhunze amahanga atabakira. Hari Abanyarwanda benshi bageze n\u2019iyo bigwa ariko bimwa ubuhungiro ubu bari mu gihirahiro ndetse hari n\u2019abandi ayo mahanga asubiza murinuriya muriro w\u2019iteka iyo Kagame ubwe ataje ngo abashimute.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ese Mana Abanyarwanda tubaye abande&nbsp;? Ababyeyi se nka Idamange bazahozwa nande&nbsp;? Rwose amaganya n\u2019imiborogo byuzuye u Rwanda bizashira ryari&nbsp;? Turatabaza ntawe utumva.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Njye icyonshoboye nugusaba Allah Imana yacu atari imwe y\u2019i Rwanda gusa kugirango ikore ku mitima y\u2019ibikomerezwa by\u2019amahanga badutabare badukize kuko umugabonugoye u Rwanda tutazi neza kamere y\u2019iwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kandi Alah ahe ababyeyi bose imbaraga bagumye bafatire Idamange na rubanda yose iry\u2019iburyo kandi aduhere n\u2019abagabo umutima n\u2019ubutwali bwo gutabara maze tuzongere tugire u Rwanda rw\u2019amahoro nyayo atari ukuyavuga gusa kandi abantu barakutse imitima.Imana yumve amarira no gutabaza bya Idamange maze itabare u Rwanda.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Mvuyekure Swaibu Abanyarwanda bamaze igihe mu mibabaro myinshi cyane kuva ubwo FPR itangiriye intambara bise ngo iyo kubohoza u Rwanda. Mwibukeko igihe amashyaka menshi yatangiraga muri za 90 kubohoza byavugaga kwigaragambya maze abaturage bagatera muri Komine iyobowe na Burugumestri badashaka bakamumenesha bakishyiriraho uwabo. Nyamara FPR imaze gutsinda twasanze kuribo kubohoza ari ugusahura kuburyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":40889,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[78],"tags":[],"class_list":["post-41520","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibitekerezo"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v27.8 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amarira ya Idamange afite ishingiro - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amarira ya Idamange afite ishingiro - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Mvuyekure Swaibu Abanyarwanda bamaze igihe mu mibabaro myinshi cyane kuva ubwo FPR itangiriye intambara bise ngo iyo kubohoza u Rwanda. Mwibukeko igihe amashyaka menshi yatangiraga muri za 90 kubohoza byavugaga kwigaragambya maze abaturage bagatera muri Komine iyobowe na Burugumestri badashaka bakamumenesha bakishyiriraho uwabo. Nyamara FPR imaze gutsinda twasanze kuribo kubohoza ari ugusahura kuburyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-05-20T17:50:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-05-28T17:51:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"387\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"460\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/\"},\"author\":{\"name\":\"therwda\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"headline\":\"Amarira ya Idamange afite ishingiro\",\"datePublished\":\"2021-05-20T17:50:48+00:00\",\"dateModified\":\"2021-05-28T17:51:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/\"},\"wordCount\":588,\"commentCount\":0,\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png\",\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/\",\"name\":\"Amarira ya Idamange afite ishingiro - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png\",\"datePublished\":\"2021-05-20T17:50:48+00:00\",\"dateModified\":\"2021-05-28T17:51:29+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/3\\\/2021\\\/04\\\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png\",\"width\":387,\"height\":460,\"caption\":\"MVUYEKURE Swaibu\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\\\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amarira ya Idamange afite ishingiro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"url\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/secure.gravatar.com\\\/avatar\\\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\\\/\\\/www.therwandan.com\\\/ki\\\/author\\\/therwda\\\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amarira ya Idamange afite ishingiro - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amarira ya Idamange afite ishingiro - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Mvuyekure Swaibu Abanyarwanda bamaze igihe mu mibabaro myinshi cyane kuva ubwo FPR itangiriye intambara bise ngo iyo kubohoza u Rwanda. Mwibukeko igihe amashyaka menshi yatangiraga muri za 90 kubohoza byavugaga kwigaragambya maze abaturage bagatera muri Komine iyobowe na Burugumestri badashaka bakamumenesha bakishyiriraho uwabo. Nyamara FPR imaze gutsinda twasanze kuribo kubohoza ari ugusahura kuburyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-05-20T17:50:48+00:00","article_modified_time":"2021-05-28T17:51:29+00:00","og_image":[{"width":387,"height":460,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png","type":"image\/png"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/"},"author":{"name":"therwda","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"headline":"Amarira ya Idamange afite ishingiro","datePublished":"2021-05-20T17:50:48+00:00","dateModified":"2021-05-28T17:51:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/"},"wordCount":588,"commentCount":0,"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png","articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/","name":"Amarira ya Idamange afite ishingiro - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png","datePublished":"2021-05-20T17:50:48+00:00","dateModified":"2021-05-28T17:51:29+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/04\/Skjermbilde-2021-04-24-kl.-16.11.06.png","width":387,"height":460,"caption":"MVUYEKURE Swaibu"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/amarira-ya-idamange-afite-ishingiro\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amarira ya Idamange afite ishingiro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41520","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=41520"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41520\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":41521,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41520\/revisions\/41521"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/40889"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=41520"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=41520"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=41520"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}