{"id":41554,"date":"2021-05-26T10:22:17","date_gmt":"2021-05-26T08:22:17","guid":{"rendered":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?p=41554"},"modified":"2021-05-29T10:22:51","modified_gmt":"2021-05-29T08:22:51","slug":"rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/","title":{"rendered":"Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera"},"content":{"rendered":"\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Yanditswe na <strong>Frank Steven Ruta<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">N&#8217;ubwo u Rwanda rukora ibishoboka byose ngo ruhishe amakuru ajyanye n\u2019umutekano, cyane cyane iyo ingabo zarwo ziri gukubitwa inshuro, bimaze kuba umuco ko guhishira inkomere cyangwa imirambo y\u2019abagwa ku rugamba bidakunze kuborohera, kuko Kajugujugu zibatunda, n\u2019ubundi birangira zururukiye ku bitaro bisangiwe na benshi, abasivile n\u2019abasirikare.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Gutunda inkomere ku bwinshi byaherukaga mu ntambara ya M23, ubwo abaturiye ibitaro bya Kanombe n\u2019abari baharwariye natungurwaga no kubona kajugujugu z&#8217;igisirikare zizana inkomere nyinshi z\u2019abasirikare b\u2019u Rwanda, nyamara icyo gihe igihugu kitaritwaga ko kiri mu ntambara.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri iyi nshuro, ikibazo nk\u2018iki ntikigaragara I Kanombe gusa noneho, ahubwo ibitaro bya Kigeme i Nyamagabe ahahoze hitwa Gikongoro, hafi y\u2019ishyamba rya Nyungwe, byakomeje kwakira inkomere nyinshi zizanwa n\u2019imbangukiragutabara za gisivili n\u2019iza Gisirikare, hakaba kandi harongerewe abasirikare benshi baba bacaracara iruhande rw\u2019ibi bitaro ubutitsa, ku buryo bitera ubwoba n\u2019impungenge abaharwarije ababo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuva ku bitaro bya Kigeme, muri Nyamagabe, i Huye hahoze hitwa Butare naho ku Kibuga cy\u2019indege kiri hafi y\u2019ahahoze aho abagenzi bategera imodoka (Gare Routi\u00e8re), ubu ntihagerwa n\u2019ubonetse wese, kubera kajugujugu z\u2019intambara zimaze iminsi zihagwa. Abaturage ba Huye bamaze kumenyera ko iyo kajugujugu zihagenda kenshi ibintu biba bitifashe neza muri Nyungwe, dore ko bamwe mu baduhaye amakuru batangaza ko iyo babona kajugujugu zihasimburana cyane bakavugana na bene wabo baturiye Nyungwe, bababwira ko muri iyo minsi baba bumva urusaku rw\u2019amasasu. si buri gihe ariko, kuko haba ubwo n\u2019amasasu aba avugira kure mu ishyamba rwagati ahadatuwe, ntapfe kumvikana hanze yaryo.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kuri iyi nshuro, umwihariko uhari ni uko hashize iminsi itatu, kuri iki kibuga cy\u2019indege, imodoka ziri kuhagenda uko Kajugujugu ihaguye ari imbangukiragutabara (Ambulances) zihasimburana kandi ziba zitwawe ku muvuduko wo hejuru. Umwe mu bafite icyo babonye yagize ati: <em>\u201cBakuboneye ufotora sinzi niba wabakira \u2026 Nari maze iminsi muri Hotel Twiga, iri imbere neza neza y\u2019ikibuga cy\u2019indege, hanyuramo umuhanda gusa. Icyo nabonye mpengereje mu idirishya, ni uko abavanwa muri kajugujugu bashyirwa muri ambulance baba bambaye imyenda ya gisirikare y\u2019ingabo zacu\u201d<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Akomeza agira ati <em>\u201cHari uwo nabonye bavana muri ambulance bamusubiza mu ndege, sinzi niba yari akiri muzima cyangwa niba yari arembye, kuko indege yahise iguruka. Cyakora nkurikije ukuntu bari bamwuzuyeho, uyu we umenya ari umu senior\u201d<\/em><\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Mu mujyi wa Kigali naho, ingendo z\u2019izi kajugujugu za Gisirikare ntizibasha guhishwa, cyane cyane ku baturiye Kanombe. Ikindi giteye kwibaza, ni aho kajugujugu yaguye ku bitaro byitiriwe Umwami Faycal. Hakabaho kwibaza niba ari umwihariko w\u2019ubuvuzi bwari bukenewe ku bajyanyweyo, cyangwa se niba i Kanombe ahakirwa inkomere hari hamaze kuzura.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Uko bisanzwe bimenyererwe, kajugujugu igwa ku bitaro bya Faycal iyo hari impanuka idasanzwe yabaye hakitabazwa indege ngo itware inkomere, ariko nta mpanuka idasanzwe yigeze ivugwa mu Rwanda muri iyi minsi, yewe n\u2019iruka ry\u2019ibirunga nta n\u2019umwe ririca cyangwa ngo rikomeretse ku butaka bw\u2019u Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Kugeza uyu munsi impande zombi zihanganye muri Nyungwe ziherutse kugira icyo zivuga ku bitero byo kuwa 23\/05\/2021, ariko nta ruhande ruratangaza niba intambara igikomeje, ariko bikaba binamenyerwe ko bajya bakozanyaho kenshi ntibitangazwe.<\/p>\n\n\n\n<p class=\"wp-block-paragraph\">Ibinyamakuru byose by\u2019i Kigali biracecetse kuri iyi ngingo, kandi ni mu gihe, kuko uwabigerageza yatabwa kuwa kajwiga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Frank Steven Ruta N&#8217;ubwo u Rwanda rukora ibishoboka byose ngo ruhishe amakuru ajyanye n\u2019umutekano, cyane cyane iyo ingabo zarwo ziri gukubitwa inshuro, bimaze kuba umuco ko guhishira inkomere cyangwa imirambo y\u2019abagwa ku rugamba bidakunze kuborohera, kuko Kajugujugu zibatunda, n\u2019ubundi birangira zururukiye ku bitaro bisangiwe na benshi, abasivile n\u2019abasirikare. Gutunda inkomere ku bwinshi byaherukaga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":41555,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[70],"tags":[],"class_list":["post-41554","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibihwihwiswa"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v25.3.1 - https:\/\/yoast.com\/wordpress\/plugins\/seo\/ -->\n<title>Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera - Umunyarwanda<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera - Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yanditswe na Frank Steven Ruta N&#8217;ubwo u Rwanda rukora ibishoboka byose ngo ruhishe amakuru ajyanye n\u2019umutekano, cyane cyane iyo ingabo zarwo ziri gukubitwa inshuro, bimaze kuba umuco ko guhishira inkomere cyangwa imirambo y\u2019abagwa ku rugamba bidakunze kuborohera, kuko Kajugujugu zibatunda, n\u2019ubundi birangira zururukiye ku bitaro bisangiwe na benshi, abasivile n\u2019abasirikare. Gutunda inkomere ku bwinshi byaherukaga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"Umunyarwanda\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-05-26T08:22:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2021-05-29T08:22:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/RDF-helicopter.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1000\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"667\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"therwda\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"therwda\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\/\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/\",\"name\":\"Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera - Umunyarwanda\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/RDF-helicopter.jpg\",\"datePublished\":\"2021-05-26T08:22:17+00:00\",\"dateModified\":\"2021-05-29T08:22:51+00:00\",\"author\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\"},\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#primaryimage\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/RDF-helicopter.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/RDF-helicopter.jpg\",\"width\":1000,\"height\":667},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website\",\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/\",\"name\":\"Umunyarwanda\",\"description\":\"The Rwandan\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089\",\"name\":\"therwda\",\"image\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/\",\"url\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"contentUrl\":\"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g\",\"caption\":\"therwda\"},\"url\":\"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera - Umunyarwanda","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera - Umunyarwanda","og_description":"Yanditswe na Frank Steven Ruta N&#8217;ubwo u Rwanda rukora ibishoboka byose ngo ruhishe amakuru ajyanye n\u2019umutekano, cyane cyane iyo ingabo zarwo ziri gukubitwa inshuro, bimaze kuba umuco ko guhishira inkomere cyangwa imirambo y\u2019abagwa ku rugamba bidakunze kuborohera, kuko Kajugujugu zibatunda, n\u2019ubundi birangira zururukiye ku bitaro bisangiwe na benshi, abasivile n\u2019abasirikare. Gutunda inkomere ku bwinshi byaherukaga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/","og_site_name":"Umunyarwanda","article_published_time":"2021-05-26T08:22:17+00:00","article_modified_time":"2021-05-29T08:22:51+00:00","og_image":[{"width":1000,"height":667,"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/RDF-helicopter.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"therwda","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"therwda","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/","name":"Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera - Umunyarwanda","isPartOf":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/RDF-helicopter.jpg","datePublished":"2021-05-26T08:22:17+00:00","dateModified":"2021-05-29T08:22:51+00:00","author":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089"},"breadcrumb":{"@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#primaryimage","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/RDF-helicopter.jpg","contentUrl":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-content\/uploads\/sites\/3\/2021\/05\/RDF-helicopter.jpg","width":1000,"height":667},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/rwanda-ingendo-za-kajugujugu-za-gisirikare-zidasanzwe-zikomeje-kwiyongera\/#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: ingendo za Kajugujugu za gisirikare zidasanzwe zikomeje kwiyongera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#website","url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/","name":"Umunyarwanda","description":"The Rwandan","potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/e7443e799cb2ddd036d77274bf6fc089","name":"therwda","image":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/#\/schema\/person\/image\/","url":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","contentUrl":"https:\/\/secure.gravatar.com\/avatar\/638fa5c55f77e8c27e06281ee4e9bf4c68b2dd109665c9846f31bf16d42f64a5?s=96&d=mm&r=g","caption":"therwda"},"url":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/author\/therwda\/"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41554","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=41554"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41554\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":41556,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/41554\/revisions\/41556"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media\/41555"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=41554"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=41554"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/www.therwandan.com\/ki\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=41554"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}